logo

NEW TALENTS

Stories Group

MY SUPER BODYGUARD S06 Ep 5

Uri gusoma nk'umushyitsi. biragusaba kwinjira cyangwa kwiyandikisha bitarenze amasegonda 40.

Episode 04 yarangiye muri eclipse division bari kwibaza kumuntu General yaba arimo gukorera babuze igisubizo . Mugihe Generl we yaramaze gutanga gasopo kwisi yose ko uri bushke wese gukoresha internet agomba gukora registration kuri link yari atanze. Ese niki cyakurikiye ? Twikomereze…



Dutangiriye muri Eclipse division mubitekerezo bya SR na Chance. SR akomeje gushakisha Chance mwishamba ry inzitane . Arimo kuzenguka ahamagara gusa Chance we ubwoba bumaze kumufata ! Yazengurutse arannirwa birangira yicaye musi y’igiti aratuza atangira kwibaza ati “ese Mateo yaba arihe akantabara!”

Uko abo baryamye General we mucyogajuru Companies zikomeye zatangiye gukora registration ariko ibiharuro bizamuka kuri ecran ya General nawe n’akarahuri kumuvinyu akomeza kwinwera !!



Tugaruke mwisi , Koko Company n’abantu bari kugenda bakora registration bakabona internet nkibisanzwe . Utabikoze ubwo nta internet ari gukoresha ! Gusa muri Eclipse division ho Dickson yabujije abakozi bose ko hagira uwiyandikisha adakururira company ibyago yagize ati “ba Agents ba Eclipse Division ndagirango mwese mwumve ko ntawemerewe kwiyandikosha kuri Link ya General ataza gutuma company yacu ijya hasi. Kukoabari bubikore bose byanze bikunzs hari ibindi aribuze kubasaba kandi byo biraza kuba birenze kuko araza kuba yamaze gukaba Servers zabo ndetse na Telephone zabo. Mukomeze mwihangane vuba Eclipse Division iraza kubaha internet iri secure”  Bose bati “sawa nyakubahwa !”



Uko ibyo bibaye Diogene we yiyicariye hanze arimo kureba ifoto y umigore we wapfuye aribwo bakirushinga agahinda kakamufata . Inyuma ye haturutseyo Belyse ati “nanone wongeye kwigunga ?”

Diogene arashituka ahita ahisha ifoto vuba gusa Belyse aba yamubonye arangije aramubaza ati “niki uhishe ?”

Diogene ati “hooo hoya ntacyo !”

Belyse ati “uri sure?” Diogene asubize akoresheje umutwe mukwemera !

Belyse arongera ati “ nibyiza niba ntacyo ! Anyway kuva General yakuraho ikoranabuhanga kwisi ibintu byose byazambye ndi bored. Nzanye kano kamwe ngo tube duteramiyeho twirengagiza ibyago yateje umujinga !”

Diogene amenyuramo ati “ oooh , nanjye mari bored kabisa zana twinwere n ubundi ntamyaka ijana !”

Begera kugatebe kari aho hafi baricara Belyse atangira gusuka mubirahuri . Mugihe akirimo gusuka Diogene ati “naha hantu haratuje hari akayaga kabisa !”

Belysw ati “yes haratuje nahahisemo nzi neza kuri buhakunde!”

Diogene ati “uzi guhitamo neza nkisura yawe kabisa !”

Belyse arahigima ati “ hmm , koko nanjye ndi mwiza ?”

Diogene ati “cyane , uri umukobwa mwiza cyane umusore wese yakifuza kuba kumwe nawe !”

Belyse amuhereza ikirahuri ati “urakoze cyane ! Akira !”



Mwisi y ibitekerezo yo Chance amaze kwiba cyane ko bumaze no kwira imbeho iramurembeje mbese urebye yihebye cyane ategereje ikiri bube cyose! Yicaye yihebye Spectral Rise yamugezeho ati “Chance !”

