Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
Nabanje kwirebera mu ndorerwamo, numva nahita nkuramo iyi kanzu rwose kuko uko yabonekaga, mbabwije ukuri ibi si ibintu byanjye pee
Gusa narasohotse nuko nsanga imodoka iza kuntwara yahageze maze njyamo nerekez ahari kubera ubukwe
Ninjiye muri salle abantu bose bandangarira, nkumva ndenda kwitura hasi dore ko nari nanambaye inkweto ndende ntamenyereye
Nagize amahirwe mbona aho mama na David bicaye ndabasanga nuko ndabasuhuza maze ndicara
Bari kumwe n’abandi bantu, nuko dukomeza kuganira kugera ubwo nabonye na Edouard aje aradusuhuza maze mbwira mama na David ko uwo ari mukuru wa Stephen, akaba ari na mwarimu wacu
Nyuma y’akanya nibwo nabonye mama yongorera David maze barahaguruka badusigana aho na Edouard. Numvaga ntashaka kuguma iruhande rwe
*Sarah:* ngiye gutaha jyewe ndabona amasaha yakuze
*Edouard:* reka basi tubanze tubyine gato
Sarah:* ese Stephen ko ntamubona? Ntimwazanye?
*Edouard:* oya we ntabwo yatumiwe kuko ubu bukwe ni ubw’inshuti yanjye kandi we ntamuzi
Narahagurutse dutangira kubyina, ariko turi kubyina ngiye kumva numva ashatse kunsoma ku munwa neza neza, ndebye ku ruhande mbona mama na David batubonye
Numvise umujinya unyishe mpita muruma umunwa ku buryo amaraso yaje, maze mpita musiga aho ngana mu bwogero kwihanagura ku munwa amaraso ye
Ubwo narimo nihanagura nibwo David yahise yinjira, afungaho ashyiramo urufunguzo, numva ubwoba n’igitengo biramfashe. Ari mu biki se uyu kandi mu bwogero bw’abagore?
Yaranyegereye buhoro buhoro nuko nanjye ndamutumbira ndamureba byo kumwereka ko nta bwoba anteye nuko ageze imbere yanjye arahagarara. Nahise nitegereza iminwa ye numva nahita musimbukira nkamusoma, gusa nihagararaho ndatuza
*David:* byatangiye ari ngo inshuti yawe, yiyita dogiteri ikiri kwiga
Yavugaga mu ijwi rituje, numva ntangiye gusesa urumeza neza neza. Niko gukomeza ansatira maze urutoki rwe atangira kurukoza ku minwa yanjye, numvaga nanjye rwose nshaka ko iyanjye yahura n’iye
*David:* none mu kanya byari mukuru wa cheri wawe nako prof wawe.
Nahise niyumvisha ibyo ari gutekereza, ibi rwose ndabizi ni ugufuha gusa ari gufuhira ubusa pee. Gusa ni amakosa nakoze ubundi simba nemereye Edouard ko tubyinana pee. Yampemukiye rwose. Ariko se ubundi niyo naba nabikoze biramurebaho iki?
*Sarah:* umva ngusobanurire ntabwo…
Ntiyaretse ndangiza interuro navugaga ahubwo yahise ankurura aranyiyegereza cyane amfata ku mabuno nuko aranterura, mpita nsobekeranya amaguru mu mugongo we nuko anyegeka ku gikuta gikonje kubi nuko aba atangiye kunsoma n’ingufu nyinshi, ubanza yari abirwaye ibi bintu
Yaransomye nanjye ndamusoma, iminwa yitsindagiye ku yindi neza neza, akorakora ku maguru yanjye yambaye ubusa dore ko agakanzu kari kageze mu nda. Yagendaga anshinga inzara buhoro, gusa nkumva ni byiza. Uko twagasomanye yageze aho numva arushijeho kunyegera atangira gusa n’unyitsindagiraho, maze numva igitsina cyamaze gufata umurego.
