logo

NEW TALENTS

Stories Group

IBANGA RY'UMUKAZANA WIRABURA S01 Ep 50

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
IBANGA RY’UMUKAZANA WIRABURA.
.
Episode 50.
.
Twaherutse  hari ufotoye Denis na Gweni  ahantu bari.
.
Umwanditsi  ni Chis nandi shimwe.
.
Mu rugo  kwa Denis Mama Denis aracyarikuwe na Jennifer  baganira.  Niko kurundi ruhande  Brigittenawe ari mu cyumba cye arimo kwambara neza.
.
Niko kandi no muri office yaPapa Denis nawe atangiye kumva atameze  neza  nyuma ya kanya  amaz  anyweye yakawa  Brigitte yamuhaye atangiye  kumva atameze  neza  muri we.
.
Brgitte armo kwambara telephone ye   irasona Musaza we Charcle aramuhamagaye. Brigitte aritaba.
Charles ati” Bite sha musaza wawe agea mu wanda  ntugire  n’amastiko yo kuza   kumureba??
Brigitte ati” Nagombaga uza ariko ntazi igihe.
Charle ati” Musaza wawe  niwe  uba ukwiyekuba imbere  y’ibindi byose.
Brigitte ati” Have se wikwina .
Charle ati” Bite byawe  nkeneye guhura  nawe.
Brigitte ati” Saa  ngapi.
Charles ati” Mkanya.
Brigitte ati” Narimfte izindi gahunda  ngiyemo.
Charle ati” Ibyo umbwira  nabwo mbizi. Kand urabizi neza  umuryango imbere  cyane.
Brigitte ati” Sawa.
Charles ati” Sawa  ndagutegereje.
.
Brigitte arambara  neza arangije ava mu cyumba.  Kurundi ruhande  Papa Denis nawe arumva atameze  neza avye muri Office ye nto yaho mu rugo aribwa  cyane we na Brigitte bagerere  muri aro rimwe.
Papa Denis ati” Ndumva ntameze  neza.
Brigitte arabyumva maze amwenyure ariko yikarume   ntabigaragaze  
Mama Denis yite uri Papa Denis amubaze  ikibazo agize 
Papa Denis ati” Ndumva  umubiri wanjye utangiye gucika intege cyane mu buryo butari busanzwe.
Mama Denis ati” Ntiwaramutse  uvuga ko umeze  neza ra!
PapaDenis ati” Nyine ubwo sinzi uko bigenze.
.
Brigitte amwegere ati” Papa nsobanurira  uko urimo kumva urio kubabara  nkutahanire  imiti.
Papa Denis ati” Ntakibazo ngiye guhamagara  umuganga wanjye.
Brigitte ati” Ntakibazo  noneho gusa  ndifuza  ko waza  kumera  neza.
Papa Denis ati” Wihangayika mukobwa  wanjye ndaza kumera  neza.
.
Brigitte aze  imbere ya Jinnifer  amubwire  ko agiye  amusezereho.
Jennifer amurebe amubwire ati” Brig, ndabona abantu ba hano bose  umaze  kubafata ariko njye ntabwo wambeshya.
Brigitte ati” Ntakibazo niba wowe  uinfitiye urwango birakureba pe kuko njye ntacyo bimbwiye.
.
Brigitte asohoke  agende. Aze  mu mudoka ayatse agende.
.
Tuze  mu ishyamba.
Denis na Gweni bicaye mu nzu mu ntebe   baracyiganirira.
Gweni ati” Ese  ubundi  wowe  na Brigitte inkuru yanyu ni yihe??
Denis ati” Brigitte twarituziranye kuva mu bwana. Niwe  mukobwa  nabonaga gusa niwe  mukobwa narinzi. Navuga ko nugikundana kwacu kwahereye aho. Ariko  mpuriye nawe  nibwo naenye ko Brigitte ntamukundaga. Urukundo rwanjye nawe  no kubana kwacu ni umuteguro wateguwen’Umuryango.
Gweni ati” Ariko n’ubund babigezeho. Dore  ubu wasezeranye na Brigitte murimo kubana.
Denis ati” Gweni ntabyo bagezeho.  Kubera  ko nubwo nabanye nawe nabikoze  kubwo amahitamo y’Umwana suko mukunda kandi sinzigera  mukunda
.
Gweni ati” None bizagenda  bite??
Denis abitekerezeho ati” Mui aka kanya simbizi pe ariko kimwe  nzi neza  nkukunda. Kandi ndashaka kuzabana nawe.
Gweni  ati” Denis ibyo uvuga urabyumva??  biragiye ko ibyo bizigera  bibaho.
Denis ati” Cyereka igihe  gusa wowe  uzaba utacyinkunda.
.
