logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 16

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

.
Twaherutse Fanny aje muri Chambre  Click Maa arimo saa saba z’ijoro amubwir ko  yabuze ibitotsi baba barikumwe.
.
Written by chris Nandi Ishimwe
.
Click Man  aramureba yumva icyo amusabye aramwemerera. Baza kwicara ku gitanda.
Click Man ati’ Kubera iki wabuze ibitotsi?
Fanny ati” Ntago nzi imoamvu ariko bibaho
Click Man ati’ Yego nanjye  ndabizi ko bibaho ariko biba bitewe n’impamvu runaka.
Fanny ati’ Nonese ko ntazi impamvu nabibuze
Click Man ati’  Nabyo bibaho ko udashobora kumenya impamvu ibiteye arko nyine ibe ihari.
.
Fanny  aramureba ati’  Reba Story wambwira ahari iraza kuba yamfasha kubona ibitotsi.
Click Man araseka ati” Njyewe se buriya nzi kuvuga amastorty
Fanny ati’ Ntago wakiburira ndabizi.
.
Click Ma araseka arahaguruka aza ku kameza afata ibirahuri asuka ako kunywa azanira Fanny aramuhereza nawe afata akandi.
Fanny ati” Urakoze cyane.
Click man ati’ Ntakibazo.
.
Fanny ahindura uko yari yicaye asa n’utandukanya amaguru  gato, ariko abikora agamije  gukurura Click Man, ariko abona Click Man ntacyo bimubwiye.
.
Click Man afat telephone
Fanny aramureba ati” Ugiye guhamagara inde aya masaha?
Click Man ati’ Ngiye guhamagara umugore  wanjye  mubwire iyo ndaye. Kare namuhamagaye ndamubura.
.
Click Man ahamagara  Saranda kuri telephone.
Saranda yararyanye yumva telephone isona arabyuka arayifata aritaba.
Click Man ati’ Umeze  uter bebe
Saranda ati’ Mee neza ariko nakubuze
Click Man ati’ Nanjye naguhamagaye cyane kuva kare ndakubura.
Saranda ati” None urihe koudataha
Click Man ati’ Twagize ikibazo tuvuye mu kazi. None turaye muri ka Moter
Saranda ati’ Wowe nande?
Click Man ati’ Na Fanny
Saranda ati’ Fanny se ndamuzi
Click Man ati’ Wa mukoba nakubwiye ugiye gushing Company ye.
Saranda ati” Eeeeh namwibutse. Ntakibazo ubwo utekanye cher.
Click Man ati”Urare neza ndagukunda.
Saranda ati’ Nanjye cher.
.
Clic Man ava kuri telephone Fanny aramureba ati” Umuntu ugukunda aramubwira ngo uramukunda maze agasubiza ngo nanjye?
Click  Man ati” None yarikuvuga ngwiki?
Fanny ati” Yarakuvuga ko nawe agukunda.
Click Man ati”  nibyo avuze.
Fanny ati’ Oya aravuze ngo nanjye.. nawe ibiki
Click Man ati” ngo nawe arankunda.
Fanny ati” Aho wapi pe  harimo akabazo.
.
Tugaruke mu rugo kwa Saranda muri iryo joro amaze kuvugana na Click Man ahise yakira sms ya Snow amubaza ngo umeze ute wasinziriye.
Saranda ahita amwandikira anwe aramusubiza ati” Yego naryamye ariko ntago nar nasinzira. Woe?
Snow aramusubiza ati” Njye ndacyari maso hari two ndimo gukora. Ese wowe kubera iki ukiri maso  udapfumbase umugabo wawe?
Saranda ati’ Ntago ahari.
Snow ati” None uri muri icyo kizu wenyine
Saranda ati’ Yego
Snow ati” Ndabyumva ubu ufite irungu n’imbeho. Ese ntawaza akgufasha/
Saranda abanza kubitekerezahoooo, arangije aramusuniza ati” Waza ntakibazo.
Snow ati’ Sawa ndaje.
.
Tugaruke muri Moter. Click Man aracyarikumwe na Fanny muri Chmabre imwe.
Cick Man ati’ Ese ntago wari wagira ibitotsi?
Fanny ati’ Wandambiwe
Click Man ati” Oyaaa. Ariko ntago ari byiza ko turara twicaye.
Fanny ati’ Wowe niba ufite ibitosti ntakibazo ryama
Click Man ati’ Nkusige wenyine wicaye se
Fanny ati” Ntakibazo pe. Cyangwa se ureke ndyame hano
Click Man araseka ati’ Urumva se ibyo bishoboka koko
