logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 12

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode  12
.
Twaherutse,  Palasi asambana na Linda.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Palasi  na Linda baracyarimo kwinyensebura  bakora akinyuma.  Nyuma yakanya barahindura Palasi aramufata aramuterura ayishyiramo amuteruye,  hashize umwanya bararangiza linda afata  amakariso ye arambara.
Palasi aricara.
Linda aramureba ati”  Ese bite ko wakoranaga umujinya??
Palasi ati” Nii kindi ushaka.
Linda ati” Nubwo ntari umugore wawe ariko simbikunda iyo  uje ubikora   kuriya. Ese ubundi  nikihe kibazo  iri hagati yawe n’umugore wawe.
Palasi  ati” ibyo ko bitakureba urabibariza iki??
Linda ati”  Soryy boss nabazaga gusa.
Palasi ati”  ujye  ubaza ibijyanye n’akazi gusa.
Linda ati”  ok.
.
Linda ava aho aragenda. Palasi asigaa aho muri biro atekereza. Yibuka ukuntu ni joro Jolly yaraye amuhakaniye.
.
Tuze mu rugo kwa Jolly avuye mu cyumba  aza mu gikoni areba umukozi wabo abona hari ibyo agiye guteka.
Jolly aramubaza ati” Gantile ugiye  guteka iki??
Gentile ati” Ngiye guteka inyama.
Jolly ati” Uyu munsi ntago aribyo nza kurya.
Gentile ati” None nkutegurire iki??
Jolly ati” Ugiye kujya mu gasoko. Ujye gushaka ibihaza n’ibishyimbo.
Gentile ati” Ibihaza n’ibishyimbo???
Jolly ati” yego.
.
Nancy aza mu gikoni nawe yumvise ibyo kurya Jilly ashaka aratangara cyane!
Nancy ati” Jolly uwo ni wowe  ushaka   kurya  gutyo??
Jolly ati”Yego.
Nancy araseka ati” Jolly waundaga inyama n’ifiriti   arashka kurya ibihaza n’ibishyimbo??
Jolly ati” Yego.
Nancy ati” Yewe ndumva kwa muganga bagukoze.
Jolly araseka ati” Oya ntago ari kwa Mganga babintegetse.
Nancy ati” none ni wowe ubishaka?
Jolly ati” Yego.
Nancy arumirwa ati” Yewe ndumiwe.
Jolly ati” Naje gusanga aribyo nkunda Mama!
Nancy ati” Oya pe ntago aribyo ukunda.  Wowe n’inyama n’ifiriti mwarimwarasinye amasezerano ya burundu.
Jolly araseka.
.
Gentile ava mu rugo ajya mu gasoko kubishaka arabibona arabizana arabiteka. Maze aze kubitegura kumeza.
Jolly aza kumeza maze akaraba intoki  yumva  afite apetit nyinshi zo kubirya atabgiye kurya asnga ibihaza ntago byahiye neza. Tayali Gentile yabitse nabi.
Jolly ahita acika apetit.
Gentile aza muri Saro, Jolly aramureba ati”Gentiek byakugendekeye gute  ko bitahiye??
Gentile ati” Umbabarire narinzi ko byahiye.
.
Jolly ati” Wapi pe apeti yabyo narimfite ihise igenda.
Jolly ahita ahaguruka ajya kwitegura ava mu rugo aragenda. Yaje kwa muganga aza ashaka Muganga Manu. Dr Manu aza muri Office ye.
Dr Manu ati” Jolly bite hari ikibazi ugize??
Jolly ati” Oya ahubwo hari icyo nashakaga kukubaza.
Manu ati” Mbaza.
Jolly ati” Wamfasha ukampa imyirondoro y’umuntu wampaye umutima??
Dr Manu ati” Wihangane ayo makuru ntago nayaguha.
Joly ati” Ariko ni kubwo ineza ndashaka kumenya umuryangowe nkazajya kuwushimira.
Manu ati” Oya wihangane doner aba ari ibanga.
Jollyati” Ariko njye sinamuhawe n’ibitaro.
Manu ati” Yego ariko aho yaba yaravuye hose.
.
Tuze mu rugo kwa Nolla mu masaha y’ijoro. Nolla ari mu buriri araryamye. Ariko ari kuri Chat abona Muriip aramwandikiye ati” Ese uracyandakiriye.
Nolla ati” murio warankinishije cyane.
