logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 13

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Papa Fanny (Paru) amaze kuba  minister w’Ingabo ahita abwira Fanny  ko atagomba gusubira mu kazi yakoraga. Kurundi ruhande Saranda na Snow rwari rwambikanye barimo gukora Sex, Kandi Click Man nawe yarageze hafi arimo kuza.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Saranda na Snow bakomeje kugaterera mu ntebe. Saranda aryamishije urubavu mu ntebe, Snow yafashe amaguru ye arayahuze   ayishyiramo ahagaze hasii.
Saranda ati” Ahoooo! Ni  byiza cyane
Snow ati” Yumve neza
Saranda ati” Uuuuh niyi  mpmavu ituma ntakibagirwa.
.
Kurundi ruhande Click Man ageze imbere y’igipangu,  umuzamu aramufungurira. Imodoka irinjira Saranda ahita ayumva.
Saranda ati” Snow rangiza vuba dore cher araje.
.
Snow agira vuba ahita arangiza, maze bahita bafata imyenda barambara vuba vuba. Click Man nawe ava mu modoka aza mu nzu, yinjiye mu nzu asana Saranda arikumwe na Snow,  ndetse bahise bijijisha nkaho ntacyabaye hagati yabo. Click Man nawe ntiyagira icyo atekereza  asuhuza Snow
Click Man ati” Umeze ute
Snow ati” Meze neza
Click Man ati” Ndabona wadusuye nuko wasanze ntahari
Snow arisetsa ati” Oya sinabarenganya kuko nanjye naje hano ntabateguje
Click Man aricara  areba Saranda ati” Kubera iki umushitsi yaje ntumbwire
Saranda ati’ Naringiye kukubwira arabyanga ngo sinkuvane mu kazi.
.
Click Man areba Snow ati” Oya nagombaga kuza rwose
Snow ati” Impamvu naze  yakuvana mu  kazi nuko naje hano ntabiteguye, narimpanyuze ntaha ngo ndebe aho mutuye  cyane ko dusigaye dutuye muri karitsiye imwe.
Click Man ati” Nawe utuye hano se?
Snow ati” Na hano hirya gato cyane.
.
Tuze  mu rugo kwa Fanny muri ayo masaha, Fanny ahagaze mu cyumba cye arimo kwibaza byinshi asa n’utishimiye amagambo Papa we aje amubwira.
Uko atekereza arababara cyane ahita ajya kwicara kuburiri amarira azenga mu maso.  Mama ahita aza kumureba.
Mama we ati” Fanny urimo kurira?
Fanny ati” Papa arambangamiye cyane. ni gute nareka akazi kanjye ngo nuko amaze kuba minister?
Mama we ati” Fanny, ibyo Papa wawe akubwiye nibyo. Ntago wakomeza gukora hariya kandi amaze kuba umunyacyunahiro.
Fanny ati” Ariko icyo cyubahiro nicye sicyanjye.
Mama ati” Umva  icyubahiro cye  kireba umuryango we wose. 
Fanny ati” Oya mama mukwiye kumva amahitamo yanjye. Kuko ibyo nkora nibwo buzima bwanjye.
Mama Fanny ati” Nonese ukora harya ushaka iki si amafaranga hari ikindi?  Amafaranga  yose ukeneye n’ibindi byose ukeneye  uzajya ubibona ariko ntagusubira hariya.
Fanny areba mama arakaye ati”  Mama nanga ko mumfatira imyanzuro nkaho nyiri akana.
.
Tugaruke kwa Click Man.  Click Man aracyarimo kuganira na Snow mugihe Saranda tagiye kubategurira  icyayi. Amaze kugitegura arakizana agutegura kumeza imbere yabo.
Snow aba abonye intanga ku ntebe bakoreye Sex yikangamo ahita areba Saranda. Saranda arebye ukuntu Snwo arimo kumureba agira ikibazo, ariko abona Snow asa n’urimo kumucira amarenga amwereka ku ntebe bakoreye sex.
Saranda arahareba ahita abaona amasohoro macye yahaguye ahita agenda avuba ahita ahicara kugira ngo Click Man atabibona,
Click Man areba Snow ati” Ese wowe na Saranda muziranye kuva ryari?
