Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
.
Twaherutse ubwo Fanny yarabyutse abona igitsina cya Click cyahagaze cyafashe umurego.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Fanny akibibona yatangaye cyane maze ahita akuraho Click ishuka ayireba neza uburyo ihagaze ariko ntago yari yagafashe umubyimba ugaragara utuma iba nini. Kari kahagaze ariko nyine kacyiri gato cyane.
Fanny biramunezaza maze ahita akora kuri Click aramukangura amwereka uko bimeze. Click nawe yirebye aratangara.
Fanny ati” Urabibona?
Click ati” Koko umuti wanjye uri muri wowe.
Fanny ati” Burya santima ntacyo zitabasha kurema. Upfa gusa kubona uguhundagazaho amarangamutima menshi y’urukundo
Click ati” Nkuko nabivuze urukundo ruri mri wowe n’umuremyi.
.
Fanny arongera arayireba maze amanuka hapfo ayifatisha utuganza twe twia cyane tworoshye arayikinisha, maze akajya areba Click.
Fanny ati’ Urimo kumva iki
Click ati” Ikizere.
Fanny ati” Nkomeze se turebe icyo bitanga?
Click ati” Ntakibazo Baby.
.
Fanny ahita ashyira mu kanwa arayonka, uko ayonka ikagenda ibyimba gacye gacye anabwira amagambo Click ko ayikunda cyane.
Cyakora hashize umwanya akora ibyo ikragwa.
Fanny ati” Boo nubwo iguye ariko ntakibazo. nuko umubiri wawe utarongera kubasha kugira ubushobozi bwo kurema ibyiyumviro bhagije muri wowe.
Click ati” Nanjye ndumva ngize icyizere. Ahari mu gihe kirimbere nzajya nkwitaho mu uryo bwuzuye neza cyane.
Fanny ati” Bea nibyo waoraga byanyuraga cyane kandi nkagera ku byishimi byanjye bya nyuma. Rega sex yose ntago bisobanuye ko ari uko iba yakuyegiyemo.
Click araseka.
Fanny ati” Imitsi yawe ntago irazibuka niyo mpamvu iguye ariko mbonye ntinkomeza kujya nkwitaho neza mu minsi micye cyane ikibazo ufite gishobora kuza kuba cyakemuka.
.
Fanny arabyuka ava mu buriri, agiye kuva mu cyumba Click aramureba aramuhamagara Fanny arahagarara arahindukira aramureba.
Fanny ati” Karame my lovely husband.
Click ati” Thanks. Ni wowe mugore wanjye w’igikundiro unsobanukiwe. Warakoze kungarurira ikizere cy’ubuzima.
Fanny ati” Ubuzima naguhaye nubwo nawe wabashije kurema muri njye. Warakoze cyane nawe.
.
Ubwo bose bahita bajya mu byo kwitegura ngo bajye mu kazi.
Bagiye kuva mu rugo Fanny areba Click ati” Bea ntago tujyanirana ngiye kubanza guca kwa Rosette.
Click ati” Ntakibazo baby.
.
Click ajya mu kazi, maze Fanny we abanza kujya kureba Rosette. Rosette nubwo yamubabaje ariko kuva cyera bahoze ari inshuti cyane, ndetse Fanny akamufata nk’umuvandimwe kuri we.
.
Bidatinze Fanny yageze mu rgo kwa Rosette.
Rosette amuha ikaze mu nzu baraganira.
Fanny ati” Umeze ute
Rostte ati” Uko meze nuku kuva wanyirukana.
Fanny ati” Ntago nakwirukanya ahubwo naguhaye akanya ko kwitekerezaho neza cyane.
.
Tuze ku kazi.
Click nawe ageze ku kazi, ava mu modoka maze yinjira mu nyubako bakoreramo. Arimo yinjira James aramubona ahekenya amenyo.
Click amaze kwinjra James ahita afata telephone ahamagara Saranda.
James ati’ Saranda nizere ko uri Ready?
Saranda ati” Buri kimwe cyose kirateguye wowe upfa kundabura gusa.
James ati’Reka nizere ko umupano wacu uza kugenda neza uko wapanzwe.
