logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 1

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Ni kumanywa , Click Man na  Saranda bari ku Murenge baje gufata itariki bazasezeraniraho kuri Mariage yabo y’Umurenge. Gusa ntago bari bacyirwa  muri Office   bicaye imbere ya Office bategereje ko bacyirwa.
Saranda ashize amaboko kuri ku  mavi ya Click Man arimi kumureba mu maso.
Saranda ati’ Buriya cher amasaha meza yaba ryari?
Clicky Man ati’ Nyuma ya Saa sita.
Saranda ati’ Ayo masaha se buriya  baraza kuyaduha?
Click Man ati’Ndavugana nawe araza kutwumva.
.
Hashize umwanya muto baracyirwa barinjira bavugana n’ubishinzwe kumurenge , maze bareba  amatariki ahari yose ahari, bahitamo itariki itariho  abantu benshi aba ariyo bafata barasinya, Click Man  avugana na Etat Cevil amubwira k obo bifuza kuzasezerana mu masaha y’ikigoroba cyane.
Etat Cevil abona ntacyo bitwaye arabibemerera.
.
Bamze kubona itariki bava muri Office baza hanze kumodoka ya Click man binjiramo.
Saranda areba Click man arimo aseka ati’ Ariko cher kubera iki ahantu hose watse Service bakumva vuba? 
Click Man ati” Biterwa nuko nitwaye ndimo nsaba.
Saranda ati’ Uravuga  ukuri pe! Usabana ubwenge n’ikinyabupfura. Ntago  uba wiyemeye ngo witwaze uwo uriwe.
Click Mana yatsa imodoka ati” Uwo uriwe ntacyo  biba bivuze kuri Servuce uguye kwaka. Icyambere ni Discipline
.
Click Man atwara imodoka bagenda baganira gacye    gacye.
Hashize akanya Telephone ya Saranda irasona abona ni Tony umuhamagaye areba Click Man arangije yitaba  Tony
Saranda at’Karame Tony
Tony ati’Saranda bimeze bite ku Murenge mwavuyeyo
Saranda ati’ Nibwo  tuvuyeyo
Tony ati’ None ufite iyihe gahunda
Saranda ati’ Ngiye mu rugo sha ngiye kuryama nduhuke uyu munsi twiriwe  mri byinshi
Tony ati” Nonese ibijyanye na Gahunda yejo?
.
Saranda ati’ Gahunda se ntikomeje
Tony ati” Nonese wowe na Chr wawe mwahashye ibyo muzakenera byose?
Saranda areba Click Man ati’ Ese buriya chr hari icyo dusigaje ra!
Click Man ati” Ibyo ntago mbizi ni wowe wabimenya pe! Ariko ntekereza ko byose twabihashye bikenewe.
Saranda asubiza Tony kuri telephone ati” Shat we byose twamaze kubibona.
Tony ati” Ubu nanjye nibyo ngiye gushaka ariko wumve ko cher wanjye yantesheje umutwe namubuze.
Saranda ati’Mushake nyine
Tony ati’ Sawa sha turaza kongera  kuvugana.
.
Saranda ati’ Sawa.
Saranda ava kuri telephone areba Click Man bakomeza urugendo.
Saranda ati’ Cher wacuranga uturirimbo tw’urukundo.
Click Man aramureba maze aracuranga, Saranda arishima atangira kugenda aturirimba. Click Man akamureba agaseka
Saranda aramurea ati’ Ariko cher nakubaza/
Click Man ati’ Yego mbaza
Saranda ati’ Kubera iki uba utuje cyane igihe cyose
Click Man ati’ Sibyo byiza se
Saranda araseka ati” Noneho njye wa gasazi  mba nakubangamiye?
Click Man ati” Uko umeze ndabakunda.  Ntago twese twaba dutuje.
Saranda ati’ Ariko  basi ujye ugerageza ushyiheno gacye sibyo?
Click Man aramureba asekamo gacye ati’ Nzagerageza.
.
Bakomeza kugenda,  hashize umwamya  bagera mu rugo kwa Saranda Click Man aparika imodoka imbere yo kwa Saranda,  
Kwa Saranda ni mu rugo rusanzwe cyane.
Saranda areba Click Man ati” Cher ubu tugeze mu rugo Numvaga ntashaka gutandukana nawe.
Click Man ati” Ni vuba tugiye kubana hamwe tutazajya dutandukana.
Saranda aramureba ati” Yego cher. Kandi Bea ndagushimiye kuba waremeye ko ejo twajyana na bandi muri Trip ya Musanze gusura Ingagi.
Click Man ati’  Cher warabishakaga ntago narikubyanga.
.
Saranda aramuhobera ahita anamusoma ku itama ati Ndagukunda cher. Kandi nkunda ko unyumva cyane.
Click Man ati’ Ntakibazo.
.
Saranda ava mu modoka maze aza kuruhande rwa Click Man aramureba ati’ Bea bye rero turaza kuvuga kuri Phone.
Click Man ati” Sawa cher.
.
Saranda ajya mu nzu Click Man akata imodoka ye nawe arataha.
.
Saranda aza mu nzu iwabo avugana na Mama we gato amubwira  uko  ku murenge bigenze maze ahita akomeza aza mu cyumba cye, akigeramo abona agatabo   ke kumeza yaho mu cyumba akunda gusoma kajyanye n’imibonano mpuzabitsina aragafata yicara kuburiri arakarambura atangira gusoma.
.
Amasaha aricuma, igihe kigeze araryama.