Snow ati” Ni kuva cyera tucyigana twahoze  turi inshuti.
Click Man ati” Ok. None muracyarikumwe nk’inshuti.
Saranda ati” Kuva cyera Snow yahoze ari musaza wanjye mwiza.
.
.
Snow yumva gukomeza kwicara aho ntago atekanye ahita ahaguruka arasezera.
Click Man ati” Ko uhise ugenda se
Snow ati” Nzapanga igihe ngaruke mbasure bihagije. Naho ubu har ibyo ngiye gukora narinyuze hano gusa ngira ngo ndebe aho muba.
Click Man ati’ Urakoze cyane.
.
Snow aragenda, Saranda arahaguruka aramuhereza amugeza hanze y’igipangu.
Saranda ati” Hari habuze gato umugabo wanjye yaradufashe
Snow ati” Ese uramutinya kandi n’ubundi ntacyo akumarira.?
Saranda ati” Nubwo ntacyo amarira ariko ni umugabo wanjye.
Snow aramureba ati” Ese wazamuretse  ukangarukira?
Saranda ati” Hanyuma Sheja?
Snow ati” Sheja ntago mukunda nkuko   nkukunda kandi  ibyo nawe urabizi neza. Ikindi narahindutse ntago nyimeze kwa kundi.
Saranda aramureba ati”Umva taha jya mu rugo.
Snow ati” Gusa wakoze cyane. 
.
Snow arataha  Saranda agaruka mu nzu asanga Click Man akicaye muri Saro.
Saranda ati’ Ndatinze cher?
Snowati” Oya.
.
Saranda araza yicara iruhande rwe amuryamaho ati” Nonese wiriwe neza.
Click Man ati” Ntakibazo, wowe
Saranda ati’ Nanjye niriwe neza natembereye ngarutse hano mu rugo kanya.
.
Click Man ahita areba  mu gikapu akuramo Pizza yamuzanye arayimuhereza, Saranda arayifata arishima cyane 
Click Man aramureba ati” Cher hari ikibazo nshaka kukubaza ariko nturakare ntago ngiye kukikubaza kugira ngi bihinduke intonganya. Ahubwo wowe unsubize neza.
Saranda y’ikangamo ati”Nakoze iki ugiye kumbaza?
Click Man ati” Kuki wabwiye Tony ikibazo mfite kandi wariwaratwijeje k uzagira ibanga ry’urugo?
Saranda yumva agize  ubwoba ariko yihagararaho ahita asaba imbabazi ati” Cher mbabarira. Guda nabibwiye Tony mbere yuko mvugana namwe. Nabibwiye Tony muri  cya gihe  narinyimara kubimenya nanjye. Naketse ko wabanye nanjye ushaka kumbabaza. Urabizi ko kubyakira mu minsi ya mbere byananiye cyane. numvaga akababaro gusa muri njye, nibwo muri icyo gihe nabibwiye Tony kuko sinabashaga kuba na controlla ibyo mvuga nibyo ntavuga kubera akababaro. Umbabarire nkusabye imbabazi nukuri.
Click Man aramureba ndetse aranamwumva ati” Ndakumva cyane. icyo gihe koko ntago wabashaga kubyumva. Ese hari abandi baba babizi uretse Tony?
Saranda ati” Oya ntabandi. Nyimara kuvugana namwe by’umwihariko Mama wawe nahise njya kureba Tony musaba ko nawe yazabigira ibanga ahubwo sinzi  impamvu yabikubajije.
Click Man  ati” Niba ari ntabandi babizi ntakibazo.
Saranda ahita amusoma ati”Urakoze kuba umbabariye.
Click Man ahita ahagaruka ajya mu cyumba, Saranda asigara muri Saro asa n’urakariye Tony cyane kuba yamuteje Umugabo 
.
Tuze mu rugo kwa Fanny mu masaha ya mu gitondo.  Kumeza hateguye ibyo kurya bitandukanye.
Mama Fanny na Papa Fanny baza kumeza. Hashuze akanya na Fanny aba araje ariko  aza nutabishaka.
Mama na Papa we baramureba. Fanny afata ibye byose ashaka kurya agiye kuva aho ngo abijyane Mama we aramureba.
