logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 30

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
LOVE MAKE BODY FEELING
.
Final Episode.
.
Twaherutse Nolla bwira Toresi na Jolly yakwemera ko bagumana igihe cyose Jolly yakwemera ko agiye kuba mama wabo..
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Jolly na Toresi bumvise amagambo Nolla avuze maze  bararebana baraseka.
Nolla arabibona ko bamusetse ati’ Sawa ubwo  mubisetse.
Toresi ati’ Ntago tugusetse mwana wanjye ahubwo ndibaza koko wabonye Jolly  yab mama wanyu?
Nolla arahindukira abanza  kureba Jolly ati”  Jolly ntago muzi bihagije ariko kuva twahura nahise mukunda.
Toresi arebana na Jolly.
Nolla ati” Sinzi nyimubona nahose mbona ameze nka mama wacu.
Jolly arabyumva yagize agize amarangamutima menshi  cyane muri we.
Noll arabareba ati’ Navuze menshi cyane none nimumbwire niki kiri hagti yanyu.
Jolly arebana na Toresi,
Toresi ati’ Uyu jolly ni
Nolla ati” Papa ubwo ugiye kumbeshya. Kmbwiza ukuri kuko ntago mwapfuye kurarana biraho gusa.
Toresi ati’ Jolly ni umukunzi wanjye.
Noll ati” Nabiketse rwose.
.
Nolla areba Jolly ati” Jolly turakwakiriye mu muryango.   Igihe cyari kigeze kugira ngo papa ave mu bwigunge bwo kubaho wenyne.
Toresi ati” Nolla buriya  ntago urimo kwihuta cyane.
Nolla ati” None urukundo rwany rugamije iki??
Toresi arebama na Jolly.
Toresi ati” Noll hari ikindi kintu ukwiye kumenya.
.
Nolla ati” Niki??
Toresi agiye kumubwira arebana na Jolly, Jolly azunguza umutwe maze Toresi ahita abona ko ataricyo gihe cyo kuba  yabwira Nolla icyo yaragiye kumubwira.
Nolla ati’ Paoa ko uhise uceceka
Toresi ati’  nashakaga kukubwira ko vuba mama wawe agiye kubona ubutabera bwe.
Nolla ati” Na murio yavuze  ko adufasha.
.
Toresi ati’ we aradufashe gute
Noll ati” Papa we niwe  wabikoze. Ariko nyine ntago ari papa we wanyawe nuko yaryaramutoraguye akamuvana kumuhanda.
Toresi ati”    Nduma ari byiza cyane noiba nawe aribudufashe. Na Jolly agiye kudufasha yemeye kuduha ubufasha bwose.
.
Nolla araseka ati’ Ndishimye cyane kuba mama agiye kubona  ubatabera bwe.
.
Toresi na Jolly bavuye mu rugo bagiye kuri Police.
Mu nzira bagenda baganira.
Jolly ati’ Ntago Noll yarabuhite anyumva.
Toresi ati’ Nanjye mbonye ko narigiye guhubuka.
Jolly ati” Reka ibi birangire maze uzabwize ukuri nanjye nzapfukama  imbere yabo mbasabe imbabazi.
.
Tuze mu rugo kwa Jolly Palasi.
Palasi n’ubundi yaramukanye umushiha arimo wkizengurukaho mu nzu kuba Jolly ataragaruka. Az hanze kuvugana na  Securoye amubaza niba Jolly yaba yagize aza.
Securite ati’ Yeje mubwira ko wavuze ko arara iyo yagiye maze arongera aragenda.
Palasi arushaho   kumva arakaye  cyane aritotomba cyane ati’ Umugore w’ikimara.
.
Amaze kwitotobma afata telephone aramugamagara,
Jolly  na Toresi bari mu modoka bagenda JOLLY abona Palasi aramuhamagaye maze aramwitaba.
Palasi avuga atongana ati’ ariko uri ikigoryi bingana iki??
Jolly ati” Urimo rantukira iki  ntiwafunzeinzu yawe ugatanga amategko yuko ntagomba gutaha nkayinjiramo.  None urasakuza usakuza ibiki?? 
Palasi ati” Nta mugore w’ikimara nabonye nawe.
Jolly ati” palasi  urantunse ngo ndi ikimara.
Palasi ati’ Yego pe kandi mbisbiyemo. Uri umugore w’igihomora gusa. Ibaze umugore uta umugabo mu nzu akajya kwangara hanze mu bandi bagabo.
Jolly arababara maze arebana na Toresi.
.
Jolly ati” Sawa niba nagiye kwangara ariko nawe uraje ubone ibyo wakoze.
Palasi asa n’uwikanzemo ati” Nakoze iki ugiye gukora iki?
Jolly ati” Palasi narimaze kukurambirwa uraje ubone neneho
.
Palasi yikangamo, Jolly ahita anamukupa Palasi  arikanga  yibaza icyo Joly agiye kuba yaora kiramucanga.
Aribaza cyane ati’ Uriya mugore azi iki agiye gukora iki?
Arongera aramuhamagara, Jolly aramufata ati’Waretse kumtesha umutwe ko wavuze ko ndi umugore w’ikimara.
Pala sati” Jolly vayo hano tubanze tuganire
Jolly ati’ Yego ndaje wowe untegereze.
.
Nancy aje hanze abona Palasi yasze arimo kuvuga  nabo ndetse yahabye cyane.
Nancy ati’Ese bite ko mbona ubye nk’umusazi?
Palasi ati’ Mama uriya mugore n’igicucu ntago nakabaye narabanye nawe.
Nancy ati’ Ese niwe udashobotse cyangwa ni wowe udashobotse?

