
Ni kumanywa , Click Man na Saranda bari ku Murenge baje gufata itariki bazasezeraniraho kuri Mariage yabo y’Umurenge. Gusa ntago bari bacyirwa muri Office bicaye imbere ya Office bategereje ko bacyirwa.Saranda ashize amaboko kuri ku mavi ya Click Man arimi kumureba mu maso.Saranda ati’ Buriya cher amasaha meza yaba ryari?Clicky Man ati’ Nyuma ya Saa sita.Saranda ati’ Ayo masaha se buriya baraza kuyaduha?Click Man ati’Ndavugana nawe araza kutwumva..Hashize umwanya muto baracyirwa barinjira bavugana n’ubishinzwe kumurenge , maze bareba amatariki ahari yose ahari, bahitamo itariki itariho abantu benshi aba ariyo bafata barasinya, Click Man avugana na Etat Cevil amubwira k obo bifuza kuzasezerana mu masaha y’ikigoroba cyane.Etat Cevil abona ntacyo bitwaye arabibemerera..Bamze kubona itariki bava muri Office baza hanze kumodoka ya Click man binjiramo.Saranda areba Click man arimo aseka ati’ Ariko cher kubera iki ahantu hose watse Service bakumva vuba? Click Man ati” Biterwa nuko nitwaye ndimo nsaba.Saranda ati’ Uravuga ukuri pe! Usabana ubwenge n’ikinyabupfura. Ntago uba wiyemeye ngo witwaze uwo uriwe.Click Mana yatsa imodoka ati” Uwo uriwe ntacyo biba bivuze kuri Servuce uguye kwaka. Icyambere ni Discipline.Click Man atwara imodoka bagenda baganira gacye gacye.Hashize akanya Telephone ya Saranda irasona abona ni Tony umuhamagaye areba Click Man arangije yitaba TonySaranda at’Karame TonyTony ati’Saranda bimeze bite ku Murenge mwavuyeyoSaranda ati’ Nibwo tuvuyeyoTony ati’ None ufite iyihe gahundaSaranda ati’ Ngiye mu rugo sha ngiye kuryama nduhuke uyu munsi twiriwe mri byinshiTony ati” Nonese ibijyanye na Gahunda yejo?.Saranda ati’ Gahunda se ntikomejeTony ati” Nonese wowe na Chr wawe mwahashye ibyo muzakenera byose?Saranda areba Click Man ati’ Ese buriya chr hari icyo dusigaje ra!Click Man ati” Ibyo ntago mbizi ni wowe wabimenya pe! Ariko ntekereza ko byose twabihashye bikenewe.Saranda asubiza Tony kuri telephone ati” Shat we byose twamaze kubibona.Tony ati” Ubu nanjye nibyo ngiye gushaka ariko wumve ko cher wanjye yantesheje umutwe namubuze.Saranda ati’Mushake nyineTony ati’ Sawa sha turaza kongera kuvugana..Saranda ati’ Sawa.Saranda ava kuri telephone areba Click Man bakomeza urugendo.Saranda ati’ Cher wacuranga uturirimbo tw’urukundo.Click Man aramureba maze aracuranga, Saranda arishima atangira kugenda aturirimba. Click Man akamureba agasekaSaranda aramurea ati’ Ariko cher nakubaza/Click Man ati’ Yego mbazaSaranda ati’ Kubera iki uba utuje cyane igihe cyoseClick Man ati’ Sibyo byiza seSaranda araseka ati” Noneho njye wa gasazi mba nakubangamiye?Click Man ati” Uko umeze ndabakunda. Ntago twese twaba dutuje.Saranda ati’ Ariko basi ujye ugerageza ushyiheno gacye sibyo?Click Man aramureba asekamo gacye ati’ Nzagerageza..Bakomeza kugenda, hashize umwamya bagera mu rugo kwa Saranda Click Man aparika imodoka imbere yo kwa Saranda, Kwa Saranda ni mu rugo rusanzwe cyane.Saranda areba Click Man ati” Cher ubu tugeze mu rugo Numvaga ntashaka gutandukana nawe.Click Man ati” Ni vuba tugiye kubana hamwe tutazajya dutandukana.Saranda aramureba ati” Yego cher. Kandi Bea ndagushimiye kuba waremeye ko ejo twajyana na bandi muri Trip ya Musanze gusura Ingagi.Click Man ati’ Cher warabishakaga ntago narikubyanga..Saranda aramuhobera ahita anamusoma ku itama ati Ndagukunda cher. Kandi nkunda ko unyumva cyane.Click Man ati’ Ntakibazo..Saranda ava mu modoka maze aza kuruhande rwa Click Man aramureba ati’ Bea bye rero turaza kuvuga kuri Phone.Click Man ati” Sawa cher..Saranda ajya mu nzu Click Man akata imodoka ye nawe arataha..Saranda aza mu nzu iwabo avugana na Mama we gato amubwira uko ku murenge bigenze maze ahita akomeza aza mu cyumba cye, akigeramo abona agatabo ke kumeza yaho mu cyumba akunda gusoma kajyanye n’imibonano mpuzabitsina aragafata yicara kuburiri arakar...
Ibihe...