logo

NEW TALENTS

Stories Group

NABA N'URUKUNDO S01 Ep 12

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Cyarangiye ubwo uyu musore yari avuye kwa papa Jessica ndetse asanze papa Jessica nta kibazo na kimwe amufiteho kuba yakundana n’uyu mukobwa we Jessica, ahubwo ikibazo ari maman Jessica, ariko nanone akumva ntacyo bimutwaye kubera ko yumvaga byose bizashoboka kubera ko papa Jessica yari amushyigikiye.
Cyarangiye kandi ubwo uyu mukobwa Jessica yari agiye gutandukana n’uyu musore Kim, akamubwira ko maman we yamubwiye ko azakora ibishoboka byose ariko uyu musore Kim ntazigere akundana nawe kugira ngo atazamwangiriza umutima kandi ntacyo ari cyo.
:
:
Papa Jessica na Jessica nabasezeyeho ubundi ntega moto imvana kuri hotel ingeza kuri arreter iri hepfo ya kicukiro centre mpita ntega bus injyana nyabugogo. Mu nzira,nagendaga nisetsa cyane, ari nako ndi kugenda nsubiza message z’umukunzi wanjye Jessica. Byari ibyishimo muri make,kandi ibyishimo byinshi.
Nageze nyabugogo ntega imodoka ingeza mu majyepfo. Amasaha yari arimo kugenda nayo, k’uburyo nageze ku iduka ryaho dukorera saa moya n’igice. Mpagera nasanze Nadege ari gusohoka agiye guteka ibyo turararira. Nahise mbasaba ko nanjyana na Nadege kugira ngo mufashe guteka barabinyemerera. Ubwo njye nubwo nigiraga nk’uri aho hafi,nari ndi kure cyane ndimo kwibuka ibyishimo nagiranye na Jaessica wa njye ku manwa. Nadege yarabibonye ambaza ibyishimo mfite aho biri guturuka mubwira ko aruko mvuye kwa boss. Nadege nawe kwishima kwa njye byaramushimishaga cyane kubera ko nawe yarankundaga. Nadege yateretse hasi ibyo yari afite maze aranyegera, maze arambwira ati”Kim, uyu munsi wose nari nagukumbuye, mbabarira nguhobereho gato basi”. Mvugishije ukuri numvise Nadege antunguye cyane,ariko naramwemereye arampobera, nawe arabimenya hashize amasegonda 45 ahita andekura akomeza gukora ibyo yari arimo gukora, ariko arambwira ati”byari byiza, numvaga nakwigumira nguhobeye”.
Nadege namubwiye ko ukobigenze nta kibazo nabyo, kandi musaba ko bitazongera kubaho, nawe ambwira ko atazongera.
Ubwo twaratetse, ubundi tujya guhamagara Brown na Fillete ngo baze kurya, gusa Brown yari akimeze kwa kundi, kubera ko yari akirakariye Nadege kubera njye.
Mbibonye gutyo, nahise mfata umwanzuro ko ngiye gukora ikintu hagati ya Nadege ndetse na Brown kandi kizabashimisha bombi kandi nanjye nkishima. Nafashe umwanzuro ko ngiye kubahuza.
Mu gitondo cyakurikiyeho twagiye gucuruza nk’ibisanzwe, aba client bazinduka baza kugeza mu ma saa ine nibwo bagabanutse. Nasabye byose ko twicara tukaganira kugira ngo tuvuge byinshi bifitiye ubuzima bwacu akamaro. Nabasobanuriye amateka nanyuzemo njye na Jessica kugira ngo tube turi kumwe uwo munsi,mbona bose bagize amarangamutima. Ayo mateka nayababwiye ngira ngo nyehereho mpuza Nadege na Brown. Brown yari umusore mwiza kandi witonda kandi anacisha make. Uwo munsi nakoze uko nshoboye numvisha Nadege uko bimera gukunda utagukunda, ndetse no gukundwa n’umuntu wowe udakunda uko bimera. Ikintu nabonye uwo munsi, nuko Nadege yari yizeye ko nzamukunda, ariko biza kurangira amenye ko mfite umukunzi kandi uwo mukunzia akaba umwana wa boss. Nadege byabaye ngombwa ko njya kumuganiriza njyenyine. Tuvuye aho nari ndi kuganirira nawe, yaje asaba Brown imbabazi ndetse amubwira ko kuva uwo munsi amwemeye nk’umukunzi we.
