Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
LOVE MAKE BODY FEELING
.
Episode 8
.
Twaherutse Torese akurikiza Jolly amaso.Jolly nawe ageze imbere arahindukira areba Toresi bahuza amaso.
.
Story by Chris nandi Ishimwe.
.
Jolly aza mu modoka ye yinjiramo maze arambika ibyo avuye kugura kuruhande agiye kwatsa imodoka ngo agnde ahita yibuka Torese amaze kubona maze aramwenyura rangije abona kwatsa imodoka aragenda.
.
Toresi nawe aracyahagaze hamwe arimo kwibazakuri uriya mugore amaze kubona.
Muzehe aramureba maze aramuhamagara ati” Hey bite ko waheze hamwe??
Toresi aramureba araseka ati” Oya ntago naheze hamwe.
Muzehe ati” Nakurebaga uburyo warebaga uriya mugore.
Toresi ati” Umbabarire sinzi uko bigenze.
Muzehe Ponemo ati” utambwira ko uriya mugore hari ukuntu uhise umwiyumvamo.
Toresi araseka ati” Oya pe.
.
Bakomeza akazi kabi uko bisanzwe.
Muzehe Ponemo aba abonye kuri kontwari yabo ah bakirira amafaranga hari agakofi gato kahasigaye aragafata arakareba.
Torese aba aje hafi ye ponemo amwereka ako gakofi atoraguye aho.
Toresi aragafata arakareba nawe ati” Wasanga ari uriya mugore uvuye hano ugasize.
.
Barebyemo babona harimo amafaranga n’utundi twangombwa ducye.
Ponemo ati” Reka tuyibike buriya araza kagaruka.
Toresi ati” Yego.
.
Jolly nawe ageze mu rugo yinjira mu nzu ahura na Nancy yaraje kwicara muri Saro maze barahoberana.
Nancy ati” Jolly bite wiriweute mwana wanjye,’
Jolly ati”meze neza mama!
Nnacy aricara ati” urumva utekanye uguwe neza muri wowe??
Jolly ati” Yego cyane.
Jolly awe aricara ati” Hano nahanye Pizza ntekereza ko iryosye cyane.
.
Tuze ku kazi kwa Palasi.
Ari muri Office ye ako kanya Linaza aba aje muri Office yisetsa.
Palasi aramureba ati” Niki urashaka iki??
Linda ati” Boss bite kombona warakaye.
Palasi ati” Ntago narakaye ahubwo mbwira niki??
Linda amuzaho atangira kumukorakora Palasi aramwiyaka.
Linda aba nkutunguwe ati” Habaye iki se kandi.
Palsi ati” Ibyo simbishaka.
Linda ati” Ese nuko Umugire wawe yakize??
Palasi ati”Mbwira icyo ushaka ugende.
Linda ati” Nkeneye amafaranga.
.
Palasi arayareba maze arayamuhereza Linda amuva imbere aragenda.
.
Twigarukire mu rugo Jolly na Nancy varimo kurya ya pizza Jolly yaguriye kwa Toresi bumva iraryoshye cyane.
Jolly ati” urumva iyi pizza idatandakanye n’izindi twaryaga??
Nancy ati” Uyiguriye he??
Jolly ati” Ni ahantu mbonye agashobo gashya.
Nancy ati”Bakora neza cyane ujye ugurira aho hantu.
Jolly ati”Buriya niriya keke yabo imeze neza cyane.
Nancy ati” Yego.
.
Bakomeza kuyirya baganira.
Nancy ati”nonese mwana wa murimo kwibwira iki??
Jolly araseka ati” Kijyanye niki??
Nancy ati” Ese ntago mwe mubona ko han hari undi muntu ukenewe.
Jolly araseka ati” Eeeeh uravuga umwana
Nancy ati” Yego wumvise vuba.
Jolly ati” Mama ba wihanganye rwose ni mugihe gito kiri imbere.
.
Ako kanya Jolly abona hari nimero imuhamagaye maze afata telephone arayitaba. Kumbe ni Toresi umuhamagaye.
Jolly ati” Hello
Toresi ati” Umugoroba mwiza.
Jolly ati” Umugoroba mwiza.
Toresi ati” Ni kuri ya shop mwaguriyeho Pizza na keke. Hano mwahataye ikofi yanyu. Mbonye business card iriho number zanyunyu ndabahamagara.
Jolly ati”Ooooh kumbe nayitaye aho??
Toresi ati”Yego.
Jolly ati” Nukuri murakoze cyane mwita kubakiriya banyu neza niba mubasha kubika ibintu byabo neza.
