logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 9

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Saranda asanze Snow muri Pisine  batangira kogana.
.
Written By Chris Nandi Ishimwe,.
.
Saranda  amaze kwinjira mu mazi,Snow   arabyishimira cyane.
Snow ati” Urumva se atari sawa cyane
Saranda ati” Ntacyo  bitwaye.
Snow ati” Ahantu ntuye wahabonye gute
Saranda ati’ Ni heza cyane.  ikigaragara usigaye warabonye udufaranga si nka mbere
Snow ati” Ntago ari twinshi ariko ubuzima bugenda  buhinduka.
.
Tuze kurundi ruhande mu  Rugo rukizi cyane birenze ni mu rugo kwa Fanny.   Mama wa Fanny ari mu gikoni  hari ibiryo arimo gutegura.  Nubwo ari mu gikoni ariko aho mu rugo   bafite abakozi bagera muri bane bose.
Mama Fanny auko arimo guteka. Fanny nawe ari mu cyumba arimo guhitamo imyenda agiye kugenda yambaye.
Abana ikanze nziza ashaka kugenda yambaye arayifata arayambara ashaka  n;inkweto bijyanye  arayifata yicara ku gitanda arayambara. Arimo kuyambara ikanzu irazamuka abona kutako rye  ahantu yakomeretse maze ahita ibuka ukuntu ejo Click Man yamukozeho.
.
Amaze kwambara ava mu cyumba.
Mama we nawe  arimo gupakira ibyo  mu ka box. Fanny aza mu gikoni.
Mama we aramureba ati” Fanny wamaze kwtegura?
Fanny ati”Yego.
Mama afata aka box amaze gushyiramo ibiryo arakamuhereza.
Famny ati” Akandi karihe Mama?
Mama  ati”Harya ushaka n’akandi?
Fanny ati” Nonese ndimo kwibaza ubwo uraza kubirya ubimare?
Fanny ato” Hari  umuntu nshaka kubishyiraho.
.
Tugaruke mu rugo kwa Snow we na we na Saranda baracyari mu mazi barimo koga. Hashize akanya Snow atangira gutera Saranda amazi.
Saranda ati” Snow reka gukora ibyo
Snow araseka ati “ Ntakibaz wana. Ese ntago warukumbuye ibihe nkibi.
.
Saranda aba atangiye kugira ibyo yibuka cyera.
Snow aramureba ati” Ndacyeka ntago waba warabyibagiwe burundu.
.
Snow akomeza kumutera amazi. Saranda agaze aho nawe atangira kuyamutera barayaterana.
.
Tuze kukazi muri Office ya Click Man. Aricaye afite telephone arimo kureba amafoto atandukanye ya Saranda.
Ako kanya  Fanny aba aje muri Office ye bararebana,
Fanny ati” Wawoo Imana ishimwe yabikoze twongeye guhura turibazima
Click Man ati” Imana ishimwe cyane.
.
Fanny amuza imber afite aka Box.
Click man aramureba ati” Hahandi wakomeretse ejo wabashije kwiyitaho?
Fanny ati”Yego. Warebauko hameze.
.
Click man aramureba abona ikanzu yambaye yahahishe.
Fanny aramurebaati” Zamura ikanzu  urebe ntakibazo.
Click Man ati”Oya ntakibazo niba umeze ibyo birahagije
Fanny ati” Ariko wareba niba nahapfutse neza.
Click man ati” nizeye ko wabashie kwipfuka neza.
.
Fanny abonye Click Man atinye kuzamura ikanze ye ahita ayizamura we aramwereka.
Click Man arareba ati” Ndabona umeze neza.
Fanny ahita amuhereza aka Box ati” Bino ni ibyawe.
Click man arabireba ati” Ni byanjye gute?
Fanny ati” Bno byo kurya bitegurwa na Mama. Kandi biraryoha ni fuhe kubikuzaniraho.
.
Click Man arabireba, arabifata ati”,Urakoze.
Fanny ati” Nizere ko biza kukuryohera.
Fany ahita ava imbere ye aragenda ageze ku muryango arahindukira areba Click man ati” Cick Man uze kugira akazi keza.
Click Man ati”Sawa.
.
Tugaruke kwa Snow.
We na Saranda bavuye mu mazi bicaye  kuruhande rwa Pisine barimo kuganira.
Saranda ati” Ubundi kubera iki cher wawe yagiye akagusiga
Snow ati” Yashatse kujya iwabo ntago narikumubuza.
Saranda ati”Iyo mujyana
Snow ati” Ntago byari ngombwa.
Saranda ati” azagaruka  ryari?
Snow ati”  Simbizi ariko ashobora kuzatinda.
Saranda ati” Ko numva usa n’utabyitayeho.
Snow ati” Mbyitayeho arko sicyane.
.
Saranda aramureba ati” Kubera iki atari cyane?
