Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA CYANJYE.
.
Episode 9
.
Duheruka Bella yibaza ukuntu atazi aho igikoni kiri kandi inzu ari iye.
.
Writer Chris nandi Ishimwe.
.
Bella ava aho yarahagaze akata mu yindi korodoro abona Rumio arahagaze n’ubundi kumenya aho Igikoni kiri byamucanze. Bella biramutangaza maze araza amutambukaho amwereka aho igikoni kiri.
Rumio araseka ati” Ahaaa nibi nashakaga ko umfasha bea! Nahoze nijijisha ngo ndebe aho Umutima wawe uri.
Bella araseka, Rumio ahita amwegera amukora kumunwa ati” useka neza mon bebe.
.
Bella yatangaye cyane arabona Umugabo we yabaye undi. Arimo kuvuga amagambo atajyaga avuga, arimo kwitwara uko atajyaga yitwara.
Bella ati” Cher ugeze ku kazi niki cyakubayeho??
Rumio ati” Kubera iki??
Bella ati” Njyewe ndabona hagarutse undi muntu utari Umugabo wanjye.
Rumio ati” Ariko ndiwe.
Bella ati” Nyine isura ni wowe ariko uburyo umezemo ndabona.
Rumio ati” N’ibibi se??
Bella ati” Oya ahubwo biratangaje cyane.
Rumio ati” Wowe iturize wakira byose ubona. Umutima wawe ukunze ukomeze ube hafi gusa.
.
Bella arumva yishimye cyane n’ubwobana Umugabo yamubereye mushya. Muri we ati” Iyaba ahubwo nagiraga amahirwe bigakomeza gutya. Ubundi uhindurwa niki mukanya nkako guhumbya.
.
Rumio abanza gushyira neza ibintu aho mu gikoni maze areba Bella ati’ Harya chou urimo kubabara cyane.
Bella ati” Yego.
Rumio amuza imbere ati” Ngiye kuguterura byoroshye nawe wiyoroshye.
Bella ati” Sawa.
.
Rumio aramuterura amuzana muri saro amuryamisha mu ntebe nini cyane.
Rumio ati” Ugiye kuba uruhukiye aho akanya gato.
Bella ati” Ntakibazo husband.
Rumio amusoma ku gahanga ati” Sawa boo buretse gato.
.
Rumio aragenda, Bella asigara asekamo atangaye yishimye cyane muri we ati”Ndabona uyu munsi ugiye kuba umwe w’agatangaza. Umugabo wanjye ni ubwa mbere agiye kujya mu gikoni kuntekera , nubwo ntazi icyo agiye kuntegurira. Ni nubwambere yamera gutya kuva twabana. kuburyo yaba anyitayeho umwanya we wose. Imana imfashe simbe ndikurota bibe birimo kuba byanyabyo. Ni Ubwa mbere nturuwe n’amaboko ye nkabyumva. Numvaga nyuzwe n’uburyo anteruye yuzuye umucyo mu maso ye.
.
Rumio ari mu gikoni arimo guteka. Ibyo atetse abasiga birimo kubira maze ava aho mu rugo ajya mu modoka aza kuri pharmacy agura imiti maze aragaruka.
Rumio ati” Nizere ko ntarungu??
Bella ati” Ntaryo ahubwo uvuye ko numvise imodoka yawe igenda?
.
Rumio amwereka umuti yaragiye gushaka, Bella araseka .
Rumio ati”Ubu tugiye muri dushe.
Bella agwa mu kantu ati” Njye nawe se??
Rumio ati” Yego.
Bella araseka ati” Ibaze najyaga nibaza niba umunsi nkuyu uzabaho nkajyanira rimwe nawe muri dushe.
Rumio ati” Byarikuzabaho kandi byari kuzabaho cyane.
.
Rumio aramufata barafatana bagenda bafatanye.
Rumio ati” Wowe tambuka gake uko ubyumva nubwo twazagerayo ejo ntakibazo.
Bella araseka ati” Ibaze ariko kuva hano kugera muri dushe ngo niyo twagerayo ejo kandi ari mu nzu imwe.
Rumio ati”None hari ikibazo.
Bella areba Rumio ati” Koko cher wanjye nkunda ugumye gutya waba iki??
.
Bagera muri dushe,Rumio amukuramo imyenda.
Bella ati”Ugiye kunyoza.
Bella araseka ati’ Bwa mbere mu mateka.
Rumio ati” Niko bisa ariko…. nako wibitindaho. Wowe ikibazo cyose ukomeze ufungure umutima wawe n’amaso yawe.
.
