logo

NEW TALENTS

Stories Group

NABA N'URUKUNDO S01 Ep 13

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Episode ya 12 yarangiye ubwo uyu mukobwa Jessica yari yaje kureba uyu musore Kim I butare mu majyepfo,bamara kubonana Jessica akajyana Kim mu nzu y’aho bari batuye kera batarajya I Kigali,ndetse mu kuhagera kubera urukumbuzi rwinshi uyu Jessica agahita asatira Kim cyane akamuha umubiri we wose nta na kimwe amuhisha, byatumye urukundo rwabo rwiyongera ndetse bagakomeza kwiyumvanamocyane, aha, hakaba ari naho uyu murore Kim yaje kubonera ubwiza bwa nyabwo bw’uyu mukobwa Jessica.
Cyarangiye kandi ubwo bari batashye, hagahita haza umusore Fred, uyu Fred akaba ari inshuti ya Brown cyane ukorana na Kim, agasatira Jessica,ndetse Jessica akamuhobera cyane nk’umufitiye urukumbuzi rw’inshi, byatumye Kim yibaza niba Jessica ariwe bahoze bari gukora urukundo cyangwa se ahindutse muri ako kanya.
:
:
Nakomeje kwitegereza cyane uburyo Jessica na Fred bahoberanye,nkumva biri kundya cyane kubera kobahoberanye igihe kinini ndetse Fred agatangira gukorakora kuri Jessica umugongo wose. Nonese mvuge ko numvaga ari ibisanzwe? Oya, nari nafushye cyane, k’uburyo uwo munsi ariwo munsi umujinya wa njye wazamutse cyane nkumva Fred namusanga nkamukubita ikintu, ariko nza kwikomeza.
Nkiri ahongaho,nibutse amagambo papa Jessica yigeze kumbwira umunsi umwe, ati”papa Fred yarambwiye ngo ushobora kuba uri umugisha”. Naje kumenya ko uwo Fred ashobora kuba ari umwana w’uwo mugabo papa Jessica yari ari kumbwira icyo gihe, bakaba batuye aho mu majyepfo. Gusa ikibazo nari nsigaranye ni ukuntu Jessica yari ari guhobera Fred cyane, kandi ndi aho ngaho.
Bamaze guhoberana,Jessica yarampamagaye, ambwira ko tuba dusubiye mu nzu gato akavugana na Fred. Twicaye muri salon uko turi batatu, ubundi Fred atangira kuririmba ambwira Jessica uburyo yari amukumbuye cyane. Jessica nawe yabwiye Fred ko yari amukumbuye, kubera ko hari hashize amezi menshi batabonana.
Fred yahise abwira Jessica ati”kubera ko rero tugize amahirwe tukabonana, mbwira igisubizo kubyo nari nagusabye, wenda nanjye natuza”.
Jessica, yahise abaza Fred ukuntu yamenye ko yaje aho ngaho, Fred amubwira ko hari umwana watubonye tuza agahita abwira Fred ko abonye Jessica Vina aza ku nzu yabo. Fred yabwiye Jessica ko aribwo yahise yitegura vuba cyane ahita nawe ahaza, dore ko anari hafi.
Jessica, yahise ampamagara mu ntebe nari nicayemo ubundi ansaba ko najya kumwicara iruhande.numvise bitari bugaragare neza, ariko nibuka ko Jessica ari uwa njye gusa njya kumwicara iruhande ndetse ndanamupfumbata,ahita abwira Fred ati”Fred, dore nguyu umukunzi wa njye sinakubeshya,tumaranye umwaka urenga ndetse igiye kuba ibiri,kandi nta wundi mukunzi namubangikanya nawe”.
Fred akimara kubibona,nta kindi kintu yakoze, yahise ahaguruka aho yari yicaye, ahita asohoka agenda atanasezeye cyangwa se ngo avuge n’irindi jambo.
Nahise mbaza Jessica nti”biriya byari ibiki ko mwahoberanye cyane?”. Jessica, yambwiye koFred yamufataga nk’inshuti,ariko ngo Fred we yifuza ko bakundana.
Jessica yambwiye ko nta rukundo agira, rwo guha undi muntu utari njye. Njye nabuze icyo nkora uretse ko namusomye ku munwa ubundi tugasohoka mu nzu, tukitahira.
Hari saa kumin’imwe. Dusohoka mu nzu kwa Jessica, nabonye Fred aho yari ahagaze ndetse arimo kutwitegereza, ari no kunywa itabi.najijishije Jessica kugira ngo ataza kumubona kugeza turenze. Naherekeje Jessica muri gare aho ategera ataha, tugenda dusezerana byinshi. Jessica mu kwinjira mu modoka amarira yaraguye ku maso hanjye, kukonabonaga nsigaye njyenyine nkumva ndi kubabara.
