Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Dusize, Clck Man amennye ko kuba we na Fanny baraye muri motel byari byapanzwe nawe.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Click Man atangazwa nuko ari Fanny byose wariwabipanze byo kurara hariya. Bajya mu modoka.
Fanny areba Click Man ati” Ese urambabarira cyangwa?
Click Man aramureba ati’ Ni nkubabarira nawe urambabarira.
Fanny ati” Click wowe ntakosa ufite. Kuba wampakaniye byari uburenganzira bwawe. Ariko njye nagufatiye icyemezo ndaguskoresha nararangereye am sorry
Click Man ati’ Ndakubabariye
Fanny ati” Urakoze.
.
Fanny yatsa imdoka bakomeza urugendo..
.
Tuze mu rugo kwa Saranda muri ayo masaha ya mu gitondo. Snow aryamye mu buriri bwa Click Man, naho Saranda we ari mu gikoni arimo gutegura Breakfaste bafata.
.
Snow arabyuka aza ku idirisha akuraho rido areba hanze.
Saranda ahita aza mu cyumba ateruye akameza kariho ibyo amaze gutegura.
Snow aramureba maze araseka ati” Wateguye neza cher
Saranda atekereka ku burir aramureba ati” Ibyo kuba ndi cher wawe ubikuye he?
Snow aramwegera aufata mu nda ati” Nonese bitandukaniye he.
Saranda ati’ Kuba tukiryamana ntago bivuze ko hari ikiri hagati yanjy nawe.
Snow ati” Rega ntago wahisha iby’ibyiyumviro.
Saranda ati’ Umva reka dufate breakfaste uve hano ugende
Snow aramureba ati’ ndabizi ntago ushaka ko mva hano.
Saranda aramureba.
.
Kurundi ruhande Fanny arimo kuzana Click Man mu rugo. Gusa barimo kuza batavuga kuva kuri Motel baza.
Click Man aramureba ati’ Ese kuba naguhakaniye umubano wacu uraza kuba mubi
Fanny aramreba ati’ oya,
Click Man ati’ Ariko ndabona wahindutse cyane
Fanny azenga amarira mu maso ati” Igisubizo wampaye mtago cyoroshye kuba nacyakira aka kanya.
Click ,an ayo’ Fanny ndagusabye ugomba kunyumva.
Fanny yihanagura amarira ati” Sawa.
.
Tugaruke kuri Saranda na Snow basoje gufata breakfaste.
Snow ati’harya wavuze ngo njyende cyangwa.
Saranda ati’ ygeo jyenda.
Snow ati” Ariko mbere yuko ngenda twabanza tugakora akandi.
Saranda ati’ Oya genda Click Man atagusanga aha.
Snow ati’ Ntago aza ubuse urabizi ko aza? Kandi niyo yaza araza asanga karangiye.
Saranda abitekerezaho.
Snow armufata ku bere ati” Akanya ubonye wagiye ukabyaza umusaruro?
Saranda aramureba, Snow ahita afatiraho baratangira, Snow amukuramo imyenda batangira gusomana no kuburiri bakora sex.
.
Kurundi ruhande, Fanny agejeje Click Man mu rugo aparika kumarembo
Click Man ati” Urakoze cyane.
Fanny ati” Ntakibazo.
Click Man aramureba ati’ Ariko ugerageze kubyakira?
Fanny ati’ Click Man wimoangayikira ubwo Ibiza kuba nibyo.
Click Man ati’ Icyaba cyose uze kwirinda kujya kuruhande ruri negative.
.
Click Man ava mu modoka ye, Fanny arakomeza. Click Man arakomanga securite afungura igipangu arinjira.
Aza arakomeza aza ku nzu akoze kumuryango yumva harafunze. Ashaka urufunguzo arafungura.. akinjira Snow na Saranda baramwumva kandi bambaye ubusa ntanubwo bari bakarangije bagira ubwoba.
Snow ashaka aho arigitira arahabura. Saranda agira ubwoba ashaka icyo akora biramucanga.
.
Ubwo kandi niko Click Man arimo kuza agana mu cyumba agaeze kumuryango w’icyumba Saranda na Sniw bagishaka icyo bakora.
Snow ashaka guca mu idirisha biranga kubera giriyaje zihari.
Saranda biramucanga yibaza icyo agiye gukora.
.
Click Man arakomanga, yumvise Saranda atamusubiza ashaka urufunguzo rw’icyumba.
.
Mu cyumba imbere byabaye hatari.
Snow ati” Njye he
Saranda ati” Jya munsi y’igitanda.
Snow aza mu nsi y’igitanda agiye gusesera biramga kubera ko igtanda kigez hasi cyane.
Bibacanga kandi Ckick Man yatangiye gufungura umuryango. Saranda areba garderobe ahita abwira Snow kwinjira muro garde robe akaba ariho yishisha.
Snow ajya muri garderobe aba ariho yihisha.
Click Man nawe aba arinjiye abona Saranda asa n’uwambaye ubusa.
Click Man ati’ Cher bjr
Saranda ati Bjr cher!
Click man aramwegera ahita amuha aka boiziux.
.
Click Man ati” Wihangane kuba nkukanguye.
Saranda araseka ati” ntakibazo cher kuko nubundi narinje kugufungurira.
.
Click Man ati” unambabarire kuba naraye hanze. Gusa siko nabishakaga.
Saranda ati” Ntakibazo cher.
.
Click Man arebye kuruhande abona amasahani n’amatasi Saranda na Snow bari bamaze kuriraho.
Click Man ati” Warariye umureti n’icyayi gusa se?
Saranda ati” Yego.
.
Click Man ati’” Kubera iki cher niby wumvaga ushak?
Saranda ati” Yego.
.
Snow aho yihishe haramubangamiye cyane bitewe nuburyo ari hato cyane.
.
Click Man atangira gukuramo imyenda, agiye gukuramo inkweto , yunamye ahita apanaro y’Umugabo munsi y’igitanda, arayitoragura. Saranda arabibona agira ubwoba bwinshi.
Click Man aramureba ati” Iyi yavuye ha ra?
Saranda ati’ ntago mbizi.
Click Man ati’ Noneseko atari iyanjye yageze hano gute?
Saranda ati” Ahubwo njye sinari nayibonye.
.
Click Man ati” Biratangaje cyane.
.
Click Man ntiyabyitaho ahita agenda agana aho garderobe iri.
Saranda ahita amubuza ai’ Chr ugiye muri garderobe gushaka ibyo wambara.
Click Man ati” Nshaka kureba iyo nza kwambara mu kanya.
Saranda ahita aza kumwitambika ati’ Bireke cher ahubwo jye muri dushe reka nyiguteegurire.
Click Mana arabyumva ati” Urakoze cher
.
Click Man afata isume agiye koga, Snow ahita akubita umutwe kurubaho Click Man arabyumva ahita areba kuri Garderobe.
Saranda ati’ Cher ajya koga reka ndebe ikibaye.
Click Man ati” Oya cher rake ndebe ikibaye wasanga atari ikintu cyiza.
Saranda arisetsa ati”Cher igire koga. Wasanga ari imbeba.
Click Man ati” Imbaba muri iyi nzu?
.
Click Man arakomeza za kureba icyo yumvise, afunguye garderobe abonamo Snow.
.
Utazacikwa na Episode ya 18
Comments