logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY WOMAN S01 Ep 12

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

David yababajwe nuburyo Fanny yarimo yita kuri Click Man umujinya uramwica ahita  ahaguruka ava muri Sale bariramo aragenda.
.
Written by Chris Nandi Ishimwe.
.
Dutangiriye mu kabari kamwe. Saranda arikumwe n’inshuti ze Grace ne Zawadi bose bbafiteinzoga barimo kunywa banaganira.
Zawadi ati”  Ese Sara  iyo wifuje umugabo bigenda bite?
Saranda agwa mu kantu ati” Iyo nifuje umugabo gute?
Zawadi ati” Kuryamana n’Umugabo
Grace araseka areba Zawadi ati”  Nonese  yakwifuza Umugabo gute kandi abana n’Umugabo?
Zawadi araseka ati”  Umugabo se utagira icyo amumarira.
Saranda ati” Ngwiki?Ninde wakubwiye ko ntacyo  yamarira?
Zawdi ati” Tony yambwiye byose.
.
Grace ati” None Tony yakubwiye ko Click Man ntacyo amariye Saranda se?
Zawadi ati” Yego niwe wabmbwiye kamdi Tony  ntago yambeshya.
Grace areba Saranda ati” Saranda ibyo Zawadi avuga n’ibiki?
Zawadi areba Saranda ati”  Ubwo ugiye kutubeshya kp Tony yambeshye kandi ari inshuti yawe magara. Aba azi amakuru yawe yose.
.
Saranda ati” Yababiwye ukuri.
Grace arumirwa ati” noneho ni ukuri?
Zawadi ati” Niko  bimeze da. Niyo mpamvu nifiteiye amatasiko yo kumenya icyo Saranda akora iyo yifuje umugabo. Ese buriya urikinisha Sara.
Saranda ati” Umva ibyo bintu tubireke
Zawadi ati” Ese ko turi inshuti zawe watuganirije ubundi urahisha iki Cyangwa ujya hanzw kwiyeranja.
Grace areba Saranda ati” Niba ari uko bimeze ko waba ubabaje cyane! Nonese  ubundi Click man afite ikihe kibazo kuburyo atabasha kukwitaho.
Zawadi ati” Ngo afite agatsina  gato cyane kanatanabasha  gufata umushyukwe.
Grace araseka ati” Ngo agastsina kumwana.
Zawadi ati” Nye narumiwe nyumva iyo nkuru.
Grace ati’ Nonese kuki yabeshye saranda agatuma abana nawe kandi yarazi neza ko ntacyo azajya amumarira?
.
Zawadi ati” Saranda we se ntiyashikiraga ubuzima bwiza.  Nubwontacyo amufasha ariko abayeho neza n’umukire atandukanye natwe.
Saranda arabareba.
Grace ati” Nonese Sara wamugani ubwo bigenda bite ubana nawe gute?
Saranda ati” Nyine murabyumva ni hatari. Nemeye kubana nawe ndifata nanjye ndabyibagirwa.
.
Tuze kurundi ruhande, Click man ari mu modoka arimo kugenda. Ageze imbere abona Tony inshuti ya Saranda  ihagaze kumuhanda aparika imodoka avamo aramuvugsiha.
Click Man ati” Tony ko uhagaze hano?
Tony ati”Ntegereje Bus
Click man ati” urimo kujya he se
Tony ati” Ngiye Rwerere.
Click Man at” None waje mu modoka nkahakugeza.
Tony ati” Ubwo sinza kuba nishe gahunda yawe.
Click Man ati’ oya ntakibazo.
.
Tony ajya mu modoka baragenda.
.
Tugaruke kuri ba Saranda baracyari mu kabari baganira.
Zawadi ati” Shya uratubeshye. Ni gute wamara icyumweru ibyumweru bibiri ukwezi nako kugashyira utarabo Umugabo? Buriya ufite uko ujya kwirwanaho.
Saranda arabareba araseka.
Zawadi ati” Ese ubundi wakwatse gatanya mugatandukana mukagabana ukazashaka undi mugabo muzima.
Saranda abitekerezaho.
Zawadi ati” Nibundi gukomeza kubana n’uwo mugabo mutabonana bikumariye iki?
Saranda abitekerezaho.
Grace ati” Nanjye ndumva mwatandukana.
.
Saranda arabareba ati” Inama ya mbere mpumpaye n’ugusenya.
Zawadi araseka ati” Nonese ubundi ubwo urubatse?
Saranda arabareba,.
.
Hashize akanya Saranda areba ku isaha ahita ahaguruka ati:  Umva njye ndagiye.
Zawadi ati” Upfa kugenda utuguriyeakandi ka round.
.
Saranda arabasezera arigendera.
.