Ntago nari nzi ngo urukundo rumera rute, ariko uwo munsi nafasheho isomo.
Bavandimwe, nihagira ukubwira ko urukundo ruryoha ntuzirirwe umuhakanya, kukoibyo aba avuga ni ukuri kandi kose. Uwo munsi ikintu narii nduziho, nuko rwaryohaga,naho abavugaga ko ruryana,nabafataga nk’abasazi cyane,kubera ko ntago nari nzi icyobavuga.
Imodoka Jessica yagiyemo imaze guhaguruka,najye nagiye ku iduka. Nagiye nishimye bidasanzwe cyane, kubera umunsi wa njye wa mbere nari numvise ibyishimobiruta ibindi byose nuvise kuva nabaho.
Nageze ku iduka mfite freshair nyinshi cyane, kubera ko bari bazi ko nagiye kureba Jessica umukunzi wa njye akaba n’umukobwa wa Boss, bose batangiye kunserereza, bavuga bati”turabizi sha,buriya mwakoze akazi kose”.
Nadege ati”kandi sha, cya Kim mbona akazi kose cyashobora kugakora neza”.
Fillete nawe ati”ariko Kim wazaretse njye nawe tugakorana akazi, nkumva uko kameze ari wowe uri kugakora?”.
Byose byari brague bateraga, gusa arikon’ubundi nari nagakoze kandi nagakoze neza, k’uburyo umukunzi wa njye yatashye yishimye.
Brown we namunyuzeho hanze arimo kwitaba telephone nanga kwirirwa muvugisha, ariko kanya yahise yinjira mbona afite ikintu ashaka kuvuga.
Brown yaratubwiye ngohari ikintu ashakakutubwira, turatuza maze aratubwira ati”Kim ashoye intambara ku mwana w’umukire”……………
Ntago bose bumvise icyo Brown ashaka kuvuga,ndetse na njye sinacyumvise. Kubera ko nari nzi ko papa Jessica azi neza ko nkundana na Jessica kandi akaba ari nawe wari wamuhaye uruhushya rwo kuza kundeba,natangiye kubasobanurira ukuntu nta kibazo gihari, kuko papa Jessica ntacyo azantwara.
Brown yaratubwiye ati”Fred amaze kumpamagara,ambwira ko amaze kukubonana n’umukobwa akunda,kandi ko adashobora kubyihanganira”.
Ikintu nabonye, nukobose baguye mu kantu, haba Nadege,Fillete ndetse na Brown ubwe. Fillete, yahise avuga ati”ikindi kibazo kiravutse”.
Nahise mubaza nti”ikindi kibazo? Ikihe kibazo? Ahubwo se ikibazocyari gihari ni ikihe?”.
Nadege, yambwiye ko Fred akora icyo ashatse, ndetse ko na papa we amushyigikira muri buri kintu cyose ashaka gukora, ngo ndetse hari n’umusore Fred aherutse kwica amuziza amukubise urushyi barimo gusangira itabi, ariko ntihagira ikintu kimubaho.
Bambwiye ko papa wa Fred akunda Fred cyane,k’uburyo aziko Fred nta makossa akora ndetse ari n’umwana mwiza,ngo ndetse ariko Fred we akaba ari umunyarugomo,akaba anyway n’itabi.
Nahise mbaza Brown impamvu ashobora kuba inshuti na Fred kandi azi ko ameze gutyo, nta kindi Brown yambwiye utetse ko yambwiye ko nzaba mbimenya.
Icyo gihe byahise biba ngombwa ko mpamagara Jessica mubaza ko yageze m’urugo kugira ngo mubaze ibijyanye na Fred.Jessica, yambwiye ko aribwo ageze murigare aho aviramo mu modoka,konanjye yendaga kumpamagara,ariko ambwira ko arampamagara ageze mu cyumba cye m’urugo.
Ntagobyatinze, Jessica akigera m’urugo yarampamagaye,ambwira ko agize amahirwe agasanga maman we atarataha. Jessica nahise mubaza buri kintu cyose azi kuri Fred, ambwira ko ibyo azi byose nawe yabimenye vuba, ko ahubwo yagize amahirwe ntamwemerere urukundo, kuko ngo iyo arumwemerera yari kuba yikururiye umwicanye m’ubuzima bwe.
