logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 5

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Twaherutse Toresi ashobewe cyane bimurenze.
.
Story by Chris Nandi Ishimwe.
.
Toresi acika intege aribaza ati” Mia urihe wabaye iki??
Haciye akanya ava aho aragenda aza mu rugo asanga Frank na Nolla nabo bahangayitse cyane bamubonye bahita bamusanganira baramuhobera.
Nolla ati” Papa niki cyabaye kuri Mama.
Toresi ati” Sinzi ariko  reka twizere Imana.
Frank ati” Njyewe ndashaka Mama!
Toresi aramufata ati” Frank komera mama wawe araza gutaha.
.
Baza kwicara mu ntebe.
Toresi areba Nolla ati” Wari wasoje guteka?/
Nolla arahakana ati’ Oya nyimara kubona ko mbuze mama nabuze imbaraga zikomeza.
Toresi ati’ Reka njye kubatekera murye.
Nolla ati” Oya bireke,.
Frank ati’ Ntago tuza  kurya Mama ataraboneka.
Toresi arabareba yumba ababajwe n’abana be cyane.
.
Barategereje amasahaaaaaa arashira andi araza. Toresi akomeza guhamagara biranga. Nolla aramureba ati’ Papa tuujye kwa gushakira kwa Aunt Mowa.
Toresi ati’ Mowa twavuganye yavuze ko batigeze babonana.
Nolla ati” Ntangiye umva ubwoba bwinshi.
Toresi ati” Oya komera reka tugire ibyiringiro.
.
Amasaha yaragiye acaho abana basinzirira mu ntebe, Toresi we arara  yicaye ari maso buracya. Ntibyatinze Nolla arakanguka akanguka abaza mama we.
Nolla areba Papa we abona ko nawe yamaze kwiheba.
Nolla ati” Papa reka tubwire Police.
Toresi ati’Uravuga ukuri.
.
Bahise bajya kumenyesha Police bayibwira details zose zikenewe.
.
Kurundi ruhande mu rugo kwa Jolly. Jollye barimo kumwambika yarameze nabi cyane.  Palasi aza mu cyumba.
Jolly aramureba ati” Ninde Doner wanjye ugiye kumpa umutima.
Palasi ati’ Wibaza byinshi reka ubanze ugende uhabwa umutima wawe.
Jolly ati” Palasi mfite kumenya ugiye kumpa umutima.
Palasi ati’ Jolly wibagiwe ko amakuru ya Doner  atajya atangwa?? Mu mategeko yo kwa Muganga urabizi ko batajya batanga ayo makuru.
.
Jolly bamaze kumutegura neza bamuzana mu modoka.
Jolly areba Palasi ati” Njye nshaka kumenya uwo muntu kuko ufite imbaraga zose zatuma mu menya.
Palasi aramureba gusa.
Nancy ati”  Jolly tuza reka ubanze uvurwe.
.
Jolly baramujyana bamuzana ahantu hibanga  hatari kwa Muganga. Jolly bamushyira kugitanda. Hari abaganga benshi babahanga  cyane bagiye kumufasha.
Dr Neka ati” Umva ngaho mugende muduhe akanya. Palasi operatio niba  irangiye turaguhamagara uze ufata umugore wawe.
.
Palasi na Mama we baragenda.
Bageze hanze Palasi areba mama we ati” Mama waba utashye uraguma hano ??
Nancy ati’Ndava hano njyenye umukazana wanjye.
Palasi ati” Ntago bahita bamureka aramara nka two days.
Nancy arabyumva.
Palasi ati’ Reka nkusubize mu rugo.
Nancy arabyemera, bajya mu modoka Palasi amusubiza mu rugo.
.
Kurundi ruhande kwa Toresi ntabihe byiza bihari barigunze cyane. barashobowe. Toresi arimo wkibuka umugore we akibuka ibihe byiza bagiye bagirana akibuka uko baribabanye neza akibuka uko bishimnaga mu gitanda. Yakwibuka ko yabuze umutuma ukamurya amarira akamanuka kandi ari uri umugabo,
Nolla arabibona ko Papa we yashegeshwe cyane maze amuza iruhande amuhereza agatambaro arihanagura amarira.
Nolla ati” Police ko ntacyo irimo kuvuga??
