logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 10

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU  GITANDA CYANJYE
.
Episode 10.
.
Duheruka Bella agiye gusaba Imana gukomeza umutima w’umugabe we.
.
Writer Chris nandi Ishimwe.
.
Bella aracyavugana na Shella kuri telephone. 
Shella ati” Ngaho Enjoy cher turaza kongera gusubira.
Bella ati’ Yego.
.
Rumio aracyatetse
Bella amaze kuvugana na Shella funga amaso maze atangira gusenga Imana ayisaba ko yakomeza umutima w’umugabo we uko arimo kuwubona uyu munsi. Ayisanga cyane ayiginga.
.
Rumio asoje guteka maze afata ibisorori yararuma  maze abizana mu cyumba. Afata akameza kagenewe  guterekwa kuburiri  aterekaho.
Bella abonye Rumio ibyo yamutekeye aratangara cyane ati”Wawoooo!  Mbega ibintu narinkumbuye! Uziko ibi  narimbiheruka mbere y’imyaka 15 tutarabana. Nibwo mbiheruka.
Rumio ati” Uyu munsi rero nibyo  napanze.
Bella ati”  narimaze kubyibagirwa.
.
Rumio araseka
Bella ati”Uraseka iki kandi ari wowe wabiteye??
Rumio ati” Wabyibagiwe ute??
Bella ati” Narikubyibuka gute.
Rumio ati”Nago boneapetit.
Bella  atangira kurya .
.
Rumio akamureba akamwitegereza cyane  Bella yakubura amaso akabona Rumio amuhanze amaso.
Bella ati”Nawe rya cher.
Rumio  ararya.
Bella ati” Ubundiibi bintu ubiteka ute. Wazanyigishije. Ni gute ubasha guteka ifi gutya mu mboga ukabivanga gutya  bagafatana  bagakora isosi imeze gutya??
Rumio ati” Ntabwo bikomeye cher
Bella ati”Birakomeye nonese njyewe nzi kubiteka nabiherukaga cyera.
.
Rumio ati”Njyewe ubundi mbanza guteka amafi neza nkayatunganya yamara gushya nkayashwanyaguza  nkakuramo amahwa yose, noneho nkayakuramo uduce duto duto  cyane. Hanyuma nkafata imbog  zanjye nkaziteka  nazo mu mvuta zigashya  noneho nkasukamo twa duce tw’amafi nagiye nshwanyaguza duto duto  nkavanga cyane  noneho ngenda nshyiramo ibirungo byanjye byose nateguye neza nitonze ni poweye. Nibwo rero havamo isosi ya danger iryoshye gutya.
Bella ati” Uri uwa mbere cher.
Rumio araseka.
.
Barakomeza barya baganira.
Bella ati” Cher ubundi wagumanye isura imwe iyi ko ariyo wowe ko ariyo ibereye Umugabo wanjye. Wowe uraboa tubanye gutya atari sawa.
Rumio ati” Njyewe sinigeze mpinduka.
Bella ati” Oya  cher nsigaye  mu masura abiri atandukanye. Ubundi ikibazo kiba ikihe.
.
Eumio aramurebaaa abanza gutuzamo gake maze amufata  ku biganza ati”  Bella nyizera  nakubwiye ngo fungura amaso yawe cyane n’umutima uzasobanukirwa ko ntigeze mpinduka.
Bella akumva  ayo magambo Rumio amubwira akumva ntabwo  ayasobanukiwe neza ariko yanga gukomeza kumubwira  cyane ngo bitavaho yica  mood Umugabo yagarukanye.
.
Basoje kurya Rumio yandurura ibintu.
Bella ati” Cher unkoreye umunsi pe.
Rumio ati” Agahembo rero.
Bellaati” Ushaka  iki??
Rumio ati” Agasomyo.
Bella ati” Akira.
.
Rumio aramwwegera barasomana.
Rumio ati” asante.
.
Rumio ajyana amasahani ya nyuma maze aragaruka ateba Bella ati” Hakurikiyeho iki rero.
Bella ati” Njyewe ndi kuri gahunda yawe cher.
Rmio ati” Ka massage
.
Bella ati” Ugiye  ku nkorera na ka massage!
Rumio ati” Yego.
Bella ati” Mbega  umunsi uhebuje.
.
Rumio aza  kugitanda, Bella nawe ahita aryama yubitse inda, Rumio atangira kumukorera  ka massage ahantu hose. Aher hapfo kumaguru agenda azamuka.
Bella ati” Wawoo ndumva ukuntu  ibiganza byawe bigenda  ku mubiri wanjye ntabwo bisanzwe.
Rumio ati” Enjoy baby.
.
Bella ati”Asante baby.
.
Rumio agenda azamuka agera mu matako naho arahamasa, arazamuka agera kumabuno nayo arayamasa aranayasoma.
Bella  aratangara ati” Mbega!
Rumio arongera arayasoma maze atandukanyamo gato amaguru ya Bella noneho asoma no mu  gitsina.
Bella yumva ibidasanzwe ati” Jusus cher ibyo n’ibiki wee!
.
Rumio agumayo akajya asa n’ukurura umwuka, Bela akumvamo ako kayaga kagakurura ibyiyumviro bidasanzwe muri we.
Bella ati” Honye ubundi wabaga he? 
Rumio ati” Ndi hano booo
Bella ati” Ndimo kukumva mu bundi buryo uransajije.
.
Rumio avayo  akomeza kumumasa no mu mogongo. Amumas ahantu hose   umubiri wose.
Bella yumva muriwe araruhutse   ati”Ndumva mbaye mushya muri njye.
Rumio ati”  Aho ni sawa cyane.
Bella ati” Bea burya uri ugatangaza birenze uk narinkuzi.
.
Rumio agiye guhaguruka bella aratamufata ati”Ugiye he? si nshaka ko uva iruhande rwanjye
Rumio ati:” Ngiye gusubira mu kazi.
Bella ati” Cher n’ubundi ko amasa yakuze wabirtse ukazajyayo ejo. Rwose ndumva umutima wanjye udashaka kukurekura ngo ugende.
Rumio araseka ati” Njye nawe turi hamwe.  
Bella ati” ese hari ibyihutirwa ugiye kujya gukora??
Rumio ati” Yego.
Bella ati” Cho basi utahe kare sibyo.
Rumo ati” Yego.
.
Bella aramurekura maze Rumio ajya kwitegura ava aho aragenda. Bella asigara aryamye yumva muri we yabaye undi muntu amaeze neza birenze ikindi gihe cyose.
Ati” Ntababeshye uyu munsi unsumbiye  imyaka 15 yose yarishize mbana n’Umugabo wanjye. None aka kanya agiye ndumva ntagiye kumukumbura. Ahubwo  ubu nibwo ngiye kubara ko dutangiye kubana. Uyu ni umunsi wa mbere navuga ko  numvise uburyohe bw’Umugabo.
.
Udacikwa na Episode ya 11

Comments