Murio ati” Umbabarire ariko ejo ihangane  duhure tuvugane.
Nolla ati” urashaka kongera nkunkinisha nanone.
Murio ati”Oya ndashaka kwiyunga nawe.
.
Toresi nawe ari mu cyumba cye araryamye afite telephone mu ntoki arim kureba number ya Joly akumva yamuhamagara ariko undi mutima nawo ukamubuza. Kumbe Jolly ari mu burir aryamanye n’umugabo we.
.
Toresi amwandikira message ati” hello  umeze  ute??
.
Jolly  yiryamiye yumva telephone ye irasonye maze   arayifata abona ni Toresi umwandikiye arishima areba Palasi abona arasinziriye maze asbiza Toresi ati” Meza neza.
Toresi ati” Ko wabuze.
Jolly araseka ati” Oyaaa ntago nabuze.
Toresi ati “ Ntago uherutse naragukumbuye.
Jolly araseka ati” Really.
Toresi ati” Sure.
Jolly  yumva bimuguye neza ati” Nanjye naragukumbuye. Ejo nzagera ku kazi iwanyu.
Toresi ati” Turategereje.
Jolly araseka ati” Turi bangahe mutegereje.
Toresi ati’ Ni wowe navugaga nuko mbishyize mu cyabahiro.
Jolly ati”Oohhh urakoze .
Toresi ati” Ugire ijoro ryiza.
Jolly ati” Nawe goognight.
.
Basoze gucata Toreise yumva muri we amezeneza afite akanyamuneza. Jolly nawe yumba aguwe neza.
Palasi arihindukiza  aramureba ati” Wavugana nande kuri telephone.
Jolly ati”Ni inshuti yanjye.
Palasi ati” Inshuti yawe yihe.
Jolly ati” Egoko mana kibazo. Nonese ntanshuti ngira cyangwa  nemerewe kugira??
Palasi ati”Urabyemerewe kandi ndabizi ko unazifite ahubwo ninde??
Jolly ati” Samantha.
Palasi ati” Ok.
.
Tuze kurundi ruhande Murio na Nolla baje guhurira ahantu iruhande rw’amazi. Barimo kurebana.
Nolla ati” Nagaho ongera ukine n’umutima wanjye.
Murio ati” Nolla umbabarire ahari narinisumbukurujwe.
Nolla ati” Nibyo urimo kmva wambwira??
Murio ati” Nyine ndimo kugusaba imbabazi.
Nolla arababara ati” Ese koko nkubaze warakinaga?
Murio ati” oya byari bindimo nuko nabonye usa n’ubifashe nabi mvuga ko nakinaga.
Nolla ahita amugwamo aramuhobera. Murio asa n’utunguwe.
.
Tuze ku kazi Jolly yaje kureba Toresi bavanye muri Shop bagenda gacye iruhande rwayo baganira.
Jolly ati” Ntakubeshye numvaga nshaka kukubona cyane.
Toresi ati’  njye byari bimaze kugera kurundi rwego.
Jolly  araseka ati” Nukuri,
Toresi ati’ Sinakubeshya. Kuko sinzi uko mba niyumva buri uko tubonanye.
Jolly a aramureba cyane ati” Ahubwo ndumva hari igihari.
.
Tugaruke kuri Murio na Nolla baracyahoberanye hashize akanya barebana mu maso bahita baseman.
Barasomana cyane bagera naho batangira gutwarwa batangira gukuranamo imyenda habura gato bibuka ko bari hanze maze barifata.
.
Tuze kuri Toresi na Jolly nabo baracyagenda gacye aho iruhande  rw’akazi ka Toresi baganira.
Jolly ati” nanjye mba numva twamarana umwanya.
Toresi ati’ Sure.
Jolly ati’Yego.
Toresi ati” ese ko wagira ngo hari isano rii hagati yacu ridukurura.
Jolly amufata amabiko amureba mu maso ati” Nanjye narabyibajije. Ejo  muri weekend hari ahantu hateguwe ikirori cyiza kiri Classic n’ikirori  gihuriramo abakire gusa. Ese wazaje tukajyana njye nawe tukazab a turikumwe.
Toresi ati”Umugabo wawe?
Jolly ati” Umugabo wanjye ntago akunda kujya mu birori.
Toresi ati” Ndabyemeye.
Jolly arishima  maze ahita amusoma kumunwa, aramusezera aragenda.
.
Udacikwa na Episode ya 13

Comments