Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Toresi abonye massage imuhagarika mu kazi yakoraga.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Akimara kwakira Message Nolla amureba kumaso abona arahindutse tayaki ahita abona ko message Papa we abonye ishoborakuba atari nziza.
Nolla ati”Papa message iravuga iki?
Toresi ashaka kumuhisha ati” ni missage isanzwe.
Nolla ati” Papa urabona wambeshya?
Toresi aramurebaaa.
Nolla ati” Papa maze gukura bihagije ntago ndi Frank.
Toresi ati” Mu kazi barampgaritse.
Nolla ati” Boss wawe yarazi ikibazo ufite??
Toresi ati’ Yego arakizi.
Nolla ati” ni fake niba aruko ameze kandi azabibona
Toresi ati”Mureke.
.
Amasaha arakuraaaa, bwije cyane bananiwe nabo bajya kuryama.
.
Twiyizire kuri ya mazi yatawemo umurambo wa Mia. Hari abantu bayarimo bari mu kato.
.
Tuze kuri Police hakomeje gukorwa iperereza kuri Mia bashakisha iby’ibura rye. Bakomeje kwibaza ukuntu yabuze bakabihuza n’abandi bantu benshi bagiye Babura bakaburirwa irengero.Police yatangiye kubona ko ishimutwa ry’abantu rishobora kuba rimaze gufata indi ntera.
Seargent Lucas niwe ufite ibirego by’abantu baba babuze nkuko Mia yabuze. Aricaye muri Office arimo gutekereza cyane icyo gukora. Ako kanya phone y’akazi irasona aritaba. Avugana n’umuntu umuhamagaye akimara kuvugana n’uwo muntu ako kanya ahita ahaguruka vuba abwira ikipe ye bava aho kuri police bafata inzira yekerekeza ku mazi.
.
Tuze mu rugo kwa Toresi.
Nolla arimo gukora amasuku Toresi araryamye. Phone ye iba irasonnye akangukira hejuru arayiata aritaba abona ni Lucas umuhamagaye aritaba.
Lucas ati” Umurambo w’umugore wawe urabonetse.
Toresi yumva akubiswe n’inkuba aragagara.
Lucas ati”Hello ko utavuga??
.
Toresi yahise agagara neza neza.
Hashize akanya Nolla aba aje mu cyumba asana Papa we ahagaze hamwe ameze nk’uwagagaye aramureba maze aramuhagara.
Nolla ati” Papa bite??
Toresi wapi ntago avuga.
Nolla aramwegera amukoraho Tores agaruka ibuntu aramureba.
Nolla ati” Habaye iki??
Toresi azenga amarira mu maso. Nolla aramureba ati” Hari ikibaye cyangwa hari andi makuru yandi umenye kuri Mama!
Toresi ati” Mama wawe arabonetse.
Nolla agiye gusimbuka yishimye, Papa we ati” oya buretse.
.
Nolla ati” ndeke kwishima??
Toresi ati” Yego kuko bamubonye ari umurambo.
Nolla agwa kawu acika intee agwa has apfukamye abanza amavi hasi.
.
Toresi aramufata aramuhagurutsa ati” Wambwiye ko ukomeye.
.
Bidatinze bahise baza ku bitaro kureba umurambo basaga koko ni Mia. Nolla na Toresi bararira cyane.’
Nolla ahamagara Mama we cyane arira.
Lucas aza kuvugana na Toresi ati” Torese hari ikindi kintu ugomba kumenya.
Toresi ati” Niki kindi kirenze urupfu rw’umugore wanjye.
Lucas ati” kirahari.
Toresi ati” Icyo mukireke juba mbonye umugore wanjye yapfuye ntakindi kbi kibaho nzi mushaka kunyereka.
Lucas amuhereza ibipapuro ati” Reba.
Toresi apfa kubifata arabireba abona ni raporo abaganga bamaze gukora y’uko Mia yakuwemo umutima.
.
Toresi noneho kubibona gutyo arasara cyane Lucas aramufata.
Toresi ati” I gute umugore wanye yakuwemo umutima.
Lucas ati” Nibyo tugomba kumenya nka Police.
.
Toresi byaramurenze cyane. Lucas abanza kumwicaza hasi kugira ngo atangira ihungabana akagwa hasi.
Toresi yibuka amagabo meza ya Mia, yibuka uburyo yamwitagaho yibuka uburyo babaga bamezemo mu gitanda bazihiwe cyane na sex buri wese anyuze mugenzi we.
.
Ntabyitinze Toresi yatwaye umurambo we ategura ikiririyo aramushyingura birarangira.
.
Kurundi ruhande Jolly nawe yatangiye kujya abyuka buri gitondo agakora agasiporo ko kwiruka kigira ngo yimenyereze uwo mutima mushya yahawe. abikora buri munsi.
.
Toresi n’abana be bakiriye ko Mia byarangiye maze ubuzima burakomeza.
Jolly nawe akomeza kujya yiruka burigihe kugira ngo azamenyere umutima.
.
Nolla nubwo yaramaze kwakira ko mama we yapfye byarangiye ahora amwibuka akenshi isura ya mama we ikunda kugaruka mu maso ye.
Toresi nawe aba ari mu rugo arimo kubategurira ibyo baza kurya. Yaba arimo guteka akibona arikumwe n’umugore baseka bishimye.
Mia ati” Toresi ntago nagiye kure yawe. Uzakomeza wite kubana. Nkandi uko ubikora.
Toresi akamureba akabona neza neza barikumwe ati” Umba mpereza izo nyanya.
.
Akabona Mia arazifashe arazimuhereje. Hashira akanyaaa akabona burya Mia ntago yarahari nibyo yimajnaga mu mutwe.
.
Kurundi ruhande Nolla ari mu muhanda arimo gutaha nawe atekereza kuri Mama we. Uwo mwanya imvura iba iraguye kandi ageze ahantu atabasha kubona aho yugama. Ako kanya Murio aba amugezeho ari kugare kandi anafte unmutaka.
Murio ati” Nolla ukeneye ubufasha bwanjye.
Nolla arahagarara aramureba gusa.
Murio ati” Have se wishaka kwikomeza.
Nolla araseka.
Murio ati” Ubwo se warugiye kwigira ibiki?? Kuki abakobwa mukunda umwiryo.
Nolla agaseka ati” Ninde se wakubwiye ko njye nirya??
Murio ati” Ahubwo ushime Imana kuba utarimaze. reka nkujyane nkugeze mu rugo, cyangwa se ureke twugame.
Nolla ati” Twugame he??
Murio ati”Iwanjye mu rugo ni hano imbere.
.
Baba baje aho Murio atuye baza mu nzu. Nolla aricara. Murio ajya mu cyumba. Imvura iragwa cyane ikomeza kwiyongera iba nyinshi cyane.
Murio aba agarutse muri Saro azaniye Nolla umupira arawumuhereza Nolla arawufata arawambara.
Murio akamureba cyane, Nolla aaze kuwambara nawe aramureba maze bahuza amaso Murio ahita areba hasi.
Nolla ati” Warebaga iki??
Muri ati” Ntacyo da!’Nolla ati” Ngo ntacyo da!
.
Murio aba yicaye iruhande rwe bararebana.
.
Udacikwana Episode ya 7
Comments