logo

NEW TALENTS

Stories Group

DANGEROUS LOVE S01 Ep12

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
AMANDA
.
  Aho mu ntebe nabaye nk’uryamamo maze aho Cassien andi hejuru atangira kunsoma nanjye ndirekura ndamusoma tukanyuzamo akanya gato tukaruhuka. Uko turuhutse tukarebana mu maso maze namureba nkumva ubushagarira buriyongereye kuko uyu musore ni mwiza bitarabaho rwose pee. Yageze aho arongera asa n’ushyize umutwe we ku ijosi ryanjye ubundi atangira kongera kunsoma ku rutugu ibintu binyica mu bwonko kubi. Iyo ankojejeho ururimi numva ngiye mu yindi si ntazi nkumva ubwenge bwanjye bwose burigendeye buratembereye neza neza Uko yasomaga ku ijosi yanyuzagamo agasa n’unduma ubundi uburyohe butuma  nsa n’uwihinnye. Navuka ni ubwa mbere ibi bintu bimbayeho pee Yamanuye amaboko nuko numva ikiganza cye kimwe kigeze ku mabuno naho ikindi kiganza kiba cyinjiye mu mupira imbere nuko atangira kunkorakora ku mubiri ariko anakomeza kundigata ku ijosi Natangiye kunihishwa n’ibyishimo bidasanzwe nuko na we akomeza gusa n’ukanda amabuno Mana weee! numvise noneho bitakiri ibinyugunyugu ahubwo byabaye ibivumvuri pee! Nahise nzamura amaguru nanjye nyamubohera mu mugongo mufata mu musatsi nsa n’uwukurura, ubundi ntangira guhumeka insigane ari na ko ndi kwahagira numva neza neza ibisazi biramfashe.
.
.
Igice cyo hasi cyatangiye kwinyeganyeza maze mu myanya yibanga, numva hatsemo umuriro hatangira kunyeganyega numva hameze nk’aharimo gutitira bidasanzwe.
.

}{ ♥️ Gusoma  inkuru zacu, birigisha nibyagiza, aka kantu ujye ubanza ugasome kuko tugashyiramo tuzi impamvu. Nyuma uhumeke 3, ni wumva utuje, ukomeze usome. Ujye wibuka ko ufite umuco. Ntukemerere intekerezo zawe kujya kure. ♥️}{
.
.
Cassien yavuye ku ijosi nuko arongera asubiza iminwa ye ku yanjye Isoni noneho numvise zishize maze ubundi ndirekura ndamusoma neza neza nitanze wese, niba wibuka umunsi wasomanye bwa mbere cyangwa se umunsi wari witeguye kubikora bwa mbere ariko ubishaka atari ku ngufu, ni ko numvaga muri jye merewe neza neza Umusore nta yandi magambo yavugaga uretse kunkorakora no kunsoma kandi nanjye nari ngihumirije nuko uko nagahumirije numva anyujije ukuboko nanone mu mupira aturutse hepfo maze aba ankorakoye ku mukondo na wo wari igitega maze numva ubunyunyusi simbabeshye rwose pee. 
.
.
.
Uko yakorakoye mu mupira yagize atya aba azamuye ibiganza buhoro buhoro numva amaboko ye yageze ku mabere neza neza noneho arifashe mu biganza, intoki ze zankoragaho nkumva neza neza mbuze icyo mvuga n’icyo ndeka nkumva navuza induru kubera uburyo numvaga ubushagarira muri jye.
.
.
  Kera kabaye nagerageje gufungura amaso mbona na we yatwawe yahumirije.

 Amanda : Cassien ? "
Yarandebye nuko aramwenyura maze areguka. None se ubu agiye hehe kandi ? ntabwo anshaka se ? ndi mubi kugera ubwo yumva adashaka ko dukomeza cyangwa nsomana nabi? Nahise mbona asa n’usohoka mbona ko nshobora kuba nibeshye ibintu bidashoboka koko.
 maze nanjye ndeguka mu ntebe yari yandambitsemo ndasohoka ndamukurikira Nasanze yamaze kwatsa imodoka nuko ndinjira aratangira turagenda. Gusa ntabwo yahise ajya mu nzira igana iwacu ntumbaze ibyo turimo rwose izi saha. Ubundi se kuki adakata ngo dusubire aho tuvuye koko ko byari byiza ? nahise niruma umunwa wo hasi kubera gutekereza ibyo tuvuyemo mu kanya.

