logo

NEW TALENTS

Stories Group

WHAT IS FAMILY EPISODE 33

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Duheruka   Landy na   batahanye    nyamara  ntibari bazi ko  Medina ari aho mu nzu.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Landy na Liana   bageze aho mu rugo. Barimo kujya basomana  buri kanya nk’abantu bafite ubushyuhe nyine.
Nyamara Medina yicaranye amarira  aho mu nzu.,    agahinda kumutima kari hafi kuwusandaza.   Ababajwe   cyane  nuko atari yarigeze amenya Umugabo we n’ibikorwa   bye biteye  isoni.
.
Hanze  mu modoka abandi baracyasomana , ahubwo hafi  kuba babikorera aho mu modoka.  Landy aimo gusoma umukondo wa Liana. Liana nawe agafata   umutwe wa Landy akawunsindagira  cyane  ku nda  ye.     Landy nawe akamusoma  cyane.
Liana  aramufata amukuraho ati” Buretse bea.
Landy akamureba ati”   iki hari ikihe kibazo.
Liana ati” Reka bitabara  aha.
Landy ati” Niyo byabera hano.
Liana ati” Ariko twaje  twageze mu rugo rwawe  reka tujye mu  nzu  tubikore neza.
.
Landy  ati” Mana    yanjye ndumva mu nzu ari kure  cyane.
Liana  agaseka ati” Nanjye ndumva ari kure ariko niho heza.
.
Landy ati”Yego reka tujye mu nzu. Ariko mana yanjye ntanarimwe nari narigeze mpura n’Umugore w’agatangaza   nkawe.
Liana ati” Kmwe  nanjye nta mugabo narinarigeze mbona nkawe.
.
Medina mu nzu aimo kureba   cya gishushanyo cya Liana  yambaye ubusa  Landy yamushushanyije. Yakireba akongera akareba  isutiye ya Liana  yatoraguye mu modoka y’umugabo we.
.
Abandi basohotse mu  modoka  bafatanye. Ahubwo tayali Landy afite ikariso  ya Liana mu  ntoki.   Arimo kujya ayifata akayihmuriza. Liana   yabibona  akumva byongereye ibihe muri we.
.
Liana ati” Cher wankuyemo  ikariso ryari??
Landy ati” Kare   cyane.
Liana ati” Byabaye ryari??
Landy ati”Ubwo nawe  wariwataye ubwenge.
Liana ati”Upfa kunkoraho gusa.
.
Medina ai mu nzu yumva amajwi yabo hanze  maze ku idirisha areba  hanze areba uko bameranye  nibyo barimo. Abona Umugabo we Landy afite ikariso ya Liana mu  ntoki arimo kujya  ayhumuriza. Medina biramurya cyane ariko arihaga agira umutima ukomeye.
.
Liana arebye hajuru mu nzu abona  itaa ry muri saro ririmo kaka. Gusa hari habuze gato ngo abone Medina  nuko Medina yabonye Liana arebye hejuru maze ahita ava iruhande rw’idirisha.
Liana   amaze uboa amatara arimo kwaka  abybazaho maze abaza Landy ati” Ese   cher  wasize amatara arimo kwaka??
Landy ati” Oya.
Liana arikanga ati” None niba utayasize arimo kwaka ninde uri   mu nzu yawe.
.
Landy nawe ahindukiye abona amatara arimo kaka koko.
Liana ati”    Ninde waba uri mu nzu yawe.
Landy ati” Ntawe  ntekereza ko yaba hari.
Liana ati” Kandi wasize amatara atarimo kwaka.
.
Landy ati” Si mbyibuka neza. Hari n’igihe wasanga nasize arimo kwaka.
.
Ntibabitindaho maze Landy  ahita atererura   Liana amuzana  ku muryango   w’inzu bahageze amutereka hanze maze  Landy afata urufunguzo arafungura.
Amaze gufungura arongera areba Liana ati”Urashaka ko nongera  kuguterura??
Liana ati”Yego.
.
Kurundi ruhande Ruger nawe arimo kugendagenda  mu muhanda  gake   gake atekereza cyane byamucanze. Liana yaraye amusabye ko batandukana. Akongra akibuka ukuntu  Liana  yamutonganyije avuga ko  ntacyo yamumariye. Ko  Landy iyo ataza kumuba  hafi biba byaramucanze. Akibuka Liana amuhamiriza ko akunda  Landy  cyane.
.
Tugaruke kuri Landy na Liana uko bakinjiye  bateruranye batungurwa no gusanga  Medina  yarabategereje. Landy arikanga maze n’ubwoba bwose ahita arekurira   Liaa hasi. Liana agwa hasi avunika umugongo ariko  bitewe  n’agatego baguyemo arihangana ntiyataka apfirayo
