logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 5

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse  Click Man arimo abuza Saranda kumwegera muri iryo joro ryabo rya mbere rya marriage yabo.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe
.
Saranda sasa byamucanze  ntago arimo  kumva impamvu Click Man adashaka ko amwegera.
Click Man aramureba ati’  Cher ibi biragoye ariko nyumva.
Saranda ati’ Njyewe ntago ndimo kubyumva. Click  Man muri aka kanya namaze kuba umugore wawe. Kubera iki utangiye kubangamira uburenganzira mwanjye nk’umugore wawe
Click Man ati’ Ntago nshaka kukubangamira. Ariko nkubwije ukuri ntago niteguye.
Saranda aramureba ati’ Niba aribyo wigira ikibazo  biraza kugenda neza.
Click Man ati’ Yego ndabyumva ko wamfasha ariko wapi. Reka basi iri joro ribanze ritambuke numve ko bindimo.
.
Saranda aramurebaaaa maze asubira inyuma ajya kwicara ku gitanda bimucanze. Click Man aramureba.
Saranda ati’ Rwose  Cher   utumye n’iyumva ukundi kuntu,  ntangiye kwiyumva nkaho  ndi umugore usuzuguritse utari ugukwiriye.
Click Man ati’Oya  cher wikwiyumva gutyo. Nabanye nawe kubera ko nkukunda  kandi uri umugore mwiza  umbereye.
Saranda ati’Wimbeshya. Niba ari uko bimeze se gute ngiye kurara naguranye ibihe byiza n’umugabo wanjye? Ese Cher waba uzi ukuntu narintegereje uyu munsi? Narihanganye cyane bishoboka
Click Man ati’ Ndabizi warihanganye,  ngaho no muri aka kanya kwihangan wagize gukomeze.
Saranda aramureba ati’Sawa. Basi byibura  tugiye kurara mu buriri bumwe dupfumbatanye.  Ngaho  kuramo imyenda uze uryame cyangwa se nze nkufashe.
Click Man ati’ Ntakibazo ndaza kwifasha.
.
Saranda ati’Ok.
.
Saranda ajya mu buriri araryama. Click Man araza yicara ku gitanda.
Saranda ati’ None ko udakuramo?
Click man ati’Cher ntakibaz mukanya ndakuramo.
.
Hashira akanya Click Man yicaye. Areba Saranda abona yasinziriye maze  abona  gukuramo imyenda ajya mu buriri araryama.
Akijya mu buriri Saranda ahita amwegera ati’ Cher mfumbata cyane kandi hagati yanjye nawe ntihajyemo umwanya.
Click Man ageraza kubikora.
Saranda ati’ Ese ko numva nabyo udashaka kubikora?
Click man ati’ Oya ndabikora.
.
Saranda ati’ Ngaho bikore.
Click Man aramumfumbata, Saranda ashaka kumukoraho Click Man amufata intoki.
Saranda ati’ No kugukoraho cher
Click Man ati’ Oya bireke.
.
Iryo joro riratambuka buracya.
Tuze muri Gheto ya Snow ari muri Saro arimo kuvugira kuri telephone hari umuntu barimo kuvugana.
Snow ati’ Umva nshakira inzu hafi aho. Ndabizi wayihabona wana ntago wayibura.
.
Uko bavugana Sheja aza  muri Saro  areba Snow hari umuntu barimo kuvugana. Snow amaze kuvugana n’uwo muntu Sheja ahita aza amusanga
Sheja ati’ Koko urakomeje ushaka kuguma inaha?
Snow ati” Naraye  mbikubwiye.
Sheja ati’ Ariko se ibyo ushaka kwitaho n’ibiki
Snow ajya kwicara aramureba ati” Ni ibijyanye na kazi kanjye
Sheja amuza imbere ati’ Akahe kazi kawe. Waretse tukava ikana tukajya muri Kenya.
Snow ati’Oya.
Sheja aramureba.
Snow ati’ Niba wowe ushaka kugenda ugende.
Sheja aramureba ati’ Ngende
Snow aramureba.
Sheja arumirwa ati’ Ariko ubundi urankunda cyangwa ntago unkunda?
Snow ati’Urimo kumbaza neza ibyo uzi.
.
Sheja aramureba.
.
Tuze mu rugo  rwa ba Saranda arabayutse abona Click Man yabyutse kare. Saranda nawe ahita abyuka ava mu cyumba ahamagara Click Man, ageze muri Saro aramubona yambaye costume arimo gufunga karuvate .
Saranda amuza imbere ati”Cher ibi n’ibiki
Click Man ati’ Ibiki baby
Saranda ati”Kubera  iki wabutse kare  ukaba wambaye gutya?
Click Man ati’ Ngiye mu kazi.
Saranda ati’ Ngwiki?
Click Man ati’ Nonese  hari ikibazo Baby
Saranda ati’ Cher ntago wakora ibi bintu pe!
.
Click Man ati’ Bea nkunda akazi urabizi.  Sinzi ko niyo nakwicara hano nahamara umunota numva ntuje ntari mu kazi.
