Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Twaherutse Tony agiriye inama Saranda ko aho gutandukana na Click Man yamufasha akareba uko yakwivuza ikibazo afite kigamuka.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Saranda asoje gufasha Tony kumwogosha iyo hepfo, Tony ava mu buriri ajya gushaka imyenda yambara.
Saranda aramureba ati” Sha byibura wowe umpaye inama nziza. Kuko nubwo Click Man ntacyo amarira ariko basi n’umugabo mwiza w’imbokarimwe.
Tony ati” Nanjye nizera ko Click Man ari umugabo mwiza.
Saranda ati” Ahubwo nirihe vuriro namujyanaho ryamufasha/
Tony ati’ Ntago narimenya ariko ubajije waribona.
.
Tuze ku kazi aho Click Man akora ari muri Office ye. Arimo gushushanya. Hashize akanya Fanny aba aje kumureba aramusuhuza yishimye cyane.
Click Man aramureba ati” Ko mbona ibyishimo byakurenze
Fanny at” Yego ndishimye kubera amakuru meza mfite
Click man aramureba ati” Ujye uhorana ayo makuru meza kugira ngo ujye uhorana ibyo byishimo ufite.
Fanny ati” Ahubwo se ntago uyambaza?
Click man ati” Buriya se ni uburenganzira bwanjye kuyakubaza?
Fanny ati” Yego kuko nawe arakureba.
Click Man ati” Arandeba gute?
Fanny ati” Cyane. ngiye gushing Company yanjye ikora ibijyanye n’ubwubatsi.
Click Man ati” Wawooo uteye intambwe nziza.
Fanny ati’ Kandi mu bakozi ba mbere ntekereza ko nzakorana nabo ni wowe.
Click Man ati’ Njyewe/
Fanny ati” Yego kandi ntago ugomba kumpakanira ndakwinginze.
.
Tugaruke kwa Tony arimo kwimakiya, Saranda armo kureba uko arimo kwimakiya.
Tony ati’ Ariko ubundi Sara ni gute wiyeranjaga?
Saranda ati’ Ndyamana na Snow
Tony aratangara ati” Ngwiki?
Saranda ati” Uryamana na Snow?
Saranda ati” Yego. Rwose kwikuramo uburyo yabinkorerega cyera byarananiye.
Tony araseka ati’ Ariko banza kuva cyra mugikundana yarakorongoraga neza.
Saranda ati” Cyane. gusa icyo nanze cyatumye mureka nuko yankubitaga, kandi noneho nta ni kintu ariho.
.
Tony ati” Birumvikana, ariko se Click Man namenye ko uryamana nawe bizagenda bite
Saranda ati” Yewe ngibyo ibintu Click Man atataho igihe ngo agiye kwitaho.
Tony ati” Ubwo reri iibazo ni Sheja umunsi yabimenye hazashya.
Saranda ati’ Yasubiye muri Kenya.
Tony ati” Ariko azagaruka.
.
Tugaruke ku kazi kwa Click Man muri Office ya David. David arimo kureba ifoto ya Fanny muri machine ye.
Ako kanya Click Man aba aje muri Office ye, David aramureba.
Click Man ati” David hari ikibazo twaba dufitanye ntazi?
David ati” Man uri umubeshyi
Click Man ati’ Ndi umubeshyi gute?
David ati’ Ntiwambwiye ko ntacyo upanga na Fanny
Click Man ati’ Yego none
David arahaguruka ati” Warambeshye man kirahari.
.
Click Man ati’ Ntagihari. Ese mwana wibagiwe ko mfite umugore?
David ati’ None kubera iki wowe na Fanny mu meze nkaho mukundana
Click Man ati’ Ibyo uvuga ntago mbizi. Niba ari n’icyo kibazo wumva ko dufutanye waribeshye cyane. njyewe ntacyo naba mpanga na Fanny kijyanye n’urukundo. Ntago bishoboka. Kandi uretse no kba bitanashiboka njyewe mfite umugore uranamuzini Saranda.
David aramureba.
Click Man ati” Jya ureka gucyecyeranya ibintu mwana. Niba ukunda Fanny ntago wamugira bifu hagati yanjye nawe.
.
Click Man ahita asohoka arigendera.
.
Tuze kuri Saranda avuye mu nzu kwa Tony aza mu modoka ye hanze, akinjira mu modoka telephone ye irasona abona ni Zawadi umuhamagaye aramwitaba.
Saranda ati’Karame Zawa/
Zawadi ati’Umva namaze kubona ahantu heza uzagura.
Saranda ati’ Nzagura?
Zawadi ati’ Nyine n’umara gutandukana na Click Man mukabana amafaranga uzabona nabonye ahantu heza wazahita ugura.
Saranda ati’ Ariko Zawa wasaze? Njyewe nigeze mbabwira mfite gahunda yo gutandukana na Click Man?
Zawadi ati” Nonese uzakomeza kubana nawe?
Saranda ati’Umva zawa iby’urugo rwanjye mubindekere.
.
Saranda ahita anakupa telephone,, akiva kuri tekephone abona kuri Status ya Click man yamupostinze anamwandikaho amagambo meza cyane.
