Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA CYANJYE
.
Episode 10.
.
Duheruka Bella agiye gusaba Imana gukomeza umutima w’umugabe we.
.
Writer Chris nandi Ishimwe.
.
Bella aracyavugana na Shella kuri telephone.
Shella ati” Ngaho Enjoy cher turaza kongera gusubira.
Bella ati’ Yego.
.
Rumio aracyatetse
Bella amaze kuvugana na Shella funga amaso maze atangira gusenga Imana ayisaba ko yakomeza umutima w’umugabo we uko arimo kuwubona uyu munsi. Ayisanga cyane ayiginga.
.
Rumio asoje guteka maze afata ibisorori yararuma maze abizana mu cyumba. Afata akameza kagenewe guterekwa kuburiri aterekaho.
Bella abonye Rumio ibyo yamutekeye aratangara cyane ati”Wawoooo! Mbega ibintu narinkumbuye! Uziko ibi narimbiheruka mbere y’imyaka 15 tutarabana. Nibwo mbiheruka.
Rumio ati” Uyu munsi rero nibyo napanze.
Bella ati” narimaze kubyibagirwa.
.
Rumio araseka
Bella ati”Uraseka iki kandi ari wowe wabiteye??
Rumio ati” Wabyibagiwe ute??
Bella ati” Narikubyibuka gute.
Rumio ati”Nago boneapetit.
Bella atangira kurya .
.
Rumio akamureba akamwitegereza cyane Bella yakubura amaso akabona Rumio amuhanze amaso.
Bella ati”Nawe rya cher.
Rumio ararya.
Bella ati” Ubundiibi bintu ubiteka ute. Wazanyigishije. Ni gute ubasha guteka ifi gutya mu mboga ukabivanga gutya bagafatana bagakora isosi imeze gutya??
Rumio ati” Ntabwo bikomeye cher
Bella ati”Birakomeye nonese njyewe nzi kubiteka nabiherukaga cyera.
.
Rumio ati”Njyewe ubundi mbanza guteka amafi neza nkayatunganya yamara gushya nkayashwanyaguza nkakuramo amahwa yose, noneho nkayakuramo uduce duto duto cyane. Hanyuma nkafata imbog zanjye nkaziteka nazo mu mvuta zigashya noneho nkasukamo twa duce tw’amafi nagiye nshwanyaguza duto duto nkavanga cyane noneho ngenda nshyiramo ibirungo byanjye byose nateguye neza nitonze ni poweye. Nibwo rero havamo isosi ya danger iryoshye gutya.
Bella ati” Uri uwa mbere cher.
Rumio araseka.
.
Barakomeza barya baganira.
Bella ati” Cher ubundi wagumanye isura imwe iyi ko ariyo wowe ko ariyo ibereye Umugabo wanjye. Wowe uraboa tubanye gutya atari sawa.
Rumio ati” Njyewe sinigeze mpinduka.
Bella ati” Oya cher nsigaye mu masura abiri atandukanye. Ubundi ikibazo kiba ikihe.
.
Eumio aramurebaaa abanza gutuzamo gake maze amufata ku biganza ati” Bella nyizera nakubwiye ngo fungura amaso yawe cyane n’umutima uzasobanukirwa ko ntigeze mpinduka.
Bella akumva ayo magambo Rumio amubwira akumva ntabwo ayasobanukiwe neza ariko yanga gukomeza kumubwira cyane ngo bitavaho yica mood Umugabo yagarukanye.
.
Basoje kurya Rumio yandurura ibintu.
Bella ati” Cher unkoreye umunsi pe.
Rumio ati” Agahembo rero.
Bellaati” Ushaka iki??
Rumio ati” Agasomyo.
Bella ati” Akira.
.
Rumio aramwwegera barasomana.
Rumio ati” asante.
.
Rumio ajyana amasahani ya nyuma maze aragaruka ateba Bella ati” Hakurikiyeho iki rero.
Bella ati” Njyewe ndi kuri gahunda yawe cher.
Rmio ati” Ka massage
.
Bella ati” Ugiye ku nkorera na ka massage!
Rumio ati” Yego.
Bella ati” Mbega umunsi uhebuje.
.
Rumio aza kugitanda, Bella nawe ahita aryama yubitse inda, Rumio atangira kumukorera ka massage ahantu hose. Aher hapfo kumaguru agenda azamuka.
Bella ati” Wawoo ndumva ukuntu ibiganza byawe bigenda ku mubiri wanjye ntabwo bisanzwe.
Rumio ati” Enjoy baby.
.
Bella ati”Asante baby.
.
Rumio agenda azamuka agera mu matako naho arahamasa, arazamuka agera kumabuno nayo arayamasa aranayasoma.
Bella aratangara ati” Mbega!
Rumio arongera arayasoma maze atandukanyamo gato amaguru ya Bella noneho asoma no mu gitsina.
Bella yumva ibidasanzwe ati” Jusus cher ibyo n’ibiki wee!
.
Rumio agumayo akajya asa n’ukurura umwuka, Bela akumvamo ako kayaga kagakurura ibyiyumviro bidasanzwe muri we.
Bella ati” Honye ubundi wabaga he?
Rumio ati” Ndi hano booo
Bella ati” Ndimo kukumva mu bundi buryo uransajije.
.
Rumio avayo akomeza kumumasa no mu mogongo. Amumas ahantu hose umubiri wose.
Bella yumva muriwe araruhutse ati”Ndumva mbaye mushya muri njye.
Rumio ati” Aho ni sawa cyane.
Bella ati” Bea burya uri ugatangaza birenze uk narinkuzi.
.
Rumio agiye guhaguruka bella aratamufata ati”Ugiye he? si nshaka ko uva iruhande rwanjye
Rumio ati:” Ngiye gusubira mu kazi.
Bella ati” Cher n’ubundi ko amasa yakuze wabirtse ukazajyayo ejo. Rwose ndumva umutima wanjye udashaka kukurekura ngo ugende.
Rumio araseka ati” Njye nawe turi hamwe.
Bella ati” ese hari ibyihutirwa ugiye kujya gukora??
Rumio ati” Yego.
Bella ati” Cho basi utahe kare sibyo.
Rumo ati” Yego.
.
Bella aramurekura maze Rumio ajya kwitegura ava aho aragenda. Bella asigara aryamye yumva muri we yabaye undi muntu amaeze neza birenze ikindi gihe cyose.
Ati” Ntababeshye uyu munsi unsumbiye imyaka 15 yose yarishize mbana n’Umugabo wanjye. None aka kanya agiye ndumva ntagiye kumukumbura. Ahubwo ubu nibwo ngiye kubara ko dutangiye kubana. Uyu ni umunsi wa mbere navuga ko numvise uburyohe bw’Umugabo.
.
Udacikwa na Episode ya 11
Comments