logo

NEW TALENTS

Stories Group

ISARO RYERA EP49

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Nshima uwo muremyi utugenera undi munsi wo kubaho. yatwitangiye kumusaraba, ariko nubu aracyatwitangira. akora ibishoboka byose ngo n'umusatsi w'ukumutwe azi umubare wawo. ubwo azi ibyo kumenya ibyo ukeneye nibyo bizamunanira? nashimwe kubwo urukundo adukunda."
.
Duheruka College Ikirezi, bari kubyina itsinzi yabonetse bigoranye. nyamara kandi James we yari yarakaye. ese ibye bizagenda gute?
.
Story by Navio kki dabble le, mbahaye ikaze.
.
Del nawe yahise aza gushima Egide arangije asaba Jack ko yamuherekeza akamugeza murugo, dore ko we yarakabije kuremba, umutwe wari wabaye umutwe. ibyo nibyo Jack yakoze, rwose aramutahana. Del wari uyoboye umukino we, yahise afata micro ati:" turangije umukino watugoye ibyo bigatuma dushima Imana. gutsinda ku ikirezi, ntakintu byahinduye kurutonde, kuko Es Ruha na Menya byanganyije amanota 10/10 bituma Ruha iyobora urutonde n'amanota 40. bakurikirwa na Menya n'amanota 38. mugiye Ikirezi gifite 37, Ntagara ikagira 33. hasigaye imikino ibiri ibundi igikombe kigatangwa. Ikirezi kizakina na Menya, mugihe Ntagara izakina na Es Ruha."
Del w'ikirezi n'ubwo ikigo cye cyabaye icyagatatu, byaramunejeje rwose. byamuhaye itsinzi kandi nyamara atari yiteze. ntibyatinze rero baratandukanye, bakimara kuva muri libground, yagombaga kugenda akaganiriza James wari wahinduye isura. yamugeze iruhande, undi ashaka kumuhunga, ahita amufata ukuboko, ati:" James ufite ikibazo ki ubundi? warakayeee, kuba twahaye umwanya Egide mumbaraga nye yarafite akabasha kuduhesha itsinzi igufitiye inyungu, niho uri guhera wirakaza?"
James ati:" nanjye biriya nari bubisubize, cyane ko bitari binakomeye. rero sinzi aho uhera umbwira ko mwagiye kunkuramo muzi neza ko binanira."
Del ati:" byashoboka ko warubizi, ariko nanone nawe ntacyo yishe wenda ngo umurakarire."
James ati:" ntabwo narakariye Egide, keretse wenda niba ariwe wagusabye kunkuramo. ahubwo narakariye wowe warufite uburenganzira bwo gukuramo abandi, ariko ukabirengagiza ugakuramo njye."
Del ati:" James iryo n'ishyari kandi ishyari si ryiza. ntabwo kubabara ngo n'uko nagukuyemo aribyo byakabaye igisubizo. uranyumva neza. Egide uzanamucunge aho abera amukinnyi mwiza uba ushaka itsinzi, yabonye ko hari abandi bashaka gukina abaha umwanya we rwose akabireka, kuko aba aharanira itsinzi. naho ibyo byamashyari ntibyazatuma tugera kugikombe cya milion eshanu."
James we nubwo, yumvise bakomeza kumuratira ibya Egide, arangije ati:" kuva mwankura kubu capiteni, mwagiye munyima ijambo ibyo rero binyereka ko mutanyeneye muri ikipe yanyu. icyaba kiza rero ni uko ntayivamo ubundi mukirwariza, maze mugatwara icyo gikombe mushaka. deja, guhera ubu sinyibarirwa muri ikipe yanyu."
Del yaramwitegereje arangije ati:" kuvamo ntacyo bivuze, ahubwo mfitiye ubwoba iryo shyari ugira kandi atari ryiza. biba byiza mu buzima gucisha make, ugatinda gufata umwanzuro. kwicisha bugufi ngo umenye ko uri uwo kurwego rwo hasi ntabyo ugira, kandi niyo ntabwe yambere yo guzashobora, ubu buzima. ntabwo watera imbere umuze uko. ahubwo ntudahinduka bizarangira wisamye kandi wasandaye."
James yarahigimye arangije arigendera. Del nawe amukurikiza amaso arangije azuguza umutwe arakata arigendera.
.
@visit_rwanda
.
Kurundi ruhande, mu baherekeje Egide, yari Grace na Jack ndetse nawe nyine, bagiye baganira. urugendo rutari ruto, rwatumye rwose ikiganiro kiryoha.
Jack ati:" sha bisa nkaho njye nahobye pe."
Grace ati:" gute se ubwo?"
Jack ati:" umva sha, nabishinzi kandi nyamara mwe mwifitiye indi sano mufitanye."
Grace asekamo ati:" bundise wa mugani, waretse nkamwijyanira wowe ugasigara?"
Jack ati:" Egi urabyemera?"
Egide atuje ati:" byaba byiza yego, uriko sinkubwiye ngo ukore iki, ahubwo ukore ibikurimo."
Jack yabitekerejeho nyuma ati:" wa mugani reka mbageze aha nanjye jye mu byange."
koko ubanza yari seriye kuko yahise agenda. Grace nawe afata Egide ukuboko, ati:" ndakurakaje?"
Egide ati:" gute?"
Grace ati:" kuko numye agenda?"