Uko yakagiye  ageze imbere imodoka arakwama. Ikwamye ahita  abona imbere ye hari akagaraje, arangije arihangana arayigerageza ipfa kwihangana imugeza  kuri ako kagaraje gato. Akiva mu modoka  abona Snow nawe akora aho ahise aza amusanganira .
Saranda ati’ Nonese ukora hano
Snow ati” Yego. Ahubwo imodoka yawe yagize ikihe kibazo ngo nkufashe?
Saranda aramureba ati” Ubu ni wowe ugiy gukora imodoka yanjye.
Snow ati” Hari icyo bitwaye se.ahubwo reka nyikore vuba.
.
Snow ayijyaho arayikora, amaze kuyikora aza imbere ya Saranda.
Saranda ati’ Ndakwishyura angahe?
Snow ati” Wowe ntakibaz ntago naguca amafaranga
Saranda ati” Reka kuzana amarangamutima nanjye sinabuze ayo nkwishyura.
Snow ati” None niba ntashaka amafaranga urayampatiriza se.
.
Ahubwo Snow ahita ajya mu modoka, Snow biramucanga.
Snow aramureba ati” Injira  tugende.
Saranda ati” Tugende hehe se
Snow ati” Nonese ntago dutaha muri karitsiye imwe?
.
Saranda ahita  yinjira mu mdoka. Snow aba ariwe utwara.
.
Tuze kuri Click man na Tony baracyagenda baganira.
Tony areba  Click man at’ Ese nikihe kibazo wagize cyatumye umera kuriya?
Click Man biramucanga ati”  Cyatumye mera gute?
Tony ati” Uko umeze.
Click Man ati” Njye meze gute?
Tony ati” Nyine kuba utabasha kubonana n’umugore wawe.
Click Man biramutungura kumva Tony azi inkuru nk’iyo.
Tony aramureba ati” Ahari ndakubabaje umbabarire kuba mbikubajije.
Click man ati” Oya ntakibazo.  Gusa njyewe ntakibazo mfite
Tony araseka ati” Nonese kuko Saranda yambeshye.
Click Man ati” Buriya yarakubeshye bimwe by’abagore byanyu.
.
Bagera aho Tony aviramo avamo arangije ashimira Click Man ati” Urakoze cyane uramfashije.
Click Man ati’ ntakibazo kamdi uhirwe mubyo ugiyemo.
.
Tony aragenda
Click Man mbere yo gukomeza abanza kwibaza ukunti Tony azi abijyanye n’ubumuga bwe. Yibuka kamdi Mama we amubwira ko yavuganye na Saranda akamubwira ko nta muntu azigera awira numwe  iby’ubumuga bwe.
Click Man yumva biramubabaje cyane kuba hari bamwe batangiye kumenya ikibazo cye.
.
Kurundi ruhande Snwo agejeje Saranda mu rugo.
Saranda ati” Uraoze cyane,
Snow ati” Ntago se umbwira ngo ngeremu nzu basi umoe na kantu ko kunywa.
Saranda aramureba.
.
Ubwo baza mu nzu. Saranda amuha ako kunywa. Amaze kukamuha asubira mu cyumba ajya guhindura imyenda.
Agarutse muri Saro  yumva Snow arimo kureba prono
Saranda ati” Snow uri mu biki?
Snwo ahita ahindukiza telephone aramwereka. Saranda abona rwambikanye. 
Snow ati” Waza hano ukareba se.
Saranda arabyanga yicara mu yindi ntebe ariko akomezakumva amajwi aramukurura. Hashize akanya yumva ashatse noneho kunagaho amaso.
.
Arahaguruka aza aho Snow yiaye maze nawe arareba.
Uko  bakarabye batangira gufatwa, bakoranaho ubushake burazamuka, baba batangiye gusomana gutyo.
Snow ahita afungura risani ayikuramo afata ikiganza cya Saranda arayimufatisha maze nawe amukorakora amabere azamura agapira yambaye amabere yose ajya hanze maze  Snow arayakorakora.
Biyambura imyenda, maze Snow aramuterura ayimwicamo.
.
Kurundi ruhande  Click Man arimo  gutaha agaeze hafi yo mu rugo.
Tuze mu rugo kwa Fanny muri ayo masaha y’umugoroba. Fanny  ari muri Saro   ari ibyo arimo kureba muri Machine.
Mama we aza muri Saro aramureba ati” Ese kuba watashye ngo   uruhuke kubera iki ugera na hano mu rugo  ugakomeza ugakora?
,
Bakiraho Papa Fanny aba aratashye atahana inkuru   idasanzwe.
Papa Fanny ati” Ubu maze kugirwa Ministiri w’Ingabo.
.
Barishima cyane.
Papa Fanny areba Fanny ati” Fanny  kariya kazi wakoraga giye guhita ukareka. Kuko ntago wakomeza kujya ukora hariya  kandi maze kuba Minister.
.
Utazacikwa na Epsode ya 13

Comments