Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Duheruka Liana ararana umuriro yabuze ibitosti n’intekerezo ze kure cyane.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Mu gitondo Liana akangutse asanga Umugabo yakangutse kare ari muri dushe arimo koga, Liana nawe arabyuka ajya kwita ku bana nibyo barya. Ruger asoje koga aza gushaka icyo yambara , abona amashati yose ntabwo ateye ipasi maze afatamo imwe ayizana muri saro kumeza aho baterera ipasi. Liana nawe arimo gushyira breakfaste kumeza.
Ruger asahaka ipasi arayibura aze areba Liana ati” Cher ipasi irihe??
Liana ntiyamusubiza aramwihorera.
.
Ruger ati” Cher siwowe ndimo kubaza?/
Liana nabwo aramwihorera.
Ruger ava aho ari maze aramwegea ati” Bea wabaye iki ko nkubaza n’unsubize?
Liana ati” Nonese wowe urambaza ipasi wabonye hari iyo mfite??
Ruger ati” Kand naubazaga aho iri??
Liana ati” Ariko iyi nzu yose nawe urayizi. Ubu wayishatse ahatu hose arayibura.
.
Ruger abona ko Liana afte agashiha ariko ntiyabitindaho ava imbere ye maze ajya gukomeza gushikisha ipasi arayibona aza gutera shati ye maze arambara.
.
Abana baza kumeza gufata breakfste.
Mally ati” Ariko mama ko tutagisangira na Papa habaye iki??
Liana ati” Papa wanyu ntamwanya agfite.
.
Ruger ava mu cyumba areba Mally na Dona ati” Muryoherwe kandi mwige neza.
.
Dona ati” Nonse papa ko utakibana natwe ngo dusangire.
Ruger ati” Nta mwanya mba mfite.
.
Ruger aha Liana aka bizoux ko kwitama ahita agenda. Liana amukurikiza amaso arakaye muri we.
Mally ati” Mama ko twimukiye muri iyi nzu ibintu bikaba??
Dona ati” Njye narinzi ko bigiye kuba byiza kurushaho.
Liana arabarebaaa maze abasubizanya agashiha ati” Byabaye bibi gute se hari icyo mubura??
Mally ati” Kubana kwacu mama!
Liana arabareba ati”Murye vuba imdoka itabasiga..
.
Ruger ageze mu kazi asanga imodoka ye bamaze kuyapikira agiye gu suplyinga mu majyepfo.
Agiye kwinjira imodoka haza inshuti ya bakora Bona,.
Bona ati” Vip man ugiye gukandagira amajyepho se??
Ruger ati” Yego. Ariko ndumva mfite ibitotsi n’akananiro kenshi.
Bona ati” Man ua wakoze cyane noneho ntunaruhuka bihagije.
Ruger ati” Sha mba ngomba gukora ibyo nsabwa n’ibyinshi.
Bona ati” Banza cost iwawe zariyongereye cyane. Kubera ko mbere siko wakoraga man. Wakoraga gake witurije. Ukanaruhuka,.
Ruger ati” Sinyiboa n’umwanya wa Family man.
Bona ati” Niko bigenda igihe uba ufite ibigusaba amafaranga byinshi.
Ruger ati” Ni danger
Bona ati” Nonese man niba wumva utameze neza wabwiye manager bakareba ko hari undi bakoherezayo.
.
Ruger ati” Manager navuganye nawe ariko yavuze ko ntawundi wajyayo. So ngiyeyo.
Bona ati” Ubwo manuka nyine.
.
Ruger imodoka arayikoza. Afata umuhanda amanuka mu majyepho. Gusa afite umunaniro mwinshi muri we.
.
Atangira no gusinzira. Abonye ko arimo gusinzira afata umwanzuro wo kuba aparitse kuruhande akabanza akarwanya ibitotsi.
Araparika. Gus hashize akanya aho ajyanye imari baramuhamagara bamubaza aho ageze ababwira ko arimo kuza vuba aza kuba abagezeho.
.
Arongera yatsa imodoka aragenda. Gusa ntabwo bimeze neza agatotsi karongera karamufata maze ararangara imodoka ita umuhanda. Agarura ubwenge abona imodoka igiye kurenga umuhanda maze ahita ayisumbuka itaragwa. Imodoka igwa yonyine iyo hasi mu mukingo.
.
Bidatinze byahise biba ikibazo kuri we. Ku kazi bahita bamwirukana. Yasohotse muri office ya Ceo wa Company ababaye cyane.
Mushuti we Bona aramubona maze aza kuvugana nawe.
.
Bona ati” Wihangane man. Gusa ikiza gihari nuko bakwirukanye warufite akandi kazi.
Ruger ati” Ntabwo ari byiza kuba ntakaje aka kazi.
Bona ati” Ihangane man. Ahubwo ukomez wite kuri ako kamwe ufite.
Ruger ati’ Amafaranga ninjizaga mu rugo ubu aragabanyutse cyane n’ikibazo.
Bona ati” Umugore uze kumubwiza ukuri.
.
Ruger ati”Ntabwo nabimubwira.
Bona ati” Kubera iki se??
Ruger ati” Sinshaka kongera kubona Umugore wanjye ahangayika. Umugore wanjye akeneye ikizere cy’ubuzima. Ninayo mpamvu nakoraga gutya ubutaruhuka nk’umutima.
