logo

NEW TALENTS

Stories Group
ISARO RYERA

ISARO RYERA

FREE
S01
▶ Start Reading
0
📝Story Preview

.." M'ubuzima bwacu bwaburi munsi tugirana amashyari, urwangano ndetse n'inzika. ese biterwa n'iki? ubu buzima hari uwo buhira kuruta abandi kubera iki? reka tubane muri iyi nkuru turusheho kwigana ibyubu buzima ndetse wunguke ubwenge." . Dutangiranye abasore ariko ubonako bakiri bato, bicaye bari kuganira nyuma yo gukora siporo( sport ). umwe ati:" Jack, ubona James atiyemera?" uwo yise Jack ati:" James ni idage man, ibyakora ntabwo bikwiye. yigize bamenya no mumyitoza ya real question and answer ( RQA), usanga yumva yayobora. ahubwo Egi, ntituzongere kugendana nawe." Egide ati:" ni akarezi man, anteranye na Grace agirango dutandukane bikundanire kandi azi neza ko ari umukunzi wanjye. buriya antera umujinya nkumva neza namumena umutwe." Jack ati:" mwihorere wan, muri RQA tuzamuteze abantu." Egide ati:" ahubwo twigire mu myitozo tuvugane na DEL."Jack ati:" eeh! mwana ahubwo uranyibukije, uzi uburyo DEL ejo bundi yakaraburije? kari kaziko kaza kuba keeper birangira katamubaye."Egide ati:" ahubwo twigendere icyo nzi cyo bizaragira mu ishyuye, harigihe nzaba sender wenda Grace akaba keeper ubundi nkabashyira hanze". .kurundi ruhande, hari umukobwa watambukaga agenda genda hagati mukigo cy'amashuri tutaramenya uko kitwa, uko yagakomeje kugenda hari umuhugu waje umwegera ati:" Grace, sha wanyumvise?" umukobwa kumwumva arahagarara amara akanya atuje bigezeho arahindukira mu ijwi ryiza riyunguruyo koko rijyanye ni uko asa, ati:" yawe! ese ni wowe James? sorry numvaga ari undi."James ati:" ntakibazo. ko wihuta cyane se ugiye muri lib ground?"Grace ati:" yego niho giye ngo DEL aradushaka, ese wowe ntiwamenyeko dufite school challenge aha? rero tugomba kujya mu majonjora tukamenya abari muri sender nabari muri keeper, bundi ejo amarushanwa agatangira."James ati:" basi se banza uze umpobere ugwemo dore nari nkukumbuye." Grace ahita amera nkugize isoni, areba hasi, agezeho ati:" James iteka uranungura ukatsaba ibintu bigoye." James avuga amusatira ati:" sinzi impamvu ubonako byinshi nkubwira ari ukukugora. kandi mbigusabana urukundo nkukunda." Grace ati:" ariko nakubwiye ko mfite umukunzi kandi ko urwawe ntabona umutima ndushyira mo, kuko uwo nakaguhaye nawuhaye uwo nyine unyikundira kandi nange nkamukunda." James yishima mugahanga ati:" ariko se Gra, koko uravuga ukavuga na Egide? nge rwose uranyobera, bundi niki Egide umubonamo? nge buri gihe nkubwiza ukuri nk'inshuti bagendana, Egide ntagukunda, nikimenyimenye ntabwo akigusuhuza." Grace yitsa umutima ati:" ibyo tubyihorere ngwino twigire mu myitozo." James ati:" nyamara Gra, umutima wawe uri gutuma bawukina kandi nge nkukunda ubizi." Grace wari wamaze guhindukira ati:" Egide ndamukunda igihe akindi mu mutima, sineze kugira igitekerezo cyo kumuhemukira." avuga ahita agenda, James nawe asigara arinako mu mutima agira ati:" erega uteye neza Grace, uri mubakobwa bambere beza muri college ikirezi, nzatuza aruko ryamanye nawe, naho ibya Egide ntibindeba.". .kurundi ruhande, Grace hari aho yaje, akinjira asanga mo abandi banyeshuri imbere yabo hahagaze umugabo uri kubaganirira, nawe arinjira aricara. umugabo ubahagaze imbere ati:" ejo ni umunsi wo gutangira guhatana hano mukigo, kandi arinako bidufasha kwitoza. dushobora kuzasohokera ikigo turi sender cyangwa se keeper niyo mpamvu tugomba kwitegura mugeri zose. kubwiyo mpamvu rero twakoze amatsinda ane, abiri ni sender ayandi akaba keeper. amatsinda azarusha ayandi amanota niyo azasohokera ikigo. itsinda ryiswe A, rikaba ari sender, ririmo: Keza,Agnesi,Irumva, na Poul. itsinda B, naryo rikaba sender ririmo: Egide, Emmy, Teta na Mutoni. itsinda C ni keeper ririmo: Chantal,Naome,Peter na James. itsinda D naryo ni keeper ririmo: Irakoze,jean, Diane na Grace. ngaba rero abakinnyi bagomba gukurwamo umunani bazasohokera ikigo. amategeko n'amabwiriza murayibuka neza cyane ko areba ba keeper, gusubiza ukuri nibyo biguhesha amanota abiri kuri buri kibazo, kandi na none kubaza ikibazo kinanirwa gusubizwa nabyo bigatu...