.
Tugaruke kwa Rosette.
Fanny aramureba ati” Rosette nshaka umbwira ikintu cyatuma nkubabarira nkongera kukwizera.
Rosette abitekerezaho.
Fanny atagereza ko agira icyo amubwira,Rosette aguma acecetse.
Fanny aramureba ati” Ntacyo ufite wambwira cyatuma nongera kukwizera?
Rosette ati” Uragira ngo nkbwire iki koko! Nibyo naraubabaje icyo nakubwira gusa mbabarira.
Fanny aramureba ati” Rosette niba ari ikintu cyiza cy’ubakira umuntu ubuzima bwiza n’ikizere. Kwizerwa. Nanone kandi iy utakarijwe ikizere n’ubuzima bwawe buba butangiye urugendo rwo kuzarangira nabi. Nagarutse hano kukureba kubera ko ntirengagije urukundo nkukundamo nk’umuvandimwe. Arik nawe niba uri umuntu uzi ubwenge uzi naho ugana uzi neza icyo ukwirirye gukora. Ngiye kugusubiza amahirwe yo kugaruka mu kazi. Ariko nawe ushake ikintu cyatuma wongera kunyubakamo icyizere.
.
Rosette ati” Nukuri urakoze cyane.
Fanny arahaguruka ati” Sawa ndagiye ejo uzagaruke mu kazi.
Rosette ati” Urakoze cyane sinabona uko nagushimira,
Fanny ato” Ishimwe nkeneye kuri wowe nirimwe gusa. Icyatuma wongera kuba umwizerwa kuri njye.
.
Fanny arigendera.
Rosette asigara atekereza kumagambo Fanny amubwiye. Uko ayetekerezaho yibuka agapango amaranyeho iminsi na ba James. Yumva ashatse kuba yabavamo akabatanga ariko umutima nanone akumva urinagiye.
.
Fanny ageze mu kaz abanza kuza kwirebera umugabo we,
Click aramurea ati’ My quenne uvuyeyo
Fanny ati’ Yego baby. Gusa nahise nkukumbura.
Click araseka ati”Aka kanye baby
Fanny ati” Isegonda rimwe ntagufite gusa rihita rimbera isaha yose
.
Ubwo bakomeza kuganira.
Fanny ati” My boo buretse akazi uze tubanze tujye kwirira ndabizi urashonje.
Click ati” oya ntago nshonje.
Fanny atii” Reka noneho njye kugutegurira imbuto.
Click ati” Tujyane kuzitegurana
Fanny araseka ati” Yego twijyanire.
.
Amasaha nayo aricuma.
Bidatinze amasaha yo gutaha, bagiye gutaha, Fanny na Click bava mu kazi bageze hanze, Telephone ya Fanny irasona aritaba maze avugana na bamuhagamagaye.
Amaze kuvugana nabo agaruka imbere ya Click amureba mu maso ati” Bea hari umushoramari ukeneye tubona aka kanya. Ndumva twabanza jujya kumureba.
Click ati” Oya bea wowe genda uhure nawe njyewe njye mu rugo njye guteka uze gusanga hari maze gutegura
Fanny ati” Ntakibazo?
Click araseka ati” Ikibazo cyaba kirihe bea?
Fanny ahita amusoma ati” Ndagukunda cyane my husband.
Click ati” Love you too.
Fanny ati” Ngaho genda bea. Ntago ntinda.
Click ati” Imana ikwiteho baby.
.
Fanny afata inzira aragenda ajya guhura n’uwo mushoramari umuhamagaye. Click nawe ajya ,u modoka ye afata inzira igana mu rugo.
Mu nzira arimo agenda hari imodoka yatangiye kumurikira , arabibina ko yakurikiwe maze nawe atangira gushaka uko yacika iyo modoka yamwometse.
Hashize akanya yageze imbere ako kanya imbere ye haturuka indi modoka iramwitambika bamushyiramo hagati.
Uwo mwanya abasore ba mabandi, bahise bava mu modoka zabo baraza bamusanga mu modoka ye bamukuramo baramushimuta baramutwara.
.
Utazacikwa na Episode 43
Comments