logo

NEW TALENTS

Stories Group

WHAT IS FAMILY EPISODE 30

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse   Ruger   aha gasopo    Landy   ngo   abareka areke  uugo rwabo.
.
Story by Chris nandi  Ishimwe.
.
Ruger amaze kumuha gasopo yavuye  mu nzu  ye arigendera,   Landy nawe asigara atekereza   kuri gasopo ahawe . yitegereza  icyo gishushanyo cya Liana  yashushanyije yambaye  ubusa   maze uko akirebaaaa  atangira kwibuka igihe atangira  kugishushanya.
.
Cyari igihe kimwe   bamaze gukorana sex. Nibwo  Landy  yasabye Liana ko ashaka kumushushanya   igishushanyo cy’urwibutso .
Liana      yaramubabajije ati”   ese kuki ushaka kunshushanya igishushanyo cy’urwibutso bisobanuye iki??      byaba bisobanuye ko  ibyanjye nawe    aruku bizarangira wenda  ukaba   ushaka gusigarana urwo rwibutso?
.
Landy aramwitegereza  cyaneee maze araseka ati  Liana watekereje byinshi  cyane. Kandi  icyo gishushanyo sicyo   gisobanuye. Ahubwo nuko nshaka  kuzajya nkwirebera   mu yandi masegonda y’igihe ntarikumwe nawe.
Liana ati”oooh mbese nuko bimeze.   Umutima wanjye warubaye nkuguye kubera  ko wamaze kubaka ikintu gikomeye muri njye.
Landy ati” Cyan se ?
Liana ati” Ese   ntubibonera mu marangamutima yanjye yose nkwereka. Wanjyanye wese busazi  ntanahamwe nisigarije.
Landy ati” Ntanimpamvu yo kwizigama kuri  njye kubera  ko najye nakurebye wese  mbese nivuyeyo wese.
Liana ati”  Landy ndagukunda  cyane.
.
Landy ati” I love you too.
Liana ati” None ushaka kunshushanya meze gute?/
Landy ati” Umeze   uko nzajya nkureba umubiri wanjye wose ukizihirwa.
Liana  araseka ati” Ubwo se  gute??
Landy ati”  Gutyo ntakindi kintu nakimwe kikuriho.
Liana ati” Nambaye  ubusa?
Landy ati”Yego .
.
Liana abitekerezahooooo  ariko ageze aho arabyemera.  Liana   ntiyaragifite muri we  imbaraga zarizo zose  zahakanira   Landy  icyo ashaka cyose kuri  we.
.
Ubwo yaragiye yicara  kuntebe hariya maze undi nawe  afata amarangi yose ashoboka dore  ko ari Umuhanga mugushushanya. Ubwo atangira  kumushushanya uko.  Kumushushanya byamutwaye icyumweru  cyose.   Nyuma y’icyumweru nibwo yaramusoze  neza.
Liana yishimiye  kubona igishuhsnyo   cye.  Ariko  nanone yumvise amasoni kwibona yambaye ubusa.
Landy  ati” Ni gute wagirira  isoni umubiri   wawe??
Liana araseka ati”   Oya  cher  ariko nyine kwibona biba bitangaje.
.
Kurundi ruhande   Ruger ageze  mu rugo atishimye yababaye   cyane.  Domina  Nyirabukwe aramusuhuza ashaka kuvugana   nawe.
Ruger ati” Mama urihangana   ntabwo meze neza.
Domina ati” Nashakaga ko   tuvugana  kuri wowe.
Ruger ati” Mama reka tuze kuvugana nyuma.
.
Ruger arakomeza  ajya mu cyumba  yicara  kugitanda . ako kanya ubwonko bumusibiza uko  yisanze yambaye ubusa mu  buriri bwa Leya  maze   birakomeza  biramurya   cyane  arasakza.
Domina aramwumva asakuza.
.
Kurundi ruhande Liana agze mu kazi  abanza kuza kureba   Landy ariko agezemo asanga Landy ntabwo yariyahagera  nuko amuhamagara kuri telephone.
Liana ati” Cher   umeze ute??
Landy ati” Neza  .
Liana ati” Ko unteye  guhangayika kuba   utaragera mu kazi??
Landy ati” Ndimo kuza  chou.
Liana ati” Sawa  ndagtegereje.
.
Basoje kuvugana , mama wa Landy nawe aba aramuhamagaye  kuri phone aritaba.
Mama Landy ati” Landy  bite byawe.
Landy ati” Ni sawa mama wowe??
Mama Landy ati” Ngo  njyewe.
Landy ati” Niki se kandi mama.
Mama Landy ati” Landy, ujya uzirikana ko uri umugabo  ufite urugo.
Landy ati” Ndabizi.
Mama Landy ati” Umugore  wawe  yaje kuba umutako hano. Umwana  w’abandi arara arira  kubera iki??   ubura  iki  gituma udashobora  kuboneka ngo wite kumugore wawe.
Landy ati” Nonese  ikibazo yagize  nikihe??
Mam Landy ati”Urabaza  ngo ikibazo yagize  n’ikihe?  Nyamara    Landy    nutagira ubwenge  ushobora  kuzisanga ahantu habi   cyane nkaho wahoze.
Landy ati” Mama  ndaza gutaha. Arihe  ngo tuvugane??
Mama Landy ati” Muhamagare  kuri  telephone ye  .
Landy ati” Sawa mama reka  mvugane nawe.
.
