logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 10

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twasize Saranda avuye kwa Snow kandi banaryamanye ageze mu rugo asanga Click Man yageze mu rugo  kare  aramutegereje.
.
Written By Chris Nandi Ishimwe.
.
Saranda  akinjira mu nzu akabona Clck Man yageze mu rugo  kare yikangamo yibutse n’uburyo yamuhamagaye akanga kumwitaba.
Click Man nawe abonye Saranda ahita ahaguruka aramureba.
Saranda agira ubwoba.
Click Man aramureba cyane maze aramwegera, Saranda umutima utangira gutera cyane, Click Man amugeze imbere ahita amuhobera cyane.
Click man ati” Imana ishimwe narinahangiyitse nibazaga icyakubayeho.
Saranda kubona ukuntu Click Man amufashe atanamutonganyije biramutungura cyane.
.
Click Man aramureba ahantu hose ati” Ese ntakibazo waba wagize?
Saranda azunguza umutwe.
Click Man ati” Oya vuga ndashaka kubyumva
Click Man ati” Ntkibazo nagize cher. Ntakibaz mfite.
Click Man ati” Naguhamagaye nkabona ntago ufata telephone ntangira guhangayika nibaza icyakubayeho.
Saranda ati”Umbabarire kuba ntabashije kukwitaba nkatuma uhangayika
Click man ati” Ikingenz nuko  ugarutse mu rugo amahoro. Nneho umutima wanjye usubiye mu gitereko.
.
Bava muri  Saro  abjya mu cyumba  bavugana.
Click Man ati” Uje mukanya narngiye guhamagara kuri Police nkababwirako nabuze umuntu.
Saranda araseka ati” Amasaha 24 ataranangira koko!
Click man ati’ Ntago narigutegereza ko amasaha 24 abanza gushira.
Saranda aramureba ati’Disi uba umpangayikiye cyane.
Click Man ati’ Cyane.  kubera ko ari wowe muntu wa mberemfite kwitaho no kurinda.
Saranda ati”Urankunds cyane.
Click Man aramureba maze araseka ati”  hari iguhe se wabishidikanyaga ko naba nkukunda
Saranda ati’ Oya ntago mbishidikanya.
.
Click Man ati” Ahubwo hindura imyenda uze  tujye kumeza.
Saranda ati” Noneho wamaze no guteka?
Click Man ati” Cyane.
.
Click Man ahita agenda, ariko atararena umuryango Saranda aramureba ati” Nonese ntanubwo umbaza aho narindi?
Click Man ati” Oya, kubera iki?
Saranda ati” Abagabo mukunda kubaza abagore iyo  baba bagiye nibyo bari barimo bakora  iyo bagiye.
Click Man araseka ati” Saranda, uri umuntu mukuru ufite uburenganzira bwo kujya aho ushaka no gukora icyo ushaka ubwo se naba nkubaza iki koko!
Saranda araseka ati” Uratandukanye cyane. abandi bagabo ntago ariko bamera. Muri kamere y’abagabo bakunda raporo no gutegeka.
Click Man ati”  Guhabwa raporo no gutegeka ntabwo aricyo gisobanuro  cyo kuba umugabo.
.
Clicka Man ahita ava amu cyumba ajya kwarura.
Saranda asigara mu cyumba atakereza  ibyi avuyemo n’ukuntu Click atamutonganyije. Gusa yumva muri we  yiciriye urubanza.
.
Bidatinze nawe ava mu cyumba aza kumeza, asanga Click yamwaruriye  ngo bibe bihora. Saranda aricara aramushimira ati” Urakoze cher
Click man ati Bone apetit.
Saranda ati”Mercie kandi nawe  bibe uko.
Click man ati”  Wihangane ntago bari bampa umukozi nasabye.
Saranda ati” Ntakibazo cher.
.
Tuze kwa Snow ari mu gitanda afite telephone mu ntoki. Yandikira Saranda Sms ati”Wakoze cyane kandi uracyaryoshye cyane nka mbere.
Message igera kwa Saranda telephone ye irasona. Saranda arayifata abona ni Snow umwandikiye asoma sms amuhaye ariko ntiyamusubiza.
.
Bidatinze bwaracyeye. Nkuko bisanzwe Click Man ajya mu kazi. Saranda abyutse abona Click Man yagiye. Aza muri Saro agiye gusohoka hanze abona Click mana yasize amuteguriye breakfaste amusigira na kandiko kanditseho ngo aze kugira  apetit kandi yirirwe neza.
.
Click man mbere yuko ajya mu kazi abanza guca iwabo mu rugo ajya kureba mama we. Asanga mama we arimo kwitegura nawe hari urugendo afite agiye kujyamo.
