logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 21

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 21
.
Twaherutse Nolla bagiye kumufata kungufu.
.
Abagabo batangiye kwikuramo imyneda areba, Neza neza arabona ibye bigeye kurangiriraho. Shaffy n’abagenzi be barishimye cyane barizihiwe.
Nolla areba hirya no hino maze atangira gutera imibare y’uko yakwirwanaho, arebye kuruhande abona icyuma cya beto ariko nyine kiri kure ye gusa yabonye agarura amaso abona igisore cya mbere kimuhagaze imbere n’imboro irereta/
Kurundi ruhande toresi aracyahamagara Nolla ariko ntago amufata kuri telephone bitangira kumucanga   atangira kwibaza ikibazo yaba yagize.
.
Muzehe Penemo  ati” Wihangayika cyane nkaho hari ikibaye/
Toresi ati” Nkwiye guhangayika kuko ibi ntago byari bisanzwe. Nolla  ysrasanzwe azi neza ko telephone ari ingenzi cyane none dore muhamagaye inshuro icumi zose ntafata telephone.
Penemo ati” Wasanga atanayifite afite ibindi arimo gukora.
Penemo ati” igihe cyose se niko yaba afite telephone??
Toresi ati”  Abana banjye twavuganye ko   igihe cyose telephone igombs kuba iri hsfi yabo kubwo umutekano wabo.
Ponemo ati” Ubwo niba bimeze gutyo wamugani wawe hashobora kuba hari ikibazo.
Toresi afata ikote areba muzehe Penemo ati” ndatashye 
Ponemo ati” Ntakibazo  jya kureba abana.
.
Tores ahita ava mu kazi yihuta cyane ageze hanze afata akamoto.
.
Kurundi ruhande Nolla arimo kugundagurana n’Umuabo wa mbere arwana nuko atayimushyiramo.
Abandi bahagaze kuruhande barimo kurebera.
Nolla akora uko ashoboye arahangana ariko wapi Umusre harabura gato cyane akayisesekamo da!
Nolla  arakomeza arahatana   agakubitwa, Shaffy abonye ko akomeje kubatesha umutwe akurayo imbunda arayimutung.
Shaffy ati” urahitamo ubuzima cyangwa urupfu wa gikobwa we.
Nolla aramureba maze aramucira Shaffy kamere irazamuka araza ahite amufata umunigo amuteragura inshyi
Nolla aratuza
Umusore amusubiraho ashaka kuyihata Nolla abumba amaguru.
.
Tuze  mu nzu Kazola aracyavugana na  Murio.
Kazola ati” umva uraza guhitamo cyangwa.
Murio ati” Wihangane njye ntago nakwifatanye namwe mu bikorwa byanyu.
Kazola ati” Ni wowe mwana w’ikimara nabonye ubaho. Wa kigoryi we waba usobanukiwe ubuzima??
Murio aramureba ati” yego.
Kazola ati” Ntakintu uzi ikigoryi gusa.
Murio ati” Ese ubuzima ushaka kumbwira cyangwa  kunyigisha nuko guhemukira abandi mukora.
Kazola ati” Duhemukira bande??  Mwisi  hari abantu baba bameze nk’umutwaro baremereye isi kandi nabo ubwabo biremereye. Abo nibo dufasha  kureka gukomrza kuba umutwaro.
Murio asekamo ababaye ati” Mukabica ibice byabo mukabigurisha.
Kazola ati” Ahubwo bakabaye badushimira kubera ko tuba tubaruhuye imiriho yisi baba badashoboye kubamo.
Murio aramurebaaaa.
.
Murio ati” Ndeka mve hano nigendere.
Kazola ati” Oya suko biragenda. Wa cyane we.
.
Tuze kuri Torese ageze mu rugo ahasanga frank gusa nawe aribwo akiva ku ishuri aramureba ahita amubaza aho Nolla ari.
Frank ati” ntawe nasanze hano.
Toresi  biramcanga arongera aramuhamagara wapi. Kumbe telephone irimo gucamo ariko ntago ari Nolla uyifite bayimwatse.
Ahubwo arimo kurwana no kurokoka.
Igisore cya mbere kiracyahatiriza ariko nawe byanze Nolla yamubereye ibamba.
.
Shaffy na mugenzi we batangira kumuseka cyane bravuga bati ati” Ariko new ntago ushoboye.  Ubwo  byakunaniye kuyishyiramo.??
Shaffy ati” umva ba uvuyeho Nesta y’ikorere.
.
Uwo avaho Nesta ajyaho. Ako kanya Shaffy boss Kazolla ba aramuhamagaye kuri Phone ajya kuruhande aritaba.
Nolla nawe sinzi uko abonye amahirwe ahubuka Nesta gato yarangariye mugufungura apanaro maze aba ageze kuri ferabeto arayifata Nesta amwatatse ahita akubita kumutwe Nesta ajya hasi, Shukulu nawe yatatse ngo amufate Nolla akubita mu mbavu arebye kuruhande abona imbunds ya Shaffy aba yayifashe arayibatunga.
Nesta na Shukulu bashaka kongera kumwataka arayibatunga.
Nolla ati” Niba mushaka gupfa hagire unyegera.
.
Nesta aba arahagurutse ashatse kumusimbukira rimwe Nolla aba arekuye isasu riramufata  uwo ajya hasi ava kubirayi. Shukulu aba yikanzemo abona ko Nolla ari serie.
Nolla afata telephone ye maze asohoka yiruka Shaffy ahindukiye akubutana na Nolla afote imbunda arayimutunga.
Shaffy arayamanika umwana acaho neza kuneza ageze imbere ajugunya imbunda yabo maze ariruka cyane 