Akup mama we maze ahamagara Medena   agenda   bavugana mpaka ageze ku kazi.
Landy ati” Sawa  cher ngeze mu kazi  iri joro ninjye nawe  untegereze  sibyo.
Medina ati” Niwongera gutenguha umutima wanjye ntabwo nzakubabarira.
Landy ati” Wigira  ikibazo.
.
Landy ava mu modoka maze aza muri Office ye . hashize akanya ahita ajya kureba    Liana muri Office ye. Liana amubonye ahita   amusimbukira  amugwamo.   Barahoberana cyane.
.
Liana  ati”   nguwe neza  no kongera  kukubona.
Landy ati” Nanjye nuko.
Liana ati” Nuko ejo wambabaje.
Landy ati” Liana, uriya mukobwa ntagisobanuro afite byose     narabikubwiye.
Landy ati” Ntakibazo bea. Kandi  narakumvise.
Landy ati” Rero  gabanya  guhangayika.
.
Liana asubiza kwicara  ati” Ubu ndatuje. Gusa ndibaza  ngo turimo turagana he??
Landy ati”  wowe  utekereza  iki iyo utekereje.
Liana ati” Kuba naba ndikumwe  nawe ibihe byanjye byose
Landy  araseka ati” Nanjye nuko. 
Liana ati” None ubwo??
Landy ati” Dupange kwibanira kwacu.
Liana ati” Wawoooo. Gusa  ntibyoroshye.
Landy ati” Ni wowe  bikomereye kuko wabanza  kujya kwaka gatanya.
Liana ati” Ariko Umugabo wanjye nayimuha. Nuko  gusa  bitoroshye.
Landy ati” Yeah ntabwo  byoroshye.  Ariko   ubaye utagishaka kubana nawe nabyo birumvikana.
.
Liana ati” Byansaba  kumushakaho impamvu.  Gusa nzi neza  ko ansha  inyuma.
Landy ati” Niba   ibyo  ubizi neza  birahagije mu rukiko.
Liana ati” Ndabizi ariko ntabimenyetso  mfite.  Gusa nzi umuntu anshaho  inyuma kandi  yahoze  insha inyuma kuri uwo muntu.
Landy ati”Uwo muntu ninde??
Liana ati”  Ngo yitwa Leya ni Umugore w’umucuruzi ukomeye.
Landy ati” Ibimenyetso rero wabishakira aho.
Liana  ati” Ngiye kubihiga kandi anagomba kubona ko namurambiwe.
.
Landy araseka ati” Reka  njye mu kazi tuze gusubira.
Liana ati “ Yego  cher wanjye.
.
Bajya mu kazi barakora .
.
Amasaha yo gutaha ageze   bava mu kazi baza haze ahaparitse imodoka zabo. Nibo bakozi   banatashye nyuma abandi bose  baribatashye kare.
  Mbere  yuko buri wese  yinjira mu modoka bararebanaaa hashira akanya maze batera intambwe  barahura  babanza gusoamana. Uko bagasomanye imibiri yabo iraka  cyane bagera aho kwifata byanze  maze Landy afata Liana amwinjiza  mu modoka  babikorera mu modoka ya Landy.   Gusa  hashize akanya   hari umwe mu basecurite barinda aho kuruganda rwabo waje aho hafi muri parking baramwikanga maze bahita barekera aho  Liaa yambara vuba n’ubwoba bwose. Maze kubera ubwoba yibagirwa no kwambara ikariso  isigara mu modoka ya lANDY.
.
Liana ava  mu modoa ya Landy aza mu modoka ye maze arataha. Landy nawe ava aho arataha .  ataha iwe mu rugo neza neza aho  gutaha muri ghetto    yaracmbitsemo.  Ageze  iwe mu rugo Medina amwakirana  ubwuzu.
Medina ati” Noneho  ntabwo ukinnye n’Umutima wanjye.
.
Liana nawe yageze mu rugo arikumwe na  Ruger  mu cyumba barimo kuvugana.
Ruger  afite akababaro katagira  ingano ati” Liana urareba  aho ibintu bitugeze??
Liana ati” Ibiki se??
Ruger ati”Kubera  iki wanshiye inyuma.
Liana arikanga.
Ruger ati” Ese  Landy uramukunda??
Liana ati” Sinzi ibyo uvuga.
.
Ruger aramufata cyane ati” Wikina  we  kandi reka amabeshyo yawe hano bino biri seriye??
.
Ruger amwereka amafoto atandukanye na video Leya  yamuhaye  za hantu   hatandukanye Liana  yabaga arikumwe na Landy nibyo bakoraga byose.
.
Liana abibonye abona yarafashwe   ntacyo yakana ngo bikunde. Ruger anamwibutsa ko yarazi neza  o n’umukufe wa mbere ari Landy wawuguze nubwo yamwihoreye…
.
Liana  abonye ko yafashwe maze atangira kwirakaza no kuvga nabi no  kugaragaza ko ariwe nzirkarengane.
Liana avuga arira ati” Uriya mugabo yahabaye igihe utaruhari. Niwe wabaye  hafi umuryango wacu. Burikimwe nari nkeneye mur icyo ghe niwe wagikoze. 
Ruger ati’ uburaya bwawe wibushakira inyito
.
Liana nawe ararakara ati” Ruger  ntabwo ndi indaya nkawe.  Ntanubwo nigeze mb indaya narimwe nkuko  wowe warumeze.
.
Ruger kumva umugore we amwita indaya   aratungurwa…..
.
Udacikwa na Episode   31

Comments