Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 24
.
Twaherutse Murio amaze guhamagara Nolla. Ababwiye ngo bamureke ubwo amaze gukora ibyo bashaka bamuha inkwenene.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Aho kumurekura baramuseka yumva arababaye cyane kuko yatekerezaga nibamurekura arahita arava aho maze agashaka uko aburira Nolla nagere aho.
Murio arabareba ati” Nkoze ibyo mwashakaga none kuki mwe mutarinze ijambo ryanyu.
Shaffy ati” Kazola yavuze ko ntagaciro ugifite niyo mpmavu tutakurekura.
Murio ati” Niba mutandekura none murashaka iki ?
Shafy ati” Wowe tuze utegereze urupfu rwawe.
Murio arikanga.
Shaffy aramureba aramuseka ati” Ugize ubwoba se? Niko bigenda iyo uciye amazi Kazola.
Murio ati” Ndashaka kuvugana nawe.
.
Ntibamwumva baramwirengegiza.
Murio ararakara avua cyane asakuza ati” Ndavuze nshaka kuvugana na Papa.
Bramuseka bati” Uriya ntago akiri so.
Murio areba abagabo.
.
Kurundi ruhande Nolla yahiye yatangiye kwikoraho ngo agiye kureba umukunzi cyane ko muri we yumva amukumbuye cyane.
Kelly yicaye aho arimo kureba uko yitegura.
.
Kurundi ruhande Jolly na Noella hari aho bageze Jolly aparika imodoka areba Noella.
Jolly ati” Uwo musore tugiye kureba uramwizeye??
Noella ati” Ndamwizeye n’umuhaka wa hatari.
Jolly ati” Ubwo reka nizere ko aza kudufasha.
Noella ati” Byizere araza kudufasha ndabizi neza.
Jolly ati”Sawa.
Bava mu modoka baza ku nzu barakomanga.
Jolly areba Noella ati” Harya wambwye ko yitwa nde??
Noella ati” Yitwa Emile.
.
Jolly arongera arakomanga, Emile arafungura, Jolly amubonye abona ni agasore gato cyane kambaye uburinete buriho udushumi. Emile arabarebaaaa.
Noella ati” Emile witureba nkaho utanzi.
Emile ati” Ariko niba nkuzi uyu we simuzi.
Jolly ati” Nitwa Jolly dukeneye ko udufasha.
Emile ati” Cyakora uri mwiza nicyi cya mbere mbonye.
Noella ati” Jya ugabanya ubwo buhehesi bwawe.
Emile ati” Ese wagiye ureka umuntu akivugira.
Noella ati” Uwo se uramuzi.
Emile arongera areba Jolly ati” Niba mushaka ko mbafasha nawe hari icyo agomba kubanza kumfasha.
Noella ati” Umva ntago tuziye ubusa banza utwakire.
.
Baza mu nzu Emile akomeza kureba Jolly cyane amureba ikibuno atambuka ihita ihaguruka, Noella arabibona araseka.
Noella ati” Emile wagiye wijijisha basi.
Emile ahita amufata umunwa ati” Umva ceceka ugiye kumunteza se.
Noella ati” Kureba amabuno gusa ihise ihaguruka.
Jolly aba arabumvise maze araseka areye Emile abona kabanda yahagarutse.
Jolly ati” Habaye iki
Emile ati” Uteye neza pe. Wowe ntago ndibuguce amafaranga uze kump akabizoux gusa basi.
.
Emile aza kwicara kuri Machine ye .
.
Jolly aramureba ati” Dukeneye kujyana kwa muganga hari machine y’umuganga dushaka ko uhakinga vuba.
Emile ati” Ntakibazo.
Jolly ati” Hari imyirindoro y’umuntu nshaka kurebano yumuntu waba warabaye doner wanjye akampa umutima.
Emile ati” Burya se ufute umutima baguhaye.
Noella ati” Emile gabanya amagambo tugende.
.
Emile afata agashati arambara maze bava mu rugo baragenda.
