Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA CYANJYE
.
Episode 8
.
Duheruka Rumio ayishizemo, kandi na Bella afite ikizere ko bigiye kugenda neza.
.
Writer Chris nandi Story.
.
Bella arumva yamaze gufata mood, nuko afata mu bitugu by’Umugabo we kugira ngo amumotive, Rumio natwe atangira gusunika, Bella aramwakira neza no gutaka kwijwi ry’iza ryuzuye amarangamutima. Byongerera Rumio imbaraga n’ikizere cyo kumva ko umugore we arimo kumwumva neza. Sasa nyuma ya kanya atangira kwihuta.
Bella ati” Honey wikwiruka genda gake.
Rumio ntiyabyumva.
.
Bella aramuvugisha cyane ati” Honey genda gake.
Rumio arongera agabanya akavuduko.
Bella ati” Gutyo basi.
.
Gusa Rumio we akumva kugenda gake ntakintu yumvamo, afata amaguru ya Bella arayamanika cyane, maze arongera atangira gukubita yihuta. Bella atangira kubabara mu rukenyerero bitewe n’ukuntu Rumio amufashemo. Atangira no kumvba ababara mu gitsina. Arataka cyane Rumio akibwira ko ari ukuryoherwa.
Bella ati” Ndimo kuvunika cher!
.
Sasa iyo Rumio yagiye muri mood amatwi ye araziba ntaintu aba akibasha kumva, ntiyumva ibyo Umugore avuga cyangwa ko arimo gutaka kubera kubabara.
.
Bella ashaka kumwiyaka ariko yamufashe cyane biranga. Amarira atangira gutemba atyo kubera uburibwe.
Rumio aramuhindukiza, aryamira urubavu afata amaguru ye arayahina cyane maze amuhera iruhande. Maze kubera gucumita cyane , Bella akajya ayumvira iyo kure mu nda bikambabaza cyane.
Bella arataka ati” Cher please!
Undi akagira ngo ni bimwe byo kwishima by’abagore.
.
Bella abonye Rumio atamwumva arwana no kumwiyaka.
Bella ati” Cher njye narangije basi nawe rangiza.
Rumio noneho aramwumva ati” Yego ngiye kurangiza.
Bella arihangana afungwa umwuka akandi kanya gato basi ngo Umugabo arangize . Umugabo kurangiza biranga bifata undi mwanya munini cyane ajya kurangiza Bella yanegekaye yanoze.
.
Umugabo arangije agwa hasi nk’igiti ariruhuta icyuya cyamurenze. Bella aramwitegerezaaaaaa.
Rumio ati” Bigenze sawa??
Bella apfa kwikiriza ati” Yego.
Rumio ati” Good ijoro ryiza rero.
.
Umugabo arahindukira ahita yiryamira. Bella ntabwo yishimye ashatse guhindukira ngo nawe aryame guhindukiza amaguru biranga bitewe n’ukuntu arimo kubabara mu gitsina no mumatako. Ubwo abona ari ntakundi uretse kuryama ingarame.
.
Buracya Umugabo arabyuka aritegura yigira mu kazi. Bella akanutse abona Umugabo yagiye.
Yumva nabwo aracyababara cyane bikomeye, no kubyuka biramunanira. Afata telephone ye abona amasaha yo kujya mu kazi arageze. Kandi arumva atameze neza kuburyo aza kujyayo.
Ahamagara Shella.
.
Bella ati” Shella bjr.
Shella ati” Bjr bite ko numva ikiryamye?
Bella ati” Sha ntabwo nza mu kazi unsabire uruhushya.
Shella ati” Wabaye iki se kandi.
Bella ati” Ntabwo meze neza narwaye.
.
Shella ahita akupa telephone.
.
Kurundi ruhande Rumio ageze mu kazi. Umwe mu bakozi bakora muri companye ye yitwa Cadette arimo kwifatira utu Video twa snap. Rumio yinjiye aba aramubonye undi ataramubona, Cadette ahindukiye aba aramubonye maze arikanga.
Rumio ati” Nibyo waje gukora mu kazi kanjye.
Cadette ati” Oya boss. Ariko akazi narimfite narinasoje kugakora.
Rumio aramwegera ati” Maze usoje kugakora wumva ko ugomba gukinira gutyo mu kazi kanjye.
Cadete ati” Oya boss ni aka video gato narimo mfata naringiye guha bashuti banjye bari hanze.
Rumio ati” Aha se ni muri studio?
Cadette ati”Oya.
Rumio ati” Mpereza iyo telephone.
.
Cadette arayimuhereza maze ayikubita hasi arayijanjagura. Cadette biramubabaza cyane.
Rumio ati” Iyi niyo gasopo nkuhaye.
Cadette arababaye cyane.
Rumio ati” Hari icyo ugiye kurenzaho??
Cadette ati”Oya.
.
Rumio arikomereza ajya muri office ye. Cadette ajya kwicara ababaye cyane. Bagenzi be baramureba nabo babajwe n’ibibaye.
Mika ati” Cadette twaritwakubwiye Boss wa hano arakarishye cyane.
Cadette ati” Kuburyo yafata telephone yanjye akayimenakuriya??
Mika ati” Hano niko bimeze. Waba ufite akazi cyangwa utagafite n’ukwigengesera. Nta mukozi n’umwe utamutinya.