Nashakaga ko abisoza ntitaye ku hantu duherereye cyangwa se ko na mama ari hafi ahongaho, maze akomeza na we kunkorakora umubiri wose
Nahise mufata ku rutugu nuko na we akomeza kuzamura intoki akorakora amatako, ubushagarira bukomeza kundenga nkumva neza neza nagiye mu yindi si
Kera kabaye yageze aho asa n’uwigiye inyuma nuko duhumekaho akanya, we yari ahumirije amaso nuko mboneraho kumwitegereza. Buri munsi mba mbona yabaye undi muntu mu maso yanjye, mbese ahora ambera mushya rwose
Yahise anshyira hasi ngwa mu kantu
*David:* none reba n’umugabo wa nyoko koko?
Amagambo yambwiye yandiye mu mutima nuko murebye mu maso mbona yahindutse. Nibyo koko ubanza ndi akagoryi, sinzi guhakana. Uje ndakira se ubu niko ashaka kuvuga? Namusabye ariko kutazongera kunyegera nubwo na we byamunaniye
Niba we ari umuhehesi, jyewe nkaba ndi umunyamutima, nakabaye nahise musunika nkamuhakanira. None reba Stephen yaransomye arabizi, nako azi ko ari inshuti yanjye. Edouard na we arerekana kunshaka none dore na David atejemo.
Yahise yongera atunganya karuvati neza nuko arasohoka ansiga aho jyenyine.
Numvaga narira, ubanza ndi akagoryi. Aha hantu ngomba kuhava nkagenda kuko ndumva nta mahor nakomeza kuhagirira
Nahise nsohoka mu bwiherero nuko ngenda nyura mu bantu nsohoka nibwo nahise numva umuntu amfashe ukuboko mpindukiye mbona ni Stephen
*Sarah:* wari uhari nawe se?
*Stephen:* ni gute se ubwo nasiba mu bukwe bwa mubyara wanjye koko
*Sarah:* umva ndatashye jyewe
Mbega ngo Edouard arambeshya. Yabikoreye iki se ubu koko?
*Stephen:* reka basi nguherekeze
Yabimbwiye amfata ukuboko. Numvaga namubwira akandeka kuko mu mutima wanjye ndumva ndi undi muntu
*Sarah:* oya ndeka nijyane nta kibazo
Nashatse kumwiyaka ariko arankomeza
*Stephen:* ndaguherekeza yewe.
Noneho bibaye itegeko si ubusabe?
🔞🔞🔞🔞🔞🔞🔞🔞🔞
*Sarah:* ihangane gato mpindure imyenda ndaje.
Yarikirije nuko yicara mu ntebe
Sinzi ibyamfashe kuko gahunda yari ukumperekeza akangeza mu rugo ariko nashidutse muhaye karibu mu nzu. Ubanza nkomeje kuba akagoryi rwose
Ngeze mu cyumba nihutiye gukuramo za gasumari nari nambaye, zari zambangamiye rwose pee
Nakuyemo na chainette nari nambaye nyibika neza aho nyibika, ni iyo papa yanguriye akiriho.
Nirebeye mu ndorerwamo mbona si jyewe pee. Iyi kanzu sinzi icyatumye nyambara rwose
Ako kanya numvise imirindi inyuma yanjye nuko ndebeye mu ndorerwamo mbona ni Stephen uje anyegera ahagarara inyuma yanjye, bugufi nuko ankorakora ku ntugu
*Stephen:* wari waberewe cyane
Yahise ansoma ku rutugu numva namusunika akamvaho, numvaga ntazi uwo ndi we aka kanya
Nahise ngenda nzimya itara nuko hasigara hari urumuri ruke ruturuka ku kwezi. Nahagaze imbere ye nuko nkuramo ikanzu, mpita nsigara nambaye ikariso gusa imbere ye
*Stephen:* Sarah uri..