Mama ati” Nonese ugiye kurira he
Fanny ati” Mu cyumba
Papa we aramureba ati” Ese nuko waturakariye ntago ushaka gusangira natwe kumeza?
Fanny arabareba gusa.
.
Papa Fanny ati” Icara hano tuvugane  
Fanny aricara.
.
Tuze kwa Tony muri ayo masaha  yambaye ubusa buri buri yicaye ku gitanda arimo kwiyogosha insya. 
Muri ako kanya yumva Saranda yinjiye mu nzu aza amuhamagara.
Tony ati” Komeza  ndi hano mu cyumba
Saranda mu kwinjira asanga Tony yicaye atandaraje arimo kwiyogosha aratangara.
Saranda ati” Egoko Mana yanjye ko ubyutse wanitse ibidudu!
.
Tugaruke mu rugo kwa Fanny
PapaFanny ati” Fanny  hari icyo twatekereje niba ushaka gukomeza gukora. Wowe va hariya maze nawe ushinge Company yawe.
Fanny  aratungurwa ati” Koko se murakomeje
Papa Fanny ati” Yego. Wowe kora companye yawe   nayo ikora ibijyanye n’ubwubatsi ndaza kugushakira amafaranga.
.
Fanny ahitaahaguruka aho yicaye araza ahita ahobera Papa we aramushimira cyane.
Papa Fanny ati” Fanny  ntago tukwanga tuba tuwkitayeho.
Fanny ati” Ndabizi murankunda, nuko rimwe na rimwe nabonaga muba mushaka ko nakora ibyo mwe mushaka.
.
Tugaruke kwa Tony.
Tony areba Saranda ahita agarama ati” Ahubwo mfasha unyogoshere niyo yo munsi ntago ndimo kuyigeraho neza.
Saranda aramufasha amwogosha   iyo hasi baganira.
Saranda ati’Tony warampemukiye cyane nubwo ubona ndimo guseka.
Tony ati” Nakubabaje gute nakoze iki?
Saranda ati” Kuki wabwiye ba Grace ikibazo umgabo wanjye afite?
Tony ati” njywe bambajije amakuru yawe nk’inshuti zawe mbabwira amakuru yawe yose.
Saranda ati” Nonese byaribukwiye ko nibyo ubabwira?
Tony ati” Ariko ni inshuti zawe narikubahisha iki? Ko nawe mbizi neza ko ntacyo wabahisha.
.
Saranda ati” None kuki ejo ubwo wabibajije umugabo wanjye?
Tony ati” Naganiriye nawe  birangira mbimubajije.
Saranda ati” Burya rer nawe ntago uzi kubika ibanga.
Tony ati” Saranda windenganya ubimbwira wigeze uvuga ko ari ibanga umbikije? Kwanza iyo biza kuba ari ibanga nawe ntiwaribubimbwire.  None warabimbwiye unabibwira Bella.
.
Twiiyizire ku kazi Click Man ageze ku  kazi ava mu modoka maze yinjira mu nyubao bakoreramo. Arimo agenda ahura na David aramusuhuza, David yanga kumusubiza biramucanga.
Click Man abyibazaho ati” Uriya yabaye iki ra!
.
Arikomereza aza muri Office ye.
.
Tugaruke kwa Tony.
Saranda ati” Grace na Zawadi bangiriye inama yo gutandukana na Click Man.
Tony aahita  yeguka.
Saranda ati’ Dore warutumye nkukata,
Tony ati” Bakubwiye ngo utandukane na Click Man
Saranda ati’ Niyo nama bangiriye ejo.
Tony ati” Wowe se uratakereza iki?
Saranda ati” Muri aka kanya ntakintu ndimo gutekereza.
.
Tony ati” Ese ndibaza ubundi Umugabo wawe ntago yakira?
Saranda ati’  Simbizi ntago narinaganira nawe ngo mubaze.
Tony ati” Umva njye ndumva waganira nawe mukareba uko yakwivuza ikibazo afite kigacyemuka.
Saranda ati” Rata iyo nama umpaye niyo, kuko Click Man ndamukunda sinzi  ko nahita mfata icyemezo cyo gutandukana nawe.
.
Utazacikwa na Episode ya 14

Comments