logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 22

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 22
.
Dusize Jolly  yuzuye gushidikanya  yibaza niba  yakongera kuvugana na Toresi mugihe yicyeka ko umutima waba umurimo ushobora gusanga ari  uwa Mia.
.
Story by Chris nandi Ishimwe
.
Jolly yicara kuburiri yumva afite agahinda kumutima ko kuba atigeze aha Toresi umwanya ngo bavugane. Ariko nanone kurundi ruhande akbaza uko yarikuvugana nawe, akibaza umutima yarikuba afite wo kuvugana nawe.
Mugihe akirimo kwibaza byinshi palasi aba aratashye asanga Jolly akonje cyane yicaye aho mu cyumba aramwitegereza, akuramo ikota maze amuza imbere.
Palasi ati” Kubera iki umaze gutya wabaye iki??
Jolly ati” Nuko niturije gusa ntakibazo.
Palasi ati” Uko umeze ntago ari ugutuza.
Jolly aramureba ati” None niki??
Palasi ati” jolly warahindutse cyane ntago ukiri wa  umugore wanjye twabanye.
Jollya aramureba ati” Ahari kubera ko nambaye umutima w’abandi w’umuntu ntazi nibyo byampinduye ntawamenya.
Palasi ati” Umva Jolly wibeshyera umutima wambaye. Waraahindutse wowe kugiti cyawe. 
.
Bararebana 
Palasi ati” Nk’umugabo wakoze igishoboka cyose agashaka ubuzima bw’umugore we ntayakabaye ahabwa urukundo rwuzuye koko.
Jolly ati” Ariko ntanubwo rwigeze rucagasa.
Palasi ati” Ubuse ibyo wibahamya?? Hashize igihe kingana iki ntahura n’umugore wanjye
Jolly ati” Ese guhura kumugabo n’umugore mu buriri nibyo signe gusa y’urukundo??
Palasi ati” Oya ariko nikimwe mubibagize.
Jolly aramureba, gusa jolly muri we aba yumva atagikunda umugabo we cyane.
.
Tuze mu rugo kwa Toresi asoje guteka maze atangira gutegura ameza. Arangije Nolla na franka baza kumeza.
Nolla ariko yitegereje Papa we nk’umuntu mukuru abona arasa n’umuntu ufite ikibazo.  Toresi asoje gutegura abakira kumeza.
Toresi ati” Bana banjye karibu kumeza.
Frank ati” Papa watetse neza.
Nolla akomeza kwitegereza papa we cyane.
Torese nawe aramureba bahuza amaso Nolla arimo kumureba cyane ati” Nolla bite ko undeba gutyo.
Nolla ati” Papa  ufite ikihe kibazo??
Toresi araseka ati” Oyaaa ntakibazo mfite.
Nolla ati” Papa  wikwiyumanganya namaze  kubibona.
Toresi ati”   mwana wanjye ni kuri wowe natekerezagaho.
Nolla ati” Kandi nagarutse papa nabashije kwirrwanaho.
Toresi ati” yeho wabikoze ariko se iyo biba bakagufata koko 
Nolla ati’ Papa kuva  bitabaye reka dushimire imana kuba yabashje kundinda.
Toresi ati” Nibyo uravuga ukuri. Imana ishimwe. 
Nolla ati” Rero wikomeza guhangayika cyane papa sibyo kuko kukubona umeze gutyo natwe byatubangamiras.
Toresi ati” Mu mbabarirebana banjye.
.
Toresi ati” Ngaho muteke turye.
Nolla ati” Yego papa kandi turagukunda.
Toresi ati” Nanjye ndabakunda cyane.
.
Batangira kurya.
.
Haciye akanya gato telephone ye irambitse ku kabati irasona franmk ahita ajya kuyireba. Toresi yumba agaruye  agatima atekerrza ko ari Jolly waba umuhamagaye, Frank azana telephone ayirebamo.
Tores ati” Ninde.
Frank ati” Ni  Uncle Ponemo.
Toresi  ahita acika integer nanone cyakora afata telephone avugana na Ponemo yashakaga kumubaza niba nolla yabonetse. 
.
Basoje kurya, Toresi yaje mu cyumba, muri we hazamo amashusho ‘ibihe bicye byiza yaramze kugirana na Jolly none Jolly ntago agishaka kumwitaba. 
Toresi yicara kuburir atangira kwibaza niba ahari hari aho yaba yarababaje jolly.
.
Tuze kwa Jolly muri ayo masaha arikumwe n’umugabo we mu cyumba. 
Palasi ati” Chou wareka iri joro rikaba nko kumunsi wacu wambere?? Ese ujya wibuka rya joro ryacu rya mbere??
Jolly ati” ndaryibuka.
Palasi ati” reka twiyibutse icyo  gihe.
Joly aramureba ati” Umbabarire….
.
Atarakomeza ngo avuge  ibindi amufata  kumunwa.
Palasi ati” ntago nkunda ijambo ugiy kuvuga. Ariko ndibaza habaye iki ko weakonje?? Niki kibi nagukoreye?? Ese ntago kuba naragushakiye ubuzima byakunyuze??
