Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 50.
.
Twaherutse hari ufotoye Denis na Gweni ahantu bari.
.
Umwanditsi ni Chis nandi shimwe.
.
Mu rugo kwa Denis Mama Denis aracyarikuwe na Jennifer baganira. Niko kurundi ruhande Brigittenawe ari mu cyumba cye arimo kwambara neza.
.
Niko kandi no muri office yaPapa Denis nawe atangiye kumva atameze neza nyuma ya kanya amaz anyweye yakawa Brigitte yamuhaye atangiye kumva atameze neza muri we.
.
Brgitte armo kwambara telephone ye irasona Musaza we Charcle aramuhamagaye. Brigitte aritaba.
Charles ati” Bite sha musaza wawe agea mu wanda ntugire n’amastiko yo kuza kumureba??
Brigitte ati” Nagombaga uza ariko ntazi igihe.
Charle ati” Musaza wawe niwe uba ukwiyekuba imbere y’ibindi byose.
Brigitte ati” Have se wikwina .
Charle ati” Bite byawe nkeneye guhura nawe.
Brigitte ati” Saa ngapi.
Charles ati” Mkanya.
Brigitte ati” Narimfte izindi gahunda ngiyemo.
Charle ati” Ibyo umbwira nabwo mbizi. Kand urabizi neza umuryango imbere cyane.
Brigitte ati” Sawa.
Charles ati” Sawa ndagutegereje.
.
Brigitte arambara neza arangije ava mu cyumba. Kurundi ruhande Papa Denis nawe arumva atameze neza avye muri Office ye nto yaho mu rugo aribwa cyane we na Brigitte bagerere muri aro rimwe.
Papa Denis ati” Ndumva ntameze neza.
Brigitte arabyumva maze amwenyure ariko yikarume ntabigaragaze
Mama Denis yite uri Papa Denis amubaze ikibazo agize
Papa Denis ati” Ndumva umubiri wanjye utangiye gucika intege cyane mu buryo butari busanzwe.
Mama Denis ati” Ntiwaramutse uvuga ko umeze neza ra!
PapaDenis ati” Nyine ubwo sinzi uko bigenze.
.
Brigitte amwegere ati” Papa nsobanurira uko urimo kumva urio kubabara nkutahanire imiti.
Papa Denis ati” Ntakibazo ngiye guhamagara umuganga wanjye.
Brigitte ati” Ntakibazo noneho gusa ndifuza ko waza kumera neza.
Papa Denis ati” Wihangayika mukobwa wanjye ndaza kumera neza.
.
Brigitte aze imbere ya Jinnifer amubwire ko agiye amusezereho.
Jennifer amurebe amubwire ati” Brig, ndabona abantu ba hano bose umaze kubafata ariko njye ntabwo wambeshya.
Brigitte ati” Ntakibazo niba wowe uinfitiye urwango birakureba pe kuko njye ntacyo bimbwiye.
.
Brigitte asohoke agende. Aze mu mudoka ayatse agende.
.
Tuze mu ishyamba.
Denis na Gweni bicaye mu nzu mu ntebe baracyiganirira.
Gweni ati” Ese ubundi wowe na Brigitte inkuru yanyu ni yihe??
Denis ati” Brigitte twarituziranye kuva mu bwana. Niwe mukobwa nabonaga gusa niwe mukobwa narinzi. Navuga ko nugikundana kwacu kwahereye aho. Ariko mpuriye nawe nibwo naenye ko Brigitte ntamukundaga. Urukundo rwanjye nawe no kubana kwacu ni umuteguro wateguwen’Umuryango.
Gweni ati” Ariko n’ubund babigezeho. Dore ubu wasezeranye na Brigitte murimo kubana.
Denis ati” Gweni ntabyo bagezeho. Kubera ko nubwo nabanye nawe nabikoze kubwo amahitamo y’Umwana suko mukunda kandi sinzigera mukunda
.
Gweni ati” None bizagenda bite??
Denis abitekerezeho ati” Mui aka kanya simbizi pe ariko kimwe nzi neza nkukunda. Kandi ndashaka kuzabana nawe.
Gweni ati” Denis ibyo uvuga urabyumva?? biragiye ko ibyo bizigera bibaho.
Denis ati” Cyereka igihe gusa wowe uzaba utacyinkunda.
.
Tuze kuri Brigitte ari mu modoka agenda. Afata telephone ahamagara Cloy aramwitaba.
