logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 16

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 16
.
Twaherutse Jolly aza  kureba Toresi mu ijoro. Ubwo Toresi yasohokaga mu nzu aje kumureba hanze Jolly yahise amuganganira maze amugwamo.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
 Baracyahoberanye cyane hashira umwanya munini. Jolly ntago arekura  Toresi, na Toresi arumva ari byiza  Jolly atamurekura.
hashize nk’iminota  10 Jolly abona kumurekura maze amureba mu maso.
Toresi ati”  Urakora iki hano  aya masaha?
Jolly ati” Byari ngombwa ko nza kukureba kuko umutima wanjye ntago warutuje.
Toresi ati” Wabaye iki byaganze gute??
Jolly ati”  Toresi umbabarire kubyabaye kare.  Ntago  narinzi ko  Umugabo wanjye aza kuza.
Toresi ati” Oya ntakibaz wisaba imbabazi. Kuba  yaje se hari  ikosa wankoreye.
Jollya  ati” Yagufashe nabi birambabaza.
Toresi ati” Biriya ni ibiraho gusa. Buri mugabo wese niko yamera kumugore we.
Jolly ati” Natekereje ko watasye ubabaye cyane.
Toresi araseka ati” Oyaaaa, kandi warukumpamagara aho kuza hano ya masaha.
Jolly ati”  oya nashakaga kuvgana nawe imbonankubone.
.
Bararebana cyaneeee hashira akanya.
.
Kurundi ruhande  mu nzu Nolla ari mu buriri aryamye agaramye arimo gucata na Murio. Ntakindi barimo kuvugana  uretse ibihe byabaye hagati yabo kare.
Nolla ati”  Ese  ko numvaga  bavuga iyo umuntu abikoze bwa  mbere ababara njye kubera iki ntababaye??
Murio ati” Biterwa.
Nolla ati” Biterwa niki?
Murio ati” Nuko abantu babikoze. 
Nolla ati” ariko banza wowe wihariye kuri iriya njyingo. Cyakora ndimo kubitekereza nkahita mbikumbura.
Muri araseka ati” Garuka twiraranire.
Nolla araseka ati” Aho naba ngiye kuba akabandi.
.
Tuze hanze,  Toresi na Jolly begamiye kumudoka.
Toresi ati”   Ese ukuntu mba niyumva nawe bikubaho.
Jolly ati” Uba wiyumva  gute.
Toresi ati” Igihe cyose ndikumwe nawe mba niyumva ukuntu bidasanzwe. .
Jolly ati” nanjye niko niyumva.
.
Bararebanaaaa hashira akanya.
Jolly ati”  ahubo dukwiye gusobanukirwa  ikiri hagati yacu.
Toresi aramureba ati”  ubundi numvaga ntawundi mugore wasimbura umugore wanjye. Ariko wowe…
Jolly ati” Umugore wawe yabaye iki??
Toresi ati”  Yarapfuye.
Jolly ati” Pole. Byagenze gute.
Toresi aba aribyibutse arababara ati”   yarishwe. Ndetse  yishwe nabi avanywemo umutimabawuha undi muntu.
.
Jolly ahita yifata kumutima yibuka nawe abagwa agahabwa umutima.
.
Toresi aramureba ati” ko  ugiye kure??
Jolly arigarura ati” Ntakibazo.
Toresi aribuka maze araseka ati”Gusa umugore wanjye yigeze kumbwira ngo napfa nkasubira mu rukundo nzakundane n’umukobwa mwiza kand ujye gusa nawe.
Jolly aramureba ati” None njye ndi umugore kandi sinasa nawe.
Toresi amufata ibiganza amureba mu maso ti” wowe ahubwo mba numva wegereye umutma wajye cyane. mba numva neza hari isano rimpuza nawe nkuko byari bimeze kumugore wanjye.
Jolly  yumva  ayo magambo ni meza cyane.
.
Uko bakarebanye cyane barasomana.  Basomana bakorakorana imibiri irashyuha cyane  ntibahagarara barakomeza.