Medina arebana na Landy  cyane.
.
Landy avuga adidimanga n’ubwoba bwose ati”Urakora iki hano Medina.
Medina avuga atuje   cyane yitonze ati” Nari naje gusura Umugabo wanjye.
Landy umutima uratera  cyane.
Medina areba Liana hasi ati” Kubera  iki umurekuriye hasi??  ubuse   ntavunitse  koko!
.
Medima aca bugufi maze asanga Liana  hasi amureba mu maso ati” liana   ihangane  kubikubayeho kuba Umugabo wanjye akurekuriye hasi.   Ariko niko bigendekera  indaya zose. Abagabo iyo bageze  imbere y’abagore  babo za ndaya bari bashutse ko bakunda  zita agaciro. Ntagaciro nakamwe   ziba zigifite kumugabo w’Umugore.  Reba  uko nawe bikugendekeye.  Muvuye mu modoka  aguteruye nka zahabu y’agatangaza ariko mugeze  imbere yanjye akinkubita amaso   uhise uba umwanda  ajugunye hasi uko yishakiye. 
Liana arabyumva.
.
Medina  aahaguruka maze ahereza Liana akaboko ngo amuhagurutse, Liana  arabyanga maze Medina nawe aramwihorera.
Medina  ati” Wa  mugore we niba uri umugore  cyangwa Umukobwa . reka  nkubwize  ukuri. Ntakandi gaciro warufite ku mugabo wanjye  uretse  igitsina  cyawe. Icyo gitsina   cyawe   cyakurushaga agaciro.
.
Medina amaze kubwira   Liana areba  Landy umugabo  we aramwitegereza  cyane  maze araseka.
Medina  ati “ Landy utewe ubwoba niki niba uri mu kuri kwibyo wakoraga??
.
Medina aramwegera ati”   iyaba uri mukuri kwibyo wakoraga. Umutima wawe uba ushikamye ntagihunga nakimwe ufite. Ariko reba uko umeze.
.
Medina arongera aramuseka.
Medina ati” Nta kintu  cya mbere   gitera  ubwoba nk’isoni ry’ibyaha by’umuntu.  Wishwe  n’ubwoba bw’isoni z’ibyaha byawe ufatiwemo.  
Landy ati” medina….
Medina ahita amuca mu ijambo ati” Ugiye kuvuga iki se??  ubu  ugiye kwihagararaho bimwe by’abagabo batemera guta ukuzo ryabo kabone nubwo baba barivuruguse  mu byaha byabo.   Landy aka kanya  niki  wavuga??
.
Medina areba isutiye  ya Liana  afite, areba n’ikariso ya Liana umugabo we afite, maze ahita amuhereza  niyo  sutiye ya Liana.
Medina ati” Akira  niyi sutiye ijyane niyo kariso.
.
Landy aabifata.
Liana aracyari hasi yahabye. Ndetse byamurenze  ntabwo yarazi ko   Medina  ari umugore  wa  Landy. Yibuka n’uburyo  Landy  yagiye  amuhakanira  avuga ko ari Umukobwa Boss umwihambiraho.
.
Medina areba  Landy ati”  Byibura  ugiye gusigarana  ibintu by’agaciro kuri wowe  kuruta ikindi kintu  cyaricyo  cyose.    Sibyo se??
Landy ati”Medina  twavugana.
Medina ati” Iki??  reba ibyo ufite?? isutiye n’amakariso y’abagore  sibyo by’agaciro kuri wowe se ngaho bigumane bifate rwose.   Ikindi ushaka niki ??
.
Medina ahita acaho arigendera. Landy ahita ajugunya hasi  uwo mwanda afite w’amasutye n’amakariso  afta Medina. Medina aramwishikuza arigendera. Landy arakurikira..Liana ahamagara Landy ariko abona  Landy ntabwo amwitayeho akurikiye Medina.
Liana arumirwa ati” Umusore  yumva  yakundaga   we ntagaciro  afite kuri we.
.
Medina ageze hanze ahita abanza  gutobora amapine y’imodoka  ya  Landy  kugira  ngo atamukurikira.
Maze ahita ajya modoka ye arigendera.  Landy ageze hanze asanga Medina amaze guhaguruka .  maze nawe agiye kwinjira  mu modoka ye    kugira ngo amwomeke aboa amapine   Medina yayatoboye. Landy  biramucanga aracanganyikirwa..
.
Liana nawe ari hasi      aracanganyikiwe. Uburyo  Landy yitwaye biramurenze  biramucanze.
.
Udacikwa  na  Episode   34

Comments