Fillete na Brown babuze icyo bakora kubera ikintu nari nkoze, mbona bazanye udu fantan go tube twinywera kubera ibyishimo byari bije bizanywe na njye muri iryo duka ryacu. Kuva uwo munsi,nta yindi couple nigeze kubona ibaho yishimye nkiya Nadege na Brown. Buri gitondo buri uko nazaga ku kazi, bari barampinduriye izina, baranyise umucunguzi wabo. Nari mfite ishema rinshi cyane. Ishema nari mfite ntago ari iry’uko nari ndi kubaka izina muri iryo duka , ahubwo ishema nari mfite ni ryuko nari ndi gukorana n’abo bantu nasanze aho ngaho.
Fillete nawe yari afite umusore bakundanaga witwaga Janvis, k’uburyo hari igihe cyageraga Janvis akaza gusura Fillete, na Nadege akihuza n’umukunzi we Brown ubundi tugakora ikirori m’urugo cyabakundana,njye kubera nari nzi uko bimeze nkababera umuseriveri kandi nkabyishimira.
Twabayeho twishimye cyane.
Muriicyo gihe, nibwo natangiye kumenyana n’abantu benshi cyane mu majyepfo muri ako gace twari turimo. Ikintu cyatumaga menyana nabo, nuko ba Brown bampuzaga nabo kubera ko bumvaga nindamuka mbaye inshuti yabo bazanyishimira.
Ikintu cyitwa guhemuka ntago nari nkizi, kubera ko ntago nari narigeze ngikora,cyane ko ntabushobozi nari narigeze bwatuma ngikora. Nubwo nahemukirwaga, ariko isomo nakuragamo ntago ryari iryo kwiga guhemuka, ahubwo kwari uko nzitwara mu gihe nahemukiwe. Nianyo mpamvu buri kantu kose najyaga gukora nabanzaga kureba niba Atari ikosa kugira ngo ndebe niba ntawe kari bubangamire.
Muri icyo gihe cyose nabayeho nishimye kandi nishimanye na bagenzi banjye. Ikintu cyanshimishaga kurushaho, nuko nagendaga menyana n’abantu batandukanye, abize amashuri yabo nabatarize, abafite imitungo nabatayifite.
Ndibuka hari igihe cyageze,njye na Brown na Nadege tujyana gusura umwana wiganye na Nadege w’umukobwa wo mu bakire cyane, tugezeyo maman wabo aratwishimira cyane, noneho Nadege aza gucikwa avuga ibigwi byanjye n’uburyo nazanye umugisha kuribo. Kuva uwo munsi, uwo mu maman yitwaga Devotha yatangiye kunyishimira cyane,ndetse ansaba ko naba inshuti y’umukobwa we Davia. Davian awe yatangiye kunyikururaho cyane, ariko njye ntago nari ndi muri mood yo kugira inshuti nyinshi z’abakobwa kubera ko nashakaga kuguma njyenyine kugira ngo ntazakora ikosa wenda rimwe ngacikwa ngaca Jessica inyuma.
Devotha, yakoze uko ashoboye kose ngo anjyane gukora muri pharmacy ye njye mbara ibyinjiye nibisohoka ariko ndamwangira, mubwira ko nzaza gukorana nawe ndamutse nshwanye na boss wa njye wa mbere, ariwe papa Jessica.
Devotha yari afite igi pharmacy kinini cyane gicuruza imiti y’amatungo, k’urundi ruhande harimo na pharmacy ivura abantu.
