logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 7

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
LOVE MAKE BODY FEELING.

Episode 7
.
Duheruka Nolla yugamye aho Murio acumbitse.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe
.
Nolla  na Murio barimo  kurebana.imvura nayo ikomeje kugwa ari nyinshi cyane. Murio arahaguruka areba Nolla ati” Nkuhe ibiraha se??
Nolla ati” Nabyo nkusabye ariko.
Murio ati” Ndabizi abakobwa mukunda ibiraha.
Nolla  ati”Ninde wakubwiye ko njye mbikunda.
Murio aramureba  ati”Ok ntakibazo ahari uwo nibeshye.
.
Murio araza abifata aho abibika arangije arabishushya fresh ashyira kugasani abizana kumeza atangira kibirya.
Uko abitamira Nolla akamureba akamira amazi. Murio buri uko atamiye akamureba.
Nolla  akumva nawe arashaka kubirya ariko yakwibuka ijambo amaze kuvuga mukanya akihagararaho.
Murio   ati”  aba bantu  njya mbiguriraho babikora neza biba batandukanye ni byahandi  ijaa kurindi pe biraryoshye cyane.
Nolla akumva ahise agira ifemba ryabyo.
Murio aramureba ati” Nkuhe wumve gato.
Nolla abitekerezahoooo.
Murio ati” Nako ntakibazo reka ndeke gukomeza kukubangamira.
.
Nolla akomeza kureba ukuntu bisa nez biteye apetiti.
Murio akamureba ati” Ese wakwihanganye ukumva uko bimeze gusa.
Nolla ati” Ntakibazo reka numveho gato.
Murio amusunikira isahani, Nolla arashikira ararya nawe yumva bimeze neza
Murio aramureba maze araseka at” Rega wihagazeh kandi ndabizi neza ko ubikunda. 
Nolla araseka ati’” Uramfashe.
Murio ati”  Ahubwo kuki abakobwa mukunda  ibiraha cyane.
Nolla ati” Ariko n’abahungu murabikunda.
Murio ati” Ntago abahungu  tubikunda ku kigero cyanyu.  Kubera ko ntamuhungu wakwifata ngo ajye kugura ibiraha aricyo kimujyanye gusa. Niyo tubiguze biba bibereye mu kavuyo. Ariko abakobwa.
Nolla aramureba araseka.
.
Tuze mu rug kwa Jolly ari muri duseh arimo koga. Asoje koga aza kwireba yireba yireba mu gatuza aho bamubaze barimo kumukorera operation yo kumuha umutima.
Ako kanya  abona Mia inyuma ye arahindukira aramureba.
Mia ati” Uriyumva ute kuba umutima wanjye uri muri wowe?? ese waba uzi uburibwe nacyemo bamvanamo umutima??
Jolly arabyumva ahita abura Mia arongera arahindukira yireba mu kirahuri aribaza ati” Biriya n’ibiki mbonye ra! Ubundi nzamenya gute umuntu wampaye umutma?? Kuki intekerezo nkaziriya zije mumutwe wanjye.
Ava muri Dushe aza mu cyumba cye aritunganya neza.
.
Tugaruke kwa Murio arimo kureba Nolla mu maso.
Murio ati”  Nolla uri umukobwa mwiza cyane?
Noll ati” Kubera iki uvuze gutyo,  urimo gushaka? Kuntereta
Murio ati”Oya.
Nolla ati” None.
Murio ati Mbikubwiye gusa kubera ko mbona   uri mwiza gusa ntakindi.
Nolla ati” Urakoze 
.
Nolla  arahaguruka aza kumuryango areba hanze, Murio nawe arahaguruka araza amusanga kumuryango nawe areba hanze.
Murio ati” Imvura iracyagwa.
Nolla ati” Ariko irimo kugabanyuka.
Baose baba barahindukiye bararebana bahuza amaso barebana umwaya munini, Muri areba kuminwa ya Nolla, Nolla nawe areba kuminwa ya Murio.
.
Murio ati” Nkufashe iki ko undaba cyane ushaka ko nkusoma?.
Nolla araseka ati” Toka wa kintu we ibyo ndabivuze??
Murio ati”Nanaba ngize amahirwe yo gusoma iyo iwa yawe kuko ntago isanzwe n’imyiza cyane.
Nolla ati” Warasaze wowe reka nkureke nitahire.
Murio amufungurira umuryango, Nolla aramureba ati” Wakoze kumpa aho kugama.
Muri ati” Nkugeze mu rugo.
Nolla ati” Ndijyana wakoze.
Nolla aragenda, Murio asigara aseka.
.
Nolla arataha ageze mu rugo asanga Frank arimo kwiga abona Papa we arimo guhata ibirayi.
