Terms & Conditions
Itariki yo kuvugurura: ugushyingo 24, 2025
1. Intangiriro
Kwinjira no gukoresha urubuga newtalentsg.co.rw bisobanura ko wemeye gukurikiza aya mategeko n'amabwiriza. Niba utayemera, turagusaba kudakoresha uru rubuga.
2. Uburyo bwo Gukoresha Urubuga
- Ntugomba gukoresha urubuga mu bikorwa binyuranyije n’amategeko.
- Ntugomba kugerageza kwinjirira cyangwa guhungabanya umutekano w’urubuga.
- Konti ishobora guhagarikwa igihe wishe aya mategeko kandi wanabiregerwa mu nyiko.
3. Uburenganzira ku Mutungo na copyright.
Ibiri ku rubuga (logo, inyandiko, amafoto, software n’ibindi) byose ni uburenganzira bwa newtalentsg.co.rwcyangwa abafatanyabikorwa bayo. Kubikoresha bisaba uburenganzira bwanditse uhabwa na Admin.
4. Amasezerano y'Ubwishyu
Niba hari serivisi zisaba kwishyurwa nko kwamamaza nizindi, urasabwa kwishyura neza kandi ku gihe. Politiki yo gusubizwa amafaranga (refund policy) izaba igengwa n’ayo masezerano yihariye uzagirana na Admin.
5. Kwirengera n'Imipaka
Uru rubuga rutangwa "nk’uko ruri" kandi nta buriganya bwo gutanga amakuru atuzuye cyangwa afite amakosa. newtalentsg.co.rw ntiyirengera ibibazo biterwa n’ikoreshwa nabi ry’urubuga.
6. Politiki y'Ubwiru
Amakuru bwite yawe arinzwe nk’uko bisobanurwa muri Politiki y’Ubwiru.
7. Amategeko Agenga
Aya mategeko agengwa n’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda. Ikibazo cyose kijyanye n’aya mategeko kizakemurirwa mu nkiko zo mu Rwanda.
8. Impinduka
Dufite uburenganzira bwo guhindura aya mategeko igihe cyose. Impinduka zose zizashyirwa kuri uru rubuga kandi zizatangira gukurikizwa ako kanya.
9. Twandikire
Niba ufite ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire kuri: admin@newtalentsg.co.rw