Toresi ati” Yego. Bunyamugayo aba ari ingenzi mukazi kose umuntu yab akora.
Jolly ati”Urakoze cyane reka nze ndebe uko nagaruka kuyifata.
Toresi ati” Mutuye he??
Jolly arahamubwira.
Toresi ati” Mwikwigora kuko n’ubundi ngiye gutaha naca aho nyibazaniye.
Jolly ati” Ubwo se ntago wigoye wowe.
Toresi ati” Oya.
.
Jolly ati”Ntakibazo noneho.
Bava kuri telephone. Nancy areba Jolly ati”Uwo ninde??
Jolly ati” ni kuri ya shop narinahataye ikofi yanjye.
.
Tuze mu rugo kwa Toresi, Nolla yicaye mu gitanda ari kuri chat arimo kuvugana n’abana na mendy inshuti ye.
Uwo mwanya abona na Murio aramwandikiye bite mwiza.
Nolla asoma iyo massage maze araseka aramusubiza ati” Mwiza wande?/
Murio aramusubiza ati” Ntago muzi ariko hari ufite ayo mahirwe.
Nolla araseka ati” Njye ndi uwa papa.
Murio araseka ati” Igihe cyose se uzahora uri uwa so.
Nolla araseka.
Murio arongera aramwandikira ati” Sinzi burikanya mba numva nkutekereza.
Noll ati” Uba untekereza gute??
Murio ati” Iyo sura yawe imaze nk’ifoto mu bwonko bwanjye. Uzikohari igue nkutekereza igahaguruka.
Nolla ati”Inki ihaguruka.
Murio ati” Dick.
Noll yumva agize isoni.
Muri ati” Ubaye iki ko ucecetse.
Noll ati”Umva jya whangana ntukambwire ibyo bintu.
Murio ati”Umbabarire nuko numvaga nkwisanzuyeho.
.
Tuze kurundi ruhande Toresi ari mu nzira arimo gutaha. Afande Lucas aba aramuhamagaye, Toresi aritaba.
Toresi ati”Lucas ugiye kumbwira amakuru meza.
Lucas ati” Yeo hari amakuru macye y’ibanze tumaze kumenya..
Toresi ati” ayahe.
Lucas ati” Burya umugore wawe yashimuswe atashye. Yashimuswe n’agaciko kajya gashimuta abantu bakajya kugurisha ibice by’umuntu.
Toresi arabyumva biramubabaza.
Lucas ati” Gusa turimo guhga abo bantu.
Toresi ati”Umugore wanjye agomba kuzabona ubutabera.
Lucas ati” Ibyo ndabikwijeje. Ubu turimo no gukora iperereza ku bantu bose bagombaga guhabwa umutima kwa Muganga.
Toresi ati” akazi keza Afande.
.
Toresi ava kuri telephone akomeza inzira ye ageze hafi yo kwa Jolly arahagarara maze aramuhamagara Jolly aramwitaba maze arasohoka araza amusanga hanze barasuhuzanya.
Jolly ati” Uranyemeje kandi uramfashije cyane.
Toresi araseka ati” Uri umukiriya wacu. Kandi umutekano w;iby’mukiriye nabyo biba ari inshingano zacu.
Jolly ati” Ntago ari ahantu hose usanga bita kuri icyo kintu.
Bakajya barebana cyane bagahuza amaso hagashira akanya. Jolly yumba yishimiye Toresi na Toresi akumva muri we aramwishimiye.
Jolly ati” ubundi amazina yany mwitwa bande??
Toresi ati” Nitwa Toresi.
Jolly ati” Nanjye nitwa Jolly. Mu rugo iwanjye ni hano.
Tore sati” Nishimiye kubamenya no kumenya iwanyu mu rugo rimwe na rimweibyo mukeneye mwazajya mutubwira tukaba delivering.
Jolly araseka ati” Ntakibazo rwose.
.
Basezeranaho Toresi agiye kugenda Jolly akoramuri kagakofi akurao amafaranga arayamuha.
Toresi ati” No kubera iki??
Jolly ati”Bifaye nk tip kubera service nziza ,mwampaye.
Toresi ati”Urakoze cyane.
.
Basezeranaho Toresi aragenda, Jolly aguma hamawe amukurikiza amaso, hasize akanya nawe arahindukira asubira mu nzu. Tores nawe ageze imbere arahindukira areba inyuma abina Jolly arimo gusubira mu rugo.
.
Udacikwa na Episode ya 9
Comments