
Ni saa kumi nebyeri n’igice z’igitondo gitohagiye. Liana arasinziriye. Gusa nyuma ya kanya gato atangira kumva ijwi ry’umuntu urimo kuririmba hafi ye , afunguye amaso abona ni Umugabo we Ruger wicaye kugitanda urimo kuririmba amuririmbira akaririmbo ki gitondo cy’urukundo.Ruger areba Liane ati” Igitondo cy’Umugisha rukundo rwanjye.Liane nawe abyukana akanyamuneza ati” Honey ibi noneho n’ibiki??..Ruger ahita amusoma ati” Ni indirimbo yawe Liane araseka ati”Ariko uhorana udushya tw’ibyiza!Ruger ati” Rega ni wowe umbera inganzo. Waramutse neza ahubwo.Liane ati” Ni gute ntaramuka neza naraye mu biganza byizaa.Ruger ati” Ngaho reka indirimbo yawe irangire..Liane ati” Yego chou! Komeza numvaga nyuzwe n’ijwi rimeze nk’amazi asuma rinyongerera amagambo aryohereye y’gitondo gihehereye mu matwi yanjye..Ruger araseka maze arakomeza ararimbira Umugore we. Amaze kumuririmbira maze Liana ahita ahaguruka aramuhobera. Amuhobera acymbaye ubusa.Ruger ati” Ngaho nawe nyihe wese ungaburire ibyanjye.Liane ati”Ushaka iki?Ruger ahita akora ku gitsina cya Liana. Liana araseka maze ahita amwiyaka ava kugitanda.Ruger ati” Nuo ugiye kungenza se??Liane ati” Njyewe ntacyo nakwiye ariko..Ruger ajya kumufata, maze Liana akajya yirukanka aho mu cyumba amucika.Ruger ati” Ko wiruka se?Liana ati” Ibyo ushaka biharanire ubufate njye ntacyo nakwimye..Ruger akongera akamwirukaho, Liana akiruka akamucika. Mbese ni umuryango ubayeho ubuzima busanzwe cyane budakabije ariko ni Umurango unyuzwe wishimiye muri bike n’ubuzima bucirirtse bafite. Ruger ati” Cher hagarara wikomeza kwiruka nukuri I miss muri iki gitondo ndumva umubiri wanjye ukeneye kugosogongera ukirirwana umugisha wawe.Liane ati” Bea byose ni ibyawe urabizi. Ahubwo ndibaza kubera iki utarimo gufata ibyawe..Ruger arongera amwirukaho Liane nawe akiruka maze Ruger aba aramufashe bagwa ku buriri. Bamaze kugwa kuburiri bahita bajya mu byabo baishimana by’icyo gitondo. Nyuma y’isaha barasoza.Liane asomagura Ruger ati” Urakoze my King.Ruger ati” Twese turakoze.Baraseka.Ruger ati” Cher ubona atari ishimwe rikomeye??Liane ati” Ishimwe rimeze gute??Ruger ati” Nubwo tudatunze byinshi bya mirenge ariko tunyuzwe kandi twishimiye mu byo dufite. Kandi nkabigushimira cyane bea.Liane ati” Kuva hari uguhuza kwacu n’urukundo birahagije. Ibindi n’ibizaza nyuma.Ruger ati” Kabone niyo bitaza. Twe basi dufite ibaga ryo kubaho kwacu..Liana araseka maze arahaguruka ava mu gitanda afata imyenda arambara amaze kwambara areba Ruger.Liane ati” Cher ngaho byuka ujye kwita kubana nanjye ntgure ibyo bafata.Ruger ati” Cyane..Ruger nawe arabyuka afata ipantaro arambara maze bava mu cyumba. Liana ajya mu gikoni gucana imbabura. Ruger nawe aza mu cyumba cy’abana babo Dona Mally. Dona ni agahungu naho Mally ni agakobwa.Ruger arabakungura.Dona ati|” Papa!.Ruger arabahobera ati” Mwaramutse neza bana banjye.Mally ati” Igo.Ruger ati” Mwasinziriye neza??Dona ati” Yego. Ariko Mally yanyaye mu buriri.Mally ati” Papa umbabarire byanshitse.Ruger ati” Ndakubabariye ariko ubutaha ntuzongere gutsindwa sibyo??Mally ati” Yego. Urakoze kumbabarira.Ruger ati” Uri umukobwa wanjye nkunda sinabura kukubarira amakosa yawe. Ariko nawe tugasubire ikosa sibyo.Maklly ati”Yego papa.Ruger ati” Ngaho muze tujye koga twitegure mujy kwiga..Ruger abazana muri Duhse araboza. Liane nawe arimo kurwana no kubatekera igikoma vuba vuba..Ruger asoje kuboza abambika na uniform. Liane nawe asoje gutegura igikoma. Baza kunywa bose. Barangije Ruger abajyana ku muhanda aho imodoka yo kwishuri ryab ijya ibafatira. Liane nawe asigara akora amasuku..Bidatinze Ruger nawe aza kuva mu rugo ajya mu kazi ke gasanzwe. Akora muri compamny ikoa ama juice. We atwara imodoka igensa igemura ama juice yabo kubacuruzi batandu...
Ibihe...