Saranda ati’ None ugiye kumbwira ko  akazi ariko  kakunyuze kuruta ujo waba urikumwe nanjye ?
Click Man ati’Oya ntago ari uko bimeze cher. 
Saranda ararakara ati’Ngaho genda.  Gusa ntacyo utarimo kunyereka. Click Man  ntago nigeze ntekereza ko waba umeze gutya?
.
Saranda ahita amuva imbere ajya kwicara mu ntebe ararira.
Click Man aramureba abna arababaye cyane maze amuza imbere aca bugufi ati” Saranda ngaho mbabarira.   Basi reka ndeke kujyayo
Saranda avugana amarira ati’ Niba wabishatse kujyayo genda ntago naguhagarika
Click Man ati’Reka mbireke. Ariko wumve ko atari uko narinkurutushije akazi nukuri. Nuko gukora ari  ibintu biba mu maraso yanjye.
Saranda ati’ Cher dukwiye kumarana igihe hano uzaba ujya mu kazi nyuma.
.
Click Man aramureba ati’ Sawa ntakibazo ntaho nkigiye reka ngume hano.
Saranda ahita amutarukira aramuhobera ati’.Urakoze cyane ndishimye..
Click Man ati’ Ni byiza niba wishimye..
.
Saranda ahita ahaguruka amufata akaboko ati” Ngaho ngwino ujye  gukuramo  iyo myenda wambaye.
Click Man ati” Ntakibazo ndaba mbikora cher
Saranda ati’ Oya bea ntago waba wambaye costume hano mu rugo.
Click Man ati’Ntaribi  ndaje mukanya njye kuyikuramo
Sarand ati’Nshaka kugufasha.
Click Man ati’ Ndaza kubyikorere Bea wivunika.
.
Saranda armureba ati” Ariko Cher ufite ikihe kibaz gituma uba udashaka ko nkukoraho?
Click Man araseka ati”Oya ntacyo nukuri.
.
Saranda ati’Ok reka njye kureba icyo ntegura..
.
Saranda ajya mu gikoni. Click Man ahita ahaguruka ajya mu cyumba ajya guhundura imyenda. Amaze guhindura imyenda ahita ajya mu buriri araryama.
.
Saranda avuye u gikoni aza mu cyumba abona Click Man yahise arama arasinzira. Saranda aramureba maze aramwenyura aramureka araryama. Saranda yigarukira muri Saro ako kanya yumva hari abakomanga maze  arafungura abona ni Maraine Bella na Tony. Saranda arabakira baza mu nzu baricara ashaka icyo abakiriza.
Tony areba  Saranda ati” Ubu wamaze kuba Madamu Click Man
Saranda araseka ati’ Urabyumva nawe.
Bella ati”Ijoro ryanyu rya mbere ryagenze gute se?
Tony araseka ati” haraye hashya ntubyumva se.
Saranda ati” Wapi ntacyabaye.
Bella ati” Ngwiki? Kubera iki se ntacyabaye..
Saranda ati’  Ni birebire. Ni joro yanze ko hari ikiba.
Tony araseka ati” Ni ubwa mbere nakumva hari umuhungu watinye ko hari ikiba.
Saranda ati’ Nanjye byacanze sinzi  ikibazo afite pe! Mwibaze ko arimo no kwanga ko mukoraho.
Tony ati” Cyangwa arwaye intinyi?
Saranda ati’ Sinabimenya pe!
Bella ati”  Wasanga ari intinyi uze gushaka icyo wakora umumare ubwoba.
Tony at” Cyangwa se akaba ari ikiremba.
Bella ati Ari ikiremba ntago  se yarigushaka? Saranda uze gushaka uko wamufasha.
.
Ntibyatinze bwarije.
Click man na Saranda mu cyumba.
Saranda aramureba ati’ Honey nizere ko  iri joro noneho bigomba kuba
Click Ma aramureba ati” Ese bea ubundi ni ngombwa ko biriya biba. Ikingenzi suko nkunda.
Saranda ati” Oya  cher ni ngombwa cyane. ndetse ni ngombwa cyane kuruta ibindi byose.
Click Man ati’ Nonese ko bitandimo ntago wabyihanganira?
Saranda ati” Iri joro ntago nabasha kwihangana pe!
.
Saranda ahita amwataka atangira kumusoma. Click Man akamubuza ariko Saranda aranga akomeza kumusom, yanga kumuvaho. 
Click Man ati’ Cher wareka  guhatririza.’
Saranda ati’,Oya cher nagushaka  cyane ntago nakureka.
.
Saranda arakomeza yanga kumuvaho amanura intoki akoze ku gutsina cye yikangamo. Saranda ahita areka kumusoma amanuka hasi  amukuramo ipanaro, amanura na mucikopa maze abona afite agatsina gato cyane kangana na kumwana muto cyane. Saranda arumirwa yikangamo areba Click Man.
.
ITANGAZO.
.
Amafaranga 400 gusa nawe iyi nkuru wayibona.
.
Nayiguha INBOX kuri Facebook yawe 
.
No kuri WhatsApp 0781955794.
.

Utazacikwa na Episode ya 6

Comments