logo

NEW TALENTS

Stories Group

IYOBERA MU GITANDA S01 Ep 7

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IYOBERA MU GITANDA  CYANJYE
.
Episode 7
.
Twaherutse Rumio yemereye Bella kuri telephone ko message  ariwe wazohereje mugihe yariyarabihakanye mbere.
.
Writer Chris Nand ishimwe.
.
Rumioamaze kubyemera Jules akoma amashyi ati” Aho ubikoze  neza. Ubu umugore wawe agiye muri mood nziza.
Rumio ati” Ariko ndashaka gufata uyu muswa wankoreye ibi.
Jules ati” Nzi umwana w’umuhanga wagufasha.
Rumio ati” Tugende.
.
Kurundi ruhande Bella aratunguwe cyane nawe, nyuma yo kumva ko kuba Umugabo yari yabihakanye mbere hose yari prank.
Shella aza hafi ye.
Bella ati”  Rumio ambwiye  ko kuba yari yakanye ko atariwe  yari prank.
Shella ati” Abagabo se nabo  basigaye bakina prank.
Baraseka  maze Bella arongera arikaruma.
.
Shella ati” Bite se ko uhise wikaruma cyane??
Bella ati” Ndumva ntazi uko mbaye.
Shella ati” Ubaye iki?
Bella ati”  ndumva muri njye wagira ngo ahubwo kuba abyemeye nibyo Prank.
Shella ati” None ukaba wumva ko  ibiri byo ari kuba yakanye??
Bella ati” Yego.
Shella araseka ati” Nuko se  bikaba byarakozwe nande ko telephone ari iy’umugabo wawe?
Bella ati” Nanone aho bikacanga. Gusa impamvu numva numva wagira ngo kuba abyemeye nibyo prank ni amagambo yaraye ambwiye ni joro dutashye.
Shella ati” Yakubwiye iki??
Bella ati” Yambwiye amagambo yambabaje cyane.  Namubajije impamvu yahindutse atakiri romance  maze aransubiza ngo turi bakuru turakuze ntabwo tukiri muri bya bihe bya romance byo guteretana. kandi koko ibyo yavuze nibyo mperuka ijambo rye ngo ndagukunda cyera cyane. Cyangwa aka bizoux. Ansoma rimwe nabwo  igihe tugiye kubonana gusa. None nyuma yemeye ko ariwe wanditse ariya magambo.
Shella ati:” Nyine ubwo nibyo yavugaga ko uko yitwaraga kose byari prank.
Bella ati” Sha simbizi.
Shellaati” Byizere wana ahubwo utaza kumukura muri ibyo bihe byiza ashaka ko mugarukamo.
.
Bella ati’ Ndaba mbibona.
Shella ati”Niba agiye kukugarukira neza mufashe kumwakira. Ubimufashemo cyane. N’ubundi abagore nitwe dushyiramo imbaraga cyane.
.
Kurundi ruhande Rumio na Jules bageze ku musore w’umu IT ugiye gufasha Rumio. Rumio amusobanurira ikibazo afite. Umwana afata telephone ye atangira gushakisha uwaba waramuhackinze. Arabibona.
Umusore ati” Boss bari baraguhackinze .
Rumio ati:” Ninde wabikoze?
Umusore ati” Uwabikoze ntabwo ndimo kumumenya kuko nawe ni umuhanga yahishe ibimuranga mu buryo bukomeye.
Rumio ati” Uwo mujyinga   iyo nza kumumenya. Ariko icyo kibazo wagikemera.
Umusore ati”Yego.
.
Umusore aragikemura maze abasubiza telephone yabo baramwishyura baragenda.
Rumio ati” Kuba namenye ngo ninde birambabaje.
Jules ati” ariko byibura ucyemuye ikibazo cyo kuba yari yarakwinjiriye.
.
Rumio ati” ariko kuva yaroherereje Umugore wanjye itasi yanditseho amazina ye reka njye kubaza aho bandka  ku matasi umuntu waje kuhandikisha  itasi y’Umugore wanjye.
Jules ati” Itasi wayizanye se?
Rumio ati” Naraye nyifotoye.