Ibyo byose nabimenye kubera ko nitwaye neza kuri ba Nadege bakajya bamenyekanisha ku inshuti zabo.
Iminsi yakomeje kugenda mbana nabo tubana neza, ndetse mbishimira nabo bakanyishimira cyane.
Kuva njye na Jessica twabonana cyagihe tujya kicukiro, hashize amezi 6 yose tuganirira kuri telephone gusa, k’uburyo n’umunsi mukuru wo gutangira umwaka mushya ntifuje kuvuga izina tutawusangiye turi kumwe.
Jessica, yambwiraga ko maman we yatuje cyane, kubera ko yakomeje kumuhisha kohari undi mubano dufitanye. Icyo gihe, Jessica yari ageze mu mwaka wa kabiri wa kaminuza aho yigaga ibijyanye n’itangazamakuru ndetse n’ubunyamakuru.
Papa Jessica nawe yakundaga kudusura cyane,ndetse si nibyo gusa kandi aho twacururizaga, twari twarimutse muriiyo nzu kubera ko yageze aho ikaba ntoya,ubundi tujya mu nini byari byegeranye kubera ko abantu bacuruzaga ama telephone muri uwo mugi bamwe bagiye basezera ubundi natwe abaguzi bakiyongera.
Si nibyo gusa kandi twari tumaze kuba batandatu, kubera ko papa Jessica yari yarazanye abandi bana b’abakobwa babiri babyukaga bakora amasuku mu iduka ubundi bakanadutekera ibyo kurya saa sita na nimugoroba, ndetse bagakora n’amasuku n’ibindi bikenewe byose aho tuba.
Abo bakobwa ntago bari abakozi bacu bo m’urugo, ahubwo nabo babagaho nkatwe kuko twese twabagaho tubeshejweho na papa Jessica. Muri icyo gihe twatahaga noneho saa tanu za ninjoro, kandi Jessica cyangwa se Fillete ntago bari bagitaha ngo bagiye guteka k’umugoroba.
Nadege we yakomezaga kunshimira cyane,ndetse akibaza uko byari kugenda iyo ataza gukundana na Brown, kubera ko Brown yari umunyadukoryo m’urukundo azi uko abigenza kugira ngo ashimishe umukunzi we m’uburyo bwose.
Njye nabonye nkunda kurara mu nzu ya njyenyine, biza kurangira Brown musabye ko yaza muri iyo nzu tukibanira ngira amahirwe arabyemera. Brown akimara kuza kubana na njye, nibwo namenye ko nawe yabuze ababyeyi be muri genocide, akaba yarabaga ku mugabo wamutoye icyo gihe ari umwana w’imyaka 3 n’igice.
Brown yavugaga make cyane, gusa nawe yari mkanjye kuko yaje kwiga primaire gusa ageze muwa gatanu nayo ayivamo kubera umugore w’uwo mugabo wamutoraguye watangiye kujya amukoresha imirimo ivunanye bikarangira atize. Njye nawe ntago twari twarigeze twiga.
Gusa icyo naje kubona n’ubundi kwiga ntago aribyo kampara, kubera ko kuba twari turi m’uri ubwo buzima bwiza gutyo, suko twari twarize.
Nyuma y’igihe kinini njye na Jessica tuvugana gusa tutabonana, papa Jessica yaje kudusura ari ku cyumweru, ambwira ko Jessica azaza kunsura kuwa kabiri kuko aribwo azaba atagiye ku ishuri. Papa Jessica yambwiye ko Jessica nawe ntabyo azi kandi ko agiye kubimwemerera amutunguye. Papa Jessica, yambwiye ko bitazashoboka ko azana na Jessica kubera ko hari inama azaba yagiyemongo Jessica azizana kandi ngo aho azaba aje arahazi cyane.
Kuwa mbere nimugoroba,Jessica nibwo yampamagaye kuri telephone ambwira ko ejo kuwa kabiri amfitiye surprise. Namubwiye ko nishimiye na surprise gusa ntago yari azi ko mbizi ko azaza kundeba.
