💎 TANGIRA GUSOMA INKURU NAWE KURUBUGA RWACU 💎

Urubuga rwa New Talents Stories Group rukenera NeS Point kugira ngo usome.
NeS point ni inota ryashyizweho ngo rihe agaciro ibihangano by’abanditsi.

Dore igiciro wishyura kugira ngo uyihabwe bundi utangire gusoma inkuru ushaka 👇

🟢 NeS 1 – 10 RWF

10 RWF

Umusomyi yishyura 10 RWF kugira ngo asome igice kimwe cy’inkuru imwe (NeS 1).

Ni igiciro gito kandi gikwiye nk’icyo “pay-per-read”. Ni byiza ku bashaka gusoma igice kimwe gusa.

🟢 Umunsi NeS 15 – 150 RWF

150 RWF / umunsi

Umusomyi yishyura 150 RWF ku munsi, agasoma ibice 15 cyangwa munsi yayo mu masaha 24.

Ni “Daily Access Plan”. Iyo umunsi ushize utazikoresheje zirarangira.

🟢 Icyumweru NeS 25 – 250 RWF

250 RWF / icyumweru

Umusomyi yishyura 250 RWF ku cyumweru, agasoma ibice 25 mu minsi 7.

Igice kimwe gihwanye na 10 RWF. Iyo icyumweru kirangiye utazikoresheje zirarangira.

🟢 Bestreader– 400 RWF

400 RWF / ukwezi

Umusomyi yishyura 400 RWF agahabwa uburenganzira busesuye bwo gusoma inkuru zose.

Ni “VIP Plan” (All Access). Iyo ukwezi gushize irahagarara.

📢 N.B:

Urubuga rwacu rugira Referral Program aho utumira inshuti yakwiyandikisha inyuze kuri link yawe, igahita ihabwa NeS 5 z’inkuru 5. Nawe uhabwa NeS nk’izo ukoresha usoma.

Urasanga link yawe kuri profile yawe — niyo utanga.