Tuze kuro Jolly na Toresi baracyagenda. Bavugana
Toresi ati” Umugajbo wawe ntago yoroshye.
Jolly ati” Uriya ntago akiri umugabo wanjye. Nubwo nawe bigiye kurangira byanze ariko sinzasubira kwa Palasi narimwe.
Toresi aramureba.
Jolly azenga amarira ati” Birimo kumbabaza kua icyifuzo cy’umukobwa wawe kitagiye kuba impamo.
Toresi aramufata ati” Umva 
Jolly ati” Oya ahari twaribeshye ntarukundo rwari hagati yacu.  Wenda nagukunze kubera umutma w’umugore wawe uri muri njye nawe unkunda ukuruwen’umutima w’umugore  wawe uri muri njye.
.
Bidatinze bageze  kuri Police  Joly atanga ubuhamya bwose azi avuga n’umuganga wamukoreye  operation
 Ako kanya wa mu Police Lex nawe yahise afatwa na Manudi wari wahawe ikirego cyo gukurikirana urupfu rwumu police mugenze wabo amani wishwe ubwo  baribatwaye Shaffy n’abandi basore ba kazola.
Manudi areba Lucas ati’ Lex icayha kiramuhama niwe wishe Aman. Isasu ryishe Amai ryavuye mu mbunda ye kandi nawe yiyemereye ko ariwe wamurshe.
Lucas areba Lex ati”  aba Police nkamwe babagambanyi uuntu uzabakorere iki?? Ubwo uru umugambanyi uzi n’agatsiko ka mabandi ashimuta abantu bakabakuramo imitima. Boss wawe ninde??
Lex ati’ Yitwa Kazola. 
Lucas ati’ Urakoze cyane tubwire naho yaba yihishe ubu kuko urahazi.
Lex naho arahavuga.
Lucas ati’ akorana na bande bandi.
Lex ati’ Hari undi mugabo usigaye ushora amafaranga mu bikorwa bye.
Lucas ati’ Uwo mugabo ninde??
Lex ati” Yitwa Palasi.
.
Jolly arikaga arebana na Toresi.
.
Lez amaze gutanga amakuru yose ashoboka ntibyatinze Lucas nikipe bahise bagaba igitero Kazola arafatwa,
Palasi   nawe agiye kuva mu rugo yakubitaniye na Police kumaremb y’igipangu cye nawe atabwa muri yombi.
Yarebanye na Jolly. Ndetse na Mama we yarumiwe cyane  amaze kumenya ibikorwa bibi umwana we yakoze.
.
Abagabo bamaze gutabwa muri yombi.
Jolly na Toresi baje kuganiriza Nolla na Frank.
Toresi abasobanurira byose  ababwira ko Jolly ariwe ufite umutima wa mama wabo ariko ko  naruhare yagize mu rupfu rwa mama wabo.
Nolla na Frank barabyumvise ndetse bavuga ko n’ubundi barushijeho kwakira Jolly nka mama wabo kuva  anafite umutima wa mama wabo.
.
Abana bamaze kubyemera , Toresi na Jolly nabo baje kuvugana ukwabo nk’abantu bakuru.
Toresi ati” Niba abana bakwakiriye njye nahera he nkwibuza.
Jolly araseka ati” Ese njye nahera he mpakana.
.
Gukundana hagati yabo  byarakomeje maze nyuma y’igihe gito baza gukora marriage barabana. Murio na Nolla nabo urukundo rwabo rwarakuze cyane nyuma y’imyaka atanu yose bakundana nabo baza gukora marriage barabana. 
.
Ndabashimiye mwarakoze cyane.
.
Inkuru nshya Yitwa 
.
INAMA Z'URUGO
📢 Kwamamaza

Ibihe...

Comments