Njye nakomeje kwibaza ukuntu habaho umuntu umeze nka Fred ukobari kumuvuga bikanyobera, Jessica ambwira ko Fred akora ibintu byose mu banga,kandi ukaba utabona ikimenyetso cy’uko yabikoze kugira ngo ahanwe. Njye numvaga ari ibitangaza, nkurikije n’ukuntu Fred yari umwana cyane.
Ubwo Jessica tukirimo kuganira ku bijyanye na Fred yarambwiye ati”ahubwo cheri,ikintu kimwe nakubwira,Fred uzamugendere kure atazakugirira nabi, nabwiye papa wa njye kugira ngo aganire na papa Fred bamuhane,ariko papa ambwira ko atabikora kubera ko byatuma papa Fred ashwana nawe  kandi ariinshuti magara”.
Ubwo ibyo nabibitse mu mutwe, numva ko ngomba gukora uko nshoboye nkirinda.ntago nari nzi ngo Fred yantwara iki cyangwa se icyo yantwara yyagikora yitwaje iki.
Ubwo tukirimo kuganira, Jessica yahise ambwira ati”ariko cheri, uziko ndi kunanirwa kugenda? Ibintu wankoreye rwose ni agatangaza”.
Jessica, nabuze icyo mubwira,mubwira ko I butaha nzamwongeza n’ibindi. Yarishimye cyane, maze ansezeraho kugira ngo aruhuke, kubera ko yari kuzindukira ku ishuri mu gitondo.
Iryo joro, kurya na njye byarananiye, kubera ko nateraga agatima kuri Jessica nkumva rwose ibintu ni uburyohe.
Ubuzima bwo bwakomeje kugenda nk’ibisanzwe, ariko ibihe nagiranye na Jessica ntibive mu mutwe wa njye no mu nzozi. Hari nubwo naryamaga nkabirota, nakanguka ngasanga nakoze akazi kose ndi njyenyine. Icyakora biriya bintu bwari ubwa mbere nari mbikoze, kandi nabikoze ntabyiteguye.ikintu nibazaga, nibazaga nti”ese byagenda gute ndamutse mbikoze nabyiteguye?”.
Ikintu nari nzi cyo, nukonari nzongera kubikora cyera, kubera ko Jessica ntago nari kuzongera kuzamubonaho vuba,byibura hadashize amezi. Nakomezaga kubitekerezaho cyane. Numvaga nshaka kongera kubikora.
Nyuma y’icyumweru kimwe,Nadege yatubwiye ko agiye gusura impanga ye I Kigali,kubera ko ariho iba, kandi ko azamarayo iminsi ibiri kugira ngo urukumbuzi rushire. Mu mugoroba umwe,njye icyo gihe nari nariye ibya saa sita numva nahaze, k’uburyo numvaga ntashaka kurya ibya ninjoro. Brown yari yagiye gusura wa mugabo wamureze kuva akiri muto,ndetse uwo mugabo arimo kumubwira ko ashaka kumwohereza muri afurica yepfo ngo ajye kubanayo n’umuhungu we w’imfura kuko hari ibyo azajya amukorera, icyo gihe nibyo bari bagiye kuganiraho.
Ba bakobwa babiri bahoraga m’urugo baratetse, bahishije ibya ninjoro baza kumpamagara mbabwira ko ntararya, arikongiye kubona mbona Fillete azanye ibiryo mu nzu aho nari ndi. Fillete namubwiye ko rwose yiruhirije ubusa, kubera ko mpaze.
Nkibona Fillete, numvise ntangiye kugira irari cyane, dore ko nawe yari umukobwa mwiza utagize icyo atwaye. Fillete nawe ibyo nashakaga yarabishakaga, maze arambwira ati”ntago turabikora nk’abakundana, turabikora nkabishimisha gusa”.
Nahise mboneraho amahirwe yo gukora nk’ibyo nakoranye na Jessica, arikongiye kubikora nabitekerejeho ndetse mbyiteguye.
