logo

NEW TALENTS

Stories Group

LOVE MAKE BODY FEELING S01 Ep 27

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
 LOVE MAKE  BODY FEELING
.
Episode 27
.
Twaherutse Toresi  ategereje Jolly.
.
Toresi  yicaye muri room yafashe ategereje ko Jolly aza  kuza.    Uko hashize akanya arimo kujya reba ku isaha.  Abona bbaye saa kumi n’ebyeri n’igice  atangira ubona ko Jolly ashibira kutaza.
 Arongera afata telephone aramuhamagara.
Jolly   ahagazeiwe mu cyumba arimo kubona Toresi amuhamagara ariko  yabuze umutima wamufata.  Gusa muriwe arumva yamufata pe ariko nanone aumva afute umutima umucira urubanza rwo kuba yambaye umutima wahoze ari umutima w’umugore we.
.
Toresi akomeza kumuhagamagara  cyane saa moya zirinda zigera.
.
Kurundi ruhande kandi Palasi nawe ari mu nzira arimo gutaha.
.
Tuze kwa Aunt wa Nola aho ba Nolla bagiye kuba. Aunt wabo arimo kubategurira amafunguro nabo bari muri Saro.
Frank ati” Njyewe ndumva nikumburiye mu rugo
Nolla ati” Uumbuye mu rugo kubera iki  aka kanya.
Frank ati” Nasizi ibntu byanjye se.
Nolla ati” Iyo ubizana
Frank  ati” Simwe mwanjyanye munyirukansa se.
Nolla ati” Ngaho tuza ndaza  kuvugana na papa ejo azabizane.
.
Uwo mwaya Phone ya Nolla iba irasonnye abna ni Chr Murio umuhamagaye maze afata telephone baravugana.
Muro ati” My chou umeze ute.
Nolla ati” wihangayika ubu ndatekanye.
Murio ati” Umbabarire  kuba  nakubereye ikigwari.
Nolla ati” Nyewe ntgao ariko ndimo kubitekereza.
Murio ati” Ariko niko kuri.
Nolla ati” Oyaaa. Ndahamya neza ko  ataribyo biri mu mutima wawe.
Murio ati” Uratangaje cyane.
Nolla ati” Kubera iki?
Murio ati” Utandukanye n’abandi bakobwa.
Nolla araseka ati” Maze ni byiza niba hari itandukaniro ubona mfite.
Murio ati” Yego pe.
.
Bakomeza kuvugana Nolla azenguruka aho mu nzu.
.
Nolla ati”  ahubwo hari iintu nshaka kukubaza.
Murio ati”Ask me don’y worry
Nolla ati” Papa wawe niwe wishe Mama amukuramo umutima ese uzajya muruhande rwanjye  Paa wawe naba afashwe.
Muri ati”  Uretse no  kujya mu ruhande rwawe ngomba no gutanga ubufasha bwose kugira ngo afatwe.
Nolla ati” Wawoo ntago umutima wanjye wibeshye.
Murio arasek ati” Why.
Nolla ati” Kubera ko nahisemo urukundo ruzima.
.
Tuze kuri Toresi ugutegereje amasaa arimo kwisunika areba. Arategereje ariko  yatangiye kwiheba 
.
Kurundi ruhande Jolly nawe yashobewe arimo arabaza umutima we niba koko yabasha guhagarara akanya imbere ya Toresi. Arimo arabaza umutima we niba koko yabwira ukuri Toresi ko ariwe wambaye umutim wahize ari umutima w’umugore we.
.
Toresi arongera ramuhamagara agiye kumufata Palasi aba arinjiye  mu cyumba bahuza amaso ntiyaba akimwitabye.
Palasi aramureba ati” Namenye ko wagiye kwa muganga.
Joly ati” none ikibazo n’ikihe??
Palasi aramwegera ati” Ese wa mugore we kubera iki ukabije guhatiriza cyane? ese ntago ushaka umutima wahawe nkusubize kwa muganga bawugukuremo bawusubize banyirawo?/
