Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
_DAVID_
Natashye na Marie mufashe mu maboko ngo adahirima kuko rwose yari yahembutse
Sinzi icyamuteye kunywa akageza kuri ruriya rugero, ni ubwa mbere mubonye ameze gutya rwose kuva namenyana na we.
*Marie:* none se ko dutashye kare… byari biryoshye… wa mu…
Ntiyarangije interuro yavugaga ahubwo yatangiye guseka. Mana yanjye uyu mugore koko bite bye.
Ubwo twageraga iwacu naramuteruye muzamukana escaliers, nuko aramfata arankomeza andyama mu gituza
*Marie:* nawe wabibonye? Sibyo?
Arashaka se kuvuga iki kandi? Nakomeje kugenda nuko tugeze mu cyumba muryamisha ku buriri maze ntangira kumukuramo inkweto
*Marie:* ariko nabonaga na we byamubangamiye… namubonye ari mu maboko y’undi muntu… ese kuki yabyemeye koko… Stephen ariko ni umwana mwiza
Ariko se uyu mugore ubu yambabariye agaceceka koko? Ndumva ari kunzamurira isukari rwose
*Marie:* ariko ndamurenganya nanjye… Edouard ni umugabo… ni umugabo mwiza na we
Numvise aho bigeze biteye umujinya
*David:* wowe se kuki utagiye ngo umusome nkuko umukobwa wawe yamusomye?
Nahise mukuramo ikanzu nuko ngiye kumworosa aho kwemera arankurura nuko aransoma. Nahise mfunga amaso nuko ndamuhunga
*David:* ryama usinzire
Naregutse ariko arankomeza. Nabonye ashaka guseka, arongera aransoma atangira no kunkorakora ariko mufata ikiganza ndamusunika mutsindagira ku buriri
*David:* nakubwiye ngo rekera aho
Nabivuze nsakuza nuko mbona atunguwe nuko mubwiye. Ubanza nanjye ngiye kure ngakabya
Yacecetse akanya ntazi uko kangana nuko arahindukira antera umugongo maze ariyorosa. Nakabaye musaba imbabazi ariko se umusinzi yazabyibuka ko nanazisabye? Nahise ngerageza nzimya itara ubundi ndasohoka njya ku rubaraza mba ntumura agatabi
Sarah… uriya mwana azangira umusazi neza neza.
Natangiye kwibuka kiriya kigoryi ngo ni Edouard uko cyaje kikamufata ngo kiramubyinisha, uko yamukorakoraga ku mabuno akanamusoma sha?
Uriya mukobwa gusa nta musore utamwifuza pee. Umubiri we muri iriya kanzu yari yambaye nawurebaga nkumva mbaye umusazi neza neza. Ariko se kuki atari ko yari yambaye ubwo nambikaga nyina impeta koko?
Amaguru ye maremare meza, umusatsi we muremure akunda kudafunga akawureka ugatendera ku ntugu, uko yiisga, uko aseka amwenyura neza, mbega ikiremwa mbega mbega. Kumutekereza byonyine byatumye mu ipantalo bikomera neza neza
Numvaga nahita mutwara nkamuhana ariko nkamuhanisha inkoni nitwaza hagati y’amaguru, gusa ndacyatinya ndacyashidikanya ku byazakurikiraho. Gusa uriya mukobwa kumusoma gusa ntabwo bimpagije, nshaka ibirenzeho, ndamushaka mu buriri muri hejuru cyangwa andi hejuru, cyangwa yicaye cyangwa ahennye ariko ndamushaka pee
Gusa sinzi uburyo nabikoramo kuko igihe cyose ngarukira ku mwamba, ndabizi asigara ababaye cyangwa antukagura ariko se bizageza ryari koko? Ubundi ibi bizarangira ryari? Uyu mukobwa koko ko mbona azantoraguza amashashi? Noneho ikindi kiri kuntesha umutwe ni wawundi ngo ni za bashuti be ntazi aho yaturutse nuko bagatahana. Ubu koko bimeze bite?
_STEPHEN_
Nakanguwe n’utunyoni turirimba n’akazuba k’agasusuruko. Impumuro yo mu mashuka yanyibukije ko ntaraye iwanjye. Nahise ndeba hirya yanjye nshakisha umukobwa waraye ankuye mu byanjye ariko sinamubona
Nariruhukije. Numvaga byari kuba byiza nkangutse nkamusanga iruhande rwanjye ubundi nkarushaho kumwitegereza, umubiri we ucyeye cyane, mwiza cyane, imisatsi ye miremire… ariko ntawuhari.
Nahise nambara boxer ngana mu bwogero mbanza gukaraba mu maso nuko ndasohoka ndambara maze nsohoka mu cyumba njya kumushaka
Nageze muri salon nsanga ibya mu gitondo birateguwe ariko sinabona Sarah. Narebeye mu gikoni sinamubona nuko njya kumushakira hanze ku rubaraza
Yari ahagaze yambaye agakabutura kirabura, mbega ukuntu ateye neza inyuma. Namwegereye bwombe ngo atamenya ko namugezeho nuko ndamwitegereza neza noneho. Iki kiremwa ni kizima rwose pee.
