logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 11

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 11
.
Twasize Murio abwiye Nolla ko amukunda.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Amaze kubimubwira Nolla aramureba cyane. Murio atekereza ko Nolla agiye guhta amukatira maze amubuza kugira icyo avuga.
Murio ati” ceceka ntigire icyo uvuga.
Nolla ati” Ntago ukeneye igisubizo??
Murio ati” Oya.
Nolla ati” Njyewe ntago ndi muri ba bakobwa bakubwira ko bakeneye igihe cy ku kubitekerezaho.
Muri ati” Oya byihorere icecekere.
.
Naoll ara,ureba cyane maze araseka.
Murio arababara atekereza ko Nolla yaba amufasha nkakazanga.
Murio ati” Umbabarire kubwo ijambo nkubwiye.
Nolla ati” usabye imbabazi se.
Murio  abona ko Nolla asa n’umukatiye n’ubundi maze kugira ngo adaseba  atangira kuvuga ko  yakinaga.
Nolla ahita ahinduka kumso ararakara. Murio arabibona  ati” Ko urakaye se kandi nkubwiye nabi?
.
Kurundi ruhande  Toresi arimo gukarabya Jolly  intoki basoje kurya. Jolly aramureba bahuza amaso baraseka.
Jolly ati” Byari biryoshye cyane. ahari banza nzajya nza hano burigih kurya ibya hano.
Toresi araseka ati” Ntakibaz ujye uza. Ujye umbwira kare nkutangire commande.
Jolly ati” Yego pe ntuzatungurwe no kubona mbikoze.
Toresi ati” Kandi mbyemeye.
.
Jolly asoje gukaraba yaka Toresi  jage y’amazi ngo nawe amufashe, Toresi arabyanga.
Jolly ati” Umva reka nawe nkufashe.
Toresi aramureba aba arabyemeye, Jolly aramufasha amusukira amazi amureba cyane.
.
Toresi nawe akubura amaso akamureba.
Muzehe Penemo aje aho abona uko bamze ahita akata asubirayo.
Toresi na Jolly basoza gukaraba bararebana.
Jolly ati” Tumanyanye igihe gito cyane ariko mazekubona ko uri umuntu mwiza cyane.
Toresi araseka ati” wabiboneye he.
Jolly ati” Birigaragaza cyane.
Toresi ati” Ibyo ntago wabyezera hari igihe abantu biyorobeka bakigira inama kandi ari ibrura wenda.
Jolly ati” Oya wowe sintekereza ko waba  wiyorobeka.
Toresi araseka.
Jolly ati”  Ese ubu njye nawe ntitumaze  kuba inshuti cyangwa ndibeshye?
Toresi ati” Oya ntago wibeshye.
Jolly ati” Tujye tuvugana cyane rero no mugihe gisanzweumpamagare cyangwa njye nkuhamagare.
Toresi yumva arabyishimiye ati” Ntakibazo pe.
.
Bava aho mu kumba bazaimbere.
Jolly atangira kubika ibyo aguze Toresi aramufasha. Muzehe Ponemo akabareba cyane.
.
Tugaruke mu rugo kwa Murio aracyarikumwe na Nolla ariko Nolla yahindutse kumas arababaye cyane.
Murio aramureba ato’ Ese Nolla hari ijambo ribi mvuze.
Nolla  ati” Koko wakinaga??
Murio ati” Nukuri nakinaga.
.
Nolla amurebana umjinya maze ahita ava muri Gehto ababaye cyane aragenda ababaye. Murio amushikaho aramukirkira arimo kumuhamagara abona Nolla ntago amwitayeho.
Murio ati” Kuki mbivuze aka kanya. Ubundi nabivugiraga iki??
.
Jolly asoje guhaha ibyo yashakaga byose barabifunga neza Toresi araifata.
Jolly ati” Reka mbiyane ntakibazo.
Toresi ati” Umukiriye turamuherekeza.
.
Barasohoka baza hanze ku modoka. Jolly yinjira mu modoka Toresi arabimuhereza.
Jolly arabifata abishyira kuruhande maze areba Toresi ati” Rwose ntago musanzwe hano. Mwaje mukaz muzi icyo muje gukora.
Toresi ati” Cyane kuko mfite umuryango mba  mgomba kwitaho.
Jolly ati”Toresi nagukunze cyane. uri umwana mwiza. Uri umukozi mwiza. Courage pe.
Toresi ati”Murakoze .
.