Chance yeguye umutwe abona ni Spectral Rise ahita ahaguruka yihuse aramuhobera n’ubwoba bwinshi arimo no kurira. Uko yakamuhobereye niko aya magombo yakaririmbo yahise nayo ajyaho . Akaririmbo karagira kati “


A🎶🎶🎶🎶karirimbo (Cinematic Version): Wongeye Kunkurura mu Gicucu

(Opening Whisper – soft, cinematic)

Aho isi yanjye yatakariye mu rwunge rw’ibitekerezo…

Aho umutima wanze guhumeka…

Numvise intambwe yawe igarutse, nk’ijwi rituruka mu kindi gihe…


(Verse 1 – calm strings rising)

Nari ntakiri hano, nari naribagiwe,

Mu bwigunge bwinshi bwandenze nk’ikirunga cyiruka gahoro.

Imitima yanjye yacitsemo ibice itabasha kongera kubyina,

Maze mu mwijima, humvikana icyuya cy’urutare ugufashe.


Waje utuje, ariko imbaraga zawe zisakaye nk’umuyaga w’imbaraga,

Ushwanyaguza ibihu byanjye byose…

Indoro yawe irancagagura, ikansubiza hano—

Ngaruka ku isi kubw’umutima wumva uwanjye.


(Pre-Chorus – drums building)

Ufashe ukuboko kwanjye nk’ufata ubugingo,

Umwuka ukagaruka, amarira akabira ariko ahumura.

Sinarindi... nari mpfuye mu bitekerezo,

Ariko waransanze aho abandi batatinyuka kurenga.


(Chorus – full orchestra, emotional swell)

**Wongeye kunkurura mu gicucu cyanjye,

Umucyo wawe ukamena ibikuta byose byari bimpishe.

Wampagurutse mu mwuzure w’amarira,

Ariko aho mfite intimba, wowe uhatera amahoro.


Nta kindi kinyubaka nko kubona uko umfata,

Uko unkurura nk’uwabuze ubuzima bwe.

Wongeye kunkiza – nkunda uko uhora ubikora,

Nkunda imbaraga zawe zinyumvamo umutekano ntigeze mbona.**


(Verse 2 – piano + low strings)

Naguye mu gituza cyawe nsa n’ururabo rwumye,

Ariko umutuzo wawe urampumuriza nk’imvura y’umukiza.

Ubwanditswe mu misokoro yawe, sinshidikanya,

Ni wowe nkesha kugaruka kuri iyi si buri gihe.


N’ubwo labo yaguhaye imbaraga zidasanzwe,

Umutima wawe ni wo utuma mpumeka neza.

Uranyurira mu mwijima wanjye nta gushidikanya,

Ni wowe utwaye inkoni yo kundinda muri buri gicucu.


(Bridge – quiet, trembling, then rising)

Nabonaga amajwi yanjye acuritse,

Ariko wowe wampamagaye nko mu nzozi z’urumuri.

Iyo umbwira ngo “ndi hano,” byose bihinduka,

Nkamenya ko urukundo ari imbaraga zirusha izo wahawe.


Hagati y’urusaku rw’isi itatwumva,

Ni wowe wampindura umuntu,

Ni wowe wampaye ubuzima.


(Final Chorus – grand swell + choir)

**Wongeye kunkurura mu gicucu cyanjye,

Undandagiye mu bimbitse aho umutima wari warabuze icyerekezo.

Aho abandi batabona ubushobozi bwo kundeba,

Wowe uhareba, ukahankiza, ukahankomeza.


Iyo unkinga mu maboko yawe, isi iraruhuka.

Iyo unyitegereje, mbona ejo hashya.

Wongeye kunkiza—nkunda uko uhora ubikora,

Nkunda uko umutima wawe uhangana n’isi byose kubwanjye.**🎶🎶🎶



Tuve kubari mubihe by’Urukundo twigarukire kuri General,  Yarebye kuri Screen abona abantu bari kwinjira cyane kuri link arangije ati “ aza kuri Screen agira ibyo akanda arangije akanda APPLY BOOTTON !” Ahita akubitaho agatwenge ati “Ibigoryi gusa ! Gute mwakishira mubyago mubibona kweri ? Nicyo gihe ngo mwicuze Icyatumye mufunga databuja !” Akomeza guseka 😀…….LOADING EPISODE 06


ARIKO UBUNDI SEBUJA WE WAFUNZWE NONE AKABA ARI KWATAKA ISI YOSE NINDE ?

Udacikwa Ep ikurikira








Comments