logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 29

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE  BOODY FEELING
.
Episode 29
.
Twaherutse Jolly amaze kubwira Toresi ko yabazwe agahabwa umutima.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Toresi  yahise ajya kure mu bitekerezo atangira kwibuka Mia we Jolly aramureba maze  nawe atangira kuma yongeye kwicira urubanza maze ararira.
Toreis amurebye abona arimo kurira.
Toresi aramufata ati” Ese wowe urarizwa niki?
Jolly ati”  mbitewe no kumva  akababaro uba ufite.
Toresi ati” tuza ndakomeye.
Jolly ati’ Ndimo kubibona ntago ukomeye  kandi birumvikanaa.
Toresi ati” Oya ndakomeye reka twoge dusoze.
.
Bakomeza koga barasoza barambara.
Jolly afashe telephone abona Palasi amuhamagaye izindi nshuro 10 arikanga.
Toresi ati’Umugabo wawe yakubuze.
Jolly ati’ Yego, 
Toresi ati” Ahari umbabarire nivanze mu mubano wanyu.
Jolly ati” Tore kuba narahuye nawe ntago mbyicuza ahubwo byambareye umugisha. Ndese ahubwo nakifuje kutazakubura.
.
Toresi arabyumva maze aza iruhande rwe aramureba ati”  utekereza ko hari igihe wazambura.
Jolly ati’ Yego.
Toresi ati’ Ibyo ntago bizabaho.
Jolly yibuka ko afite umutima wa Mia, anibuka Toresi amubwira ko namenya uwambaye umutima wahoze ari umutima w’umugore we aribwo azamenya icyo  yamukorera.
Toresi ati” Jolly bite ko  utavuga.
Jolly ati” Tore abantu tumenya igihe cyatambutse  ntago tumeya ikiri ikiri imbere.
Toresi ati” Yego nibwo bushobozi abantu dufite ariko hari ikindi nemera gishoboka. Nubwo tutamenya  iby’igihe kiri   imbere ariko birashoboka ko abantu bakubaka  ibyo mugihe kizaza.
Jolly ati’ Yego icyo nacyo kirashoboka.
Toresi ati” None kuki njye nawe tutakubaka icyo gihe?
Jolly aramureba cyane maze afata  sakame  ye ati” Dutahe.
Toresi ati’ Ariko ntago unshubije.
Jolly ati”  Sinzi niba twabikora.
Toresi asekamo ati” Ndumva ugifite gushidikanya ariko ndahamya neza ko uzabibone one day.
.
Bava aho kuri Motei barataha. Jolly abanza kugeza  Toresi  mu rugo.
Toresi ati’ Urakoze.
Jolly ati” Urakoze nawe wampaye ibihe byiza.
Toresi ati” Ariko hari ikibaz njya nibaza.
Jolly ati” Nikibaz kindeba.
Toresi ati’ Yego.
Jolly ati” OK wambaza ntakibazo.
Toresi ati’ Ni gute ubasha kunkunda kandi ufute umugabo??
Jolly asekamo ati” Wakabaye wisubiza nawe.
Toresi ati” Kuki nakwisubiza uwo kunsibiza ahari.
.
Jolly ati”  Banza narabanye na Palasi kubwo amarangamutima araho gusa. Kuko  iyo nza kuba  naramukunze njye nawe ntago twariguhura.  Niba nibuka neza kubana nawe ninawe wabigizemo uruhare.
Toresi ati” Aho ndakumva.. 
Bararebana hashira akanya.
Toresi ati’ Reka kureke ugende nubwo kubwanjye mba numva utagenda.
.
Toresi ava mu modoka barasezera maze Jolly arakomeza nawe arataha.
.
Mu rugo kwa Jolly Palasi yarakaye cyane arimo gufunga inzugi. Nancy aje  muri Saro yambaye ibyo kurarana abona Palasi arimo gufunga inzugi
Nancy ati” Umugore wawe yagarutse se??
Palasi ati” Oya mama.
Nancy ati” None ko umufungiranye??
Palasi ati’ arare iyo yagiye kandi ejo nzabonana nawe.
Nancy ati” Ngwiki?? Ariko riya ntago ari umwana wawe ni umugore wawe.
Palasi ati” Ibyo biramureba. Umugore  uri mu gasozi se aya masaha n’umugore nyabaki??
Nancy ati” Palasi reka kwifata nabi.
Palasi ati” Mbabarira nawe Mama. Nuko bimze arare iyo yagiye. ubuse muhamagaye kangahe?
Nancy abona Palasi yariye karungu.
.
Palasi ajya kuryama.
Nancy abona ko byakomeye nawe ajya kwiryamira. Jolly nawe ari mu nzira ataha  ntazi ko zahinduye imirisho.
Ageze kuri geti avuza amahoni abra ufungura. Ahamagara securite wabo kuri  phone  baravugana
Jolly ati’ Bite urihe ko udafungura?
Securite ati” Mabuja umbabarire Boss yanze yananyatse infunguzo yavuze ngo urare iyo wagiye.
Jolly arabyumva maze aupa phone ahamagara Palasi. Palasi nawe yanga kumwitaba
.
Jolly asubira mu modoka aratekereza maze yandikira Toresi message. Toresi yaragiye kuryama aboNA Jolly amwandikye message ariyoma abona Jolly amubwye ko agiye kugaruka umugabo we yanze kumufungurira.
Toresi aramusubiza ati” Ntakibazo.
.
Jolly aragaruka, asanga Toresi arihanze aramutegereje.
Toresi amwakirana ubwuzu ati Bibaye umugisha wanjye.
.
Baza mu nzu.
Toresi ati’ Ikaze Chr reka ijoro ryacu ribe umugisha.