Tony aba avuye mu nzu aza mu modoka ya Saranda.
Tony ati”Umva mbonye umugabo yagutakagije kuri Status ye.
Saranda araseka,
Tony ati” Cyakora aragukunda pe
Saranda ati’ Niyo mpamvu natekereza kuba namurekura. Basi nzajya njya kwiyeranja ukwanjye ariko nzagumane nawe. Undi mugabo wese nasanga ashobora kumpa dick pe ariko ntame urukundo.
.
Tugaruke ku kazi muri Office Fanny na Rosette bakoreramo. Rosette ari kuri whatsapp abona Click Man yapostinze Saranda anamwandikaho amagambo meza cyane.
Rosette amaze kubibona ahita areba Fanny ati’ Fanny wigeze ureba kuri Status ya CliCK Man ?
Fanny ati” Wapi.
Rosette ahita amwereka. Fnny arabireba bisa n’ibimubabaje.
Rosette ati” Ko mbona ubabaye?
Fanny arisetsa ariko ababaye ati” Ntago mbabaye naba mbabazwa niki?
Rosette ati” Nyamara ndabona ufushye. Ariko rero Fanny ushatse wakwitonda kuko uzakomerekera ku mugabo wa bandi.’
Fanny ati” Umva ntago Click Man mukunda icyo nshaka gusa n’ukuryamana nawe gusa akantera inda.
Rosette ati’ Ariko se kubera uba wumva ushaka inda ye cyane?
Fanny ati” Yego. Basi we naramubuze ariko byibure nzagire umwana ukomoka kuri we.
Rosette ati” Cyakora waramukunze pe nuko atigeze abimenya.
.
Amasaha akomeje kwicuma, abakoze baza muri Lunch. David arimo agenda abona Fanny arikumwe na Rosette bagenda, maze ahita yibuka ko Click Man yamubwiye ko nta rukundo ruri hagati yabo.
David ahita agenda abasanga afata Fanny akaboko.
Fanny aramureba ati” Niki?
David ati” Reka tuvgane.
Fanny ati” Oya pe ndashonje ngiye kwirira turaba tuvugana nyuma.
.
David aramurekura aragenda.
.
Baza muri Sale Fanny ahita abona aho Click Man yvaye ahita agenda amusanga.
Fanny ati” My Click man njye kukwakurira iki?
Click Man ati” Oya reka nanjye uyu munsi mbikore njye kwarura nawe nkwarurire nkuko wabikoze.
Fanny ati’ Reka mbikore nawe uzabikora ejo..
.
Fanny ahiya ajya kubikora. Click Man ahita ajya kuri telephone avugana n’Umugore amubaza uko umeze.
Fanny avuye kwarura asanga Click man arimo kuvugana na Saranda. Fanny aricara na Click Man ahita ava kuri telephone.
Fanny ati’ Wavugana n’Umugore wawe se?
Click Man ati’ Yego
Fanny ati” Ariko uba umwitayeho cyane’
Click Man ati’ Umugore wanjye ndamukunda
Fanny ati’ Ese nawe ugukunda nk’uko umukunda.
Click Man ati’ Yego..
..
David aje muri Sale abona kandi Fanny yagiye n’ubundi gusangira na Click Man.
.
Fanny areba Click Man ati” Ese ujya uzirikana ko ari inshuti yanjye ya mbere.
Click Man ati’ Ntago nabyibagirwa.
.
Amasaha yaricumye burira.
Click Man atashye mu rugo ageze mu rugo asanga Saranda ntago ahari. Aza mu cyumb ahindura imyenda.
Akiye kuva mu cyumba abona ya Dick y’inkorano yahaye Saranda iracyafunze neza ntanarimwe arayikoreshaho,abyibazaho ariko ntiyabitindaho.
.
Arangije ava mu cyumba aza mu gikoni afata itaburiya atangira gutegura ibyo ateka. Hashize amwanya Saranda nawe aba ageze mu rugo amusanga mu gikoni.
Saranda ati’ Cher uratetse
Click Man ati’ Yego.
Saranda ati” Nkunda ko uri umugabo mwiza utijena.
Click Mama aramureba ati” Ese kuki utarakoresha irya dick nakuzaniye warayanze?
Saranda ati’ Oya cher ntagi nayanze. Sinakubwiye ko ngiye kwisanisha nawe. Ntago najya mu byishimo by’umubiri mu gihe Umugabo wanjye nawe atabijyamo. Kandi njye nawe turi umuntu umwe tugomba gusangira byose
Click Man ati” Ariko ntakibazo cher kuba wowe ufite umubiri muzima wabikora ukishima.
Saranda ati’Oya. Ahubwo hari icyo natekereje. Twazagiye kwa muganga ko bagufasha. Baguha umuti ukuza Dick ukongera ukamera neza.
.
Click Man aramureba ati” Ikibazo mfite ntago cyekemuka kirenze kure iyo miti yo kwaMuganga, imiti ntacyo yamfasha.
Saranda yumva aratunguwe ati” Wigeze basi ugerageza kwivuza?
Click Man ati’ Narabikoze ariko ntacyo byatanze.
.
Saranda yumva arababaye cyane.
.
Utazacikwa na Episode ya 15
Comments