Jules ati’ Ubwo se baramera kuduha amakuru ye??
Rumio ati” Baraba bahisha iki se baratubwira.
.
Bakata imodoka baza aho hantu barinjira. Umukobwa ukora kuri receptiona yitwa Kanani arabakira.
Kanani ati” Boss tubafashe gute??
.
Rumio amwereka ifoto y’iyo  tasi ati” Wambwira umuntu waje gukora iyi tasi hano??
Kanani ati”Boss hano rero dufasha abatu benshi  ntabwo naba mwibuka neza.
.
Naho bumva  nacyo babamariye maze baragenda.
Jules ati” Mwana icya mbere nuko wakemukiye ikibaz kuba uyu muntu utamumenye byiguhangayikisha.
Rumio ati”Nonese ubu umuswa yaragamije iki??
Jules ati” Ariko wa mugani biratanatangaje! Buriya yaragamije iki??
Rumio ati” Ndimo kwibaza nawe ukambaza?
Jules ati” Nonese niba yaranashakaga gtereta Umugore wawe yarikujya amwandikira akoresheje phone yawe ya hackinze. Ko wumva ko niyo mpano y’itasi yayimwoherereje mu mazina yawe??
Rumio ati” Biracanze.
Jules ati” Tubireke.
.
Ni joro Bella ari mu rugo arimo guteka. Seffa aratashtye avuye kwishuri aza asuhuz mama we.
Seffa ati” Mama bite ko atari wowe waje  kumfata ukohereza Jacke.
Bella ati” Nashakaga kuza gutekera papa wawe.
Seffa ati”N’ubundi se ntaributahe ntabirye.
Bella ati” Siko mbitekereza.
Saffa ati’ Mwavuganye ?
Bella ati” Yego.
Seffa ati’Banza ari byiza ndabona no kumaso yawe hacyeye.
.
Bumva imodoka ye irinjiye mu gipangu, Bella ahita ava mu gikoni aza kumarembo, Umugabo ava mu modoka  asanga Umugore ahagaze mu muryango.
Bella ati” Ikaze mugabo mwiza.
Rumio asubiza aseka ati” Murakoze cyane. 
.
Rumio ahobera Bella.Bella abonye Rumio amuhobeye agwa mu kantu atangaye cyane! Yumva biramunejeje bitabaho, yumva ibisa n’ibihe byiza bitashye muri we.
Arangije ahobera na Seffa.
Seffa ati”  Ubundi uyu niwe Papa wanjye.
Bella  arishimye cyane.
Rumio ati” Mwese mwiriwe sawa?
Bella ati” Cyane umunsi wajye wabaye mwiza.
.
Rumio arikomeza ajya mu cyumba, Bella na Seffa bararebana baraseka.
Seffa ati” Papa yabaye iki??
Bella ati” Nanjye natunguwe cyane umunsi wose.
.
Bella aza gutegura ameza bararya, basoje bajya mu cyumba. Bella noneho arumva ari mu bihe byiza.
Bella ati” Rwose cher prank yawe warakabije cyane yamaze igihe kirekire. Uziko narinsigaye mbona ntakuzi
Rumio ati” Ariko ninjye.
Bella ati” Ubu nibwo wabaye wowe.
Rumio araseka, na Bella araseka maze ynaga kugitanda ati”Narinkumbuye ibihe nk’ibi icyumba cyacu  cyuzuyemo inseko yacu.
.
Rumio nawe ajya mu buriri maze afata bella. 
Bella ati”Am ready cher kandi ndizer anbyo ko biraba byoza cyane.
.
Rumio aramusoma, Bella nawe aramusoma  yumva abishaka cyane. Ubundi mbere bajyaga kubonana  Bella akumva afite ubwoba .  kubera ukuntu Umugabo we yajyaga abikora amubabaza akanatinda kurangiza. Ariko ubu arumva yiteguye ko biza  kugenda neza kuva yagaruriye Umugabo we amarangamutima.
.
Rumio amukuramo imyenda nawe ayikuramo maze afata amaguru ya Bella arayamanika amureba mu gitsina.
Bella agaseka agapfukaho ikiganza ati” Windebamo cher!
.
Rumio ayishyiramo
.
Udacikwa na Episode 8

Comments