Egide yumvaga amagambo amumbwira, gusa yatekereza ko papa we ari mu batumye se aburirwa irengero, akumva biramurya ahantu. yirinze kubimwereka, bagenda gose baganira kandi bishimye. ntibyatinze rero bageze ahantu hari agashyamba, Grace amusabako bakicara bakaruhuka. undi yarabyemeye, baricara ubundi batangira kuganira. Grace yatangiye kumukorakora mu mutwe, rwose yoroheje ikiganza, ati:" ndabizi ko ibyo urwaye aruko wanyitangiye, ubu aba arinjye ubirwaye. rero reka nkuruhure sibyo?"
Egide yahise amureba mu maso arangije ati:" urabikora ute?"
Grace yapfukamye hagati yamaguru, aragije amufata mu mugongo anyujije amaboko hejuru y'inugu, aramwegera cyane ati:" ndakoresha urukundo."
Egide atari yavuga, undi yatangiye kumusoma gacye gacye, Egide nawe amufata mu mbavu, bakomeza gusomana, Grace amumanura gacye gacye amuryama hejuru arangije avuga gacye ati:" uranshaka?"
Egide ati:" cyane pe."
Grace ati:" nziko urukundo unkunda, warutangiye ahari uteganya kuryamana nanjye."
Egide ati:" akenshi ntabwo ariyo ntego yo gukunda umuntu, ahubwo usanga biza ari inyongera."
Grace ati:" ntabwo mbizi ariko kuba nkufite nkumukunzi wanjye biranshimisha."
Egide yaramwigaranzuye arangije amuryamisha mu twatsi twari aho arangije ati:" nange sinzi urwo nagukunze. akenshi mba nkukeneye iruhande rwange, ngo basi umvugishe nkuku dutuje, undebana akanyamuneza, mba numva n'ukuri nuje."
Grace yagiye kuvuga undi ahita akoza urutoki kumunwa, asa nkumucecekesha, arangije amukora kwibere, agenda arikorakora gacye gacye, arinako amusoma, ubundi arenza ukuguru amuryamaho, doreko bwari butangiye kugoroba atangira kugenda amukora kora umubiri wose, Grace ati:" ufite ubwirinzi?"
Egide ati:" yego."
undi yahise arambura amaboho inyuma ati:" ahh, ndahari, ukore icyo ushaka."
Egide yabyumvise vuba, arangije anyuza amaboko mu ishati, atangira gukorakora kumabere neza noneho, bidatinze ukuboko kumwe akumanura kwitako, amakorakora anamusoma, Grace nawe amanura amaboko afungura umukandara we, arangije ajyanayo ukuboko, yeee nuko nyine baragira."
.
@visit_rwanda
.
Kurundi ruhande, ni mukigo, aho, Keza we yarari gukorera itide, hari umuhungu wahamusanze, dore ko yari yicaye wenyine. umuhugu aragenda amwicara iruhande, arangije amuhereza ikiganza aramusuhuza, ubundi ati:" warumeze ute se?"
Keza ati:" ntakibazo ndashima Imana."
Umuhungu ati:" ngize Imana nsanga uri kwiga Enterpreneurship reka tuyigane."
Keza ati:" eeh, ntakibazo."
Umuhungu yahise amufata ukuboko, arangije ati:" mbere yabyose ariko, ndifuza kuganira nawe, ikindi kandi kugirango tujyane mo neza, nitwa Andrey niga HEG, s6."
Keza ati:" akenshi ndakubona, nubwo mba numva kuza hariya hepfo muri HEG bimvuna."
Andrey ati:" nukuri kandi nishimiye kuba wemeye ko tuganira."
yahise yicara neza amureba mu maso kandi amwegereye ati:" numvise ubyakubayeho, kubera kubabara kumutima wawe. nyamara, ruriya rukundo Egide yitesheje njye maze igihe ndwifuza. gusa nagize ubwoba kuko urukundo rwawe mbona ahari utaruma ariko ikingenza, narinje kukubwira ko nkukunda. ndifuza urukundo rwawe, ikindi kandi nkagutetesha tukiyubakira uruzaramba. niba wumva wanyemerera, ndahari mpu mwanya, umpe ukuboko, ubundi twitemberere isi y'urukundo. kandi Keza singenzwa no kugukina kumubyimba, ikintu nyamukuru gitumye nza kubikubwira, bimvuye ku mutima. umutima urabinegetse."
.
.
Kurundi ruhande, Akanji na Vicky, bicaye ahantu hamwe, bafata itwo kunywa, uwo mwanya batangira kuganira. igihe barimo baganira, wa mugabo n'akwita umusore bari batumye abana, yagarutse kubareba, gusa ariko agarukana aba police. Vicky akibabona yarikanze, ati:" aduteje leta wana."
Akanji wari utarabibona ati:" inde se?"
Vicky ati:" wa musore azanye aba police."
Akanji yagiye kuvuga bamusaba guhaguruka, barangije babambika amapingu barabashorera......................
......................................................
...........Loading episode...50
.
ibyabana bivuyemo imakasiro, ese iyo police koko niyo mpamvu ibafashe? nibafungwa bazavamo?
Keza abonye umukunzi, ntankweto ibura iyayo.
james we yikuye mu ikipa, harigihe umuntu y'ihenura aziko arenze wenda bazagaruka kumwiginga, reka turebe aho bikurura bijyana ntuzacikwe. 
.
|::::::::::::::::::::::-navio-nv-:::::::::::::::::::|

Comments