logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 31

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA
.
Episode 31
.
Twaherutse, Brigitte yafata ifoto arimo gusomana na  Denis arangije ayoherereza Gweni maze aranamublock.
.
Umwanditse Chris nandi Ishimwe.
.
Amablotse agira ngo Gweni aze gutekereza ko ari Denis ubikoze.  Arangije telephone ayirambika hasi amaze kuyirambika hasi areba Denis maze nawe akuramo imyenda ajya hejuru ya Denis atangira kumusoma.
.
Tuze mu rugo kwa Denis, Mama Denis na Aunte Manda bicaye mu ntebe zo hanze  hafi ya pisine barimo kuganira bananywa ikawa.
Manda ati” Hari ikindi numva twakora.
Mama Denis ati” Nyuma yo guhagarikira umwana wanjye byose  niki kindi uvugako twakora ko numva twaba tugiye gukabya?
Manda ati” Umva mukuru wanjye byose turimo gukora nukugira ngo duhagruka uiya Mukobwa ushaka kuba Umukazana wawe  kumbaraga.
Mama Denis ati” Icyo kindi niki??
Manda ati” Mwananiw guhagarika uriya mukobwa ariko njye hari ikintu nshaka kwikorera  uriya mukobwa  nkamukura mu nzira.
.
Mama Denis ati” Uriya mukobwa  akomeye kurenza uko ubitekereza.
Mandaati” Nubu njye ibyo muvuga wowe n’Umugabo wawe simbyumva.
.
Mama Denis aramuseka ati” Ntumva gute kandi Denis yaramuzanye kumutwereka umukobwa akaduhagararana mu nzu yacu yemye ntabwoba afite akadushangana ijosi niki wakoze.
Manda ati”Nicyo ngiye gukora.
Mama Denis ati” Wikwirushya uriya Mukobwa  najye navuganye nawe akomeye kurenza uko waba ubitekereza.
Manda ati” Umva buri wese agira intege nke nkanswe akantu gasa  kuriya kumukar kavuye mu cyaro..
Mama Denis ati” Gafite Confidence ntazi ngo gakomora  kuki??
Manda ati” Ubwo ahari nayo marozi yako atuma kiyumva
Mama Denis ati” Uriya mukobwa  ntabwo ari umurozi. Ahunwo gafite ukuntu gakomeye mu magambo kavuga.
Manda ati” Umva njyewe ngiye kugacecekesha ntabwo muzigera mwongera  kukabona hafi ya Denis.
Mama Denis ati” Ngaho gerageza da nakubwira  iki??
.
Tuzi kuri gheto ya Gweni arakangutse afata  telephone ye ajya kuri whatsapp. Ajya kuri chat ye na Denis afunguye abona ifoto ya Denis  yambaye ubusa asomana na Brigitte arikanga.  Ava kuri whatsap amuhamagaye  asanga yamublotse. 
Gweni araseka aravuga ati” Brigitte wishutse  cyane ndabizi ko ibi atari Denis wabikoze.
.
Kurundi ruhande kuri  Apartment ya Brigitte yambaye igishati kinini cyane cy’umweri ariko imbere  muri cyo yambaye ubusa  ntakindi kintu kirimo. Afite akanyamuneza  kubera  ibyo yaraye akoze yizeye ko ari umutego mwiza noneho yateze. Uwo mwaya yumva ukomanga arebye kuri camera abona ni Micky uje kumureba arafungura barasomana by’abakobwa.
Micky ati” Bite se  ko mbona ufite akanyamuneza.??
Brigitte ati” Ibintu ni uburyohe??
Micky ati” Gute se agakobwa ko mu cyaro karimo gutwara  Umugabo wawe.
Brigitte ati” Ariko ahari waranyibagiwe kumuteguro. Ubu Umugabo wanjye turikumwe.
Micky biramucanga ati”ariko  urkumwe  nawe  mu ntekerezo?
Brigitte ati” Nooo.
.
Ko bavugana Desi arakagutse yibona mu buriri bwa Brigitte yambaye ubusa biramuanga yibaza uko yageze aho.  Yerebye abona yambaye  ukuri kuzuye.  Yibaza  uko yageze aho. Icyo yibua gusa nuko yasangiragana ba michel. Ako kanya Brigitte  aba aje mu cyumba.
Denis ati” Nageze hano gte??
Brigitte ati “ Rega igihe cyose  hano niho umutima  wawe  uba uri
Denis ati” Ndakubaza  nageze  hano gute??
Brigitte ati” Wizanye nkuko warusanzwe uhizana. Wowe  waje ungana.
Denis azunguza  umutwe ati Ntabwo narikuza hano
Brigitte araseka ati” Ariko dore niho uri. Denis aha niho ubarizwa rega.  Umutima wawe uba hano iwanjye.
.
Denis ati” Imyend yanjye irihe.??
Brigitt ati” Iri muri woshing machine ahubwo reka nkurebe indi yanjye uba wambaye.
Denis  biramucanga.

Brigitte areba indi ye aba amuhaye.
Denis ati” Ubu ngiye kwambara  imyenda y’abagore??
Brigitte ati” Uti muzu wanjye ariko hari ikibazo ukwiye kugira?? ahubwo kora dushe uze dufate breakfaste 
.
Denis afata isume .
Brigitte akamureba agaseka.
Denis ati” Niki cyabaye??
Brigitte ati” Ibisanzwe  biba kandi byagenze neza.  Cyakora narinkukumbuye cyane.
.
Denis yumva arapfuye.
.
Amaze  koga  aza muri salamanger akubitwa no gusanga mushiki we  Micky ahari agwa mu kantu.
Denis ati” Wowe urakora  iki hano??
Micky ati” Ufite ikihe kibazo cyo kuba ndi aha. Ahubwo nejejwe   no kuba uri hano.
.
Kurundi ruhande  Gweni nawe arimo kugeda agana mu rugo kwa Denis  agiye kumureba. Arimo kugenda n’amaguru.  Arimo agenda hari imoto ije imukatira imbere nabi umukobwa  utwaye iyo moto yikubita hasi. Gweni aramtabara aramufasha. Zimwe  mu mpapuro uwo mukobwa yarafite zinyanyagira hasi. Gweni amufasha kuzitora.
Gweni afatamo rumwe arebye ibyaribyo abona  ni impapuro z’amatangazo y’akazi. Azihereza uwo mukobwa umukobwa aramushimira  cyane.
Gweni  aramubazaat” Aho hantu barimo gutanga akazi nihe??
Umukobwa aramubaza ati” Urumva se  nawe ushaka akazi ngo nkujyane wigeragereze amahirwe??
Gweni ato” Ntakibazo.
Umukobwa ati” Jya kuri moto niho ngiye mpakugeze.
.
Gweni aba ahinduye inzira  ajya kuri moto ajyana nuwo mukobwa bakimara  kuva aho kumbe Auntie manda yari hirya yabo mu yindi mdoka abareba maze araseka.
.
Umukobwa hari aho yazanye Gweni binjiramo. Barakomeza bagera  kure  cyane muri iyo nzu bagera nah bazamuka. Gweni atangira kwikanga aho hantu baje bashaka abakozi.
Batangira  gutambuka ku bagabo badafite amasura meza. 
.
Bageze imbere uwo mukobwa hari Umugabo avuganye nawe  uwo mugabo amuha amafaranga maze uwo mukobwa arigendera. Gweni arabibona abona ko harimo ikibazo agiye gukata nawe ngi agende ibigabo biramuzenguruka.
.
Udacikwa na Episode 32

Comments