Jolly ati” Palasi wanshize mu rujijo. Kuba nambaye umuima ntazi nyirawo mba numve umutima ucira urubanza. Niba warawubonye mu buryo bwiza kubera iki tutakwifata tukajyagushimira umuryango w’uwabikoze.
Palasi ati” Nabahaye amafaranga menshi ahagije.
Jolly ati” yari amafaranga yo kugura gusa ariko.
Palasi ati” Nonese nyine ayo ntago ahagije??
Jolly aramurebaaaaaa.
.
Kurundi ruhande hari uwabuze ibitotsi. Toresi ntago aguwe neza muri we, aryamye agaramye arimo kwibaza byinshi.
Afata telephone yandikira Jolly sms amwifuriza  ijoro ryiza maze aroyohereza,
.hakuno mu rugo kwa Jolly bararyamye. Jolly ateye palasi umugongo, Palasi we yatse arumva abishaka cyane.
Mugihe umutima wa Jolly wo wibereye kure cyane, ntago ari hafi ntanakimwe yumva ashishikajwe nacyo kumugabo we.
.
Palasi atangira kumusoma mugongo akaya amkubita udushyi ku kibuno ngo areba ko Jolly nawe yajya muri mood maze akamwitaba.
Arabikora cye ye ariko Jolly reka daa nimugicuku ntacyo yumva.
.
Ako kanya phone ye irasona umutima ushigukira hejuru. Iri hafi ye maze arayifata arebamo abona ni toresi umuhaye sms amwifuriza ijoro ryiza. 
Agiye kumusubiza yumva palasi yagejeje agatoki mu gitsina cye kandi ntago abishaka maze amufata kaboko agakuramo.
Palasi ati” ariko se uri mugore nyabaki wibgiwe inshingano ze??
Jolly ati” ninde wakunwiyr ko kuba umugore ari imshingano.
Palaso aratangara ati” Aka kanya ugiye kwibagirwa umuco se/
Jolly ati” umuco niki se. cyangwa ahubwo wowe uracyetekereza ko ari byabindi umugabo   yatahaga abwira umugore kuyamanika??,
.
Palasi ati” Ese ko usigaye uvuga nabi??
Jolly ati” Aho nihe mvuze nabi??
Palasi aramureba ati” umv ngaho tureke  amagambo uko mu byukuri tuzi icyatumye tubana.
Jolly aramureba gusa.
Palasi ati” Nibyo gusa.
Jolly ati” Wihangane njye ndumva bitandimo.
.
Palasi umujinya uramwica maze amujya hejuru ashaka guhatiriza, Jolly  aramureba .
Jolly ati” ntakibazo rwose niba umutimanama wawe aricyo ukubwira.
Palasi ati” nawe rwose ukabije kumbagamira cyane.
Jolly ati” sinkubangamiye ariko niba ndi umugore wo gufatwa kungufu rwose komeza pe.
.
Bwaracyeye.
Bucyeye nolla atekereza kuri Cher we maze afata telephone aramuhamagara yumva ni compose arongrera aramuhamagara bwa kabiri  nabwo iba compose.
.
Toresi  nawe abyutse atekereza  icyo agiye gukora, ikiri  mu mutwe we nukujya gushaka Ozile akajya kumwereka wa muntu  umwe yigeze kuvuga ko yabonye mu  bashimuse umugore we mugihe police  iraba  iraba itabikoze.
Arabyuka aza muri Saro no kureba uko abana be baramutse.
.
Kurundi ruhande mu rugo kw jolly ntago haramute neza haramukanye umunabi urenze cyane. Palasi aramukanye umushiha arebana nabi na Jolly ndetse baje no kumeza batarebana neza nancy arabibona.
Nancy ati” Yemwe ko ntarukundo mbona ruramutse hagati yanyu abwo aho ni amahoro.
Jolly na palasi bararebana.
Nancy ati” Ko murebana ntimuvuge se.
Palasi aho kuvuga ahaguruka kumeza, Nancy aramureba ati” Palasi kubera iki uhagurutse kumeza.
Palasi ati” ndimo kwihuta cyane ngiye mukazi mfute akazi kenshi.
Jolly aramurenba bahuza amaso, nancy arabibona neza ko hrimi ikibazo..
.
Tuze kwa Kazola, Shaffy arimo guhondagura murio ysmugize intere.
Murio ati”  mwandetse nabatwaye iki??
Shaffy ati” hano ntagsciro ikihafite.
Murio  ati” Nyine  mundekure nigendere. Haricyo mumbaza.
Shaffy ati” Oyaaa kuva hano ntago birimo. Ahubwo dukeneye ko uhamagara w mukunzi wawe akaza hano.
Murio ati” agaruka  hano gukora iki??
.
Barakubita
Shaffy ati” umva wowe muhamagare ibindi ntago bikureba.
Murio ati” sinabikora ibyo mubyibagirwe.
Shaffy ati” Niko ubitekereza, umva uramuhamagara kandi aka kanya.
Murio arabseka.
Shaffy ati” Ok, buretse nze nkwerekeko utagiye kumuhamagara.
.
Bazana amashanyarazi batangira kumubitisha amashanyarazi.
.
Udacikwa ka Episode ya 23
[

Comments