Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
.
NewtalentsG
.
Twasize .. hahandi umwarimu yarantunze urutoki yereka abapolici ko aringewe
.
ADS
.
Murako kanya abanyeshuri bose barandebye Sophia niwe wabaye uwambere mukundeba ariko ahita ankuraho amaso, uwo mwarimu amaze kuntunga urutoki ubwoba bwaranyuzuye burongera buritekera mpaka kumva nshatse kunyara natangiye kwibaza uko ndi bwisobanure mvuga , mu byukuri ntabwisobanuro nari mfite murako kanya. namize ibitari mukanwa ubuzima bwange naringiye kubumara muri gereza,
.
Uwo mwarimu amaze kwerekana ko aringewe w'amuporisi wa ruhetse imbunda yaranyegereye
ariko ataragera iruhande rwange
Yaravuze ngo nsoheke bagire ibyo bambaza narahagutse nubwoba bwinshi ariko mbanza kureba aho Sophia yicaye kugira ngo ndebe niba bimubabaje, cyangwa bimutangaje ibyo byo gushakwa na bapolisi ariko ubwo na maraga kumureba naratangaye.
.
Murebye tugahuza amaso nabonye
Bita mubabaje nagato ahubwo ameze nkumuntu urimo kwimyoza hanyuma akomeza kuganira numukobwa bicarana bisa nkaho haribyo arimo kumubwira.mbona uwo mu kobwa arandebye byashoboka,
yarari kumubwira ukuntu Ntakintu nshoboye muri Sex.
Uwo mukobwa amaze kundeba
twahuje amaso ...ubwo nge nari nongeye kureba Sophia nabonye mumaso yuwo mukobwa wagirango amfitiye impuhwe ariko Sofia we ntabwo yaranyitayeho nagato.
.
Byarantangaje nabwo narinzi ko abakobwa aruko bateye impamvu nari nyizi ntagushidikanya nuko ntari namukoreye ibyo ashaka
ntabwo byambabaje cyane nubundi ibyi nkundo byari ibyo kuntesha umutwe gusa nasohakanye nabo baporisi nibwo batangiraga kumpata ibibazo ariko baterura.
.
Tumaze kugera hagati yikibuga cya basket nibwo umupolisi umwe yagiye yambaza Ibibazo neza ntabyo kujenceka yaratangiye
ati"Ejo mumasaha yokwiga wowe warurihe?
Umutima urabyina ati"Nari...nari Madamu Marie niwe wambwiye ngo mufashe gupanga ibitabo ngo nindangiza mbimutwaze murugo"
.
Umupolisi ati"Aahiii sawa! hanyuma umaze kugeza ibyo bitabo murugo waricaye cyangwa wahise usubira inyuma?"
Ngewe nti"Oyaa ntabwo nahise nsubira inyuma ahubwo maze kwicara madamu Marie yara bwiye ngo ninicare anzanire
juice ngende nyinyoye!"
Uwo mu police ansubiza
Ati"...Ahaa biragaragara ko ukiri umwana ariko ibikorwa ukora nibyabantu bakuru. Gukora kariya kantu ukiri umwana ubwo numara gukura bizagenda gute ? uzakora ibikorwa bimwe nibya satani"
Amaze kubwira gutyo nahise menya ko bamvumbuye..bakaba bamaze kumenya ko aringe we waraye ukoze ibara kwa madam
nubwo ntari nigeze mukora ho.
.
wa mupolisi uhetse imbunda
yakomeje kubwira
ati"umva ibi rero wagahungu we uragahungu kubera ko wowe ntabwo urageza igihe cyo kwitwa umuhungu madamu twamusanze iwe murugo munzu aryamye hasi ku isima arimo kuva amaraso kumutwe Kandi uburyo twamusanzemo buragaragaza ko hari umuntu barimo barwana kandi iperereza twakoze ryagaragaje ko ari wowe mwabonanye bwanyuma ibyiza rero nuko wareka kurimanganya ukavugisha ukuri kose niba washakaga kumufata kungufu tukabimenya tukagira icyo tugufasha kanswe ukiri umwana
Ariko nutabikora ugiye kuzaborera muri gereza"
.
Naramusubije nti"nukuri ngewe ibyo ntakintu mbiziho nagato maze kunywa juice nasohotse ndagenda musiga aramahoro ntakibazo nakimwe rwose"
.
Undi mupolisi ati"..sawa komeza gushikama kukinyoma"
Undi wagatatu yungamo ati"ntaribi ubwo wanze kuvugisha ukuri hakiri kare uraza kuvuga numara kumva ukuntu uburoko buryana"
ubwo nyine bahise bashyira hagati bantwara mu modoka baratsimbura dusohoka ikigo bantwara abanyeshuri bose bari bazi ko nitonda babireba twerekeje kuri Police tumaze kuhagera nabonye na wa mwarimu wambonye mvuye munzu ya madamu aje kuri moto
.