Mugeze iruhande namuhobeye muturutse inyuma mwegama ku ijosi nuko ndamusoma ku rutugu, numva yikije umutima
Ntiyanyeganyeze na gato nibaza impamvu. Ese ntabwo ashaka kumbona? Naramuhindukije ngo andebe ariko amaze guhindukira ahita acurika amaso areba hasi
Namwubuye umutwe nuko duhuje amaso mbona amaso ye yatukuye, yari ari kurira
*Stephen:* uri kubabara?
Yazunguje umutwe byo guhakana nuko aranyiyaka. Abaye iki se kandi
*Stephen:* bite se ni iki kitagenda neza? Hari ikintu nakoze kibi se?
*Sarah:* oya Stephen, nta na kimwe nukuri humura
Arambeshya kandi simbikunda rwose pee
*Stephen:* none se warijijwe n’iki?
Yabanje kwitsa umutima
*Sarah:* ibyabaye byose ni bishya kuri jye, mfite ubwoba rero…
*Stephen:* humura uzagenda ubimenyera, nzajya mbikora buhoro buhoro gake gake neza. Uzagenda umenyera ndabizi
Yarikirije nuko numva nahita musoma ariko ahita amfata ukuboko anjyana muri salon ahari hateretse ibya mu gitondo.
Nahise nicara nuko ntangirakurya umugati usize ubuki, na we ari kunyitegereza
Yahise aterura thermos nuko ansukira icyayi maze uko yunamye asuka nkabona amabere ye uko yishushanyije nkumva ndongeye ndamwifuje
Amaze gusuka nahise musaba kuza nkamukikira arabyemera na we maze araza anyicara ku bibero
Nabanje kumwitegereza mu maso mbona ari kundeba mu gituza dore ko ishati itari ifunze ibipesu.
Nahise mutamika umugati awutamira ari kundeba mu maso
Uko awurya niko numvaga nanjye ubushake buri kuzamuka muri jye maze ntangira kumukorakora ku kibero.
*Sarah:* urabishaka?
Nahise mwambura umugati yari afite mu ntoki nywushyira ku meza ubundi ntangira kumusoma na we aranyemerera rwose atangira kunkorakora ku bikanu numva ni byizaaa
Nahise muterura noneho anyicaraho turebana maze atangira kunkorakora mu gituza dore ko ishati nari nambaye itari ifunze ibipesu. Uko mukoraho akanyuzamo akanyikubaho ubundi numva kwihangana biranze
*Stephen:* Sarah ndumva mbishaka cyane
Aho kunsubiza agakomeza kunyikubaho
Nahise mukuramo agapira yari yambaye ubundi asigarana sutiye n’ikariso gusa nanjye nkomeza kumukorakora ntacyo nikanga. Ntituri twenyine se hano?
Nanjye nahise nkuramo sutiye buhoro buhoro nuko ntangira kurigata ku moko ariko ntarakuramo ikariso numvise urugi rufungutse, tubona ni nyina winjiye, ntiyanatuvugishije yahise akomereza mu cyumba cye. Yabonekaga nk’uwarakaye
Sarah yahise agararaza ubwoba nuko ampagurukaho ariko atarambara ikanzu urugi rwarongeye rurafunguka, noneho ni David winjiye. Sarah yahise apfuka ku mabere, nuko David aratwitegereza twembi ubundi na we akomereza mu cyumba arakaye
Twembi twaguye mu kantu, ntabwo twari tuzi ko bashobora kubyukira hano
Bageze mu cyumba twumvise bari gutongana. Ese iyo batonganira aho bavuye ubundi?
Sarah yamfashije guufnga ibipesu by’ishati nuko arangije ahita yambara agapira yari yambaye
*Sarah:* ndabona byaba byiza ugiye
Aranyirukanye se kandi? Sinzi impamvu ari kwitwara gutya rwose kandi turi inshuti, nyina arabizi sinzi ubwoba afite
Nahise mpaguruka nuko mfata imfunguzo za moto ndasohoka na we aramperekeza angeza ku muryango
*Sarah:* ku bwanjye wakagumye hano ariko urabona…
Nahise mupfuka umunwa ngo adakomeza kuvuga. Inyuma ye nabonye David ari kuva mu cyumba nuko atubonye arahagarara
*Stephen:* ngwino tujyane iwacu
*Sarah:* sha ntabwo byaba ari byiza nyamara
Yahise ansoma nuko nanjye ndamusoma, mukorakora ku mabuno
Byose ariko nabikoraga ngo ndebe uko cya David cyifata kuko cyaraturebaga. Numvise nishimye nuko nurira moto yanjye ndataha, icya mbere ndagitsinze, n’ibindi bizaza
*_David se arabyihanganira ubu? Ese ari gupfa iki na Marie koko? Agace ka 32 ntuzagacikwe_*
*
Comments