Bona ati” Ese Umugore wawe yakabaye akabya agusaba byinshi birenze?
Ruger ati” Nawe ahubwo ntuzigere ugira icyo ubwira umugore wanjye. Ndaza gushaka akandi kazi kugira ngo nkomeze njye ninjiza amafaranga nagezaga mu rugo.
.
Ruger arabibana ntiyigera narimwe abwira Umugore we ko hari akazi kamwe yatakaje.
.
Aza mu kazi kwa Leya nkuko bisanzwe. Ahageze ajya mu ka office bamukoreye aho. Hashize akanya gato haze umwe mu bakozi witwa Dina.
Dina ati” Ruger ,Mabuja aragushaka.
Ruger ati”Ndaje.
.
Ruger areka ibyo yakoraga ava muri Office yitaba Leya ariko ntiyamusanga muri Saro.
Ruger areba Dina ati” Arihe?
Dina ati” Ari mu cyumba cye.
Ruger ati’ Ndamusanga mu cyumba se??
Dina ati” Yego kubera ko yakomeje kuremba ntabwo arimo kubyuka.
.
Ruger yumva ni danger ariko arazamuka araza agera ku cyummba cya Mabuja Laya arakomanga.
Leya ati” Injira.
Ruger afunugura umuryango arinjira aboa Leya ari mu buriri.
Leya ati” Fungaho.
.
Ruger yegekaho.
Leya ati” Oya funga.
Ruger arafunga .
Leya ati” Umeze ute??
Ruger ati” Meze neza.
Leya ati” Mabuja wawe ararwara ntujye uza kureba uo ameze?
Ruger ati” Nabazaga abakozi bakambwira uko umeze.
Leya ati” Bikarangirira aho koko ntugire amatsiko yo kuza kwirebera uko meze.
Ruger ati” Umbabarire. Kubera ko sinagombaga kuza mu cyumba cyawe.
Leya ati” Ariko ubu wakijemo.
.
Ruger ati”Nuko…….
Leya araseka ati” Ntakibazo. Ubu waje kubera ko arinjye uguhamagaye. Nonese urakomeza uhagarare ngwino wicare hano kugitanda .
Ruger ati” Ko numva bitaba bikwiye.
Leya ati” Ruger wikwigira gutyo. Ufite impungenge se ko hari ikigiye kuba??
Ruger ati”Oyaa.
Leya ati” Ngwino wicare hano rero. Nonese akanya tuza kumarana uraba uhagaze??
.
Kurundi ruhande Liana ari mu muhanda arimo kugenda. Agera ahantu agiye kwambura maze arambuka. Mu kwambuka yambuka atabanje kureba neza maza haza moto atari yabonye igiye kumugonga umu motari aramukwepa mukumukwepa utwaye moto agwa hasi.
.
Liana arabibona, maze agaruka inyuma gutabara, kubwo amahirwe motari ntacyo abaye.
Uwari utwaye moto ati” Kubera iki wambutse umuhanda utabanje kureba?
Liana ati”Umbabarire.
Uwo muntu ati” Ubutaha ujye ubanza kureba ahantu hose.
Liana ati” Umbabarire pe sinzi iyo intekerezo zanjye zari ziri.
Uwo muntu ati” Sawa.
.
Liana abona hari documents zuwo muntu zaguye hasi maze arunama arazimutoragurira arazimuha.
Uwo muntu ati’Urakoze cyane.
Liana ati” Ziranduye.
Uwo muntu ati”Ndaza guprintinga izindi. Nonese ubundi niki cyaricyakurangaje??
Liana ati” Natekerezaga ahantu ngiye gushaka akazi.
Uwo muntu ati”Urimo gushakisha akazi se burya.
Liana ati”Yego. Ahubwo se nako wandangira?
Uwo muntu ati” Nakurangira rwose. Ndetse ahubwo no ku kazi kanjye nazareba ko hari umwanya uhari nazakubwira.
Liana ati” Wawooooo. Nitwa Liana naguha na number yanjye nawe ukampa iyawe nkazakubaza.
.
Uwo mugabo ati” Nanjye nitwa Landy.
Liana ati” Landy ni byiza kuba duhuye nubwo duhuye mu buryo n bubi.
Landy araseka ati” Buriya niko byari bipanzwe.
.
Bahana number zabo.
Landy ati” Nzaguhamagara. Kandi umukobwa mwiza nkawe ntabwo yabura akazi.
Liana araseka ati” Ngo Umukobwa mwiza!
Landy ati”Yego.
Liana ati”Urakoze cyane.
.
Tuze kwa Leya Ruger aracyarikumwe na Ruger mu cyumba. Leya warurwaye arabyuka neza cyane, Ruger arabibona aratangara.
Ruger ati” ushoboye kubyuka se??
.
Leya akimara kubyuka aza mu bitugu bya Ruger atangira kumukorakoraho, amanura intoki mu bituza bya Ruger. Ruger nawe ahita abona icyo Leya yaragendereye.
.
Leya ati” Ruger uri umusore mwiza. Maze igihe nifuza akanya kihariye twamarana. Kand akanya katubera keza twese. Ruger reka aka kanya tukamarane kandi mfite impano nyinshi nshaka kukwereka uza kwishimira.
.
Ruger arabyumva.
.
Udacikwa na Episode ya 7
.
Comments