Fanny ati’ Ntkidashoboka byose biterwa n’icyo abantu bemeranya.
Click Man ati’ Kuritwe rero ntago byashoboka.
.
Fanny amureba ukuntu ati”  Byashoboka cyane ndetse ahubwo byaba byiza cyane.
Click Man aramureba ati’ Ngo byaba ari byiza?
Fanny ati’ Cyane kuko njye nabishaka.
Click Man ati”  Oya Fanny urabizi ko ibyo bidashoboka. Njyewe nd Umugao wubatse.
Fanny ati’ Ndabizi, ariko ndugusaba kunyumva iri joro.
Click Man ati” kukumva iki?
Fanny ati” Click Man  nkeneye kuryamana nawe ndetse maze igihe kinini mbishaka.
Click Man arikanga 
Fanny ati” Wikwikanga  ibyo nkusaba biri Serie. Click Man naragukunze ntiwabimenya ndetse birangiye ucinse Saranda aragutwara. Ariko basi ngirira imbabazi umpe umwana ukomoka kuri wowe. minawe nzabana nawe ibihe byanjye byose.
.
Click Man aramureba ati” Fanny umbabarire ikint unsabye ntago cyashoboka ntanubwo kizigera kinashoboka
Fanny  atangira kubabara ati” Ndabyumva kubera ko utaca umugore wawe inyuma. Ariko ihangane basi tubikore. Uzabwira umuugore wawe kp arinjye waguteze ndanakuvangira mbigukoresha utabizi,
.
Tuze mu rugo kwa Saranda.
Snow aje kumureba. Saranda aramufungurira aza mu nzu.
Saranda aramureba ati’ Wagira ngo wariwitrguye kuza na mbere yuko tuvugana
Snow ati’ Kuri wowe mba niteguye isaha yose wankenera.
Saranda araseka  bahita bajyana mu cyumba Snow atangazwa n’ubwiza burenze Saranda na Click Man bararamo.
Snow ati’ Mufite icyumba cyiza n’uko Click Man yakubereye igihombo atabasha kuhaguehera ibyishimo.
Saranda ati’ None se narigukora iki.
Snow ati” Ariko njye ndahari.  Kandi iri joro ntarungu. Ahubwo ajya ahora arara iyo.
.
Baba batangiye gusomana.
.
Tugaruke  kuri Motel. Fanny aracyasaba Click Man ko yamufasha  bakaryamana ariko Click Man yamubereye ibamba..
Fanny arapfukama ati” Click Man dore nshiye  bugufi.  Click Man kuba ndimo kugusaba  n’inkinga kuryamana nawe suko habuze abandi bagabo bashaka ko twaryamana. Sinanbabura nawe urabizi ariko njyewe nkeneye wowe.
Click Man abona ko Fanny akomeje abishaka cyane, Click Man ava ku gitanda araza amufata akabiko aramuhagurutsa amureba mu maso.
Fanny aramureba ati” Click man ndagusabye byemere. Waba   impano ikomeye  y’ubuzima bwanjye bwose.
Click Man ati’ Fanny  icyo ushaka ndacyumva ariko wihangane ntago byashoboka. Kuko niyo nakwemera guca umugore wanjye inyuma ntago byashoboka.
Fanny  biramubabaza cyane ati’ Kubera iki koko!
Click Man ati’ Ihangane ubyumve nuko bimeze.
.
Fanny biramubabaza cyane ahita ava aho aragenda ajya muri Chambre ye aryama afite agahinda anarira cyane.
.
Bwarakeye  maze babyuka bitegura kuva aho muri Motel. Buri wese asoje kwitegutera bava muri Motel baza kumodoka yabo. Gusa Fanny arakoneje cyane  ntago yishimye.
Click Man arabibona ati” Fanny ahari nakubabaje ariko umbabarire.
Fanny ati” Ntakundi. Kandi nakumvise ntago byashoboka. Nanjye nabaye agasazi nkusaba ikintu gikomeye. Ahubwo ubabarire njye  ninjye watumye turara hano.
Click Man ati’ Gute
Fanny ati” Ibi nari nabipanze byo kuba twarara  hano kugira ngo mbone uko nagusba ko turyamana. Imodoka yawe ninjye wayishe kugira ngo nuza uzabure imodoka utahamo  maze arinjye gutwara. Hanyuma nanjye naje kumena ecanse yanjy kubushake kugira ngo izadushirireho tugeze aha maze duhite tujya kurara muri Moter. Umbabarire cyane.
Clicl Man arumirwa ati’ Ibi byose burya ni wowe wabipanze?
Click Man ati” Umbabarire.
.
Utazacikwa na Episode 17

Comments