Snow aramureba ahita ahaguruka aragenda ajya   gufata icyo kunywa ku kameza.
Saranda arahndukira aramureba ati” Ubwo se uransubije?
.
Twigarukirikire ku kazi muri Office Fanny akoreramo  hari ama raporo arimo gusinya. Inshuti ye bakorana yitwa Rosette  iraza  yicara ku ntebe iri imbere ye.
Fanny aramureba ati”Uvuye he
Rosette ati” Mvuye muri Office ya Boss. Ariko mfite ikibazo cy’amatsiko.
Fanny aramureba ati”Ikibazo kirebe njye se?
Rosette ati” Yego
Fanny ati” Ubwo nikihe kibazo.
Rosette ati” Kuki ukomeje kwita cyane  kuri Click Man?
Fanny araseka ati” Umva nk’ikibazo uba ufite? Ubuse wowe kuki nkwitaho
Rosette ati” Njye na Click Man turatandukanye.
Fanny ati” Mutandukaniye he ko mwese muri inshuti zanjye tukaba tunakorana.
.
Tuze muri Office ya Click man. David aje kumureba.
David ati”Click Man hano tubonye akaz  kihutirwa cyane.
Clivk Man ati”Kameze gute?
David  aramwegera ati”Hari umukiriya uje gutanga isoko ryo kumwibakire inzu ikomeye cyane. ariko mbere  na mbere arashaka ko tubanza kumukorera igishushanyombonera cyihuse.
Click Man ati” Ntakibazo reka ntangire nyikore. Ubwo murampa amakuru yabahaye.
David amwereka flash atti” Amakuru ushaka ari hano.
.
Amuhereza Flash, David ahita abona ka kabox Fanny yazaniyemo Click Man ibiryo.
David ati” Ndabbona Umugore wawe asigaye aguhemba.
Click man araseka ati”Yego
David ati” Oyaa urambeshye kuko Saranda ntago ibi yabikora ndamuzi.
Click Man ati” None ugiye kuvuga ko uzi umugore wanjye kundushya.
David ati” Ntago muzi kukurushya ariko nanjye mfite uko muzi. Nzi neza ko ibi atapfa kubikora.
.
Click Man ati”Amakuru uzi ni aya cyera ubwo atabikora.
David ati” Click Man uzi ikintu wibagiwe.
Click man ati” Niki?
David ati” Nuko utazi kubeshya.
Click Man ati” Aka nakazaniwe na Fanny,
David ati” Fanny!
Click Manati’  ko numva ubyibajijeho.
David ati” Kuki Fanny akwitayeho cyane?
Click Man ati”Nuko turi inshuti kandi Fanny  ni umwana mwiza yita kuri buri wese.
David ati” Nibyo. Ngaho ita kuri ako kazi. Boss yavuze ko byakwihuta cyane.
Click Man ati”Ndaza kugerageza.
.
Tugaruke kwa Snow,
Snow avuye hanze ajya mu nzu, hashize akanya na Saranda ava hanze aza mu nzu yicara muri Saro. Snow agaruka muri Saro afite isume arimo kwihanagura. Saranda aramureba.
Snow ati” nawe nkuhe isume se
Saranda ati” aho kumbaza wakabaye uje uyifite.
.
Snow aramureba maze akomeza kwihanagura , uko yihanagura aba amanuye mucikopa yambaye maze ivamo irerera. Saranda arayireba yumva abaye ukundi kuntu. Ashaka guhungisha amaso ariko barangay.
Snow ati” Saranda usanzwe  unzi nta mpamvu yo guhungisha amaso.
Saranda ati” Umva bika boro yawe.
Snow araseka ati”Ese koko ushaka ko nyibika cyangwa urayishaka?
.
Saranda biranga atangira guhumeka insigane abura ubwa hakana. Itangira gufata umushyukwe abona yahagaze noneho maze yumva arushijeho kuma ayishatse. Kwihangana byanze ahita ahaguruka.
Snow nawe ahita amusanganira barafatana.Saranda ahita ayifata yumva yakomeye cyane. Snow nawe ashore intoko mu gakariso ka Saranda yumva kajenze amazi kubera ububobebere bwo mu gitsina.
Ubw barasomana, Snow amujyana mu ntebe amukuramo byose, maze azamura amaguru ya Saranda cyane ayafatanyije kiza imbere ahita ayshiramo aramurongora.
.
Bwarije , Click Man atasye ageze mu rugo abura Saranda. Aranamuhanagara kuri telephone Saranda ntiyamufata.
Bigeze saa tatu z’ijoro, abona  Saranda aratashye. Saranda asanze Click Man yageze mu rugo kare yanamuhamagaye akanga kumufata agiramo akoba.
Click Man arahaguruka aramureba.
.
Utazacikwa na Epsode ya 10

Comments