Kuwa kabiri mu gitondo saa kumi n’imwe, nari nakangutse kare cyane ntegereje igihe Jessica azira, nubwo yari yambwiye ko ari butege iza saa mbiri n’igice.
 Uwo munsi mu gitondo ntago nigeze njya ku iduka, ahubwo nakomeje kuguma m’uburiri bwa njye. Nabuvuyemo saa mbiri na 40 Jessica ambwiye ko yinjiye mu modoka iza mu majyepfo.
Numvise nishimye cyane,kubera kohari hashize amezi arindwi yose numva ijwi ry’urukundorwanjye ariko ntarubona, uretse mu nzozi za buri munsi.
Saa tanu na 40, Jessica yambwiye ko ageze aho imodoka ihagarara akavamo. Icyo atarazi,nukonjye nari nahageze kare cyane,mpita mubwira gusohoka mu modoka ngo murebe. Yaratunguwe cyane, kuko ntago yari azi ko namutegereza. Jessica yasohotse afite indabo mu ntoki, yari aziko ari surprise agiye kunkorera, ajya kuzihisha namaze kuzibona kare, arikontiyabona ko nazibonye. Nahise musanganira ndamuhobera cyane, maze agiye kunkorera surprise mpita mutanga ndamubwira nti”zimpe nazibonye”.
Zari indabo zama rose, zahumuraga cyane wagira ngo ziteyemo umubavu. Twari twishimye. Jessica tumaze kuyambirana twicayeho akanya gato, ubundi ambwira ko ashaka kohari ahantu tujyana, ko ariho turaganirira.
Twarajyanye, ariko njye ntago nari nzi aho tugiye. Twaragiye tugenda dutembera n’amaguru,mbona duhingutse ku inzu ifite igipangu kinini,mbona Jessica akuye urufunguzo mu gikapu cye cyo mu ntoki ubundi afunguye igipangu. Twageze k’umuryango wo muri salon mbona Jessica arawufunguye ubundi turinjira,nawe arongera arafunga.
Akimara gufunga,nahise nicara mu intebe nziza cyane yari aho muri salon,ndetse intebe zari zirimo zari zisa neza neza na zimwe ziri kwa Jessica m’urugo I Kigali. Jessica, yambwiye ko iyo ntebe nicayemo ariyo yari yicayemo ubwo yarebaga amakuru kuri television ko hari umusore w’umusabirizi ugongewe m’umugi n’imodoka nto cyane. Jessica yavugaga njye ubwo nagongwaga na papa we. Nahise menya ko iyo nzu ariho hahoze ari iwabo.
Jessica yabanje kuzenguruka iyo nzu mu byumba byose, ubundia garuka murisalon ahita anyicara iruhande arambwira ngo yari ari kubanza kureba nib anta wundi muntu uyirimo.
Jessica nta kintu nakimwe yavuze, uretse ko yahise amfata ku matama yombi, ahita andeba mu maso, aransomayanga kunkuraho umunwa ku munwa wa njye.
Numvise umutima wa njye usimukiye hejuuru cyane, kuburyo nanjye ntamenye ukuntu nafunze amaso, nakumfata nkamukomezacyane, nkumva nshaka kugenda mwinjiramo cyane.
Ntago nzi ukuntu nabivuga, kuko nanjye naratunguwe cyane. Jessica ukuntu yari yambaye byari byanteye n’ubwoba, ariko nkashaka uburyo mbyirinda bikanga.
Jessica yari yambaye ishatsi ndende igeze hajuru y’amavi gato, ndetse imbere yambariyemo agakabutura gato cyane kuburyo iyo yabaga ari kugenda utakabonaga.
