logo

NEW TALENTS

Stories Group
LOVE MAKE BODY FEELING

LOVE MAKE BODY FEELING

FREE
S01
Love-Story
▶ Start Reading
5.0
📝Story Preview

LOVE MAKE BODY FEELING.Episode 1.Story by Chris Nandi Ishimwe..Dutangiriye mu rugo rusanzwe cyane ariko rubayeho neza. Ni mu ma saa kumi nebyeri z’umugoroba, Frank ni Umwana w’umuhungu waho afite imyaka 12 gusa. Yicaye muri Saro arimo gusubiramo amasomo ye.Uwo mwanya mushiki we Nolla w’imyaka 18 araza azanye juice mu birahuri bibiri ikirahuri kimwe agihereza Frank nawe afata ikindi maze aricara.Frank afata juice arasoma, Nolla areba ibyo Frank arimo gukora.Frank aramureba ati” Nolla wamfasha kuri work ko hari ibyacanze.Nolla araseka ati” Ubuse ibyagucanze n’ibihe?Frank ati” Reka mbikwereke,.Frank afata ikaye arabimwereka, uwo mwanya mama wabo yitwa Mia aba aratashye afite ibintu byinshi.Nolla na Frank babonye atashye ayo masaha baratangara!Mia arabasuhuza ati’ mwiriwe mute?Nolla ati” Mama kubera iki utashye aya masaha?Mia ati’ Ndatashye nshaka kubatekera neza.Nolla ati” Maze narinzi ko utaha utinze naringiye guteka ariko urakoze uraje.Mia ati” Ngiye guteka ntakibazo. Frank se arimo kubikora neza?Nolla ati”Ngiye kumufasha biba byamucanze..Mia ati’ Yego nibyiza jya ufasha Musaza wawe..Mia aza mu cyumba akuramo imyenda yambara ubusa. Yikorakora ku mabere atahanye ubushake bwinshi bwo kuza gukora sex. Akomeza kwikorakoraho yikora no kugitsina maze afata phone ye ahamagara Umugabo we Toresi. Toresi ni Umugabo usanzwe akora muri Supermarket arimo kwakira abakiriya. Asoje kwakira abakiriya bagiye yumva telephone ye irasinnye maze ajya kuruhande aritaba.Toresi ati” Karame cher !Mia ati” Wiriwe ute Mugabo mwiza!Toresi ati’ meze neza cher.Mia ati” Ntakibazo wagize?/Toresi ati” Oya uyu munsi wose ndabona ugiye kurangira neza. Wowe se umeze ute..Mia araseka ati’ Ubwo se ntubyumva meze neza cyane. ahubwo fora ubu ndihe nambaye gute.Toresi ati” Uri mukazi wambaye neza nk’ibisanzwe.Mia araseka ati” Yooo wakishe disi kandi naribuguhembe.’Toresi araseka ati’ Cher mpa andi mahirwe please.Mia ati’ Urayahawe ntkibazo.Toresi ati” Uri mu rugo.Mia ati’ Yego noneho urabikoze. Toresi ati” Kubera iki utashye kare??Mia ati” Ndashaka kugutera neza cher! Kandi ndagukumbuye cyane..Toresi ahita yumva muri we amarangamutima arazamutse cyane.Toresi ati’ Nanjye ndagukumbuye honey.Mia ati” Nambaye ubusa utahe wihuta hano hari abagutegereje.Toresi araseka ati’ Sure wambaye ubusa.Mia ati” Cyane, nkutegereje wese uko naje mwisi. Gusa ndimo kubira umuriro warenze igipimo.Toresi ati’ Utumye nanjye numva mbishatse cyane.Mia ati” Nkufitiye agashya ndaza kukumara ipfa ryose.Toresi ihita izamuka abyumva.Mia ati’Ngaho cher reka mbe nkuretse njye guteka.Toresi ati’ Nanjye mukanya ndaba ntashye..’Mia ava kuri telephone maze arambara ahita ajya mu gikoni..Tuze kurundi ruhande mu rugo rukize cyane bishoboka. Umukozi waho arimu gikoni arimo gutegura amafunguro.Kurundi ruhande Nancy yicaye muri Saro arimo kwirebera amakuru. Uwo mwanya Umukazana we akunda cyane Jolly aza muri Saro aturutse inyuma ye aramureba.Jolly ati” Mama nkuzanire imbuto?Nancy aramureba araseka ati” Ntakibazo mwana wanjye..Jolly ahita ajya kumutunganyiriza imbuto arazitegura neza maze arazizana azitekereka imbere ye. Nancy afata urubuto ararya..Jolly aramureba, Nancy nawe aramureba ati” Mwana wanjye ndagukunda cyane. nagize abakazana ariko ntamukaza numwe ukuruta niyo mpamvu wahise uba umwana wanjye.Jolly araseka ati” Nanjye narabikunze cyane uburyo umfata nk’umwana wawe.Nancy ati’ Niko bizahora iteka. Kuko njye nawe twarahuje cyane uri umwana mwiza.Jolly ati” Nawe wambereye mabukwe mwiza cyane.Nancy ati” Ese wakwicara nk’ubwo umutima ugufashe.Jolly araseka ati’ Ntakibazo ubu meze neza reka mbanze ndebe aho Rozitta aho agejeje..Jolly ava imbere ya Nancy ageze hirya gato umutima uramufata uramurya cyane maze abura imbraga arazungerera yikubita hasi.Nancy ahagaruka vuba vuba aza kumureba..Tuze kuri Supemarket aho Toresi akora amasaha yo gutaha arageze maze afata ...

📚 Episodes (30)

Loading...
📢 Kwamamaza

Ibihe...

🎬
S01 EP01
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 1
🎬
S01 EP02
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 2
🎬
S01 EP03
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 3
🎬
S01 EP04
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 4
🎬
S01 EP05
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 5
🎬
S01 EP06
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 6
🎬
S01 EP07
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 7
🎬
S01 EP08
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 8
🎬
S01 EP09
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 9
🎬
S01 EP10
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 10
🎬
S01 EP11
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 11
🎬
S01 EP12
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 12
🎬
S01 EP13
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 13
🎬
S01 EP14
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 14
🎬
S01 EP15
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 15
🎬
S01 EP16
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 16
🎬
S01 EP17
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 17
🎬
S01 EP18
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 18
🎬
S01 EP19
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 19
🎬
S01 EP20
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 20
🎬
S01 EP21
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 21
🎬
S01 EP22
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 22
🎬
S01 EP23
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 23
🎬
S01 EP24
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 24
🎬
S01 EP25
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 25
🎬
S01 EP26
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 26
🎬
S01 EP27
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 27
🎬
S01 EP28
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 28
🎬
S01 EP29
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 29
🎬
S01 EP30
LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 30

Story Info: LOVE MAKE BODY FEELING | S01 | 30 episodes | Categories: Love-Story

Author: chris nandi | Published: 3/19/2026

Rating: 5.0 ⭐ | Type: Free