Nolla ati” Papa ruhuka reke ibindi nanjye  mbikore.
Toresi ati”Urakoze cyane.
Nolla akomereza aho yarageze. Toresi nawe aza kwicara afungura television  aba areba amakuru.
Nolla aramurena ati” Nonese Papa urimo gutekereza iki ko bakwirukanye mu kazi/
Toresi ati” Ngiye kwikorera.
Frank aramureba ati”Papa ugiye gushing supermarket yawe??
Toresi ati”Oya ntago nabona amafaranga yo gushinga supermarket,  hari umusaza tugiye gufatanya tugasinga agashopo gat gakora za gato.
Nolla ati”  wawooo papa icyo gitekerezo mwagize ndumva ari cyiza cyane.
Frank arahindukira areba Nolla ati” Ubwo impamvu wishimye nuko wumva uzajya uhora urya keke.
Nolla ati” Oya sibyo. Ahubwo Papa mujye mukora n’amasambusa n’ibiraha.
Frank areba Nolla ati” Bakoze ibiraha ni wowe wazajya ubimara.
Nolla ati” Oya ariko.
Toresi areba uko basigana agaseka.
Toresi ati” Mwigira ikibazo bana banjye ntago muzabura keke cyangwa  ibyo biraha.
.
Kurundi ruhande m masaha y’ijoro. Jolly aryamye kuburiri yambaye ubusa buri buri. Palasi aratashye abona Joly yambaye  ubusa. Nawe akuramo imyenda ajyamu bururiri. Jolly arahindukira aramureba, Palasi aramufata baba batangiye gusomana.
Palasi ati”Narinkumbuye umugore wanjye.
Barasomanaaaa, Palasi ashore intoki mu gitsina cya Jolly yinjizamo agatoki. Jolly nawe afata imboro ye barakarisanya basomana. Palasi yumvise  igituba cyabobeye cyoroshye, ahindukiza Jolly afata  akaguru ke arakazamura maze ayishyiramo atangira kumurongora.  Hashize umwanya barahindura, Palasi amujya huruju afata amaguru ye arayabumba  akajya akubita cyane Jolly akayumvira iyo agataka cyane. bahindura indi position Jolly ajya hejuru aba ariwe utwaza uko abishaka maze hashize akanyaaaa baba bararangije. Bariruhutsa. Amasaha nayo aricuma bararyama barasinzira.
.
Bwakeye  mu gitondo jolly yitunganya. Palasi akangutse abona Jolly amaze kwambara neza.
Palasi ati”Ugiye he??
Jolly ati” Ngiye mu kazi.
Palasi ahita abyuka ati” Ubu se aka kanya urumva umaze kumera neza kuburyo wasubira mu kazoo?
Jolly ati” Yego.
Palasi ati”Ese ko mfite amafaranga mensh ahagije  uba ukora ushaka iki??
Jolly aramureba ati” Ko wagira ngo waranyibagiwe?? Urabizi nkunda akazi kanjye.
Palasi ati”Ndabizi ko akazi kubukerarugendo ari keza.
Jolly ati” Kanutuma numva meze neza mu mutwe. Meze neza rero ngiye mukazi.
Palasi ati”Ok saw agenda ariko niba uri sure ko umeze neza.
Jolly ati” Cyane.
.
Kurundi ruhande Toresi na Muzehe Ponemo bashinze agashopo gato gakora imikate myiza itandukanye  banashyiramo  n’akantu kameze nk’aka resto gato abantu baza bakariramo cyangwa bakanywa.
Agashopo kabo bagashyira ahantu heza kumuhanda. Batangira gukora gutyo.
Hashize igihe  agashopo karamenyera karafata.
Muzehe ponemoati” Urabona ko byaje?
Tores araseka ati” Nubundi  narinizeye ko  bizagenda.
Ponemo ati” Dukwiye gukora cyane kbsa.
Toresi ati” Cyane  urabizi nkunda akazi.
.
Iminsi ikomeza kwicuma.
Umunsi umwe Jolly aba ageze kuri ako gashopo aparika imodoka avamo  araza yinjiramo akubitana na  Toresi bararebana cyane hashira akanya babona kwigarura bose.
Jolly ati” Nkeneye k!
Toresi ati” Ukeneye keke gato cyangwa indi keke isanzwe.
Jolly ati”Keke isanzwe.
Toresi arayimurebera arayimupfunyikira neza maze arayimuhereza.
Jolly ati” Ese hano mukora na Pizza?/
Toresi ati’Yego.
Jolly ati”Nayo wayinkoreye se.
Toresi ati” Irahari reka nyiguhe.
Torese nayo arayirenba arayimuha, Joly arishyura maze aragenda. Toresi amukurikiza amaso. Jollye nawe ageze kumuryango arahindukira areba inyuma areba Toresi bahuza amaso.
.
Udacikwa na Episode 8

Comments