.
Tuze mu rugo kwa toresi byamucanze yabuze amahoro aribaza icyabaye kumukobwa we.
Kurundi ruhande Jolly naeyicaye mu rugo mu ntebe arakonje cyane arimo kureba telephone ye burikanya akareba ukuntu Toresi yamuhamagaye cyane akanga kumwitaba.
.
Saa mbiri z’joro  zigeze  Toresi yahangayiitse cyane abona Nolla nguwo  aratashye. Toresi maze aramuhobera cyaneeee, Nolla nawe arira kubitugu bye.
Toresi ati” Niki cyakubayeho.
Nolla ati” Narinashimuswe.
Toresi arikanga ati” Washimuswe n’abande?? 
Nolla ati” Papa wihangayika cyane  ni abasore ba Papa Murio
Toresi ati” bagushimutiye iki??
Nolla ati”Papa wa murio yamushakaga kumbaraga kubera ko Murio yamusuzuguye akanga kumwumva.  Ubwo nanze komujyana nanjye banjyana gutyo. Habuze gato narifashwe kungufu.
Toresi ati” Mwana anjye wajya ugendera kure y’ibyago suko nakubwiye. Wibagiwe ibyabaye kuri mama wawe?? Ese ubundi uwo Musore ni muntu ki umwizeye bingana iki ko ubona atangiye kukujyana mu byago.
Nolla ati” Ntaibazo cye papa kandi siwe wanjyenye mu byago nabikubwiye.
Toresi ati” Ubwo ubashije gukura Imana ishimwe ariko ukeneye kubaho wigengesereye mwana wanjye.
Nolla ati” yego Papa kandi ndakumva cyane.
.
Nolla aricara yibuka ukuntu  yishe umuntu bwa mbere mubuzima bwe arikanga nanone. Atangira kugira ubwoba ahubwo.
Toresi aramureba abona afite ikibazo maxe aramwegera ati” Nolla niki cyabaye ukaba utambwira.
Noll ati” Habuze gato narimfashwe kungufu ariko nishe umuntu.
Toresi arikanga ati” Wowe wishe umuntu gute??
Nolla ati” Yego nabikoze Papa namurashe.
Toresi ati” Wowe warasa umuntu gute 
Nolla ati” nitabaraga.
Frank we abigira urwenya ati “ Ubwo ushaka kuvuga wagize Rambo wowo ukarasa umuntu ukamwica.
Toresi ati” Mwana wanjye niba wabikoze wabikoze witabara. 
Nolla agerageza kwishakamo umutuzo.
.
Toresi ati”Abo bantu bagiye bari bagiye kugukorera ibyo  ngomba guhangana nabo.
Nolla ati” Oya Papa ni abantu babi cyan ntago wabajyamo.
Toresi ati” Oyaaa sinatuza gutyo gusa.
Nolla ati” Umva Papa nabashije kuvayo kandi ndimuzima wajya guta umutwe rero.
Toresi aramurebaaa.
.
Tugaruke kwa Kazola. Shaffy na shukuli bafite umukinya kubwa mugenzi wabo Nolla yivuganye bahise bamurwara inzika.
Ninako kandi Murio bahise bamuzirika nyuma yanze kumva kazola akamuszugura bahisxe bamushyira ku ngoyi baramukanyaga.
Shaffy aza iruhande rwe aho azirikiye ati” Nkawe koko  urabona uku atarukwiyica. Wanze none urayangije .
Murio aramureba gusa.
Shaffy ati” Gusa ulo byamera kose kiriya gikobwa mukundana kigomba kwishyura urupfu rwa Mugenzi wacu.
Murio ati” Yakoze ahubwo mwa mbwe mwari mugiye kumufaya kungufu.
Murio arabaseka, Uko  yagasetse shaffy ararakara  cyane maze amutera urusyhyi.
.
Twiyizire mu rugo kwa Toresi aratetse atekeye abana be. Gusanubwo atetse arumva atishimye muri we bitewe nuko  aatabashije kuvugana  na jolly yamuhagaye cyane bishoboka ariko Jolly yanze kumwitaba. Ntanubwo azi impamvu ibyo Jolly yabikoze.
Ninako kandi  na Jolly ameze ntago yishimye arumva afite irungu arakonje cyane. Ava muri saro aza mu cyumba cye areba kuri telephone ashaka kumuhamagara ariko akumva muri we biranze kubera ubwoba.
.
Udacikwa na Episode ya 22

Comments