Urubuga rwa New Talents Stories Group rukenera NeS Point kugira ngo usome.
NeS point ni inota ryashyizweho ngo rihe agaciro ibihangano by’abanditsi.
Dore igiciro wishyura kugira ngo uyihabwe bundi utangire gusoma inkuru ushaka 👇
10 RWF
Umusomyi yishyura 10 RWF kugira ngo asome igice kimwe cy’inkuru imwe (NeS 1).
Ni igiciro gito kandi gikwiye nk’icyo “pay-per-read”. Ni byiza ku bashaka gusoma igice kimwe gusa.
150 RWF / umunsi
Umusomyi yishyura 150 RWF ku munsi, agasoma ibice 15 cyangwa munsi yayo mu masaha 24.
Ni “Daily Access Plan”. Iyo umunsi ushize utazikoresheje zirarangira.
250 RWF / icyumweru
Umusomyi yishyura 250 RWF ku cyumweru, agasoma ibice 25 mu minsi 7.
Igice kimwe gihwanye na 10 RWF. Iyo icyumweru kirangiye utazikoresheje zirarangira.
400 RWF / ukwezi
Umusomyi yishyura 400 RWF agahabwa uburenganzira busesuye bwo gusoma inkuru zose.
Ni “VIP Plan” (All Access). Iyo ukwezi gushize irahagarara.
Urubuga rwacu rugira Referral Program aho utumira inshuti yakwiyandikisha inyuze kuri link yawe, igahita ihabwa NeS 5 z’inkuru 5. Nawe uhabwa NeS nk’izo ukoresha usoma.
Urasanga link yawe kuri profile yawe — niyo utanga.