Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 25
.
Dusize , Jolly amaze kumenya ko umutima yambaye ari uwa Mia umugore wa Toresi. Kurundi ruhande Nolla amaze gufatwa.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Nolla barongeye baramufashe baramuzana hamwe neza Murio afungiye, Murio aramubona akababaro karamwica,
Nolla bamujyana kurundi ruhande nawe baramuzirika.
Shaffy ati” Waruziko wacitse birangiye. Ariko dore uragarutse ugiye kwishyura ibyaha byawe.
.
Nolla arebana na Murio bahuza amaso Murio areba kuruhande kubera isoni n’ikimwaro.
Shaffy arabareba araseka.
.
Twigarukire ku kazi Palasi arimo kwirwanaho we na Linda bari mubihe byiza. Palasi amukuru kurukuta anuzana kumeza bakuraho ibintu biriho Linda ayigaramaho amaguru hejuru, Palas nawe amujya mu matako ayicengezamo barakomeza. Palasi amufata amabere arakomeza arasunika undi agataka cyane induru yajya kuyiha umunwa Palasi akamufata kumunwa.
.
Kurundi ruhande Jolly akimara kumenya ko umutima yambaye wahoze ari umutima wa Mia yakonje cyane kuburyo yumva umubiri we wahise ugagara cyane.
Kandi noneho Dr Manu arimo kugaruka isaha n’isaha ashobora kuza agasaga bakirimo.
Emile areba Jolly ati” Jolly tuve hano tugende niba ibyo washakaga mbikweretse.
Jolly akomeza guhagarara hamwe, Noella aramureba ati” Jolly twagiye.
Jolly azenga amarira menshi ararra cyane.
Noella aramwegera aramufata ati” Jolly siwowe wabikoze wikwicira urubanza.
Jolly ati” Ubu ndiho kubera undi muntu bishe.
Noella ati” Reka tubanze tuve aha.
Emile arabareba ai” Umva tuve aha kuko njyewe mfashwe ni mu bu hacker kaba kambayeho sinava muri gereza.
Jolly arabumva maze bava aho bihuta cyane, bagenda hari umuforomo w’umugore wababonye bagenda.
.
Dr Manu nawe arimo kugaruka, baba baramubonye maze bahita bakwepa baca muwundi muryango ariko Dr Manu abona Jolly agihushuka arenga ariko aramumenya yibaza icyo Jolly yaoraga aho gusa ntiyabitindaho araomeza aza muri Office ye agezemo abona uko yasize machine ye siko bimeze maze aricara arebamo.
.
Kurundi ruhande Toresi nawe arimo kugenda asatira umugabo bamweretse. Ozile aima kumumwereka we yahise ava aho arigendera
Toresi ageze imbere y’umugabo aramureba.
Umugabo ati” Niki ko undeba gutyo.
Toresi avga gacye atuje. Yibuka ko Ozie yamubwiye ko byaba byiza atagiye avuga uwo ariwe.
.
Ikigabo kiraureba kiti ati” Ushaka k tuvugana iki ko ntajya mvugana na bajangweri?/
Toresi ati” hari imari nshaka.
Ikigabo gihita kimufata kimujyana kuruhande.
Umugabo ati” Urashaka imari imeze gute
Toresi ati” Nkeneye umutima umugore wanjye ameze nabi.
Umugabo ati” Uri umusazi .
Toresi ati” Oya ntago ndi umusazi. Hari umuntu mwafashije wambwiye ko mwamfasha.
Umugabo ati” Byaba byiza uvuye hano ukagenda kuko ibyo ubaza hano ntabihari. Urabona atari akabari.
Umugabo ahita anigendera. Toresi aramucunga cyane.
.
Tugaruke kwa Kazola. Murio na Nolla barahambariye.
Murio ati” Cher umbabarire.
Nolla ati” Ndakumva cyane baguhatirije.
Murio ati” Nakabaye nemeye gupfa aho kukugambanira.
Nolla ati” Murio ndakuzi ntago wbikoze ugamije kungambanira.
.
Jolly , Noella na Emile bari mu modoka barimo kugenda Jolly ntago aneze neza kubera amakuru mabi abonye
Noella aparika imdoka.