Namubujije gukomeza kuvuga musoma nuko mbona atunguwe no kuba ari jye mfashe iya mbere ariko ntiyigeze anyangira na we yahise amfata ku ntugu, aransatira nigira inyuma buhoro maze mpita nicara ku buriri ndaryama ngaramye na we aba angiye hejuru ubundi dukomeza gusomana
Yatangiye ankorakora mu maso, mu misaya na njye ntangira gufungura ibipesu by’ishati ye
Nahise nyikuramo nuko ntangira nanjye kumukorakora mu gituza na we aba afunguye ipantalo aba ayikuyemo anaga hirya
Yahise anyegera neza noneho, amabere yanjye nyamushinga mu gituza numva ubushagarira buranyirukanse neza neza
Yakomeje kunsoma amanuka kugera ku nda, ku mukondo, nanjye nshinga inzara mu mashuka, numvaga nahita nsakuza kubera ubunyunyusi narimo numva.
Ako kanya yahise atangira kundigata ku moko, nkajya nihishwa n’umunezero yarimo ampa ako kanya maze numva akoze ku ikariso yanjye ariko mbere yo kuyikuramo abanza kundeba mu maso, nk’ushaka kumbaza niba nemeye. Nanjye nahise mukorakora ku ntugu nko kumwereka ko nemeye
Ikariso yanjye yahise isanga ya pantalo ye hasi, ikurikirwa na boxer ye. Twari twambaye ubusa twembi, Imana nagize ni uko nari najimije itara naho ubundi ubanza nari kugira isoni
*Stephen:* uriteguye koko?
Namurebye mu maso. Nimvuga yego, iraba ari yego koko. Ubwonko bwanjye bwanyumvishije ko Stephen ari we muntu nyawe aka kanya ariko umutima numvaga wo ushaka kumbuza.
*Sarah:* ubikore buhoro ariko
Yahise ansoma ku munwa nuko mfunga amaso maze numva arayinjije. Mbega ibintu bibabaza weee. Numvise uburibwe ariko butari bwinshi maze amarira arashoka ku matama. Stephen yahise ashaka kubireka, ariko mpita mufata ku ijosi, muboheraho amaguru, nuko ndamukomeza
*Sarah:* komeza, ndihangana
Ntabwo ndi isugi ariko nabikoze rimwe gusa, nabwo ni kera papa atarapfa, navuga ko byari bimwe by’abana.
Nahise numva atangiye kuzamuka amanuka, gusa bwa buribwe numvaga bwagiye bugabanyuka ubundi numva ntangiye kuryoherwa bidasanzwe numva mu nda ibintu biri kwirukankamo ntazi
Gusa amarira aho gukama yakomeje gushoka. Uburibwe ntabwo ndi kumva ariko mu mutima ndumva ntazi uko merewe
Stephen, umusore unkunda, umusore unyihanganira, witonda, turi gukorana imibonano. Neza yitonze nkuko nabimusabye, ndumva byandenze.
Gusa mu mutwe, hibereyemo undi muntu. Ntabwo intoki ndi kumva ari iza Stephen, ntabwo iminwa ndi kumva ari iye ahubwo mu bwonko bwanjye harimo undi muntu, ni we numva turi kumwe nubwo mbizi neza ko ndi kumwe na Stephen
Kera kabaye nageze aho numva ntakibasha kwigarura nuko ntangira guhumeka insigane maze na Stephen numva yongereye umuvuduko, numva atangiye kwahagira maze numva ibintu bishyushye bimenetsemo na we ahita andyamaho n’ibiro bye byose
*Stephen:* ndagukunda.
Akivuga iryo jambo, umutima wanjye wabaye nk’uhagaze. Nakabaye musubiza ngo nanjye ndagukunda ariko kubisohora byarananiye. Kubera iki?
Mu mutima wanjye nakunze *itunda ryabujijwe* nakunze umugabo wa mama.
*_Stephen akaba ararisoromye ariko Sarah areruye, akunda David. Amaherezo ni ayahe? Agace ka 31 ntikazagucike_*
*
Comments