logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 3

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Dusize Snow abwira Saranda ko niba Click Man amukuda yakabaye amukorera  icyo ashaka.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Saranda ati’ Ninde se ukubwiye ko atankorera ibyo nshaka byose
Snow ati”  Ariko mbonye usohoka mu hema rye  ubabaye cyane. ese ubundi wa mugani kubera iki murara mu mahema abiri atandukanye? Abantu mukundana kandi mugiye kubana.
Saranda amurebana umujinya ati” Umva urimo kubaza ubusa
Snow araseka ati” Wintura uwo mujinya wawe. Nyamara warantaye ariko njye nagufataga neza.
.
Uko baganira Sheje cher wa Snow araryamye ahindukiye  yumva Snow ntago ahari ahita akanguka afunguye amaso abona Snow ntago ari mu cyumba abyibazaho.
.
Tugaruke hanze.
Saranda areba Snow ati” Snow reka kwigamba imbere yanjye
Snow araseka ati” Uvuga ko wanyibagiwe byararangiye ariko ndimo kubona  uzajya unkumbura. Kandi uracyanyiyumvamo nkuko nanjye nkwiyumvamo.
Saranda ati” Urebshye cyane  ntago nyikwiyumvamo.
Snow ati” Nubwo wabihaka ute ndabizi ko ucyinyiyumvamo kubera ko wakunze Click Man kubera ko ari Umukire afite amafaranga.
Saranda yegera Snow  cyane amureba mu maso ati” Uretse no kuba ari umukire atandukanye nawe cyane. ndetse ntanaho mwahurira. Click Man afite indangaciro wowe utagira.
Snow ati” None niba atandukanye kuki usohotse urira
Saranda aramureba.
.
Sheje aba arasohotse mu hema, ageze hanze abona  Snow ahagaze hanze, abona na  Saranda arimo kwinjira mu ihema rye tayaki ahita atekereza ko barikunmwe maze imbere ya Snow yarakaye cyane .
Sheja ati’ Ariko Chr niki kirikujya mbere   ntazi hagati  yawe nuriya mukobwa?
Snow ati” Ntacyo
Sheje arasakuza ati” Cher wingira akamara. Wantaye mu buriri uza kuvugana nawe. Ese ubwo urabona ntabona ko hari ikijya mbere hagati yanyu nshaka kubimenya.
Snow ati” Naje hanze nje kwihagarika mpura nawe turavugana. Ese ubwo hari ikibazo kibirimo.
Sheja ati”Oya wimbeshya mbwiza  ukuri kuko na kare nabonye muvugana  cyane?
Snow aramureba gusa arangije ahita  yigendera. Sheja amugenda  inyuma amubaza.
Sheja ati”Mbwira wihunga ikibazo cyanjye.
.
Bagera mu ntente ryabo, Snow arahagarara aramureba ati” Maze rero maze kurambirwa  uburyo uba ushaka  gukomeza ibintu.
Sheja ati”Mbikomeza gute?
Snow ati” Nakubwiye ko nakoze aho akora. None kuba twavugana harimo ikihe kibazo uba waremereje.
.
Tuze mu ihema rya Tony na Cher barimo kwiha akabyizi. Barimo gukora ikinyuma.
Tony ati” Cher komeza nturangize nanjye ngiye kurangiza.
.
Uko yakabimubwiye Mike ahita arangiza ako kanya. Tony biramubabaza cyane amureba nabi cyane.
Mike ati” Cher mbabarira pe nuko bigenze
Tony ahita ajya mu buriri ababaye cyane ati” Ese buriya uba unyitayeho cyangwa uba wirebaho wenyine
Mike amuza iruhande ati” Cher mbabarira biranshitse
Tony ati” Ntago ubasha kwigenzura se? Igihe cyose niko umera.  Wowe uba wumva warangiza njye utanyitayeho
Mike ati” Ariko cher wirakara  uko bigenze nanjye ntag ariko mbishaka.
Tony amurebana umujinya ati” Hari umunsi numwe wariwatuma ndangiza.
Mike yumva aramwaye.
Tony ati” Igihe cyose wowe urarangiza njye ukamfubya.
Mike ati” Mbaabarira
Tony ahita aryama amuteye umugongo ati” Nkubabarire iki se
Mike yumva nawe acitse amazi aryama yumva ababaye cyane.
.
Ntibwatinze buracya,
Click Man na David bazindutse bo bikorera agasiporo.