.
Toresi atangira  kumusoma ku ijosi, Jolly nawe akamkurura cyane akamwiyegereza, Toresi  akumva neza ko Jolly amushaka. Joly atangira kuniha.
Hashize akanya barareba babona ko bageze  kure maze bava hanze binjira mu modoka bakomerezamo bakuranamo imyenda maze bakomeza gusomana.  Toresi afata amabare ye akajya akorakora imoko ariko basomana. Jolly nawe afata dick ye nutuganza  twe tworohereye. Toresi abyumvira iyo.
Toresi araakomeza agenda amusomasoma umubiri wose,  yonka amabere ye cyane. jolly akikora mugituba akumva  cyabaye amazi.
.
Toresi aramufata amuryamisha mu ntebe agaramye maze ajya mu matako ye atangira kumwonka mu gituba. Jolly ni ibwa mbere abikorewe yumva birarenze cyane maze sukuniha karahava. Toresi afata amaguru ye arayazamura cyane maze akajya hepfo mu kibuno akazamura mu gituba. Jolly nawe aramukorakoraa cyane.
Toresi arahagaruka   yegera kumunwa we amutamika imboro  ariko nawe akomeza kumukoramu gituba.
Barategurana cyane bihagije.
Nyuma y’iminita 45 banoze pe Toresi abona kuyishyiramo aramurongora akoza inguni zose.
Jolly ati” Ndakumva cyane.
Toresi atangira kujya ayishyiramo gacye gacye akuramo, Jolly ajumva ageze ahandi maze atangira kumva muri we agiye kunyara. Toresi arabyumva ko Jolly ageze igihe cyo kua yanyara maze akomeza kumutwara bidasanzwe kugira ngo anyare.
Bidatinze Jolly aba atangiye kurekura amazi avuza induru.
.
Tuze mu nzu, Nolla asoje kuvugana na Murio yumv ashatse kujya hanze muri toilet maze arabyuka ajyayo
Avuyeyo aza muri Saro kunywa amazi abona umuryango wa Saro  usohoka  hanze urafunguye arikanga abanza kugira ngo  ahari babinjiranye. Ahita aza ku cyumb cya Papa we kumubwira  ahagaze abona  umuryango w’icyumba ntago ufunze arikanga. Yibwira ko papa we yatatswe maze yegera umuryango yitonze cyane ahengerezamo abona  papa we ntago arimo.  Ahita atekereza ko ubwo ari papa we uri hanze.
.
Ahita akata ava aho agaruka muri Saro asohoka hanze aje kureba Papa we.
.
Mu modoka   Toresi na Jolly baracyabikurikirana.
Jolly arimo kurekura amazi menshi , mbese  wagira ngo arimo gukuramo umwenda wose w’inshuro zose yagiye abikora ariko nanyare.
Toresi nawe yizihiwe cyane arimo kumufasha amazi akayamena nka robine. Hashize akanya Jolly aba ararangije arabimubwira.
Jolly ati” Njye ndasoje.
Toresi  ati” Urakoze cyane.
Jlly ati”  oya nawe soza ndabizi wahugiye kuri njye gusa.
.
Toresi ayisubizamo maze nawe aragira nyuma y’akanya gato aba ararangije nawe.
Jolly aramuhobera ati” Ni ubwa mbere ngize ibihe byiza mu buriri.
Toresi ati” Hano ni mu modoka.
Jolly  araseka ati” Yego ahariho hose ariko nyine kuva tuharyamaniye niko nabyita.
Toresi ati” Cyakora pe ndemeye muri wowe wagira  ngo harimo ikiyaga.
Jolly ati”  ubundi narangizaga biraho bisanzwe ariko wowe.   iki gihe ntago nzakibagirwa.
.
Toresi aramureba ati” Jolly ndagukunda.
Jolly asa n’uguye mu kantu ati”Ukunda umugore ufite umugabo??
Toresi ati” Yego.
.
Udacikwa na Episode ya 17

Comments