Jolly yatsa imodoka areba Toresi ati” Nujya ushak kumvugisha ujye umvugisha.
Toresi ati” Rwose nzajya mbikora.
.
Jolly aragenda. Torse nawe agaruka muri Shop yisetsa.Muzehe Ponemo aramureba ati” kabaye.
Toresi ati”  habaye iki??
Ponemo ati” Uriya mugore ndabona yamaze gutwara umutima wawe.
Toresi ati” Ponemo singiye kukubeshya uriya mugore mba numva  hari isano rimpuza nawe.
Ponemo ati” Nawe ndabibona ko aba yakwishimiye cyane.
Toresi ati” Gusa sinzi icyo umutima wanjye untegeka  kuri we.  Hari uwo ngomba kubaza.
Penemo aramureba.
.
Nolla ageze mu rugo asanga Frank yicaye kumashini idoda yahoze ari iya mama we. Nolla amubwira nabi cyane amutonganya.
Nolla atI” wa kagoryi we ninde wakubwiye  kuza gukinira kumashini gutya??
Frank araturika ararira ati” Urabona se hari icyo nayitwaye.
Nolla ati” Icyo sicyo kibazo .
Frank ati” Nnjyewe narimo niga kudoda.
Nolla ati” wiga kudoda ibiki? Wabuze  ibyo kwiga byo kwishuri.
.
Frank ati” ese ko utashye untura uwo mushiha wawe  ninjye uwuguteye?
Nolla ati” Niwongere gusubira kuri iriya machine.
Frank ati” Sawa sha.
.
Nolla arakomeza aza mu cyumba  maze yicara kuburiri. Awo mwanya abona Murio aramuhamagaye.
.
Tuze mu rugo kwa Jolly
Palasi  yicaranye na Mama we barimo kuganira.
Nancy ati” Palasi  nubu ntago ndimo kumva igituma wowe n’umugore wawe mutabyara?/
Palasi ati” Mama wategereje ko umwuzukuru ushaka uzaza muguhe gikwiye.
Nancy ati” Mufite ikihe kibazo se??
Palasi ati” Ntakibazo dufite.
Nancy ati” Cyangwa ushaka ko nzava muri ubu buzima ntabonye akuzukuru.
Palasi ati” Oya mama urabizi ibyo ntago   byabaho.
.
Tuze mu rugo kwa Nolla  mu masaha y’umugoroba. Nolla arimo gukora  imirimo isanzwe yo mu rugo.
Toresi aratashye. Frank akimubona ahita amuregera Nolla  ko yamubangamiye.
Toresi ati”Yakubangamiye gute.
Nolla aba aje muri SarO Toresi abona Nolla ntago yishimye asa n’uwarakaye.
Toresi ati” Nolla wanjye wabaye iki?/
Nolla ati” Ntacyo papa.
Toresi ati” Frank arimo kuvuga ko wamubangamiye ariko arabeshya ahubwo mbwira yakoze iki??
Nolla ati” Namubujije gukinira kumashini
Frank ati”Urumva ko wakoze amakosa??
.
Nolla asubira mu byo arimo gukora. Toresi arabibona ko Nolla afite ikibazo maze aza kuvugana nawe.
Toresi ati” Nolla nshaka kuvugana nawe mukobwa wanjye. Wabaye iki??
Nolla ati” Ntago mezeneza Papa.
Toresi ati” Ariko ndihano ndi Papa wawe wambwira akababaro ufte nagufasha.
Nolla ati” Murio yakinishije umutima wanjye.
.
Tuze kwa Jolly mu masaha y’ijoro. Palasi arikumwe na Jolly bari mu cyumba.
Palasi ati” Honey ndagushaka. 
Jolly ati” Cher sorry pe sinshaka gukora sex.
Palasi ati”Ese usigaye warabaya  iki?
Jolly ati” Ntacyo nuko numva gusa nta mood ndimo yo kuba nabikora.
Palasi ati” Hanyuma njye se.
Jolly aramureba ati” Nonese ushaka kwirebaho wenyine??
Palasi ati” Ok sawa tubireke.
.
Bajya mu buririi baryama.
.
Bucyeye palasi aza mukazi ageze muri Offic afata phone yo mukaz ahamagara Linda. Amubwira ko amukeneye muri Office.
Linda ahita aza yihuta, Palasi arahaguruka ahita amufata atangira kumusoma amukuramo imyenda vuba vuba amukorakora mugituba maze aramuhenesha ayishyiramo aramurongora.
.
Udacikwa na Episode ya 12
[

Comments