Jolly avugana akababaro ati” Iyaba byashobokaga ko mwawumusubiza.
.
Palasi agwa mu kantu ati”Uvuze ngo??
Joly ati” Iyaba nyirawo atarishwe basi mukaba mwawumusubiza.
Palasi arikanga ati” ninde wakubwiye se ko nyirawo yishwe??
Jolly ati” Arahari se?? Ngaho niba ahari muwumusubize njye mfe birangire.
Palasi asa n’utangaye azunguza umutwe ati” Umuntu bakuyemo umutima urumva yaba akiriho gute? Ariko ntago yishwe.
Jolly aramureba gusa abona Toresi aracyamhamagara areba Palas maze  atera intambwe ngo yisohokere.
Palasi aramureba ati” Ugiyehe kandi??
Jolly ati” Mbaye ngiye hanze.
.
Palasi aramureka aragenda.
.
Toresi aracyategereje  gusa afute akababari muri we kuko arabona  ibye na Jolly batarimo kugenda neza.
.
Jolly aza mu modoka yishakamo imbaraga  maze yatsa imodoka ahita yandikira Toresi message ko ari mu nzira aje.
Toresi abonye message agatima karagaruka yumva araruhutse.
.
Mu gahe gato Jolly aba ageze kuri Motel Toresi arimo abaza kuri Reception bamuha umubare w’icyumba Toresi arimo maze azamukayo.
Ageze kumuryango arakomanga.
Toresi aza kumuryango arafungura bahita bahuza amaso babanza kurebana cyane  hashra akanya kanini.
Toresi amufata akaboko gacye yitomze cyane barebana kumaso. Jolly azenga amarira kumaso, Toresi arabibona maze akoa agatoki kumaso  ye amuhanagura mamarira maze binjira mu cyumba.
.
Toresi ati” nizere ko aya marira atari akababaro ahubwo wenda ari umunezero.
Jolly abura icyi yamusubiza.
Toresi ati” Jolly  tell me ko ntibeshye.
Joly aramureba gusa.
.
Toresu aramufata maze amwicaza kugitanda bararebana cyaneee.
Toresi ati” Igihe utafataga telephone yanjye numvaga  habura gato ngo umutima umvemo. Numvaga ibihe byanjye birimo kugenda bisharira. Ariko ubwo wampaga message ko uje naguruye ikizere umutima waye numva ugarutseo urumuri.
Jolly ati” Umbabarire.
Toresi ati’ Ntago ndibukuaze impamvu utapfataga .
Jolly ati” Kubera iki?
Toresi ati” Kuba uje bibaye igisibizo.
Jolly asekamo nubwo atishimye wese.
.
Tuze kwa Aunt wa  ba Nolla asoje guteka agiye kubagaburira
Aunt ati” Nola Papa wawe yavuze ko agiye he?
Nolla ati” Ntago yigeze ambwira.
Aunt ati” ariko araza hano nawe.
Nolla ati” Ntago mbizi. 
Aunt ati” Reka nze nshake uko mvugana nawe..
.
Twigarukire kuri Toresi na Jolly, iyo barikumwe  baba bumva imitima yabo yuzuzanya cyane.
Toresi ati’ Narinkumbuye cyane.
Jolly ati” Nanjye narikumbuye bihambaye cyane kandi nzanagukumbura.
Toresi  araseka ati” Ko uvuze ngo uzankumbura nkaho ugiye kongera kumara igihe utamvugisha.
Jolly ati” Oya suko bimeze. Ese can I aske you
Toresi ati” No problem.
Jolly ati” Umenye umuntu watwaye umutima w’umugore wawe wakora iki?
Toresi abitekerezaho cyane……
Jolly nawe afite amatsiko yo kumva  icyo Toresi  yakorera ufite umutima w’umugore we.
.
Udacikwa na Episode ya 28

Comments