Ubwo Jesica uko yakomeje kunsoma, nikonatangiye kumukorakora ku bibero ndetse no hagati y’amatako ye, k’uburyo numvaga ndi kugenda ndyoherwa cyane. Jessica wagira ngo yaje yabipanze, kubera ko yatangiye kunkuramo ishati yanjye, nisengeri byose abivanamo, ariko nanjye simenye impamvu ndimo kumukuramo ishati ye.naje kureba nsanga Jessica namwambuye ishatiasigaranye agasengeri yari yambariyemo imbere.
Nkimara kumukuramo ishatsi,isengeri yahise ayikuriramo,kuburyo twasigaye twambaye ubusa hejuru, Jessica atangira kugenda ankubaho amabere ye mu gituza.
Jessica yari afite amabere ateye neza kandi ashinze, k’uburyo nayakubise amaso nkumva ndi gushira ntazi ukobiri kugenda.
:Uko turi muri ibyo Jessica niko yahise aza anyicara ku bibero andeba mu maso, atangira kugenda akaraga ikibuno cye ku bibero bya njye ariko ari nako akomeza kunsoma. Byaje kurangira Jessica amfashe ukuboko tuva muri salon tujya mu kindi cyumba.cyari icyumba kirimo uburiri,ariko iyo matelanibwo bwa mbere nari nyibonyehoiri ku buriri, kubera ko ahandi nari narayibonye hari aho bazicururiza.
Jessica yahise ansunikira ku buriri abanza gukuramo ya kabutura yari yambaye, ajyanira ko n’ikariso yumweru yari yambaye. Jessica, yahise ansanga m’uburiri ahonari ndi ndimokwibaza ibigiye kuba,ahita ankuramo ipantalo nari nambaye dore ko inkweto zo twari twzisize muri salon. Jessica yatangiye gufata imbunda ya njye ubundi akayikinisha mu kiganza cya, k’uburyo numvise noneho yabaye nini cyane kandi yaremeye. Ntababeshye, na njye ndi umuntu,ntangiye kumukorakora ku gitsina cye, nkumva hatangiye kuzamo amazi ashyushe ukuntu.
Jessica yahise angaramisha k’uburiri ubundi anjya hejuru,afata igitsina cyanjye ubwe acyinjiza mu cye, akigishyiraho mbona hasohotsemo amazi menshi cyane, bikaba ibintu nari mbonyeho bwa mbere kuva nabaho. Jessica nagiye kumubaza niba hari ikibazo afite kubera ko yari arimo gutaka cyane, ariko nkabura uko mubaza kuko numvaga umubiri wa njye wose uri kwakamo umuriro usa n’ugurumana, kugeza ubwo byagezaho nkajya na njye nkora ibintu ntari nzi ko nzi kubikora.
Jessica naramurongoye cyane karahava, ariko sinzi niba navuga ko ari njye wamurongoye cyangwa se ariwe wandongoye, dore ko ariwe wabitangiye. Sinzi impamvu ibyo twakoze aribyo byatumye mukunda cyane kurusha mbere tutarabikora.
Njye na Jessica twamaze isaha n’igice turi kurongorana,ariko  biza kurangira igitanda twakivuyeho ahubwo turi hasi ku mukeka nawo wari umeze nka matela.
Jessica, twamaze kubikora ahita asinzira kubera ko yari ananiwe cyane. Nanjye naje kumva umunaniro udasanzwe,ndetse ntigeze ngira m’ubuzima bwa njye kandi narakoze ibintu biruhije, nanjye mpita nsinzira.
Twamaze iminota 40yose dusinziriye, ariko nkanguka nsanga Jessica yakangutse,ariko aryamye imbere yanjye yanshyize hagati y’amaguru ye,mbese n’ubundi nkumva ntangiye kuba nka mbere nk’uko nari meze bijya gutangira.
Jessica nta kindi yambwiraga uretse ndagukunda, ariko njye nkabura uko mbimubwira kubera ko ingano y’urukundoyari yiyongereyeho kurwo namukundaga muri uwo mwanya, nta kuntunabonaga naruvuga, kubera ko numvaga bitaba bihagije gusa kumubwira ko mukunda. Kumubwira ko mukunda nabimubwiye inshuro zirenze 5, zose ariko nkumva bidahagije.