Mama we ati”  narinkumbuye kukubona
Click Man ati”Niyo mpamvu nje kukureba Mama. Ese ubundi wazaje tukabana hariya mu rugo
Mama we ati” Oya kba hano  birampagije kandi biranyuze. Upfa kubaza uza kundeba. Nanjye nkakubona bihagije.
Clic Man ati” Ntakibazo noneho Mama. Kandi  Mam urabizi ko njye nawe hagati yacu hari igihango gikomeye.
Mama araseka ati” Umwana na Nyina sha! Nonese m rugo bimeze bite
Click Man ati” Tumeze neza. Saranda yamaze kwakira Situation  kandi maze kubona ko ari umwana  mwiza.
Mama ati”  nanjye narabibonye ko ari umwana mwiza.  Uretse wenda  byabindi wambwiye ko yaba akunda  ubutunzi no kubaho neza cyane.
Click man ati” yego arabikunda. Ariko ntago abikunda muri  bwa buryo bwo kuba  yabisahura. We icyo  yashakaga ni ahantu yabaho neza uko abishaka.
Mama ati” Ibyo rero ntanicyo byaba bitwaye. Umubi niwo uwo mubana agamije gutwara utwawe akagusiga.
Click Man ati” Oya umugore wanjye suko ameze.
Mama ati”   Nanavuganye nawe ambwira ko azakubikira ibanga, nta mugore numwe azigera abwira ikibaz  cyawe uko umeze.  Kwakundi usanga abagire bakunda kuvuga cyane bakavuga buri kamwe kose.yambwiye ko ibyo atazigera narimwe bimucika ngo abivuge.
.
.
Tuze ku kazi.
Fanny na Rosette bari mu kazi  hari amaroroporo bahugiyemo barimo gukora baganira.
Rosette ati” Ariko Fanny nkubaze
Fanny aramureba arasekaati”Arikose wowe uhorana ibibazo byo kumbaza gusa?
Rosette ato” Bitwaye iki
Fanny ati’ Ngaho mbaza
Rosette ati”Iwanyu ko muri abakire mufite amafaranga mensh ubu  waje gukora hano kubera iki?
Fanny areka gukora aramureba ati” Nuko mu rugo bashakaga kumpitiramo icyo gukora ndabakatira. Nashakaga kubera ko igihe cyose  batagomba kuntekerereza icyo gukora.
Rosette ati” Noneho waje hano kubwo guhima ababyeyi bawe.
Fanny ati” Oya ntago ari ukubahima  ahbwo hari icyo nashakaga ko bamenya.
.
Click Man ageze mu kazi. Aza murio Office ye. David ahise aza kumureba.
David ati”  ugeze he?
Click Man ati” ngiye gusoza ariko haracyarimo akazi.
David ati” Sawa reka  njye kuvugana na Boss..
.
David aragenda. Hashize akanya Fanny ahita aza kureba Click Man, amubonye araseka
Fanny  ati” Click Mana waje ryari?
Click Man ati” Ngeze hano mu kanya.
.
Fanny ageze imbere ye ahita amuha aka bizoux kutama.  Click man ahita aba nkutunguwe.
Fanny ati” Kare naje kureba ko waje mu kaz nsanga ntago wari waza sha!
Click Man ati” Nabanjye kujya kureba mama
Fanna ati” Ese na Mama awe nawe mwiza nkawe.
Click man araseka ati” Yego kandi we arenze njye.
.
Fanny aramureba cyane maze ahita afata karuvate yambaye. Click Man aramureba, Fanny ahita amufata kurutugu.
Click man biramucanga yumva usa n’ubangamiwe ariko bitari bibi maze asa n’umwiyaka ahita yicara.
Fanny aramureba ati” Click Man uri umusore wa mbere nzi mwiza abandi  baragukurikira.
Click Man ati”Urakoze  cyane Fanny ariko ntago nsumba abandi.
Fanny ati” Umva urababanziririza.
Click man ati” Ntago nabanzrirza Cher wawe.
Fanny ahita ahinduka ku maso ati” Inde cher wanjye.
.
Roseite ahita aza aho muri Office azaniye Click man impapuro arabasangana  maze arebana na Fanny bahuza amaso. Rosetee ahereza Cick Man impapuro yaramuzaniye ahita yigendera.
.
Fanny areba Click mana ati” Ese Cilck Man ati” Nagusaba akantu.
.
Tuze mu rugo kwa Saranda.
Saranda yumvishe ukomamha aza kumuryango gufungura abona ni Snow  aratungurwa.
Snow ati” Ejo waje iwanje mu rugo  nanjye nsanze ari byiza ko naza hano kureba aho mutuye nkahamenya.
Saranda aramureba.
.
Tugaruke ku kazi.
Fanny ati” Click Man ese wambera ….
Click Man aramureba cyane.
Fanny ati” Niba bitakubangamiye njye nawe twaba inshuti z’umwihariko?
.
Click man aramureba….
.
Utazacikwa na Episode ya 11

Comments