Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
LOVE MAKE LOVE BODY FEELING
.
Episode 15
.
Twaherutse Palasi abwira Toresi icyo akora mu kirori cy’abakire kandi we atari kurwego rwacyo
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Palasi na Toresi bahagaze bahanganye amaso nk’abagabo, Gusa Palasi yasuzuguye cyane Toresi. Kuburyo Toresi nawe atangiye kwiyumva nkaho koko atakabaye abarizwa aho.
Abakire bagenzi ba Palasi baramubona baza kumusuhuza banamuha ikaze maze Palasi agahita asebya Toresi kuri abo bagabo bakamuseka cyane.
.
Kurundi ruhande Jolly nawe yagiye mu gatsiko ka bagore bagenzi be babakire. Barimo gucata basangiramo.
Noella ati” ese Jolly kubera iki utajya usohaokana n’umugabo wawe.
Jesca ati” Ahubwi njye ndibaza uriya mugabo nabonye muzanye ninde.
Jolly arabareba ati” Uriya mugabo n’inshuti.
Noellla ati” Inshuti?
Jolly ati” Hari ikibazo mufite.
Jesca ati’ Ubwo se ni inshuti yawe gute mu buhe buryo. Ko nabonye ari n’umugabo uraho ucirirtse.
Jolly ati” Umva tubireke kuko n’ubundi ntibwanyumva.
.
Toresi we akomeje kunyuzurwa.
Abagabo bashuti ba Palasi bahise basaba ko haza aba securite bakaza bagafata Toresi bakana hanze kuko ntago ari umugabo wakabaye ubarizwa muri bo.
Palasi ahita yitambika arababuza ati” Oya mumureke.
Abagabo bati” Ugiye mu ruhande rwe se kandi waba udesbeje cyane.
Palasi ati” Oyaaa impamvu byanze nuko njye nza kubyikorera. Uyu mugabo hari ibyo ngomba kubanza narangizanaya nawe.
.
Abagabo baramwumva barabareka basigara mu byabo.
Palasi areba Toresi ati” tujye hanze kuneza, hagati yanjye nawe hari ibigomba gusobanuka.
Toresi arabyemera barasohoka.
Jolly aho ahagaze abona Umugabo we asohokanya hanze na Toresi muriwe ahita atangira gutekereza ko hari ikibi cyaba kigiyekuba.
.
Tuze kwa Murio we na Nolla basoje ibyo bakora none baryamye mu ntebe bambaye ubusa. Telphone ya Noll irimo gusona ariko ntago aymva kuko yasinziriye. Muzehe Ponemo niwe urimo kumuhamagara.
Cyakora ahamagaye nk’inshuro ya cyenda Nolla arayumva arakanguka na Murio ahita akanguka bararebana,
Nolla ati” Penemo arimo kumpamagara. Ubundi ibi n’ibiki twakoze.
Murio aramureba ati” Urimo kubyicuza
Nolla ati” Oya ariko ahari ntago byakbaye.
Murio ati” Ese nia utabyicuza ikibaz kirihe. Ahubwo nizere ko utaza kuvuga ko naguhatirije.
Nolla ati” Urumva ni wowe wabitangije ariko nanjye byaje kunjyamo nyine.
Murio ati” Ubwo twese twabishakaga.
.
Nolla areba Murio cyane mu maso asa n’ugize impungenge.
Murio amufata kumatama ati’ Bite ko uhindutse kumaso cher!
Nolla ati” Ese ubu nizere ko ibi bibaye bitari irari ry’umubiri gusa?/
Murio ati” Kubera iki utangiye gutekereza gutyo.
Nolla ati” Abahungu muteye ubwoba,
Murio ati” Njye siko meze ariko.
Nolla ati” Ariko njye nawe turamaranye iguhe gito cyane ntago nahita mpamya itandukaniro ryawe. Ubundi kuki Abahungu baira ubuhemu kumitama yabo?? Igihe cyose iy umukobwa amaze kubafungukira wese uko yakabaye muhita mu muta.
Murio ati” Ibyo simbihakanye. Ariko wuo sinjye.
Nolla aramureba cyane ati” Murio ntuzatume umutima wanjye wuzura agahinda.
Muri ati” Humura.
.
Kurundi ruhande Palasi na Toresi bahgararanye hanze. Jolly yaje hafi kumuryango ngo acunge ibijyambere hagati yabo.
Palasi ati” Kuki warikumwe n’umugore wanjye?
Toresi ati” Ahubwo wowe kuki utarikumwe n’umugore wawe.
Palasi ati” Urashaka kwiyumva se. umva nakugirira nabi kuburyo wakwireba ukiyanga.
Toresi ati” Iterabwoba siryo rihindura umuntu umugabo.
Palasi asa n’urakayemo maze amufata mu ijosi, Tayali Jolly arabibona ko bagiye gutaba mu miwe ahita aza yihuta cyane aratimbika.