Tuze  kuri Brigitte ari mu modoka agenda. Afata telephone ahamagara  Cloy  aramwitaba.
Brigitte ati” Cloy Databukwe  agiye kuzana Umuganga we ese  buriya burozi babupimye ntabwo bugaragara ndumva mfite ubwoba.
Cloy ati” Umva tuza briya buroz ntabwo bujya bugaragara  mu mubiri
.
Brigitte yiruhutse.
.
Kurundi ruhande  Micky na Mia bari mu modoka nabo hari aho berekeje. 
Mia ati” Sha njye ndimo kumva nshonje.
Jovia ati” Nanjye ndashonje.
Mia ati” None mwahagarika imodoka tugashaka ahantu turya?
Micky ati” Ubu se ahantu nkaha murabona hari ahantu wabona ibyo kurya bizima?
Mia ati” Nyine parika tuhashake. Sha uko haba hameze  kose  njye napfuye nsjaka kwirira
Micky ahagaruka imodoka kumbe ahantu baparitse  ni  kuri  ka ka reastaurant ka Gweni.
.
Bareba ahantu hoseeee.
Mickyati” umva aha hantu ntabwo twahabona restaurant nzima twariramo.
Mia aba abonye ya restaurant ya Gweni ati” Nyamara twajya kurira hariya ndabona ariko ka restaurant kazima gapfuye kuba kari hano.
Micky ati” Ok ntaribi dupfe kujyayo.
.
Bava ku modoka baza  bagana kuri ako karestaurant barinjira   binjiye batungurwa  no kwakirwa na Eliya.
.
Twigarukire  kuri Denis na Gweni.
Denis ati” Ese wareka tukirarira  hano.
Gweni araseka ati” denis wibagiwe  ko ufite Umugore??
Denis ati” Umugore ariko ntakunda.
Gweni araseka.
Denis ati” Ni gute nava ahantu hari urukundo rwanjye. Iyaba byanashobokaga aka kaya tukaba twanakwigumira  hano burundu.
.
Kurundi ruhande Brigitte ahuye na Charle musaza we barahoberana cyane.
Charle ati” Warumeze ute se??
Brigitte ati” Meze  neza.
Charle ati” Wapi ntabwo uramera  neza ntakintu kizima urafata hariya.
Brigitte ati” Ni vuba cyane.
Charles ati” Nyine ibyo ukora  bikore  vuba kuko dukeneye amafaranga.
Brigitte ati” ese  wowe  na Papa ko mutekerea nkaho byoroshye?? ibaze  baramutse  bavumbuye Umugambi wanjye ntanahantu ndagera.
Cahrles ati” Ntabwo bagomba kukuvumbura  nyine ibyo ukora  byose  bikore wirinda  cyane. So nkeneye amafaranga make mba nkoresha.
Brigitte ati” None  ninjye uje kuyasaba se??
Charle ati” Yego.
Brigitte ati” Amafaranga ukeye yake papa.
Charle ati”Muzehe yampakaniye  yavuze amafaranga afite yayateganyirije  guhita  atwara  imigabane yose  yiriya company yo kwa Denis.
.
Brigitte ati” None njye amafaraga ndayakura he??
Charle ati” Yake Umugabo wawe.
.
Tuze  muri restaurant ya Gweni. Ba Micky baricaye bategereje Eliya abakira  akazana commande bamuhaye gusa Micky yarakaye  cyane.
Micky ati” iyo menya ko kiriya kigoryi gikoramo hano ntabwo mba mpaje.
Jovia ati” Micky ihangane twese  ntanuumwe warubizi ko akoramo hano.
Mia ati” Hano icyo dukeneye ni ukurya gusa tuikomereza  ubabajwe  niki??
.
Eliya abazanira Commande bamuhaye arabakira.
.
Kurundi ruhande  mu rugo Umuganga wa Papa Denis  yahageze arimo kureba uko ameze
.
Mu ishyamba aho Denis na Gweni bibereye. Barimo gukora  mu karima ki mboga n’imbuto Denis yahakoze.
Denis ati” Aha hantu se  ni wowe wahahinze??
Denis ati” Oya naba nkubeshye.  Ni umukozi nashatse  arabinkorera.
Gweni ati” Umurima utanga umjusaruro iyo witaweho  n’urukundo rwa nyirawo. Izi mboga n’imbuto byaryoha igihe wajya ubyereka urukundo.
Denis  araseka ati”Ariko amagambo yawe aba arenze  cyane. 
Gweni aramureba.
Denis ati” Nubu ntegereje igisubizo cyawe.
.
Gweni ati” Ndabyemeye.
Denis arishima cyane maze ahita amuterura aramuhobera  cyane.
.
Udacikwa na Episode 51

Comments