.
Kurundi ruhande Toresi nawe ageze aho Ozile akunda kuba ari.
Ozile aramubona ava mu banzi naze aza kuvugana nawe.
Toresi ati” Ozile nkeneye ujya kunyereka wa muntu.
Ozile ati” ariko Afande Lucas yariyambwiye ko tuza kujyayo nyuma ya saa sita.
Toresi ati” Umva ibya Kucas simbyitayeho. Ubutabera nshaka n’ubwo mugore wanjye. Lucas sinamutegereza.
Ozole ati” Sawa reka nkujyane, ariko nawe urabyumva.
Toresi ati” Niki numva.
Ozile ati” none urumva nagufasha gutyo gusa se.
Toresu ati” Ntakibazo.
.
Baremreraya uwo nabo bava aho baragenda bajya guhiga uwo muntu warikumwe nabashimuse Mia bakajya kumubaga.
.
Nolla nawe ari mu nzira agiye kureba Murio, disi arimo kugenda yishimye ntamara ntago azi urwo agiyeho.
Murio nawe aracyahambiriye ntago yishimye ababajwe no kuba yahamagaye umukunzi we ariko akaba adafite uko yahita amuburira.
.
Nolla ageze hafi y’iwabo.
Murio arimo kureba telephone aho bayishize ariko ntakuntu yayigeraho ngo aburire Nolla. .
.
Kurundi ruhande Jolly, Emile na Noella bageze kwa Muganga.
Noella ati” None turagera muri Office ya Dr Manu gute?
Jolly ati” Turashaka uko tugeramo.
Noella ati” Byaba byiza ubitekereje aka kanya.
Jolly ati” Ntabundi buryo uretse gutegereza akanya kose yaba agiye kuvura umuntu.
Bararebana.
.
Barakomeza baza bagana hafi ya Office ya Dr Manu baguma aho maze bacungana nuk aza gusohoka basi.
Emile ati” Ko mbona biza gufata umwanya.
Noella ati” Umva wameye kudufasha witangira kuvuga amagambo menshi.
Emile ati” Ariko narinz ko bifta akanya gato.
Jolly aramureba ati” Ntago ushaka aka bizoux wansabye se.
Emile araseka ati” Nako ntakizabo iguhe cyose byafata.
Aba akoze Jolly ku kibuno.
Jolly aramureba.
Emile araseka ati” ni tetema. Uteye neza pe.
.
Ako kanya babona Dr Mau avuye muri Office ye aragiye, Jolly areba Noella na Emile ati” Twagiye.
Bagenda buhuta cyane baba binjiye muri Office ye.
Emile ahita aza kuri Machine ye.
.
Kurundi ruhande Toresi nawe ageze muri Bar ikubda kuba irimo umwe mu bakozi ba Kazola. Ozole amwereka uwo ariwe.
Ozile ati” Gusa witonde bariya bagabo barica, kandi byaba byiza utagiye uvuga uwo uriwe.
.
Kurundi ruhande Nolla nawe agezekwa Murio akinjiramu gipangu Shaffy n’abasore bahita bamufata.
.
Kurundi ruhande ku kazi kwa Palasi yaicaye muri Office ye hari ama documents arimo kuzaza. Linda aba aje muri Office ye yambaye mini igaragaza hafi ikibero cyose. Palasi aramureba cyane. Linda arabibina maze araseka.
Palasi arahaguruka aramufata. Bahita abasomana, Palasi ashore intoki mu gitsina amukorakoramo yumva kirabobereye bakomeza gusoman bagenda bagera kurukuta maze Palasi aramuhindukiza amwejyega kurukuta, Linda amuteye ikibuno maze palasi azamura akajipo ayishuiramo ararangora.
.
Kwa muganga. Hacher Emile na ba Jolly bamaze kubona ko Mia ariwe wabaye Doner watanze umutima wahawe na Jolly
Jolly yarikanze cyane.
.
Udacikwa na Episode ya 25
Comments