Jessica yambajije niba nishimye,mubwira ko nishimye cyane kurusha uko nigeze kwishima, arangije arambwira ati”reka twongere”.
Mu gihe nari ngiye kubitekerezaho, we yari yarangihe kujya hejuru yanjye ubundi andyamishaho inda, ari nako agenda yinjiza anavanamo igitsina cya njye mu cye, simenye aho amazi arimo guturuka wagira ngo muri we harimo amasoko ya robinet.
Jessica uwo munsi yarandyohereje, k’uburyo nkeka ko nendaga gusara nsajijwe n’uburyohe bw’urukundo. Amasaha yaragiye, ibyishimo byacu turabyishimira cyane, ubundi njye na Jessica tujyana koga muri douche yabo yari iri muriiyo nzu.
Turi koga, Jessica nibwo naje kumwitegereza neza, kubera konibwonari mubonye neza ahagaze yambaye ubusa. Yari ateye nezagusa, mubyumve gutyo.
Njye na Jessica, nta gakingirizo twigeze dukoresha icyo gihe, ariko ntanubwo twigeze  tubivugaho cyangwa se ngo tubyibuke.
Icyo gihe saa munani n’igice zari ziri kugeramo, tujya kurya utuntu ntazi Jessica yari yazanye mu gikapu cye.nk’ibisanzwe,iyo abakundana bagiye gusezeranaho byanga byakunda ntihabura amarira, dore ko byabaga ari n’ibyigihe kinini.
Twese twararize cyane, kubera ko nanjye numvaga ibihe mvuyemo nzabikumbura cyane,cyangwa se mo kimwe sinzongere no kubibona.
Twamaze amasaha 2 yose twicaye muri salon dufatanye nk’abafite ubwoba ko hari ikintu kigiye kubabaho, gusa biza kurangira saa kumi na 30 Jessica afunguye kugira ngo dusohoke muherekeze dutahee.
Jessica amaze gufungura umuryango wo muri salon,nibwo twagiye kumva twumva umuntu akomanze ku gipangu arimo kugihondagura, ndetse arimo no kuvuga ati”Jessica, ni gute waza ino ahangaha kokontumbwire? Ntago uzi ukuntu nari ngukumbuye koko?”.
Nahise mfata urufunguzo vuba njya gufungura ngo ndebe uwo muntu. Nkamra gufungura,nta wundi muntu twahuje amaso uretse inshuti ya Brown yitwa Fred. Nasanze Fred ariwe urimo guhamagara Jessica,ntago nari nzi ukuntu yamenye ko Jessica yaje aho ngaho.
Fred yahise yinjira vuba cyane nyuma yo kundeba nabi. Gusa nta kintu cyantunguye, nko kubona Jessica abona Fred nkabona bameze nkaho baziranye kandi cyane.
Fred, yasatiriye Jessica aramuhobera cyane ndumirwa,kandi Jessica nawe aramuhobera. Nibajije niba uwo ari Jessica turi m’urukundo,cyangwa se ahise ahinduka muri ako kanya, kubera ukuntu yahobeye Fred asa n’umufitiye urukumbuzi rwinshi………………………..EPISODE 13 LOADING.
:
:
:
Birakomeye cyane. Byagenze bite?
Ntuzacikwe na episode ya 13.
:
Reka nkwibutse ko kugira ngo ujye uhita ubona inkuru buri uko tuyishyizeho bitiriwe bigusaba gushakisha hirya no hino, nuko gusa uba warakanze kuri LIKE.
Kanda ku izina rya page ukimara kwinjira urahita ubona #LIKE ukandeho.
.
Ukimara gusoma inkuru, hasi kanda kuri #LIKE niba udukunda, nurangiza muri #COMMENT uduhe igitekerezo ku inkuru umaze gusoma kuko ni ingenzi, ndetse unakore #SHARE ku inshuti zawe nazo ziyibone.

Comments