Brigitte ati” Cloy Databukwe agiye kuzana Umuganga we ese buriya burozi babupimye ntabwo bugaragara ndumva mfite ubwoba.
Cloy ati” Umva tuza briya buroz ntabwo bujya bugaragara mu mubiri
.
Brigitte yiruhutse.
.
Kurundi ruhande Micky na Mia bari mu modoka nabo hari aho berekeje.
Mia ati” Sha njye ndimo kumva nshonje.
Jovia ati” Nanjye ndashonje.
Mia ati” None mwahagarika imodoka tugashaka ahantu turya?
Micky ati” Ubu se ahantu nkaha murabona hari ahantu wabona ibyo kurya bizima?
Mia ati” Nyine parika tuhashake. Sha uko haba hameze kose njye napfuye nsjaka kwirira
Micky ahagaruka imodoka kumbe ahantu baparitse ni kuri ka ka reastaurant ka Gweni.
.
Bareba ahantu hoseeee.
Mickyati” umva aha hantu ntabwo twahabona restaurant nzima twariramo.
Mia aba abonye ya restaurant ya Gweni ati” Nyamara twajya kurira hariya ndabona ariko ka restaurant kazima gapfuye kuba kari hano.
Micky ati” Ok ntaribi dupfe kujyayo.
.
Bava ku modoka baza bagana kuri ako karestaurant barinjira binjiye batungurwa no kwakirwa na Eliya.
.
Twigarukire kuri Denis na Gweni.
Denis ati” Ese wareka tukirarira hano.
Gweni araseka ati” denis wibagiwe ko ufite Umugore??
Denis ati” Umugore ariko ntakunda.
Gweni araseka.
Denis ati” Ni gute nava ahantu hari urukundo rwanjye. Iyaba byanashobokaga aka kaya tukaba twanakwigumira hano burundu.
.
Kurundi ruhande Brigitte ahuye na Charle musaza we barahoberana cyane.
Charle ati” Warumeze ute se??
Brigitte ati” Meze neza.
Charle ati” Wapi ntabwo uramera neza ntakintu kizima urafata hariya.
Brigitte ati” Ni vuba cyane.
Charles ati” Nyine ibyo ukora bikore vuba kuko dukeneye amafaranga.
Brigitte ati” ese wowe na Papa ko mutekerea nkaho byoroshye?? ibaze baramutse bavumbuye Umugambi wanjye ntanahantu ndagera.
Cahrles ati” Ntabwo bagomba kukuvumbura nyine ibyo ukora byose bikore wirinda cyane. So nkeneye amafaranga make mba nkoresha.
Brigitte ati” None ninjye uje kuyasaba se??
Charle ati” Yego.
Brigitte ati” Amafaranga ukeye yake papa.
Charle ati”Muzehe yampakaniye yavuze amafaranga afite yayateganyirije guhita atwara imigabane yose yiriya company yo kwa Denis.
.
Brigitte ati” None njye amafaraga ndayakura he??
Charle ati” Yake Umugabo wawe.
.
Tuze muri restaurant ya Gweni. Ba Micky baricaye bategereje Eliya abakira akazana commande bamuhaye gusa Micky yarakaye cyane.
Micky ati” iyo menya ko kiriya kigoryi gikoramo hano ntabwo mba mpaje.
Jovia ati” Micky ihangane twese ntanuumwe warubizi ko akoramo hano.
Mia ati” Hano icyo dukeneye ni ukurya gusa tuikomereza ubabajwe niki??
.
Eliya abazanira Commande bamuhaye arabakira.
.
Kurundi ruhande mu rugo Umuganga wa Papa Denis yahageze arimo kureba uko ameze
.
Mu ishyamba aho Denis na Gweni bibereye. Barimo gukora mu karima ki mboga n’imbuto Denis yahakoze.
Denis ati” Aha hantu se ni wowe wahahinze??
Denis ati” Oya naba nkubeshye. Ni umukozi nashatse arabinkorera.
Gweni ati” Umurima utanga umjusaruro iyo witaweho n’urukundo rwa nyirawo. Izi mboga n’imbuto byaryoha igihe wajya ubyereka urukundo.
Denis araseka ati”Ariko amagambo yawe aba arenze cyane.
Gweni aramureba.
Denis ati” Nubu ntegereje igisubizo cyawe.
.
Gweni ati” Ndabyemeye.
Denis arishima cyane maze ahita amuterura aramuhobera cyane.
.
Udacikwa na Episode 51
Comments