Maze kungeza kuri Sitasiyo ya Police barongeye barambaza bwakabiri
ati" nubu uracyashikamye kukinyoma ntabwo ushaka kuvugisha ukuri kose?"
Ndabasubiza nti"mvugishe ukuri kubintu ntazi?
Umwe uhetse imbunda. ati"umva rero ubwo wanze kuvugisha ukuri ugomba kuba fungiye mucyumba cyawe wenyine mugihe utegereje ko Marie akira..akazagukuraho icyaha cya ngwa akakwegekaho umusaraba"
.
Maze kumva uko natangiye kwibaza uko ngiye kubaho mu ricyo cyumba bagiye kuntamo.
.
Nagerageje kubasaba imbabazi kugira ngo bandeke mugihe bagitegereje ko madam Akira ariko biba ibyusa baranyangira
Bahise bajyana muri cyo cyumba
Barangije kuntamo bakubitaho urugi cyari icyumba kirimo umwijima mwinshi kuburyo nawe ubwawe utabasha kwibona maze umwanya muto nicaye muricyo cyumba naratangaye cyene maze kumva
ibintu birimo guhumeka bisobanuye ko harimo na bandi ba ntu ngikanaguye amaso kugirango mbashe kubona abo bantubarimo guhumeka narumvishe..
Ati" Turaronse umuneze ro wuyu munsi"
Maze kubyumva umutima waradunze narabyumvishe ariko ntabwo nabashije gusobanukirwa neza icyo uwo muntu yashakaga kuvuga, bitewe nuko icyo cyumba kitabonaga nagato nahisemo kwicara kuru hande rumwe ntangira kwibaza ibibazo nibindi byubusa nibaza uko nda sohoka muruko kuzimu.aho amaherezo ibitotsi byantwaye
Ndasinzira nakanguwe nokumva umuntu arimo kunkorakora maze gukanguka neza naratangaye nasanze Ari ibigabo bitatu bibiri bimfashe amaguru ndetse nu mutwe byaryamishije hasi ikindi nacyo kiri hagati yamaguru kirimo kugerageza kunyambura ipantaro..murako kanya natekereje ibintu bashaka kunkorera ariko mbiburira igisubizo ikitwa ubutinganyi najyaga nyumva ariko ntabwo. narinzi uko bikorwa,
.
Ngitekereza numvishe ikigabo kimwe kimfashe ukuboko kibwira mugenzi wacyo wari hagati yamaguru yange ...giti"Man natwe turarebye
Gira vuba vuba natwe uduhe umwanya"
Icyo kigabo kimaze kuvuga gutyo nibwo nagiye nasobanukirwa uko ubutinganyi bukorwa...natangiye gusenga Imana..itume icyo gikombe kindenge aho ho nifuje ko nahinduka imbwa kugirango nshobore kwirwanaho.
.
Nubwo ibyo byoguhinduka imbwa ntabinkunda ariko mubibazo ibyo byo guhinduka imbwa byari bimfitiye akamaro.
natangiye guteragura imigeri ibyo bikaba biri mubyatumye uwo mugabo ananirwa gukora ibyo bikorwa bye byumwanda yaguye hakurya kuberako naterenaga imigeri imbaraga
yaragarutse abonyeko ndimo kumurwanya nibwo yakoze ikosa ribi cyane ryo kunkubita igipfutsi Munda kugira ngo numve ububabare bundenge mwemerere.
.
Kumbe ntamenyeko avumbuye Satani murako kanya numvishe imbaraga zidasanzwe zinyi njiye mo
vuba vuba inzara ziba ndende namenyo arakura bigenda gutyo
murako kanya maze gukubitwa igitutsi Munda numvishe haro undi mugabo wakoze urindi kosa azana ukuboko kwe kumunwa
kugira ngo ntavuza induru kumuvuduko ubangutse cyane nabashije kumukacira intoki ashatu icyarimwe. bagenzi be
Nabwo basobanukiwe ibibaye bumvishe mugenzi wabo avuza induru gusa ariko nabo ntabwo nabadebekeye kubera ko nabo nabatereye mubirometero hakurya bintu byabatangaje cyane bibaza aho izo ambaraga nzikuye kuburyo njugunya abagabo batatu Bose nahise byuka ntangiye guhuma nk'impyisi ntonomana umujinya.
.
Murako kanya kandi amaso nayo yari yahindutse ajya gusa nk'umuhondo bisobanuyeko ko ibintu byose nabibonaga mw'ibara ryumuhondo umwe muri babagabo yaravuze.
Ati"Erega Kano gahungu nu muntu udasazwe nawe reba ukuntu amaso ye yaka"
Ubwoba bwabitekeyemo batangira gusubira inyuma bikuruza ikibúno nange ntangira kubegera .....
.
Bizagenda bite?
Aho nabica noneho bigahumira kuburari bakamufunga Burundu?
.
Udacikwa na Episode 14
.
NewtalentsG
Comments