David areba Click Man ati” Click man nakubaza
Click Man ati” Ntakibazo.
David ati” Kubera iki  ukunda gutuza cyane?
Click Man ati” Niko nimereye.
David ati” Igihe cyose uba ucecetse. Uvuga ari uko umuntu akwendereje akakuvugisha. Uzi ko no mu kazi uba ucecetse cyane. niyo turi mu nama nik uba umeze.
Click Man ati” Njye nkunda umutuzo.
David ati” Ariko urakabya  cya Man.  Ahubwo nibaza uko uganira na Cher wawe.
Click Ma araseka ati” Cher wanjye turaganira ntakibazo
David ati” Buriya niwe uvuga wenyine. Uriya mwana uzamwicisha irungu. 
Click Man araseka ati”Ibyo se ubikura he ko nzamwicisha irungu?
David ati’ Nukuri da.
.
Uko barimo bakora Siporo baganira, babona Saranda arabyutse baramureba naw arabareba, David ahita ahindukira areba Click man ati” Reba noneho n’ukuntu muba mwaraye mu mahema atandukanye. Ubwo ntago warikujya urarana nawe? Uriya mwana nuko akubaha ariko hari igihe nawe ukabije ukamuababaza.
Click Man ati”  Ntago  mubabaza. Kubera ko ntacyo nkora nakimwe tutacyimvikanyeho.
David ati” None  ugiye kuvuga ko nawe yakunze ko mujya murara ukubiri?
Click Man aramureba.
.
Saranda ari muri toilet. Tony nawe aba aje kuri toilet  akubitana na Saranda avuyeyo.
Saranda ati” Tony waramutse neza
Tony ati” Sha wapi
Saranda ati” Habaye iki se?
Tony ati’ Ndinda mbanze nyare ndaje.
.
Tony ajya kunyara, Saranda aramurindira. Ako kanya Sheja naweaba aejo aho kuri toilet abona Saranda bararebana.
Sheja ati” Saranda niki kiguha n’Umugabo wanjye cyane
Saranda ati” Ibyo se n’ibiki umbaza kandi
Sheja ati” Reka kwigira gutyo ibyo nkubaza urabyumva.  Ejo kumanwa nabonye mufatanye. None na nijoro nabonye muvugana. Wowe nawe  muba muvugana ibiki?
Saranda ati’Kuki utabimubajije.
.
Tony aba araje asanga Saranda arimo kuvugana na Sheja.
Tony areba Sheja ati’ Sheja bite byawe.
Sheja araceceka yanga kumusubiza.
Tony ati” Bireke 
Saranda ati’ Arimo kumbaza ngo mba mvugana iki n’Umugabo we.
Tony areba Sheja ati” Wagiye kubibaza Snow se urabaza iki Saranda? Urabona Saranda yaba avugana iki na Snow.
.
Saranda na Tony baragenda bavugana.
Tony ati’ Sha iri joro naraye nabi none munda harimo kundya
Saranda ati’ Warwaye inzoka se
Tony ati” Oya. Naraye ntarangije. Mike asigaye ambirihiriza cyane sinzi icyo yabaye. Iyo dukoze ntago amara iminota irenze itatu.
Saranda ati Ngwiki.
.
Mike arimo agana aho Click Man na David bari abona Saranda na Tony barimo kumureba ahita amenya ko barimo kumuvugaho.
.
Amasaha arisunika.
Bamaze kwitegura no gufata breakafaste basubira gusura ibice bitandukanye byo mu birunga bagenda bareba ibyiza by’U Rwanda.
Uko Bagenda David  aba ageze  kuri Saranda aramusuhuza.
Saranda ati’ David bimeze bite
David ati’ Bimeze sawa. Nizere ko mwanyuzwe
Saranda araseka ati” Cyane. ese kare wavuganaga iki na Cher
David ati’Namubazaga ukuntu mubanye  bitewe n’ukuntu aba ameze.
Saranda ati” Iriya niyo miterere ye aba atuje acecetse cyane.
David ati’ Ubuse wowe ko ri agasazi ubasha kubishobora?
Saranda ati” Ntago biba byoroshye ariko ndabishobora.  Kandi uretse nibyo kuriya ameze ndabimwubahira cyane.
David ati’ Nibyo pe Click Man n’umwana mwiza. Ahubwo nuko  ntekereza ko yaba akabya cyane.