Rumio atangira kumwoza umubiri wose. Amushyiraho isabune , amushyiraho amazi. Bella arumva yabikunze cyane.
Rumio aba asomye kumabere ye.
Belle araseka ati” Sha honey ukabije kuntungura cyane.
Rumio araseka.
Maze aramukanda mu myanya y’ibanga aho arimo kubabara. Bella agataka ati” Ndimo kubabara. Ariko cher wagiye nabyo ubijyana gake biri romance nkuku umaze.
Rumio ati” Umbabarire iba byose ntabizi. Ariko n’ibyagahe gato.
Bella ati” Ngo ibaba byose utabizi.
Rumio ati”Yego ariko bizagenda neza bea ntugire ikibazo. Urumva basi kuba nkukanze hari icyo bagabanyijeho.
Bella ati” yego
.
Amaze kumwoza aramuterura ati”Nkujyane hehe nkusubize muri Saro cyangwa nkujyane mu cyumba??
Bella ati”Mu cyumba.
.
Rumio aramujyana baza bagana ku cyumba ariko naho Rumio arahayoberwa.
Bella ati’ Cher utambwira ko n’icyumba cyawe ukiyobewe.
Rumio araseka ati” Oyaa ndimo kugira ngo byose dufatanye.
Bella ati”Naho mpakwereke se kandi?
Rumio ati”Yego nigeze nkaho ntahazi.
Bella ati”Oya ho simpakwereka. Njyana ahubwo.
.
Rumio aramujyana, Bella abona barenze korodoro ijya mu cyumba cyabo.
Bella ati” Cher ubwo ntabwo urimo kuvunika koko! Waretse kwijijisha ukanjyana mu cyumba.
Rumio ati”Niba ugiriye umugabo wawe impuhwe ngaho hamwereke rero nibyo ashaka.
Bella ati”Sawa.
.
Bela naho arahamwereka barinjira amurambika kuburiri.
Bella at”urakoze rukundo.
.
Rumio aramuhanagura.
Bella ati” Mbegaa! Ubu noneho ndimo kumva iki cyumba kirimo ubuzima.
Rumio araseka afata umuti ati’ Ngiye kugusigira umuti ku bintu turebe ko wagufasha.
Bella ati”Yego chou.
.
Bella atandaraza amaguru Rumio amureba mu bintu, Bella ashyiraho akaboko, Rumio agakuraho maze aca bugufi abanza ku kirebaaaa.
Rumio ati”Kirasa neza cyane kirarabagirana nk’ikirere.
Bella yumva bibaye ukundi muri we ati” Cher waretse ayo magambo!
.
Rumio ahita agisoma ahubwo maze abona kumusiga umuti. Arangije ava mu maguru ya Bella.
Rumio ati”Mbaye ngiye bea ndebe ibyo ntetse.
Bella ati” Sha mfite amatsiko yabyo! Mbega umunsi wa gatangaza.
.
Rumio ati” Sawa nahamukanya.
Rumo akiva mu cyumba telephoe ye irasona abona ni Shella uhamagaye aritaba.
Shella ati”Mada worohewe se??
Bella ati”Ndimo kumera neza birenze ibyo wakwiyumvisha.
Shella ati” Umuntu nagiye aninagira ko numva ufite moral.
.
Bella ati’Umva reka nkubwire cher Umugabo wanjye yavuye mu kazi yagarutse ari hano.
Shella ati” Ko numva ibivuga wishimye se kandi yaraye akubaga.
Bella ati”maze ndimo kuvuga ngo Imana imfashe simbe ndimo kurota. Kuko wagira ngo ijuru ryafashe Umugabo wanjye rimukoramo undi muntu mushya. Uzi care mpagaze hano.
Shella ati” Kagire inkuru!
.
Bella ati” Umugabo wanjye ubundi ntanarimwe yari yarigeze anjyana muri dushe ngo anyoze cyangwa se basi ngo twogere hamwe. Arimo kujya anterura burikanya akansoma, akambwira ko ankunda. Umva ubu noneho ari mu Gikoni kandi ni ubwa mbere umugabo wanjye agiye mu gikoni rwose.
Shella aratangara ati” Umugabo wawe se niwe wabaye romantic bingana gutyo?
.
Bella ati”Uyu munsi ndabona wambereye ijuru pe! Neza neza Umugabo wanjye yabaye mushya.
Shella ati” Nanjye rero ngeze aho ntangira gucangwa nuwo Mugabo wawe.
Bella ati’Niba Imana yahinduye umutima w’Umugabo wanjye ngiye gusenga cyane nyisaba gukomeza umutima we.
.
Udacikwa na Episode 10
Comments