.
Jolly akinjira mu nzu  abon amafoto ya Mia atandukanye ari muri kadire aho mu nzu, agenda areba ayo mafoto. Toresi akajya amubwira amakuru yabo nuko bari babanye atarapfa. Uko amusangiza amakuru maze Jolly akibuka ko ariwe ufite umutima we.
.
Baza mu cyumba, Jolly ajya mu myenda ya Mia arayfata akajya ayihumuriza. Toresi biramucanga.
Toresi ati” Jolly kombona wakunze ibintu by’umugore wanjye cyane.
Jolly aramureba ati’ Nuko hari ikimpuza nawe.
Toresi biramucanga ati” Hari ikiguhuza nawe
Jolly areb Toresi afite ubwoba maze aramwegera cyane ati” Tore ngiye kukubwira iintu gikomeye  gusa uko uza kumfata kose ndakwakora gutyo.
Toresi ati’ Ugiye kumbwira iki??
.
Jolly amufata akaboko agashyirakumutima we ati” Uyu mutima uri muri njye niwo mutima wa Mia.
Toresi arikaga ahita amuvaho.
Jolly azenga amarira ati” Umbabarire.
Toresi arumirwa  ati”  urimo kuvuga ko ari wowe wahawe umutima w’umugore wanjye?/
Jolly ati” Yego.
Toresi arababara cyane  ararira kandi ari umugabo.
.
Jolly nawe ararira  yajya kugira ikidi avuga Toresi akamucecekesha.
Jolly ati”Basi unkatire urwo ushaka. Ariko nanjye sinzi ko byagenze.
Toresi ati’  kuki utari warabimbwiye mbere hose??
Jolly ati” Nanjye sinarimbizi mbimenye vuba.
Toresi aramureba cyane ati” Bivuze ngo waruzi neza  n’uburyo umugore wanjye yishwe.
Jolly ati’ Oya. Igihe cyose nahoraga mbaza umugabo wanjye ngo ambwire aho bakuye umutima akanga  kumbwira. Nabimenye uyu munsi ubwo  najyanaga na Emile agahakinga machine ya Dra Manu. Nibwo nabonye ko yari Mia.
Toresi aramureba cyane.
Jolly aramwegera aramufata ati” Tore.
Toresu aramwiyaka. Jolly ararira cyane.
.
Toresi ati’ None umugabo wawe niwe wishe umugore wanjye.
Jolly ati” Smbizi. Ariko abaye ari nawe  nzagufasha ahanirwe ibyo yakoze.
Toresi aramureba  ati’ Burya ahari nakuruwe n’umutima w’umugore wanjye wari muri wowe.
Jolly ati’ Nanjye nicyo kimbabaje. Kuko wasanga ntaragukuze nkanjye ubwanjye ahubwo narabitewe n’umutima wa Mia uri muri njye
Toresi yarababaye.
Jolly ati’ Tore basi mbabarira reka nkufashe kubona  ubutabera bw’umugore wawe.    Naho iby’urukundo rwacu banza rwari ikinyoma.
Toresi aramureba.
Jolly ati” Toresi windakarira  gutya. Sinjye wahisemo urupfu rw’umugore wawe.
Toresi ati’ Uravuga ko atari wowe?
Jolly ati”  Wenda  mbifitemo uruhare ruto nk’umuntu warukeneye umutima. Ariko   iyo nza kubimenya sinariguhutamo ko Mia abura ubuzima bwe kubera njye
Toresi aramwumva
.
Amasaha nayo arisunika.
Toresi agerageza kwishakamo kubyumva. Cyakora nyuma aza kumva Jolly maze bashaka uko baryama.
Gusa burda bucya toresi adasinziriye.
.
Akangutse abona Jolly  aracyasinziriye areba mu gatuza ke   abona neza umutima wa Mia ari muri we.
Arabyka ava mu buriri avamu cyumba ajya muri Dushe koga. Hashize akanya Jolly  nawe arabyuka.
Toresi avuye koga abona Jolly yabyutse.
Jolly ati” Tore bjr
Toresi ati” Bjr.
Jolly ati” ngiye kugufasha abakoze ibi barabihanirwa.
Toresi ati’Uraba ukoze cyane.
.
Uwo mwaya bumva hari ukomanze kubera ko Toresu arimo kwambara. Jolly aba ariwe ujya gufungura afunguye abona ni Nolla uje.
Nolla aboye Jolly n’uburyo yambaye aratungurwa.
Nolla ati’ wowe urakora iki hano??
Jolly ati” ahubwo owe urinde
Nolla ati” Ngo ndinde.
Jolly ati” Yego.
Nolla ati”  Niba wararanye na Papa yakabaye yakubwiye ko afite umuryango.
.
Jolly ati’ Ariko ko mbona wagira ngo si ubwambere nkubonye.
.
Bose baba baributse ko bigeze guhura na mbere imbere ya kazi  kwa Toresi. 
Jolly ati” Uziko nkwibutse.
Nolla ati” Nanjye ndakwibutse.
Jolly ati” none papa wawe ni Toresi?? Banza ariyo mpamvu nahise nkukunda rata tugihura bwa mbere.
.
Toresi aba aje muri Saro abona Jolly avugana na Nolla
Nolla yinjira mu nzu avugana na Papa we.
Nolla ati” papa menye impamvu utigeze uza kwa Aunt. Ariko nshimye   uyu muntu mwararanye hano. .
Nolla arahindukire areba Jolly bahuza amaso ati’ Nashima ko wagumana na Papa igihe waba wemeye gusa ko ugiye kuba Mama wacu.
Jolly na Toresi bararebana baraseka.
.
Udacikwa na Final episode

Comments