 Cassien : ese uracyari kubikora ?" Amanda : ibiki se kandi?"
 Cassien : kwiruma umunwa?"
Amanda : uri kuvuga ibiki?'
Cassien : iyo bigucanze cyangwa ufite ubwoba uhita wiruma umunwa narakuvumbuye. None ubu na bwo urabikoze."
 Amanda : eeeh, ntabwo nigeze mbyitaho."
 Cassien : ese ufite ikihe kibazo koko ?" Amanda : nta na kimwe , ariko Gusa numvaga mfite umujinya muri jye rwose pee."
Cassien : mbwira ikibazo ufite cyangwa se ikikurakaje kuko biri gutuma ntatwara neza pee."
Amanda : none se bigutwaye iki kandi?" Cassien : biri kunstressa yewe. Mba nshaka ko umuntu turi kumwe aba atuje."
 Amanda : ndatuje rero."
 Cassien : asyi we. Mbwira ibitagenda neza wa ndaya we."
 Ubwo yavugaga indaya nahise numva noneho uburakari bwiyongereye neza neza. Nanjye burya bwose amfata nk’abandi, ndi indaya? Nagatangaye cyakora kuba atamfata nk’abandi pee.

 Cassien: ndategereje."
Amanda: ese burya bwose ndi kimwe nk’abandi ?"
 Cassien : abandi ?"

 Ubwo yari ageze kuri station ashaka kujya kunywesha essence.

 Amanda : yego nyine indaya nanjye."

 Nabivuze nsohoka mu modoka ubwo yari aparitse nuko ngana muri toilette.

 Cassien : ubwo ushaka kuvuga iki ? ugiye hehe se ubundi?"
Amanda : ngiye kuri toilette."

 Yaracecetse nuko ndasohoka ngana mu iduka riri kuri station ubundi ngana kuri toilette. Hari abantu bake ariko sinitaye kuri bo nikomereje ibinjyanye.
.
.
 CASSIEN  
 .
Uyu na we asigaye antesha umutwe nako akabije kwitwara nk’abana  Nyuma y’ibimaze kubera muri cya kizu sinari nzi ko ashyushye kuri ruriya rwego. Iyo mba nabyiteguye nari gukora akantu ariko nanone kuri we nshaka guhindura imyitwarire pee. Erega si umukobwa nk’abandi uriya arihariye nanjye ngomba kumutwara nk’uwihariye Ubusanzwe rwose ntiyemeye umukobwa twakubitanaga iyo nabonaga yamaze kureta byari uguhita nkora ibyanjye ubundi byarangira ngakomeza gahunda zanjye ni bimwe bita fuck and forget.
Ariko hano biratandukanye rwose pee kuko Amanda ni umukobwa utuma mva mu byanjye nkumva isi ihindutse ako kanya, nkumva amahoro arabuze. Ubundi nibaza amaherezo yanjye na we nkayabura pee. Sinzi uko bizagenda gusa mba numva kuri we ntazi rwose birandenga. 



Namaze gushyiramo essence ubundi ndishyura ariko ndebye mbona Amanda ntabwo aragaruka. Ese aracyandakariye cyangwa ? ariko se abakobwa ubundi babaye bate ? Uramusaba ati uri ikiraya utamusaba ati wanyanze. Sinzi rwose uko umuntu azabafata kuko barakabya na bo rwose. Amanda ariko we ndabona yihariye. Byatangiye ari umukobwa utavuga, ufite amasoni menshi rwose none birangiye ari umukobwa ushyushye bidasanzwe ushaka ko tunagira uko twigenza ariko kuko uyu mugoroba nako iri joro ntabwo nigeze ntekereza ko byagera kuri runo rwego rwose pee. Umubiri we wari wamaze gushyuha nabibonye ariko sinari nzi ko byagera kuri uru rwego rwose pee Nako reka njye kumureba  Nagiye ngana aho nabonye yinjira nuko mbona abantu barimo basohoka biruka ariko sinabonamo Amanda.

 Cassien : ko mwiruka habaye iki ? "
… : hamagara polisi hari umuntu ufatiye imbunda ku mukobwa."
Cassien : ngo iki ? "

Nahise mfata imbunda ubundi ngenda nerekeza muri rya duka. Mana yanjye ubu koko yaba ari Amanda bafatiyeho imbunda Nabaye nkinjira mu iduka mbona umusore ufatiye imbunda ku mutwe wa Amanda. Nkimubona nahise nuzura uburakari numva simfite icyo nakora cyangwa nareka gusa icyari mbere y’ibindi ubu ni ugutabara Amanda Ahubwo ndabigenza nte ngo mbashe kumukura aha hantu ? Ko biteye ubwoba??""
.
IRAKOMEZA 
 .
Uwo se kandi ninde umufatiye ho imbunda?
Cassien we arabigenza ate? 
Aramutabara se atazi icyo bapfa?
Agace ka 13 ntuzagacikwe.

Comments