Saranda ati’ Nyine arakabya ariko ntacyo bitwaye. Nimara kubana nawe nzagenda muhindura gacye gacye azashabuka.
David araseka .
.
Basura ibice bitandukanye amasaha nayo arakura burira bagaruka aho bacumbitse barya ibyo kurya bya ni joro.
Barimo kurya, Telephone ya Click Man irasona abona ni mama we umuhamagaye mazearahaguruka ajya kuruhande ajya kumwitaba.
.
Click Man ati’ Mama
Mama we ati” Umeze ute?
Click Man ati’ Mama meze neza.
Mma ati” Ibyo bintu wabashije kubishobora ko atari ibintu warumeneyereye?
Click Man ati’ Nabishoboye
Mama araseka ati’ Noneho uzajya ubikora cyane?
Click Man ati’ Nimara kubana na Saranda tuzajya dutemberana cyane kuko arabikunda cyane.
Mama ati” Ni byiza ubwo umeze neza. Nashakaga kumenya ko waba umeze neza ntakibaz wagize
Click Man ati’ Oya ntacyo.
.
Click Man amaze kuvugana na Mama we agaruka mu bandi bakomeza kurya. Amasaha nayo akomeza kwicuma.
Basoje  kurya bamwe bajya kuryama
Saranda aza muri tente ya Cher we ycara kuburir bwe, Click Man auye hanze asanga Saransa yicaye kuburiri bwe.
Click man ati’ Cher urakora iki aha ko utagiye kuryamana
Saranda ati’ Honey nta bitotsi mfite reka tube turi hamwe.
Click man ati”Oya cher byaba byza ugiye kuryama kare.
Saranda araseka ati” Yego ndagenda ariko reka mbe ndi hano.
.
Click Man aramureba na Saranda aramureba
Saranda ati’ Ahubwo kuramo ipanaro  uze ube wicaye hano.
Click Man ati” Oya.
Saranda ati” Ngo oya? Kubera iki? Ntago wakuramo nd hano se?
Click Man ati” Jya kuryama.
.
Saranda abona Click man asa n’ufte amasoni ati” Cher waretse amasoni. Rega  namaze kuba umugore wawe ntago wakabaye untinya.
.
Saranda arahaguruka ati”Ahubwo reka nze nkufashe.
Aramwegera maze amukora ku mukandara, akimukoraho Saranda yumva  yatse umuriro. 
Click Man amureba mu maso ati” Umve cher ibyo wibikora jya kuryama
Saranda yumva agize ubushake ati:” Basi cher reka ndebe gusa.
Click Man ati’ Oya.
Saranda ati’Kuyireba gusa koko.
Click Man ati”Oya genda cher please nyubaha unyumve.
.
Saranda aramureba abona ko yamuhakaniye ntakindi yakora maze arasohoka aragenda. Click Man ahita  yiruhutsa.
Saranda ageze hanze  aribaza ati” Kubera iki cher wanjye ameze kuriya?
.
Amaze kubyibaza arakomeza aragenda agenda agana mu tente rye, maze arimo agenda abona Snow arimo kogera hanze yambaye ubusa.
Saranda arahagarara aramureba, na Snow aba arambonye abona arimo kumureba, maze Snow ahita ahindukira ayifata mu ntoki arayimwereka. Saranda arayireba kongera gutera indi ntambwe biramunanira.
Snow abonye ko Saranda kongera kuba yagenda bimunaniye ahita ava aho arimo kogera aza amusanga. Ubwo Saranda ahagaze hamwe ameze nk’igiti.  Snow aramwegera cyane ayimukozaho.
Saranda yumva arashize ariko akumva ntago  yabikora.
Snow aramufata ati” Saranda ubaye ibishaka nagufasha. Reka tujye hano hirya inyuma gato mu gashyamba.
.
Snow amufata akaboko aramutwara, Saranda kuba yamuhakanira biramunanira maze baragenda. Bageze mu gashyamba. Snow atangira kumusoma ari nako amukuramo ipanaro yambaye, agera ku ikariso nayo arayimanura, aramuhindikira amukora mu gitsina. Maze agiye kuyishyiramo. Saranda agatima akaragaruka.
.
ITANGAZO
.
Amafaranga 500 gusa  yose ukayibona, haba kuri WhatsApp 0781955794. No kuri Facebook yawe inbox. Telephone yose waba ufite.
.
Utazacikwa na Episode ya 4

Comments