📚 Episodes (66)

Loading...
📢 Kwamamaza

Ibihe...

🎬
S01 EP01
ISARO RYERA EP 1
🎬
S01 EP03
ISARO RYERA EP03
🎬
S01 EP04
ISARO RYERA EP04
🎬
S01 EP05
ISARO RYERA EP05
🎬
S01 EP06
ISARO RYERA EP06
🎬
S01 EP07
ISARO RYERA EP07
🎬
S01 EP08
ISARO RYERA EP08
🎬
S01 EP09
ISARO RYERA EP09
🎬
S01 EP10
ISARO RYERA EP10
🎬
S01 EP11
ISARO RYERA EP11
🎬
S01 EP12
ISARO RYERA EP12
🎬
S01 EP13
ISARO RYERA EP13
🎬
S01 EP14
ISARO RYERA EP14
🎬
S01 EP15
ISARO RYERA EP15
🎬
S01 EP16
ISARO RYERA EP16
🎬
S01 EP17
ISARO RYERA EP17
🎬
S01 EP18
ISARO RYERA EP18
🎬
S01 EP19
ISARO RYERA EP19
🎬
S01 EP20
ISARO RYERA EP20
🎬
S01 EP21
ISARO RYERA EP21
🎬
S01 EP22
ISARO RYERA EP22
🎬
S01 EP23
ISARO RYERA EP23
🎬
S01 EP24
ISARO RYERA EP24
🎬
S01 EP25
ISARO RYERA EP25
🎬
S01 EP26
ISARO RYERA EP26
🎬
S01 EP27
ISARO RYERA EP27
🎬
S01 EP28
ISARO RYERA EP28
🎬
S01 EP29
ISARO RYERA EP29
🎬
S01 EP30
ISARO RYERA EP30
🎬
S01 EP31
ISARO RYERA EP31
🎬
S01 EP32
ISARO RYERA EP32
🎬
S01 EP33
ISARO RYERA EP33
🎬
S01 EP34
ISARO RYERA EP34
🎬
S01 EP35
ISARO RYERA EP35
🎬
S01 EP36
ISARO RYERA EP36
🎬
S01 EP37
ISARO RYERA EP37
🎬
S01 EP38
ISARO RYERA EP38
🎬
S01 EP39
ISARO RYERA EP39
🎬
S01 EP40
ISARO RYERA EP40
🎬
S01 EP41
ISARO RYERA EP41
🎬
S01 EP42
ISARO RYERA EP42
🎬
S01 EP43
ISARO RYERA EP43
🎬
S01 EP44
ISARO RYERA EP44
🎬
S01 EP45
ISARO RYERA EP45
🎬
S01 EP46
ISARO RYERA EP46
🎬
S01 EP47
ISARO RYERA EP47
🎬
S01 EP48
ISARO RYERA EP48
🎬
S01 EP49
ISARO RYERA EP49
🎬
S01 EP50
ISARO RYERA EP50
🎬
S01 EP51
ISARO RYERA EP51
🎬
S01 EP52
ISARO RYERA EP52
🎬
S01 EP53
ISARO RYERA EP53
🎬
S01 EP54
ISARO RYERA EP54
🎬
S01 EP55
ISARO RYERA EP55
🎬
S01 EP56
ISARO RYERA EP56
🎬
S01 EP57
ISARO RYERA EP57
🎬
S01 EP58
ISARO RYERA EP58
🎬
S01 EP59
ISARO RYERA EP59
🎬
S01 EP60
ISARO RYERA EP60
🎬
S01 EP61
ISARO RYERA EP61
🎬
S01 EP62
ISARO RYERA EP62
🎬
S01 EP63
ISARO RYERA EP63
🎬
S01 EP64
ISARO RYERA EP64
🎬
S01 EP65
ISARO RYERA EP65
🎬
S01 EP66
ISARO RYERA EP66
🎬
S01 EP67
ISARO RYERA EP 67

Story Info: ISARO RYERA | S01 | 66 episodes

Author: NewtalentsG | Published: 2/10/2025

Rating: 0 ⭐ | Type: Free