Emile ati Kubera iki duhagaze
Noella ati” Reka tukwishyure amafaranga yawe wowe ugende.
Emile ati” Ariko twavuganye ko atari amafaranga Jolly anyishyura.
Noella ati’ Reka ubugoryi uvuge amafaranga tukwishyure.
Emil areba Jolly ntago yimereye neza.
.
Emile ageze aho avuga amafaranga bamuha barayamuha aragenda. Noella areba Jolly atekereza icyo yakora kugira ngo amuturishe.
.
Toresi nawe aracyari mu kabari acunga cya kigabo, abona gihatiye inyuma mu karyango kinyuma aramukirikira.
.
Kurundi ruhande Dr Manu amaze kubuna ko abavuye muri Office ye bamaze kubona Mia. Ahita amenya ko byanze bikunzeuvuye aho ari Jolly afata telephone ahita ahamagara Palasi umugabo we.
.
Telephone irasona kumbe palasi yaracyirongora afata telephone aritaba. Linda avaho.
Linda ati” Wagira ngo wariwanyweye imiti uziko uncukuye ungize umwobo??
Palas avugana na Dr Manu.
Dr Manu atu” Umva umugore wawe avuye hano amenye uwamuhaye umutima.
Palasi ati” Ok.
Dr manu ati” Urumva atari ikibazo?
Palasi ati” Oya, kubera ko nubundi ntago azi ngo Mia ninde.
Dr Manu ati” none akoze ubushakashatsi ?/
Palasi ati” Ibyo bireba njye ndaza kuvugana n’Umugore wanjye.
.
Tuze kwa Kazola. Shaffy n’abasore bagenze be bagiye gukomeza wa mugambi baribafite wo gufata Nolla kungufu.
Murio arataka cyane arababuza.
Shaffy aramureba ati” Wikwivuna bro kuko n’ubundi nawe mukanya ugiye gupfa.
Murip ati” Mwiba ibigwari byo gufata umukobwa kungufu.
Nolla arabareba arabacira ati” Ibigwari gusa.
Shaffy araseka ati” Ariko ndibaza kubera iki urukundo rubagira ibimara?? Nkubu siwowe waguruye hano ngo cher arahamagaye.
.
Kazola aba aje aho bari asanga Nolla araziritse na Murio araziritse.
Kazola areba Murio ati” Uyu uracyarimuzima kubera iki
Muruo ati” Papa urashaka ko mfa.
Kazola ati” Ntago nyiri so wa mbwa we kuko ntiwigezeu unyumvira.
.
Kazola areba Nolla ati” Uyu mukobwa we kubera iki ari hano?
Murio ati” Barashaka kumufata kungufu yabakoze iki?
Kazola areb Shaffy ati” uyu mukobwa arakora iki hano wa kigoryi we??
Shaffy ati” Boss yishe mugenze wacu.
Kazola ati” Yamwishe gute mureba he. Mu murekure agende.
Shaffy ati” Oya boss.
Kazola ati” ngo oya. Wowe ndavuga wowe ukampakanya.
Shaffy ati” Ariko Boss ubundi ntiwavuze hari umukobwa ukeneye umutima uri mu kigero nkiki.
Kazola ati’ Yego koko.
Shaffy ati” None hano dufute umukobwa.
.
Kazola ati” Umva mu murebe murebe ko yahuza nawe dufate umutima we.
Nolla arikanga cyane ati” Kumbe nimwe mwishe Mama.
Nolla baramufata bamujyana kuruhanda mu yindi nzi imeze nk’ibagiro.
Murio arasakuza cyane.
.
Tuze kuri Toresi asohotse aboba wa mugabo arikumwe n’und mugabo barimo kuvugana basa n’abamuvugaho.
Bahindukiye baramubona maze bahita baza imbere ye.
Wa mugabo ati” Harya ngo urashaka umutima?
Toresi” Yego rwose mumfashe niba bishoboka.
.
Wa mugabo wundi ahita amutunga imbunda maze baramufata bamushyira mu modoka baramutwara.
.
Udacikwa na Episode ya 26
Comments