Nagiye muri salon ndafunga neza,ubundi ngaruka mu cyumba aho nasize Fillete yicaye k’uburiri.Fillete, nkimukoza urutoki ku gitsina yahise atangira kuniha cyane, nkaho bamukubise ikintu kiremereye cyane.nahise mufunga umunwa ndamusoma ubundi akajya anihiramo imbere k’uburyo ijwi ridasohoka, gusa n’ubundi nubwo ryari gusohoka ntawari kumwumva, kuko inzu zari zifatanye niyo twari turimonta bantu bazibagamo. Ibyonari ngiye gukora, kwari ukubikora gusa kugira ngo ndebe uko biba bimeze bidatunguranye.Fillete naramurongoye araniha cyane, ndetse mu gitsina cya hakavamo amazi menshi cyane. Uwo munsi ninabwo namenye ko iyo amazi asohoka mu gitsina cy’umukobwa cyangwa umugore ari kurongorwa,ngo aba aribwo ari kuryoherwa cyane birenze. Njye na Fillete twamaze igihe kitari gito turi kurongorana, k’uburyo twakoresheje uburyobwose bushoboka, nkamujya hejuru, nawe akanjya hejuru, nakumujya inyuma akantera ikibuno nkabona igitsina cye imbere yanjye byoroshye, cyangwa se tukarebana ubundi nkamuzamura ukuguru kumwe igitsina cye kikandeba nkumva ndagishatse cyane.Fillete we, ibyoyakoraga wagira ngo yari abizi cyane, kubera ko ariwe wafataga position tugiye gukoreramo. Uwo munsi nibwo naje gusobanukirwa neza, uko noneho bimera wabiteguye.uwo munsi ho, twakoresheje agakingirizo. Si ibyo gusa, twabikoze inshuro ya mbere turaruhuka, dukora iya kabiri niya gatatu, tubona kurekera aho ngaho. Bwari bwije cyane, k’uburyo byabaye ngombwa ko Fillete turarana m’uburiri bwa njye.
Fillete yari afite ikibuno giteye neza cyane, k’uburyo na nyuma yo kuryama yaryamye anteye umugongo, ikibuno cye kikikuba ku gitsina cyanjye, nubundi nkumva twakongera kubikora, wakubitiraho ko nikiganza cya njye gipfumbase amabere ye yari nk’imitemere, nkumva isi yose ni iya njye.
Kuva uwo munsi ndyamana na Fillete, numvise nta bindi bintu nk’ibyo nshaka kuzakora, uretse kuzabikorana n’umukunzi wa njye Jessica nubwo byari kuzaba bigoye gufata igihe kinini cyane mutegereje.
Gusa ariko ntacyo byari bintwaye.
Nyuma y’iminsi 5 ibyo bibaye,byabaye ngombwa ko Brown adusezeraho atubwira ko agiye muriafrica yepfo. Wari umunsi w’amarira cyane kuri Nadege, kubera ko yari agiye gusigara nta mukunzi afite nubwo azaba amufite ariko ari kure.
Bwakeye Brown agenda,Nadege yambwiye ko ababajwe n’ukuntu byibura umukunzi we agiye atamuhaye no ku byishimo by’umubiri we. Icyo yashakaga kuvuga, nuko batari barigeze baryamana na rimwe byibura ngo azjye amwibuka.
Gusa Brown ajya kugenda, yabwiye Nadege ko ahoagiye atazigera amwibagirwa, kandi ko atazaherayo ahubwo azagaruka nibishoboka,ariwe aje kureba.
Twasigaye turi batatu gusa, kubera naba bana b’abakobwa badushakiraga ibyo kurya,papa Jessica byarangiye abashakiye ishuri bajya kwigamo, kuko mbere y’uko baba imfubyi bakabura ubushobozi bari baratangiye kwiga secondaire.
Ikipe yacu yari iri kugenda igabanuka bikambabaza, ariko nanone  akazi ko twagakoraga ukobikwiye.
Gusa ariko, Nadege na Fillete kubana nabo ntacyo byari bitwaye,byari umunyenga kuri njye,kuko nta kibazo nagiraga.
Nari nziko nyuma yo kuryamana na Fillete tuzajya turebana ukundi,ariko twarebanaga nk’ibisanzwe, k’uburyo wabonaga hagati yanjye nawe nta kintu cyigeze kiba.
Brown amaze icyumweru kimwe agiye, twagiye kubona tubona papa Jessica aje ku iduka adutunguye,ndetse ari kumwe na Fred mu modoka, na papa Fred.
Bageze ku iduka,papa Fred yazanye Fred atubwira ko kuva uwo munsi agiye gusimbura Brown akajya mu mwanya we.
Ubwo Fred bakimara kuhamusiga bakagenda,nta kintu cyadutangaje twese nko kumva Fred atubwiye ati”ubu njye boss wa hano, mujye mukora mumpe raporonanjye mbone kuyiha uwanzanye”.
Nahise menyako nta kintu cyiza kizanye Fred aho ngaho.nahise menya ko akazi kacu kagiye kuzamba, nahise menya ko Fred nta kindi kintu agiye kuzana aho ngaho kizima,nahise menya ko Fred nta neza imuzanye aho ngaho kuri iryo duka…………………….EPISODE 14 LOADING.
:
:
:
 Ntuzacikwe na episode ya 14
.

Comments