Mu masaha y’igicuku cyane mu mutwe we haba yajemo   ibint yasomye muri kagatabo, atangira kubona n’amafoto atandukamye yagiye abonamo ya bantu barimo gusambana. Uko biza  mu mutwe we   ubushyuhe butangira kumufata. Yumba agize ubushake bwinsho bwo  kuna yakora sex.  Ubwo aba atangiye kwikorakora amabere, amabere arabyimba  cyane, amanura intoki atangira kwikorakora no mu gitsina. Ubushake bumubana bwinshi cyane. yikuraho agashuka arikinisha  cyane akinisha rugongo ye cyane n’imishino.
.
Ijoro rimubana rirerire  cyane ariko  abona  buracyeye, afata telephone ye abona Click Man yamwandikiye amubaza uko  yaramutse. Saranda nawe ahita amwandikira sms aramusubiza. Amaze kumusubiza David aba aramuhamagaye kuri  telephone Saranda aramufata aramwitaba.
David ati’ Saranda mugeze he?
Saranda ati” Ndaje ngiye koga
David ati’ Mugire vuba abaza  gutinda barasanga twabasize.
.
Saranda ajya kuri dushe vuba vuba  yiga yihuta cyane.
.
Bidatinze, abagiye bose muri Trip ya Musanz mu birunga bahurira ahantu hamwe    bari bateganyije. Hari Bus bakodesheje igiya kubajyana. Buri wese  yagiye azana ibyo azanera.  Bose hamwe ni abantu 18.
Tony aza kuvugana na Saranda.
Tony ati” Saranda Cher wawe arihe wabona atabivuyemo ko Click Man ntajya mu menyera.
Saranda araseka ati’ Yanabivamo da!
.
Uwo mwanya   babona araje
Tony ati” Noneho araje. Ariko ubundi kuki cher wawe aba  yifashe cyane
Saranda ati’ Buriya niko ameze.aba akonje cyane.
Tony ati” Ufite akazi ko kuzamuhindura.
Saranda ati’ Nzajya mutwara gacye azagera aho ahinduke.
Tony ati” Nk’uyu  munsi noneho uze kumwemeza.
Saranda araseka ati’ Urabyumva nawe ntago anshika.
Tony ati” N’ubundi mugiye kubana ntagisigaye, uze kumubwira akwihere ibyishimo.
Saranda araseka ati”Imanzi ya bandi!  Ariko uzi ukuntu nararanye umuriro ndimo kwaka.
.
Abantu  bose bamaze kuza batangira kwinjira muri Bus. Barimo  kwinjira muri Bus, Snow akora kuri Saranda. Saranda arahindukira aramureba ati’ Urimo kunkoreraho iki?
Snow ati” Nkoze nabi se kugukoraho
Saranda ati” Snow ibyanjye nawe byararangiye. Sinzi impamvu urimo kunkoraho rero
Snow ati’ Nubwo twatandukanye ntabikaze wana. Nonese turi abanzi.
.
Uko bavugana  hari umukobwa witwa Sheja  ni cher mushya wa Snow arabareba ntiyishimira kuba  barimo kuvugana.
Saranda ava imbere ya Snow aza kwicarana na Cher we Click Man. Snow nawe ajya kwicarana na Sheja cher we.
Sheja aramureba ati”Wavuganaga iki na Saranda?
Snow ati’ Namushuzaga gusa.
.
Ubwo bafata urugendo bazamuka za Musanze baza mu birunga bahageze abashinzwe Pariki barabakira batangira no kubatembereza babereka Ingagi.
Bigeze mu masaha y’umugoroba baza kubereka aho bubaka amatente yabo yo kubamo bazanye. Kubera ko nibyo bashakaga bose aho kujya muri za Hotel.
Ubwo bamaze kuhabereka bubaka amatente bagiye kubamo mu gihe cy’iminsi itatu bagiye kuhamara.
.
Saranda na Tony baza kuruhande baba baganira  bananywa akantu.
Tony ati” Sara ,  wowe na Click man buriya mubasha kubona icyo muganira?
Saranda ati’ Igihe cyose ninjye uzana ingingo yo kuganiraho. Click Man aba acecetse kuriya umubona’
Tony ati’ Njyewe mba numva uri Bored
Saranda ati’Yego hari igihe mba Bored, ariko ndamukunda kuko n’umwana mwiza kandi n’Umusore ufite ubuzima bwiza.
Tony ati” Cyakora byo ari mu basore bafite amafaranga.   Ariko kuriya acecetse cyane njye ntago mbikunda.
Saranda ati’ Nanje ntago mbikunda ariko sinamureka pe!
Tony araseka ati”  Kubera ko atandukanye  kure na Snow?
Saranda ati’ Baratandukanye nyine.
.
Tony ati” Harya ngo natanrimwe buriya muraryamana?
Saranda ati” Oya. Ariko uyu munsi ubwo turi hano urabyumva nawe haraza gushya. Cyakora kuba ari Imanzi nta mukobwa bararyamana byanteye kumugirira amatsiko menshi cyane.
Tony aramureba ati’ Ni wowe iri joro uza gutwara ubumanze bwe.
Saranda araseka ati” Cyane, ndumva mushaka cyane.
.
Bava aho bagaruka ahubatwe amatente. Saranda atandukana na  Tony buri wese ajya kureba cher we aho yubatse Tante bagiye kuraramo.
Sarand  aza kureba Click Man kuri Tante yabo yubatse bagiye kuraramo. Ahageze Click Man ahita asohoka muri Tente bararebana.
Saranda ati’ My Sun
Clicky Man ati” My moon
Saranda aramwegera cyane aramufata.
Click Man ati’Cher ntago tuza kurara hamwe.
Saranda aratungurwa ati” Kubera iki cher
Click Man ati” Nakubakiye  Tente yawe nawe ntago twarara hamwe.
.
Saranda biramutungura ndetse  yumva biramubabaje.
.
Utazacikwa na Episode ya 2

Comments