Palasi aramureba ati’ Wowe uje hano gukora iki?
Jolly ati” Narinjye kureba ko mwamaze kumenyerana.
Palasi ati” Iyi nshuti yawe ntago nayikunze.nave hano agende vuba bitabaye bibi.
.
Jolly aritambika ati” Cher ubaha inshuti yanjye kuko nanjye ntagihe nigeze nsuzugura izawe.
Palasi aramureba ati” Ndavuze ngo wowe subira mu nzu se.
Jolly ati” Cher please twubahane hano.
.
Palas abonye ko Jolly atamwumva ahia ahamagara aba securite baraza abategeka gufata Toresi bagasohora hanze.
Baramufata bamujyana hanze,, Palasi nawe afata akaboko ka Jolly amutwara amukurura amugarura mu nzu.
.
Tugaruke kwa murio Nolla ario kwitabaza, asoje kwitabaza mu gistina araza afata imyenda ye arambara vuba vuba Murio amureba.
Nolla ati”Muzehe araza kwivugana umuntu.
Murio araseka ati’ Ntabirenze wana wowe wigira ikibazo.
.
Uwo mwanya hari uwakomnze.
Nolla na Murio bararebana,
Nolla ati” Chr warufite undi mushyitsi se?/
Murio ati” Oya.
Nolla ati” None uwo ukomanga yaba arinde?
.
Murio aza gufungura abona ni Shaffy w’amalasita, barasuhuzanya baza mu nzu. Shaffi abona Nolla aramurangarira cyane maze aramusuhuza. Nolla amusuhuza amwitegereza cyane.
Shaffi areba Murio ati’ Ndabona sha usigaye umeze neza cyane.
Murio araseka.
Nolla arabareba maze asezera Murio ati” Bea bye njyewe ndagiye.
Murio ati” Chou traza kuvugana.
.
Nolla aragenda,
Shaffy areba Murio ati” Umva Papa wawe akeneye ko ugaruka mu rugo.
Murio ati” Akomeze arote izo nzozi ntago bishoboka.
.
Tuze mu rugo kwa Nolla mu masaha y’umugoroba, Frank ari mu rugo wenyine. Kely inshuti ya Nolla iza mu rugo ihasanga Frank gusa.
Kelly ati” Fra Nolla arihe?
Frank ati” Yagiye mu kazi.
Kelly ati” Mvye ku kazi ntawe nasanzeyo.
Frank ati” ubwo simbizi.
,
Uwo mwanya Nolla aba ageze mu rugo ameze neza cyane aseka. Ahasanga Kelly barahoberana cyane bimwe by’abakobwa.
Kelly ati” Warurihe wa shyano we.
Nolla aramureba maze araseka , Kelly arba uko ameze ati” Umva mpise mbicyeka.
Nolla ati” Ubwo uraje uketse ibiki se??
Kelly ati” Umva reka se kungira mwana. Uwo mutipe ninde??
Nolla arisetsa.
Kelly ati” Sha bisa nkhao muvuye mukazi. Ahubwo bari bimeze gute.
.
Kurundi ruhande Palasi na Jolly bari mu modoka barimo gutaha gusa ntaho bavugana. Jolly arasa n’uwarakaye.
Palasi aramureba ati” Umbabarire.
Jolly atii” Njya nga ukuntu witwara. Niba ari amafaranga atuma witwara kuriya ahari wibwira ko amafaranga adashira. Ariko arashira.
Palasi ati” ariko se ubundi gute umugabo nkuriya ari inshuti yawe.
Jolly ati” Ubushuti se bushingira kuko uko umuntu agaragara. Wambabaje cyane.
Palasi ati” am sorry basi ariko windakarira gtyo.
.
Toresi ageze mu rugo yabishye cyane.
Frank na Nolla baramureba .
Nolla ati” Papa utambwira ko aho hantu wari wagiye wambaza neza gutyo byabaye bibi.
Toresi yicara mu ntebe ati” Ntago byagenze neza.
Nlla ati” Pole wenda ikindi gihe bizagenda neza.
.
Tuze mu rugo kwa Palasi.
Palasi araryamye , Jolly we yicaye kugitanda amaguru ari hasi. Palasi aramureba ati” Ntago uryama se??
Jolly ati” Waryamye njye ntabitotsi mfite.
Palasi arasinzira
.
Toresi nawe aricaye ntago aryamye arimo kwibuka ukuntu Palasi yamusuzuguye. Hashize akanya areba kuri telephone abona ni saa tanu z’ijoro. agiye kuzimya itar ngo aryame phone ye yumva irasonnye arebye abona ni message Jolly amwandikiye amubwira ko ari hanze. Toresi ahita yambara agapira aza hanze koko asanga Jolly ahagaze hanze.
Jolly amubonye aza ahita amsanganira amugwamo aramuhobera.
.
Udacikwa na Episode ya 16
Comments