logo

NEW TALENTS

Stories Group

BEBE SAVE OUR LOVE S01 Ep 47

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.
BEBE  SAVE OUR LOVE
.
Episode 47
.
Twaherutse   Berus abonye akana ke kumuryango nbwo atazi ko ari akana ke.
.
Story by Chris Nandi  Ishimwe.
.
Berus  afunguye umuryango abona akana  imbere y’umuryango. Aratungurwa  kuko kuva yaba aho muri urwo rugo rwo kwa Natty ni ubwa mbere ubonye umwana muto. Areba umwana cyane aramwitegereza. 
Umwana nawe akamureba  maze agaseka agakomeza  gukubita  kurugi.  Berus aca  bugufi  imbere y’akana  arakareba cyane, akana  kamuhereza ikiganza nawe aragifata. Agifata  akaganza  ku mwana  yumva umubiri we urikanze ubaye nkaho ushituwe  bushya.
.
Kurundi ruhande  hanze hari imodoka  yo mu bwoko bwa Van   ihagaze. Ni umushofero waho mu rugo kwa Natty uvuye kuzana abantu kikubuga kindege
Agiparika imodoka  havamo abana b’abakobwa batatu n’abasore babiri.  Maze bagenda  binjira mu nzu.
Natty asohotse arababona barimo kuza  mu nzu maze arasara arabahobera  cyane.    Ni inshuti ze  magara  cyane.
Arabahobera  bose.
Mendy  yitegereza Natty ati”   cyakora wabaye mwiza  cyane.
Undi witwa Jessy ati” Wahise  ubibona nawe.
Mendy ati” Dore ariko ikibuno asigaye afite.
.
Natty araseka  ati” Ubwo muraje.
Jessy ati” Nukuri umeze neza  cyane
Lala ati”  nose mwibagiwe  ko agiye kurongorwa.
Mendy ati” Kandi koko dii ari mu bihe byizs.
Natty ati” Mureke amagambo tujye mu nzu.
.
Abakobwa binjira  mu nzu Natty areba abasore ati” Ese mwe  bite byanyu.
Jimmy ati” Twaje.
Natt y ati” Iyo mutazaza se mukareba  ututu narikuzabakorera.
Fore   araseka ati” Have se   ariko dushaka kubona uwo mugabo wawe amaso kumaso.
Natty ati” Muraza  kumubona.
.
Abakobwa mu nzubarimo gusuhuzanya n’ababyeyi ba Natty.  Abasore  nabo baza  mu nzu.
Natty areba  Mendy ati” Ariko mendi buriya ntimwakabaye mwarageze  inaha ejo??
Mendy ati” Yego ariko nawe urazi  iby’indege.
Natty ati” umva mbese  ubwo ugiye kwtwaza  iby’indege.
.
Tugaruke hejuru mu cyumba cya Berus yafashe akana akazana u cyumba cye akicaza kuburiri. Nawe  apfukamye imbre y’igitanda arimo kukareba.
Berus ati”  wa kana we uri uwande?  Mama wawe arihe??
.
Akana ntabwo kazi kuvuga ahubwo kakamusekera, ariko gakina n’ibintu bitandukanye y’agahaye.
Gusa ako  akarebs cyane akumva ikintu muri we kidasanzwe akibaza ati” wa mwana  we  ko numva  nkurura  cyane??
.
Tugaruke hasi  muri Saro.
Jessy ati” Nonese Natty jya kutwereka  icyumba.
Natty ati” Muze tugende. Ariko reka mbanze  njyane ba  Jimmy namwe ndaje mbajyane.
.
Abanza  kujyana ba Jimmy mu cyumba bagomba kurhukiramo.
.
Lamia aje muri Saro abona ba Mendy arabahobera  cyane.
Jessy ati” Wowe warihe wa kintu we?
Lamia ati”  Narinagiye kuri sale.
Mendy ati” Bite se.
Lamia ati” Sawa.
Mendy ati “ Ese abantu bose  ba hano ko mwabaye  beza   cyane mufite irihe banga??
Lami araseka.
.
Tugaruke mu cyumba cya Berus nubu ntabwo akura amaso kumwana.  Cyakora  yibuka ko hari ibyo atarasoza gutunganya
Areba Umwana ati”  Uturize hano rero mbanze nsoze ibyo nateguraga.
.
Arahaguruka agiye akana gahita  gahamagara ngo ‘ apa.
.
Gashaka kuvuga Papa nuko katabizi.  Kagihamagara gutyo Berus arikanga arahindukira  arakareba  aba yibutse  igihe kimwe  hari igihe yarimunsi y’igitanda   mu nzu atarimo kwibuka neza  hari ikintu arimo gushaka  munsi y’igitanda  maze  yumva ijwi ry’akana rimuhamgara  hafi aho riti” apa.
.
Yavuze  munsi y’igitanda afite igikinishocy’umwana.  Amaze  kwibuka ibyo areba neza  uwo mwana agaruka  imbere ye  aramwitegereza  ati” Ariko wa  mwana we   hari aho njyenawe twaba duhuriye?
akana kakamureba gusa.
.
Arongera aribuka igihe yarikumwe  na Natty  muri office  ejobundi bagiye kumwereka aho yaloreraga nabwo yumvide akana karira  maze    ubwo yaragiye kureba  umwna urize Natty aramwitambika  amubwira ko ari  abakozi baba bazanye abana babo aho ku kazi.
.
N’igihe basohokaga  bavuye muri office yageze aho Belly yarahagaze  yumva hari um
Euks umukurura.
 Ibyo byose  arabyibuka.
.
Natty agjeje ba Jimmy mu cyumba bagomba kubamo.
Jimmy ati” Urakoze  cyane.
Natty  ati”  Ntimutinde aho muze  tube  tuganira.
Fore ati”    twebwe  umuntu dushaka kubona ni uwo mukunzi wawe w’ibanga ugye guhishura  kumunsi wejo.
Natty ati” Muraza  kumubona.
.
Natty avaaho muri icyo cyumba aza  gufata ba Mendy nabo abajyana mu cyuma cye.
.
Tugaruke kuri berus   ahagaze  imbere y’akana afite telephone arimo kugafotora maze akareba amafoto yako cyane, yarangiza  nako akakereka.
Berus ati” Urabona  kuntuamafoto yawe ari meza w’akana  we.
.
Akana kakamureba cyane maze  agakina nako akana kagaseka  cyane.
Berus ati” Sinzi  impamvu ndimo kwiyumvamo ko byari kuba ari byiza  cyane ubayeuri akana kanjye. Uwo mwanya  baramukomangira  maze aza  kumuryango arafungura  abona ni Epiphanie.
Epiphanie ati” Hari akana waba wigeze   ubona ra!
Berus ati” Akana   kari hano.
.
Epiphanie ati”  noneho wowe  nako mwahuje  cyane.?
Berus ati” Cyane
Epiphanie ati” Ngaho kanzanire kajye koga  kazagaruka kagusure.
Berus ati” narinyishaka  kumarana nako akanya. Niba bitakubangamiwe wareka nkakogereza  hano ndikumwe nako ahubwo wowe  ukaza  kuzana icyo tukambika.
Epiphanie ati” Ubwo se  byaba bikwiy  gutuma ukora akazi udakwiye.
Berus ati” Ntakibazo. Just nuko njye nshaka  kumarana akanya nako.
Epiphanie ati” Ntakibazo.
.
Berus agaruka imbere y’akana yishimye  cyane ati” Tugiye  koga.
.
Udacikwa na Episode 48

Comments