Toresi ati’ Ahari baracyashakisha.
.
Telephone ya Nolla irasona ni message yohererejwe iri ku  kabati arahaguruka ajya kuyifata abona ni Murio umwandikiye ati” Umeze  ute??
Nolla areba message gusa ntiyamusubiza.  Haba haje indi message igira ati”  ko utavuga kandi uri umukobwa mwiza.
Nolla aramwandikira nawe amusubizanya umujinya ati” wamvuyeho ukareka kumbwira ubusa ko utazi ibyo umuntu aba arigucamo.
Murio ati’Sawa umbabarire ibyo urimo gucamo uzabivamo ubuzima bukomeze ndabizi.
Nolla aritonganya muri we ati” Iki kigoryi ra!
.
Mia yarabazwe  ubwo arapfa ibye biba birarangiye. Jolly nawe akorerwa  operation ahabwa umutima bategereje ko bihura neza gusa.
.
Kurund ruhande Palasi nawe aje mu kaz ke yinjira muri Office aricara. Hashuze akanya  arahamagara abaza uko  bimeze barambwira.
Ako kanya haza secretaire we  yitwa Linda amuzaniye ama raporo.
Linda ati’ Boss umeze ute?
Palasi arahaguruka aramureba ati” Meze uku ubona.
Linda ati”Umugore wawe bimeze gute?
Palasi ati’ Arimo kwitabwaho.
Linda ati’ Reba izo raporo.
.
Palasi arazifata azishyira kuruhande afata Linda aramukurura batangira gusomanaaaa.  Palasi ahita amufata amwicaza kumeza amukuramo ikariso nawe afungura risani y’ipanaro akuramo imboro akora mu gitsina cya Linda aracyoroshya aramgije ayishyiramo aramurongora. 
Linda ati” Uuuuh aho!
Palasi aramurongora cyane amuryamisha neza  kumeza aramurongora. Bahindura position Palasi ajya kwicara ku ntebe maze Linda ayicaramo akajya azamuka amanuka. Phone ya Palasi irasona ntiyabitaho mpaka barangije. 
Palasi abona kuyifata arayitaba. Linda nawe afata ikariso ye arambara aragenda.
.
Kazola ati”  Palasi tayali ubu byarangiye umugore wawe ameze neza.
Palasi ati’ Good work.
.
Palasi ahita ahamagara Mama we amubwira ko Jolly byagenze neza ubu ameze neza operation yagenze neza.
.
Kurundi ruhande abasore ba  Kazola bafata umurambo wa Mia bawushyira  mu modoka.
Kazola arabareba ati” Mujye kuwuta  kure cyane.
Misa ati” Yego boss.
.
Kurundi ruhande Toresi na Nolla bari kuri police bagiye kubaza aho bageze bashaka Mia. Gusa Police ntamakuru  ifite  yabaha.
Toresi arebana na Nolla.
Nolla ati” Ahari mama yarishwe yicwa n’abantu batazwi.
Toresi ati” Birashoboka cyangwa se akabaa akiriho.
.
Bakiraho telephone ya Toresi irasona abona nib Boss we umuhamagaye aramwitaba.
Boss ati” Ko wataye akazi warasezeye mbimenye??
Toresi ati’ Sorry Boss hari ibibazo nagize nabuze umugore wanjye.
.
Nolla nawe phone ye iba irasonnye abona ni Aunt Mowa uhamagaye aritaba.
Mowa ati” Nolla ngwino urebe musaza wawe aragushaka.
Nolla ati’ Yego ndaje.
Nolla areba Papa we ati” Papa njyewe ngiye kureba Frank.
Toresi ati’” Ntakibazo 
.
Nolla aragenda Toresi aguma aho kuri Police atagereje ko hari amakuru mashya yamenya. Cyakora hashize umwanya munini nawe arahava agenda umujyi wose ashakisha.  Agera naho awuvamo ajya mu nyengero z’umujyi.
Arimo agenda imodoka irimo abasore ba Kazola n’umurambo Mia bamutambukaho bagenda gusa ntago yabimenya. Baza ahantu ku mazi maze bafata umurambo wa Mia bawuta mu mazi bava aho baragenda.
Bakimara kuhava, Toresi nawe niho yahise aza kuba  yicaye ngo arebe ko yatuza.
.

Comments