.
Cadette ati” Telephone ntanukweze narinyimaranye.
Mika ati” Nyine ihangane ubwo uzashaka indi n’uhemnbwa.
.
Tugaruke mu rugo Shella yahise aza kureba Bella. Bella ava mu cyumba agenda aninagira.
Shella ati” Ufashwe n’ibiki aka kanya ko mbona uninagira nk’Umugore utwite.
Bella ati” Bireke sha!
Shella amwitegereje neza maze araseka.
Bella ati” Uraseka ibiki se?
Shella ati” Wayirayeho niyo mpamvu umeze gutyo.
Bella ati” Kandi uri igishwi. Abazirayeho se bose nuku baramuka.
Shella ati” Yewe ndimo kubibona, Umugabo wawe yongeye kukubaga.
.
Bella ati’Nsigaye narayobewe pe! Umugabo wanjye yabaye undi mugitanda. Arambabaza atinda kurangiza. Ntabwo aba yumva ibyo nshaka.
.
Shella abona ku kaz baramuhamagaye arahaguruka ati” Sha ihangane nyine narinize ngo nikindi kibazo reka njye mu kazi ndakuvugira.
Bella ati” Reka ndebe ko nza kumera neza. Shella aragenda.
.
Bella agaruka mu bururi kuryama.
.
Tuze ku kazi kwa Rumio ari muri Office . receptioniste we azanye Darilene. Rumio abonye Darle araseka cyane aramwakira amwishimiye cyane.
Rumio ati” Darlene ugeze han gute?
Darlene ati” Narindi muri ibi bice. Abantu nibo bambwiye ko hano ari kuri company yawe ndavuga ngo reka nkunyureho nkusuhuze.
Rmuio ati”Urakoze cyane.
.
Darlne ati” Ni heza ufite compny nziza.
Rumio ati”Urakoze cyane.
.
Darlene akomeza kwitegereza aho muri Office. Ariko uburyo aje yambaye bugakurura amaso ya Rumio.
Darlene agaruye amaso abona Rumio arimo kureba mu mabere ye, Rumio ahita yijijisha arikoroza.
Rumio ati” Wambaye neza cyane urasa neza kbsa.
Darlene ati” Urakoze cyane.
.
Rumio ati” Ni iki ushaka gufata??
Darlene ati” Icyo wangenera cyose wowe ushaka.
.
Mu rugo kwa Bella ari mu buriri ariko arumva hari umuntu winjiye mu nzu.maze arabyuka aza kureba abona ni Umugabo we ugarutse mu rugo afite n’agakarito afitemo ibintu.
Bella ati” Cher ko ugarutse mu rugo aya masaha??
.
Rumio atereka hasi ako gakarito aza imbere ya Bella ahita amuterura. Gusa Bella arimo kubabara.
Bella ati” Buretse cher ndimo kubabara nshira hasi.
.
Rumio amusubiza hasi.
Bella aramureba yumiwe ati” Ni iki kibaye ko ari ubwa mbere unteruye kuva twabana??
Rumio aramufata amuryamisha mu gituza cye ati: Ndagukunda my love.
.
Bella agwa mu kantu nanone areba RTumio mu maso ati”Ariko honey ufite impande zingahe??
Rumio avuga aseka ati’ wHY?
Bella ati” Kuvuga ijambo ngo urankunda n’ijambo ritajyaga ripfa kuba mu kanwa kawe.
Rumio ati” Ariko ndagukunda cyane bea.
Bella yumiwe.
Rumio ati” Ndagarutse kubera ko ari ngombwa. Harya urambwiye ngo urimo kubabara??
Bella ati” Yego. Ibyo waraye unkoreye n’ijoro ntabwo ari byiza.
.
Rumio aba arongeye aramuteruye amwicaza mu ntebe maze afata ya karito azanye aseka yishimye cyane.
Rumio ati”Uyu munsi ngiye kugutegurira akantu ukunda. Nkuvure nuko kubabara wagize.
.
Rumio aragenda Bella amukurikiza amaso. Rumio arahagarara arahindukira aramureba. Bella arimo gutangazwa nuko Umugabo we agarutse ameze bidasanzwe!
Rumo ati”Harya mu gikoni nihe cher!
Bella biramusetsa ati”Cher ni wowe urimo kubaza ngo mu gikoni nihe??
Rumio araseka ati” Nako ndahazi nashakaga kugusetsa.
.
Rumio aba arakomeje, ariko Bella abona Rumio aho kugenda agana mu gikono agiye agana mu cyumba cy’Umukobwa wabo.
Bella biramutangaza aba arahagurutse maze aramukurikira asanga ahagaze kumuryango w’icyumba cya Seffa arimo kwivugisha ati” Mu gikoni ntabwo ari hano.
Bella ahagaze inyuma ye arimo kumureba, Rumio ahindukiye nawe aramubona.ahita aseka ati” Cher ntutekereze ko mu gikoni nahayobewe nuko nashakaga kubanza narebamo hano.
.
Rumio arongera aratambuka amutambukaho arakomeza. Bella amukurikiza amaso aribaza muri we ati” Uyu yabaye iki kuburyo arimo kuyoberwa mu nzu ye??
.
Udacikwa na Episode 9
.
Comments